Ibyawa mu Pasiteri wishe PST THEOGENE/Uko imyuka y’abarozi yica Abantu/Pst Rutayisire n’abandi bumve
HTML-код
- Опубликовано: 10 фев 2025
- Niba wifuza kuvugana natwe, kuduha inyunganizi,kudutera inkunga y'ibitekerezo ndetse n'iyuburyo bufatika kugirango uyu murimo w'ivugabutumwa dukora urusheho kugenda neza cyangwa ukaba ufite inkuru n'ubuhamya wifuza gusangiza abadukurikira waduhamagara kuri +250783103298 iri no kuri whatsaap.
Facebook: Joel Jo Shobiz, e_mail: sengujoe@gmail.com
Uwakumva yifuje kudutera inkunga ngo umurimo dukora urusheho kugenda neza (Donation) yakoresha:
-KCB ACCOUNT: 4402218276 (Joel Sengurebe)
-Moble Money: 0783103298(Joel Sengurebe)
Murakoze cyane ! Imana ibahe umugisha
Yesu kristo adutabare kumenya abarikuvuga lmana lbarimo biragoye.
Be blessed Bishop Jean Bosco. Uwiteka aguhaze uburame, ukomeze utwigishe ukorera Uwiteka Imana wagusize akana gutoranya mu benshi.
Ngew numvise umuntu wanterefonnye ambwira ko waka abantu amafaranga nfo ntukorera Imana .nyamara ntago bayazana neza nabo baba babanje guhura na dayimoni ibajujubya.Gumamo paster
Bishop ndagukunda Imana igukomereze amaboko ikongere imbaraga namavuta kugirango uyikorere natwe dusubirizwe mu mirimo imana igukoresha
Ubundi hakabaye abakozi benshi nkaba arko ababasebya nabiyitako nabo Baz Imana
Ese Joel uyu mugabo uramwemera Burya sha
Bosco ndagukunda Imana iguhe umugisha
Paster ndagukunda mbona uri umukozi wimana pe ndagukurikurana kuri television nkumva ndafashijwe
Uyu mugabo ntabwo mwakurikiranye neza ibiganiro byiwe.Ibyo avuga ni ukuri
Ubivuze neza kugira uneshe umurozi bisaba uwufise ihishurigwa rikomeye
Icyo nababwira nuko Yesu ariwe uzibe naho kwirirwa mushakira amaramuko kuri RUclips musebya abantu muzarimbuka
Ni wowe uzabarimbura? Reka guca imanza kuko ntawe babesheye ahubwo nawe ngwino ugaragaze icyo ufite tukirebe kuko wowe utabeshya uri umunyakuri.Imana ikubabarire