BABIHISHAGA: Ellen white niwe Anti-Kristo/Abasoma ibitabo bye MURARIMBUTSE/Abadive si Abakristo
HTML-код
- Опубликовано: 7 сен 2024
- #WHATSAPP_0788266238
#AYALONI_TV #CLICK_SUBSCRIBE_LIKE_and_SHARE #250788266238 #250726888535 #250787898191
Kora Subscribe hano / @ayalonitv2992
Turabaramukije mwese bene Data bakunzi bacu iyi Channel twayishinze bigendeye kuri SMS twahawe n'Imana yuko tugomba gufasha abantu bose bashaka kujya mw'Ijuru, kumenya ijambo ry'Imana, ngo bave murujijo rw'Agakiza ndetse n'urujijo rw'inyigisho z'amwe mumadini ziri kuyobya abantu na bamwe mubahanuzi bari gusenya ingo z'abantu kubera ubuhanuzi bw'ibinyoma. Ndetse n'ibindi byinshi, muzagenda mubibona uko tuzakomeza kubana.
Iyi Channel nta dini narimwe ibogamiyeho niyo gucishaho ijambo ry'Imana ndetse n'ubuhanuzi Imana iduhaye yaba uwo itumye cyangwa se natwe ibuduhaye. Murakoze cyane kubwo gukomeza kubana natwe.
Turabakunda.
Umunsi lmana yejeje ikawuha umugisha wonyine ni isabato(samedi,surtarday or seven day of the week according to the Bible)
Maze imyaka 2 ntagiye kumva ibiganiro by uyu mugabo. Nkimara kumva ibiganiro bye nka 3 jye nahise mbonako hari abagutumye(abajezuwiti). Nibyo uri kukazi ,ariko impumyi gusa nizo uzayobya, naho abafite amaso bakumenye kera. Niba ugifite umutima wihana uzasabe IMANA imbabazi .
Mon frere Samuel, nanje maze imyanka n iyo ndamwumva. Ukubwo muje muca bugufi mwuvirize kandi mwumve ukuri. Nta kindi pastor musisi akora atari ukugaragaza n ugusambura inyigisho z ubuyobe zinjiye mu madini. Izindi nyigisho zose ziza zihabanye, zongera canke zikurako kw Ijambo ry Imana Bibiliya cane cane Isezerano risha, n inyigisho za Anti Kristo. Nivyo mutagomba kumva kandi ari vyo Pastor Musisi abashishikariza.
@@richy3896
None ko amadini yose yazengurutswe avuga ko Ari ubuyobe nigute we ubwe twakwizera ibyo avuga??
Dore aho or Peter Musisi n’imana bahuriye:
- kwivuguruza
a) imana yivuguruje ku mategeko yayo nk’uko na Musisi akunda guhindagura imvugo de
b) intumwa za Yesu zose zari ababeshyi kuko zubahirije amategeko y’Imana harimo no kuruhuka ku munsi w’isabato bikaza kuvumburwa na Musisi ko yasimbujwe umunsi wambere wicyumweru
c) Musisi n’imana ntibavugisha ukuri ko mu byanditswe byera
d) I Ntama musisi ashumba zaheze mu gihirahiro nk’uko n’intumwa za Yesu zakomeje kunamba ku mategeko yavuyeho kera!
- Imana rero ntiyivuguruza, kuko intumwa za Yesu zakomeje amategeko y’Imana nk’uko Kristo yayitonderaga
- niba kandi Imana itivuguruza, pr Peter musisi arayibeshyera
- dore abantu baptize:
a) Yesu Kristo
b) Muhhamed
c) Ellen G White
None ko Yesu ari mubataragize amahirwe yo kwiga kuki umwiyitirira ngo uri umu kristo?
Kwiga silo kujijuka, wize menshi ariko ni yo urimbuje isi
NB: Imana ntiyivuguruza bityo rero ukaba ufite undi mwami ukorera wenda utanabizi.
Uvuga ko amusing ntiyitondere amategeko ye
-
Nta muswa wakumva imvugo yawe nawe yagira ngo urahakana atitonze
@@emmd1234 none ibirukuri avuga bihuje nibyanditswe byera ni ibiki?
Musisi ahubwo we abeshyera bibiliya kuko abigishwa ba yesu baruhukaga isabato
Icara wige biragoye ku gukoramo imyumvire yi dini bagushyizemo
Yeweee ndumiwe Koko! Sindi umudiventiste ariko noneho pastor musisi yaravangiwe pé,
Ngo azayobya n intore niba bishoboka kndi abantu nibo azakoresha so rero mugende gato bizasobanuka neza imbere iyo sabato murwanya muzayimenya igihe cyo kuyimenya kigeze
Pasteur arabesya rose pee ukuri kuzagaragara Kandi na bubu ukuri kuru kwigaragaza
Eric Uwiteka akomeze akumurikire. Misisi niba koko ukunda ukuri, bizarangira wemeye ko Ellen G. White yavugiwemo n'Uwiteka Imana. Naho ubundi ugireka ukuri kwa Bibiliya. Jean Luc we ni umufana wa Musisi kdi ari mubibasira inyigisho za SDA ariko si igitangaza kuko hari abandi benshi cyane nkawe
Musisi na Jean Luc, wagirango uru rubuga barushyiriyeho kwibasira amadini. Mujye muvuga ibyakiza abantu.Mwigije ibyumusaraba wa Kristo, urupfu rwe kuzuka kwe nukugaruka kwe.
Oya nawe kandi bage bigisha n'ibyahishuwe na daniyeli nibindi
Imana ishomwe ko adasubiriye kwita Eric ngo n'umwana, Ubu ho Musisi yise Éric ko Ari umugabo, Eric Yesu aguhe umugisha, kubona ukomeza kugaragaza ubuyobe bwa Musisi. Yari yarandiye mumutwe Ariko warahaserutse komereza Aho
J. Eric ilinde kubogamira kuli Musisi kuko uli umunyamakuru. Titre uha ikiganiro nayo iba buli gihe ibogamye. Ahubwo se wavuze uti ' abatumirwa bagaliye ku gitabo cya Ellen White' , urumva bitaba ali byiza. Dore nyuma ya 22 years maze mu gakiza nabonye byinshi muli twe abarokore bili inyuma y'ibi bili kivugwa kuli Ellen White. Imana idufashe.
Uyu musore Eric, afite discipline cyane, Kandi avugana ubwitonzi. Namukunze cyane. Kubwira abantu ukabemeza ntibisaba kuvuga cyane.
Toka satani.sigaho kuyobya abantu .yewe musisi.Unsirwe mu izina rya Yesu
Yewe Musisi we ndumva yararurenze umusaraba afite undi mwami akorera pe, wiruka cyane ukayoba Koko reka nibere injiji kuko abanyabwenge ndabona bayobya benshi
Umuntu agizwe n'ibintu 3: Umwuka, Ubugingo n'umubiri (esprit/spririt, ame/soul & corps/body) nk'uko tubisoma mu Abagalatiya 5:23. Ni byo mu Itangiriro 2: 7 byitwa umukungungu (umubiri), umwuka w'ubugingo (umwuka) n'ubugingo buzima (ubugingo)!
Umubiri ugereranywa n'icumbi/ingando umuntu nyawe (umuntu w'imbere) aturamo mu gihe akiri hano ku isi ( 2 Abakorinto 5:1-2) ariko dutegereje kuzahabwa indi mibiri idapfa izava mu ijuru.
Abavuye muri uyu mubiri bizeye Yesu bari aho bategerereje kuzahabwa ibyasezeranijwe (Abaheburayo11: 39-40); (Ibyahishuwe 6:9-12)!
Imana ibarinde bene data, iyi TV rero ntabwo ari inyamwuga( professionnelle) kuko iyo urebye uburyo umunyamakuru ayobora ikiganiro ndetse n 'umutwe aha ikiganiro byatera umuntu kwibaza niba niba bijyanye n'ikiganiro nyirizina cyangwa niba abatumirwabe baba babyumvikanyeho cyangwa niba bijyanye n'ibyifuzo bye.
Nanjye ibi bintu mbyibazaho bikanyobera. Kuby'amategeko 10 ahindura rimwe ry'Isabato nabyo bituma mukemangwa. Uwiteka aduhe ubwenge!
Aba bagabo ni intumwa za satani!
Eric my brother.Thanks for putting out the music in this teachings.
It better and we hear cleary what they said.
Be blessed
Uwomwana narebye guhandaza uriya mugore yakoreshejwe numwuka wubuyobe nitwa Pasteur Nzabahimana Jean
Bantu b' Imana ni muze twisomere ibitabo bya White twekwita ku byo umuntu umuvuga nabi atubwira tutazi icyo bapfa.
Bwana Musisi urakoze rwose kutwibira ibanga burya ibyo watangiye byose kwari ukugirango ufungure ministries abatazi kwisomera Biblia baragowe ubwo ugiye kuyobya abakwibeshyeho
Jean ric!
Mu buryo bwahuranije ugaragaza kubogama cyane.
It’s not professional journalism
Ariko Mana, Eric nukuri Imana iguhe umugisha Kabisa ndasubiyemwo, itumye ndyama nezerewe,
Jean Luc yigize umusifufuzi kandi ari umufana wibye yemera
Jewe Musisi ivyo avuga, ubu bitangiye kuntera amakenga.
Kuko ubu ndiko mbona mu vyo avuga, vyinshi ari ububeshi, kuko bitandukanye n'ivyo Bible ivuga.
Ikindi na co, aragaragaza urwanko yanka amadini amwamwe.
Imana ibahe umugisha
Ijanbo ry'Imana riravugango amagambo yanyu niyo azabatsindisha kd niyo azabatsindishiriza none musisi arivugira ngo amahishurwa niyo azatuma asobanura ubuhanuzi,yarangiza ngo Ellen white aramurwanya nkande nawe aribyo ashaka gukora,niyandika igitabo kizitwa iki?Ese Iyo murwanya amategeko mwibwirako kuba Imana itarahise itanga Yesu Ako kanya hakabanza isezerano rya kera ,Imana itarizi ibyo ikora?? Amategeko atariho nta cyaha kiba cyarabayeho mubimenye
Ikiganiro cyanyu ni cyiza.Izi mpaka ziratwereka ko abantu tutari twagera ku butungane.(Perfection mat.5:48)
Igice cy'ijuru urimo nicyo gisobanuro cy'uko usobanukirwa iby'Imana kubera ko amajuru ari menshi.(Eph.4:10;2cor.12:2-3).
Imana yaremye Ijuru n' isi ntiyaremye Gehenom.Satani n' umuntu nibo bayishinze.Icyo Imana itaremye kizashira.
Kuzuka ni ugutunga amagara.Icyapfuye ni umwuka cg Roho ni cyo kizazuka.
Imbabazi zo kuzuka ni izo kuzamuka muri ya majuru mu bihe bitandukanye.Gehenomu rero izasenyuka!Imana ni Umubyeyi wuzuye urukundo.
Musisi uri umuntu uyobya pe! Millar ntiyabikoze muburyo bwimibare kuko atigeze yiga imibare yarumusirikare ikindi Ellen white ntiyabayeho mukinyejana cyakane 2abatesalonike 2:3-6
Paster musisi nibyo urasoma ,ura searching ariko bibiliya iratubwirango hari ibyahishwe abanyabwenge bisobanurirwa abaswa kugirango hatagira abirata ubwenge bwabo
Matayo11:25,Ibyakozwe4:13
Njyewe nemera ubuyobe bukaze buri mubitabo bya Ellen g white bukurikira :1_ ahakana umuriro witeka ryose Kandi Yesu yaranavuze inkuru isobanutse ya Nyamutunzi ndetse bidaciye kuruhande
2_Avugako kubyara uri umukene atari byiza kuko bituma iterambere ry , itorero ridindira bitewe noguhora bafasha abo bana ndetse kandi ko ntamuntu ufite abana benshi wagakwiye kujya kuvuga ubutumwa.(Muzabisome neza mugitabo cyitwa urugo rwa gikristo icyigisho cya 24 na 25) nigeze kubuzwa binyuze munzozi gusoma ibyobitabo narimaze gusoma ibi bitabo: iwifuzwa ibihe byose, ibyakozwe nintumwa, abakurambere na bami, ntangiye abami n,abahanuzi gusa niho nanjye natangiye kubigiraho amakenga.
Niba ibyo ureze Ellen White aribyo Koko ni anti kristo wo ku rwego rwo hejuru cyane
Yesu uramubeshyera kuko yigishirizaga mumigani ugende urebe icyo yari ashatse guvuga;ntawo inyigisho ivuga ko ananyabyaha bazashya iteka iva kuri kristo;uretse satani ahubwo;uzasome igitabo cy'ibyahishuwe neza uyobowe na mwuka wukuri;e'Imana;tekereza ufite bamwe muvavandimwe bawe bacumuye ukajya ubareba uri me'ijuru maze barimwo bashya igihe cyose uzaba uri imbere y'imana wakishima cg Imana yakwishima ibona abana bayo bacumuye bashya ubuzira herezo ubwo iyo yaba harya ari Iman y'urukundo,abanyabyaha bazashya bashire bibagirane burundo haze ijuru n'isi shya ibyo gukiranuka bizabamo
Hera kuri Mariko 9:46,wongereho ibivugwa kuri Nyamutunzi, noneho turebe agatabo kumugenzi igice cya kabiri page 111 atega amatwi mu bwinjiro bakunda kwita mumuriro utazima:_haravugango Mbabazi atega amatwi maze yumva ijwi riborogango yaba ikivume data utaranyeretse inzira y, amahoro nubugingo,etc ...binashatse kuvugako iyo ipfuye utejejwe Ni shano kuko uba usinziriye mu mubi.
ubuhe buyobe muvandi ko usoma ukumva nabi, wowe wumva ibyo ushaka kumva.urabeshyera yesu na ellen white g white ,na numuntu wigisha yesu neza nkibitabo bya ellen white
@@TheRealSports7 kumuvuga cyangwa kumwandika ni kimwe ariko kumwizera ni ikindi.... kandi abazimiza bose baza bitwaje izina rya YESU ese ko mumuburanira mukanaburanira ibitabo bye nihehe muri bibiliya hatubwira ko twari dukwiye kumutegereza nkumuhanuzi uzaza hanyuma???? Sha muve muribyo bitabo bya Ellen g white musome bibiliya mwongere muhe UMWUKA WERA akore ubundi bwo bizabakomerana. Amategeko yo uretse YESU nubuntu ubundi bwo abantu bose arabananira birangira wishe rimwe muriyo. Icyakora tugize ubwugamo YESU yavuze ko azadushoboza
Thx but kindly translate so that those who dont know kiny can also benefit. May God reward yòu
Muswa cyane musisi
Eric rwose Imana iguhe umugisha. Ufite impaka rwose yo gutuza.uburyo usobanura rwose. Imana ikubashishe
Uyu mugabo avuga ko atagira itorero abarizwamo ariko ararifite;ndetse ryitwaga ngo the holy living church kimisagara ,muge mwitonda murebe ibyo avuga niba ari ukuri musome amateka neza namwe muri bantu bazi gusoma uko bigaragara;afite umutuma gukora uyu murimo wo kuyobya ;siwe gusa ahubwo mugiye kuhangana nabandi benshi bameze nkawe,yesu ati mbese umwana w'umuntu azaza kw'izera kukiri mw'isi.maze ikiyoka kiragenda ngo kige kurwanya abo murubyaro rwe bitondera amategeko y'imana bakagira guhamya kw'yesu,guhamya kwa yesu numwuka wubuhanuzi; ibyahishuriwe12:17 ibyahishuw19:10
None se ko yesu bamujajije ngo tubwire itegeko rikomeye kurusha irindi asubiza ATI ukundishe uwiteka Imana umutima wawe wose nu bwenge bwawe bwose Kandi ukunde mugenzi wawe nkuko wikunda ibyanditse byose niho bishamikiye kuki atavuze kwizihiza isabato
@@rurangirwaaimable9292 na mategeko 10 yesu yasubize ko agomba kwitondera:yarari kubi sati 2 ,igicate1cyariho amategeko 4 gihagarariwe namagambo ngo kundisha Uwiteka numutima wawe wose nubwenge bwawe Bose,kuko igisate1 cyavugaga isano dufitanye n'Imana ndetse iyo ucumuye mumategeko yo kugisate1 uba ucumuye kumana gusa,igisate2 gihagarariwe namagambo ngo ukunde mugenzi wawe nkuko wikunda kiriho amategeko 6 asobanura isano abantu bafitanye iyo uyacumuye yo uba ucumuye kuri bagenzi bawe bityo ukaba unacumuye kumana.
Yesu ati" uvuga ko anzi, ntiyitondere amategeko yanjye ni umubeshyi, ukuri ntikuri muri we": 1 Yoh 2:2-3,
None ngo mumategeko ye, isabato yayikuyemo???
Yewe, abo yananiye mwayishyizemo pe!
Mukavuga ngo mufite Umwuka wera, kkkkk, Umwuka wera wahabwa umunyagasuzuguro???
Ellen W, urugero rw' izina ryo gutuka Imana afite ni irihe???
Imana ntabwo yikoreza abantu ibyo badashoboye,
@@uwamahorodevothe8593 ibyo ni ibihe?
Umva muvandi ntabwo nakuvuna inkokora ariko ntamuntu numwe yubahiriza amategeko yose mubo maze kubona bose yitwa ko yabyishoboje YESU niwe udushoboza none mwebwe ibyo yavuze mwaramupinze nkuko Musisi yavuze,,, ngo muramwizera?? oya ahubwo mwizera Ellen g white
Uvuze ukuri.
Ariko kuba njye nawe tutashobora kubahiriza amategeko si yo mpamvu agomba kuvaho. Ahubwo ni yo mpamvu ari ngombwa kwakira Yesu akadushoboza.
@nyirarudodo: Ikigaragaracyo ni uko uyu mugabo arimo kuyobya abantu . Nubundi , ibyahanuwe bigaragaza ko ikibazo gikomeye kizabaho muminsi y’imperuka , ndetse kigakigirwa nyambere mukurwanywa , ni ISABATO . Bavuga bate ko yakuweho mugihe muri Matayo 5:17 havuga ko nubwo Ijuri n’isi byavaho , amategeko y’Imana ntabwo azavaho n’agace k’inyuguti. Yesu ntiyazanywe no kuyakuraho ahubwo yazanywe no kuyakomeza.
None aba bavuga bate ko Isabato cyangwa amategeko yakuweho ?
Abazarangara bazajya bayobywa n’abantu nkabangaba. Mube maso.
Imana ntabwo ikoresha abize gusa ikoresha abayubaha ese ukekako hari igihugu kitagira amategeko
Eric, uganira na Musisi ibiki?
Ntabwo ubona ko Musisi ari intumwa ya Satani.
Yatumye pr arushaho kwigaragaza neza,abakomeje kumwibeshyaho ni ikibazo
Musisi ni umu Roman wabyize neza , KD we na J Luc Bari gukora mu buryo bwa Heguelianism bameze nk abataziranye nyamara inyuma y ibyo mubona purpose ni imwe.
That is right
Sha wabimenye niwo mukino natwe tugatega amatwi
@@eugenerudatsikira2810 nukuba maso
Mwese Ni cash 💰 mwishakira ahubwo Eric we ntazi agakino muri kumukina ubundi
Isabato niba yarabananiye kuyikurikiza
Nimureke kwiterenya mugumane ibyo mwizera kereka Niba ari ugutwika nkabisi
Ese Yesu we yarize aramenuza?
Musisi uzabeshye abadasoma Bibiriya bayisomerwa nahubundi ndabona byarakubobeye urivuruza bikabije
Amategeko yavuyeho ni ay imihango
Imana ntabwo ikoresha abize gusa ikoresha abayubaha
Eric ni umuhanga cyane ,ntagendeye ku ruhande ari gushyigikira ,nshima attitude ye mu gutanga ibitekerezo bye akanumva ibya Mzee Musisi,
N'utakwiga cyane ibyo mujyaho impaka namusaba kureba uko mwifata ,kuko abantu bo muri iyi minsi ntibazi kuganira na gato ureke no kujya impaka umwe agerageza kwemeza undi.
Jean Lûc nawe uri gukora neza.
Wowe ayaron ntukurikiza itegeko ribiganiro debate bose ubaha igihe cyingana kdi ntugace umuntu mwijambo nukora neza ayaron uzakizwa be sure
Antikristo irenze guhindura ibihe n'amategeko y'Imana niyihe ?Ndumiwe koko.
Umwuka mubiri nawe arahishura ibyoesigitangaza ko uriyamugore yahishuriwe ibyo byerekana iminsi yimperuka
erega na yesu bavugaga kwari umutware wabadaimoni, arik niba ibyo yahahanuye turi kubibona koko se. ubu kuba imirima,a.atungo,kugeza no kubiri munyanja ubushakashatsi ,buvuga ko biri kuvenda bitakaza umwimereri ubu se ninde utabizi koko keretse utunva amakuru
Jésus Christ Notre Sauveur est Le Chemin,La Vie et La Vérité.
Only Jesus Christ is the Truth,The Way and the Life
Is the only One Name we are Saved
Nonese niba abizeye Kristo bahabwa kamere y'Imana, iyo kamere yabasha ite kurwanya amategeko yayo? @Musisi
Musisi rwose uzarebe neza. Niba ari Yesu ushaka saba Imana imufashe. None se Pr wowe Umwuka ugukoresha ni uwuhe?
Nonese ibyo Nanditse ntitubizi. Ellena hari ikintu na kimwe yanditse gihabanije n Ijambo ry Imana?
Abandi banditse se ibyo banditse ubona ari ibiki
Musisi Koma Chetani kwa jina la Yesu. Gusa ndakwipfurije guhinduka.
Yemwe uwo Musaza Ahubwo yahanzweho na dayimoni ninde wamugize umucamanza
Kuba byonyine ibyo Ellen g white yavuze byemewe naba scientific byerekana ko atarumuhanuzi ava ku MANA kuko uva ku MANA ntabwo isi yamwemera
Hahahahhaha Daniel ko abascientist bamwemera ntabwo c yavuye ku Mana? Ese kwemerwa nabisi ni gute?
Ndumva nkwemeyemo
@@mutatismutandis900 hahahahaha
Pasiteri ibintu byezwa n Ijambo ry Imana, no gusenga. Ijambo ry Imana kubanza kubyeza
Ngira ufuhe Cyane iyo numva uyu mugabo pastor abeshya gusa ukuri ntigutsindwa KD Nibyo arwanya si uwambere KD si uwanyuma natihana azabona ishyano... Kuko ibyo avuga Nibyo yize mwishuri KD ukuri kwijambo RY' IMANA ntigukwiye kwigwa mwishuri kuko abana bukuri bigishwa n' Imana.
Kwibeshya ntibivuga KO uri antikristo,kuko n,abakristo bagurishaga ibyabo mu gihe cya ba petero baziko Yesu agiye kugaruka.antikristo ni idini ryose ritemera kuvuka,gupfa no kuzuka bya Yesu.ntiryemere KO Yesu ariwe nzira n,ukuri n,ubugingo.cg se rikigereranya na Kristo ubwe.
Murakina ku mugabo Uzi amazina y'abadayimoni iyiiwee jyewe narumiwe akamenya naho abo badayimoni bacuganiye nabantu
Ndemernywa Na Musisi kuko Isabato Bisonura Ko Ari Ikiruhuko. Ariko se? Uburuhukiro bw amasaha24 Bw'Isbato Abadivantiste Batuyoboramo .Bwamarir i 'ki Abarushye nabaremerewe .
murikigihe?
Jye ndumva umwuka wo gufana ntaho uzabageza mujye mutega amatwi musesengure munikorere ubushakashatsi nonese kombona title y'ikigisho yamaze guca urubanza uyoboye ikiganiro nawe ni umufana yagombye guhagarara hagati akabariza abantu badahari
None nawe ngo > ntawe azi muri make mwasomye muri bilbe ibiranga anti Christo nonese Ellen niwe wahinduye ibihe n'amategeko niwe witwa amazina y'Imana se !?
Musenge naho murageramiwe
Ibi Niko asanzwe abigenza hagowe abatigenzurira basenga
Musisi ndamugira inama ko yakwirinda guhinyura ibihanurwa kuko yatangiranye ukuri ariko iyo ageze k'umwuka arabivanga agatuma abantu batamenya gutandukanya ubuhanuzi buzima nubuvangiye sindi umudive ariko maze igihe mukurikirana , apinga abahanuzi bahishuriwe nyuma Yuko bibiliya yandikwa ,uzirinde guca imanza,ikindi ntukumve ko ibyo wemera byose ko Ari ukuri ngo uhinyure abandi .
Uvuga ukuri 80%,20%nta kuri
Reka mubaze ese wemera ko kugeza abahanuzi bakiriho nuyu munsi?
Eric najyaga nshima uko usubiza ariko kuricyi kivuga ko abanyabyaha bazashya bagashiraho bikarangira cyo uko wagisigiriza kose byasa nkokuyoba pe, kuko sinzi ukuntu byagera kubabonye ingororano zijuru bakabaho iteka ryose ariko byagera kubanyabyaha bo ntibabeho iteka. Pastor Musisi nkuko abivuga ndumva intego yokuza bene ibyo koko ari nko guhumiriza abanyabyaha ahubwo ngo niba kuva mubyaha bibananiye beguhangayika cyane nubundi bazashiraho birangire ukumva bijya guhura nazamvugo zipfuye zikigihe ngo "nta myaka 100" kandi nyuma y'urupfu hari ubundi buzima buzira iherezo dukwiye gutegura muri iyo myaka baba bavugiramo ngo nta myaka 100.
Ntabwo abanyabyaha bazahoraho muvandi ahubwo handitswe ngo hazaba umunsi uzabatwika bashire, yaba umuzi cyangwa ishami. Satani ni we muzi naho abayoboke be ni amashami. Malaki 3:19, 4:1. Kandi utinye iri jambo ngo "Ni ko Uwiteka Nyiringabo avuga". Ntabwo Uwiteka ni we ubihamije Kandi azi ibyo azakora mbere y'uko abikora. Ntawundi wo Kwizerwa keretse ibyo Uwiteka ahamije byonyine.
@@user-dg8xz9vx8c
Malaki 3:19? Ntabwo ibaho ubanza wibeshye ariko aho washakaga kuvuga ndumva narahumvise. Ariko nubundi wihangane kuvuga ibi; wahasobanukiwe bitaribyo kuko bibaye aribyo byaba bivuguruza indi mirongo myinshi ya Biblia, urugero nkiyi ikurikia:
Mt 25:46
[46]Abo bazajya mu ihaniro ry'iteka, naho abakiranutsi bazajya mu bugingo buhoraho.”
Ibyah 20:10,14-15
[10]kandi Satani wabayobyaga ajugunywe muri ya nyanja yaka umuriro n'amazuku, irimo ya nyamaswa na wa muhanuzi w'ibinyoma. Bazababazwa ku manywa na nijoro iteka ryose.
[14]Urupfu n'Ikuzimu bijugunywa muri ya nyanja yaka umuriro. Iyo nyanja yaka umuriro ni yo rupfu rwa kabiri.
[15]Kandi umuntu wese utabonetse ko yanditswe muri cya gitabo cy'ubugingo, ajugunywa muri iyo nyanja yaka umuriro.
Nkuko nabivuze icyo nicyinyoma kibi kigamije kutamenyesha abanyabyaha urubategereje.
Ushaka kumenya byinshi wareba muriyi video ( ruclips.net/video/Vq7WC0FujPQ/видео.html) nabivuzemo neza, ndumva iraza kugufasha.
Navuze kuri sujets nyinshi ariko kugira uhite ugera kuriyo wasa nutarutsa wenda ugahera kumunota 4.
Cyangwa se umpe numéro yawe nzaguhe nizindi nyinshi mbisobanura kuko iki kintu ahubwo ariryo zigiro ry'Ubutumwa bw'Iza.
@@manirakizadidier822 . Nibyo. Gusa mfite Bibiliya yera yasohotse mu 1957 ntagice cya Kane bari banditse , ahubwo icya gatatu nicya Kane barabifatanije bigira imirongo myinshi. Kuri Bibiliya zasohotse nyuma zifite ibice bine muri Malaki ni 4:1. Murakoze .
Musisi mubi mubi mubi cyaneee Uwiteka aguhane
Ariko musisi arabaje kabisa, iyo havuzwe amategeko y'Imana ahita abyita iby'isezerano rya kera bidafite icyo bimariye ubu Kristo, nyamara yagera kubizeye Imana bo mu isezerano rya kera nka Aburahamu, Isaka, Yakobo , Daniyeli nabandi ati twe dufite kwizera nk' ukwabo.
Ibyahishuwe :6:10
Batakana ijwi rirenga bati “Ayii Mwami wera w'ukuri! Uzageza he kudaca amateka no kudahōra abari mu isi, uhōrere amaraso yacu?”
Imyuka niba ipfa ubwo abo bavugaga gute? Ese Umupfumu ubwk yashikaga umuhanuzi Samuel byo ubivugaho iki ko yazamutse akavuga Kandi yari yarapfuye? Ese uvuga iki ku kuba Yesu yaratanze urugero kuri Aburahamu na Razaro ubwo Razaro yaganiraga na nyamutunzi, uvuga iki ku kuba Yesu yaraganiriye na Mose na Eliya Bari ku musozi Kandi tuziko batabaga ku isi Mose we yanapfuye atageze I Kanani!!!
Ikindi uwo mudibantisiti* azadufashe gusobanukirwa uko leta ya Michigan muri US ariho hari icyicaro cyibya Helen White kandi yaravukiye Maine akarangiriza ubuzima California
Musisi Ndagukunze gusa ukwiriye kwizera yesu ukabatizwa
Efeso 2:20
Musisi umbabarire pe , Ndakwise Injiji Pe !
@Pastor MUSISI, Uwiteka nawe akugenderere ureke gusebanya kuko nawe ntawakwizera. Pasteur mwiza arahugura ntabwo asebanya.
Uwu musisi ni umuyezuwiti kandi ni intumwa ya satani mubimenye. Abamwumviriza mwese mwitegure ko agiye kubarimbuza.
Erike pawulo yatubujije kujya impaka;gusa niba uri gusubiza ututse Imana nkuko tubisanga mu gitabo cy'imigani komereza aho.
njyewe ndumva abadivantiste kuri ino ngingo y'uko abapfuye bamera ndumva mushyiraho umurongo muhagazeho ubundi mugashakisha uburyo muvugisha bibiriya icyo mushaka ko ivuga murwego rwo rwo kurwanya ko abazimu babaho. Iyingingo yo kuvuga uko abapfuye bamera muzayihe umwanya wihariye hari imwe mumirongo nifuzako mwazakoresha Luka 16:19-31, Luka 24:37,39.
Muvandi umugani w'umutunzi na Lazaro, mbere na mbere ugomba kumenya ko ari umugani ufite icyo usobanura. Ubusobanuro bw'uwo mugani ni uko iyo upfuye ntayandi mahitamo wongera kugira. Upfuye Yizera Umucunguzi, Yesu nagaruka azajya mu ruhande rwa bizeye Imana, hano bahagarariwe na Aburahamu kuko yiswe sekuruza w'abizera Imana Bose. Naho uwanze kwihana ngo Yizera Yesu Kristo azazukira guhanirwa mu nyanja yaka umuriro. Guhitamo ni ubu tukiriho kuko murupfu ntamahitamo yandi azabaho, ubwo nabigisha purigatori ngo niho babarizwa akanya Gato, maze bakajya mu ijuru barababeshya.
Irindi somo watanze abigishwa bikanga ko Yesu yaba ari umuzimu, ahubwo Yesu agaragaza kuzuka icyo bivuze ko umuntu aba afite umubiri ufatika. Yarabiyeretse bamukoraho Kandi ni Mva ye irangaye nta mubiri uyirimo. Nguko kuzuka kwanyako naho ibindi ni ukubeshya. Nawe ibaze kuba ubona imva y'ahantu mwashyinguye umuntu akirimo barangiza bakakubwira ngo bamubonye ? Uwo ni wo witwa umuzimu kuko ntabwo aba ari we. Umuntu iyo yazutse biragaragara aho yari ashinguye haba hakingutse yavuyemo. Ntibakakuyobye Yesu ni we rugero rwiza rwo kuzuka icyo aricyo.
Nibakwihere amaturo wirire kuko gucira abandi urubanza ntaho wabikuye muri Bible. Yesu niwe Mucamanza wa muswa we. NGO uwutazi ubwenge ashima ubwe koko.
Bellancile Umuhoza,Yesu aguhumugisha kuko uvuze ukuri ntabwo Hellen with yakoreshwa n,Imana yo mwijuru
Ariko se pasiteri rwose Yesu yigeze Abana bo amategeko koko. Ibi bintu uba uvuga ni ibiki koko
Uwifuzwa ibi byose sha nubu ndakinyotewe
Nkunda ibiganiro byanyu cyane ariko mumbwitire Eric uti abb bapfumu bateye ba salongo birukana abadayimoni kd nabo bakoresha abadayimoni bakavugako babga abarozi kd bakabateza abazimu babo bagasara bajya kubandi bapfumu bakabavura nabo ikigambiriwe na satani nuko abantu bakomeza kuramya iyomyuka kuvuga ko herena uwo yanditse ibitabo ataranize ntibitangaje kuko satani atanga ubwenge kuko na amerika nibi babaha ububwenge bayoboza isi uyu Eric natekereze neza kuko bazayoba cyane niba barebera kubwenge bwisi
Uyu mupaster disi itegeko rya kane ryaramuhangabanyije urindushyi . ubuse ko uvuga ngo gukizwa bazakuzane utwigishe gukizwa ariko dukijijwe nkuko wakijijwe twese twarimbuka pe.
None niba utavuga. Ubivanahe. Ko itegeko ko aribyo ritumenyesha icyaha. Yesu akatubashisha
Pr Musisi ngo nti mugasome ibitabo bya Ellen G White birimo ubwenge buhanitse nti mukabisome😂 urantangaje pe.
Eric uhoraho akwongerereze ubumenyi uwonawe agiyegusozeranabikabisa
Imana ikubabarire
Ndabasuhuje mu izina rya Yesu christo watubambiwe, ikibazo mbaza Eric. Mbese abadivantist bemerako Yesu wabambwe ariwe christo?, impamvu: abubahirizaga isabato nibobamubambye, ese arabyemera? None ubwo abanyesabato sibo bantichristo?
Ibintu byarangaga amayerekwa ye bisa nibyo nabonye ku babonekewe I Kibeho! Nyamuneka mu kiganiro gikurikira muzadufasha gusobanukirwa (nabikuye muri bio ya Helen G White)3. She did not breathe during the entire period of a vision that ranged from fifteen minutes to three hours. Yet, her pulse beat regularly and her countenance remained pleasant as in the natural state.[21]
Her eyes were always open without blinking; her head was raised, looking upward with a pleasant expression as if staring intently at some distant object. Several physicians, at different times, conducted tests to check her lack of breathing and other physical phenomena.[21]
She was utterly unconscious of everything transpiring around her, and viewed herself as removed from this world, and in the presence of heavenly beings.[21]
When she came out of vision, all seemed total darkness whether in the day time or a well-lighted room at night. She would exclaim with a long-drawn sigh, as she took her first natural breath, "D-a-r-k." She was then limp and strengthless.[21
Niba iyo umuntu apfuye biba birangiye, uwo mudive yadusobanurira inkuru y'umukungu waje gupfa akabona Lazaro mu gituza cy'Abraham akamusaba byibuze amacandwe ku rutoki kugira ngo abe yacubya umwuma wari umumereye nabi? Ese iyo nkuru bayifata gute?
Muvandi iyo umuntu apfuye ashyirwa mu Mva maze agategereza umuzuko ubwo Yesu Kristo azaba agarutse. Yesu nagaruka bamwe bazazukira ubugingo buhoraho abandi bazukire gucirwaho iteka, aribwo bazajya muri iyo nyanja yaka umuriro. Uwo mugani w'umutunzi na Lazaro bwa mbere menya ko ari umugani. Bityo ugomba kumenya ubusobanuro bw'uwo mugani kugira ngo utumva ibyo nkibivuguruza ibindi yari yavuze. Aho Yesu atavugiye mu migani yasobanuye ko umuriro uzabaho utwika abanyabyaha ubwo azaba agarutse, nibwo azarobanura intama mu ihene, azatandukanya abanyabyaha n'Abakiranutsi. Uriya mugani werekana ko umutunzi yahisemo nabi akiriho, naho Lazaro agahitamo neza akiriho. Igihe tukiriho twebwe nicyo gihe cyo guhitamo uruhande rwo kwizera Imana cyangwa kwikurikirira ibinezeza by' isi. Nidupfa twizeye Imana, Yesu naza tuzazukira kubana n'abizeye Imana b'ibihe byose harimo na Aburahamu witwa sekuruza w'abizera. Naho abarwanije Imana bakiriho bazazukira kubabazwa n'umuriro n'amazuku. Nicyo umugani w'umutunzi na Lazaro usobanura Kandi nicyo utwigisha. Niba warageze aho bashyingura urabizi ko umuntu aba ari mu isanduku, bakamushyira mu Mva. Kuzuka dufite ingero nyinshi, Yesu yazuye Lazaro I Betaniya imva irakingurwa avamo, na Yesu yazutse mu Mva ya Yosefu isigara irangaye nta mubiri uyirimo. Nguko kuzuka uko bizagenda maze buri wese akagororerwa ibikwiriye ibyo yakoze. Ntabwo rero iyo umuntu apfuye atangira guhita ababazwa mu muriro.
Eric! Kuvuga ibintu bigasohora ntibivugako ubivuze aba arimo Umwuka w'Imana: urugero Umupfumu Nyirabiyoro na Magayane.
Ibyo biretswe byagiye bisohora.
None c nyirabiyoro ko yahanuye ibyurwanda yavuze akaga kazugariza isi? Ibyuvuze nukuri kuko Umuhanuzi asuzumishwa ibyanditswe byera . Igitabo cyintambarikomeye uzakigereranye ni byanditswe byera ikibazo tugira fanatisme aho gusoma twitonze!
@@shirikaniyonkuru6560 Urashaka kuvugako uhanurira isi aba abikuye Ku Mana? So, Nostradamus yari umuhanuzi w'IMANA!!!
Abakoresha Orscope , ababonekerwa na MARIYA..... bavuga iby'isi yose nka Helena White!!!!!
@@rachelkarangwa4529 nakubwiye ngo fata ibyanditswe byera ubigereranye ninyandiko za Ellen G whight hanyuma uzigeranye nuza Nostredamus! Ntabwo yabikuraga mumunwa we gusa! Ibihamya igitabo cynintambara ikomeye nubwo kirwanwa nuko gikora kubugaturika nubuprotestanti bwabaye ubwibisambo kuvuga ukuri nisushaka tuzabizire!
@@shirikaniyonkuru6560 Kose utangiye gutukana! Please twiyubahe.
Abizera twiteguye huhorwa Kristo not ibyanditswe n'umuntu runaka.
Umwuka WERA arusheho kutuyobora.
@@rachelkarangwa4529 ntutse nde mubuhe buryo?!
Uratumira rero Umusaserdoti w'Umukama nawe atubwire ivyerekeye Aberanda n'Umuvyeyi Bikira Maria
Nabonye abatashoboye kwihanganira inyisho nzima ya Pst Musisi gusa utoranijwe n'umwami IMANA azamwumva
Mukomeze turabakwirikirana cane🇧🇮🇧🇮🇧🇮
Ubwibone bw uwomugabo buzomushira ikuzimu kuk abavugishwa benshi ntibize amashure nkuko wibaza ngo wew wize uzukuri oya ahubwo bible itwerekako hariho abarogota bakava kuwiteka bagahanwa imbabazi zikaguherana
Ahubwo uwomugabo wew ubwiwe ntakuri afise kuko ubuyobe afise yatumwe na papa kuko ari umukozi wiwe
Nta wuza kuri Jewe Data atamukwegereye.
Iyo hatari ugihishurirwa abantu bagenda uko bigombeye
Truth is Christ Jusus and only in Him :We are saved
Be blessed
Ahubwo uwo misusu mbona Ari we mitsutsu 😂😂😂😂 Uri injiji Muzehe we
Kkkk, harya ngo amategeko yavuyeho cg ni isabato gusa???
None se uwavuze ngo ntukice, ntugasambane, ntukibe, niwe weruye avanamo isabato???
Nta rubanza nshiye, ariko mu ijuru ni kure cyane, hazagerayo intwarane!
Musisi, ni intumwa ya satani rwose pe!
Abahanuzi bibinyoma bariho namayerekwa cg inzozi ziva kuri malayika wumucyo na byo biriho
Ese ntabandi bahanuzi dufite mubaDiVE cg ni Ellen G White gusa ? Murakoze
Ukuntu nabakundaga ntangiye kubagiraho impungenge kabisa kubera ko musenya abandi ntimubwirize ibyubaka imitima
Uwumu illiminati wumu jezuwiti yiyita pasteur agiye kurimbuza benshi
Yes. Nibyo clementine
Uyu Eric avuga kimwe na Muhire Munana…ubu ntacyo bapfana?
Yarawejeje,irawiruhuka,iwuha ni umugisha bitandukanye n,icyumweru,n,ubwo Yesu yazutse dimanche ariko yari ananiwe cyane,mwibaze gucika kuzimu ukuntu uba unaniwe,noneho gukingirana kuzimu,ntabwo kuruhuka byari gushoboka,ahubwo yaruhutse samedi Ngo abone uko yica dayimoni afite imbaraga.halleluya,ndagushimye ko uturuhira Ngo twice antikristo Ku cyumweru ,mbega ikiruhuko isi ukeneye,code y,lmana!!!!!Toka wwww
Kubwawe Yesu araruhuka ngo abone akabaraga hhhh urababaje uwo Yesu wawe menya ari ingirwa yesu
Ngo ellen yahanuye ububi bwitabi kera none ngo kuko international health agency bemeye ko itabi Ari ribi ngo ibyo birerekana ubuhanganjye bwo mu Mwuka bwa Ellen!!!
Ninese Ellen White niwe reference yabanditsi ba Bible bemeje ko itabi aricyaha kera cyane na mbere yuko uwo Ellen White abaho??
Bambarize nawe ra!!!!!!
Harya ni irihe somo muri Bibiliya rivuga yuko itabi ari ribi?
Satani ni umukozi w' Imana mu buryo buziguye. Ps Muzizi yamamaza ubutumwa bwa' Imana bwanyujijwe mu muhanuzikazi Ellen n' ubwo amwanga bwose. Umwuka wera azajya Akira umurimo we.
Noronka contact y'uyu muvugabutumwa?
Helen White yahanuye abantu ko bakwiye gupfungura ivyokurya kama Haba mubimera canke mu bikoko vyemererwa kuribwa.Greffage canke ogm Imana ntivyemera