Rwose pe TK uravuga ukuri cyane Aba bantu barubaka rwose rugakomera gusa nibo bake hanze aha ingero z'abubatse zigakomera zirahari ariko hari benshi zananiye pe
Sabin wumvishe ibyo ushaka ariko Dada yagize ati "uwavuye ku muhanda akajya kubaka atabufatanyije arubaka rugakomera kuko n'igihe yari ku muhanda atabifatanyije no kubaka" rero muri 50 bari ku muhanda bakabivamo bakomeje 20 muri bashobora kubaka rugakomera kandi rukaba ubuhamya bwiza ku bandi. Thanks Dada and Sabin it was good conversation to youth.
Abantu Twemeranyako TK arimwiza , Mumpe twatuntu 🙏❤❤❤🎉🎉🎉
Ppp
Ppp
Nimwiza cane mur vyose m'umutwe no k'umubiri😊❤
@mariettegoretti728😂❤🎉die ❤❤😂❤❤❤😂😂❤❤❤❤❤😂8
Abantu mukunda interview za TK mumpe like❤impanuro ze ni saw cyane❤❤❤❤
Cyane
I love her 💓💓
Aba Jo twins shoooooooo muri hano muze twige shaa
Aba Jyo Twins shooooo 🎉🎉❤❤
Ngo uncle Sabin yaravuzengo aba Jo twins ntago tuba Hano ngaho nimuze tumwereke ko duhari ❤❤❤❤let's go 😅
Turahari aba jo❤️
Urimwiza mubyeyi kandi ufite mumutwe pe ngukunda bikaze❤
Tijd uri mwiza kandi uruunyabwenge ufite n'ukuri kubaka be blessed ❤
TK hejuru, you’re so smart ❤, ubundi umugore wese aba agomba gukora cyane nkaho nta umugabo uhari niyo yaba amukunda amuha byose , ibyo bizatuma bombi bakora bikaruhura umugabo urugo rugatera imbere naho ubundi mwa abagore mwe nimukomeza gukoresha abagabo mutabafasha ibihe byarahindutse stress izabanatwara. Byiza mukore mwese ! 🙏🙏🙏💐😘
Wabwiye nabagabo ko mbona baregeje kuturusha ko arukwihiringa ukamurerana nabana mubyaye
Tik nimwiza imbere n’inyuma très intelligente
Nimwiza hose ndagukunda cyane najye numubyeyi sana❤❤❤❤
Urimwiza Mami ndakwikundira sana nukuri urimwizape❤❤❤❤🎉🎉
Nkunda Dada Kabendera ibiganiro bye biratwubaka Imana ijyekomeze imwagure muri byose ndamukunda cyane ❤❤❤
TK ubwiza bw, numugore n, umutima ❤, suburanga Gusa. Kandi byose urabyujuje 👍
Sabin sinanze igitekerezo cyawe ariko uraburana amafutipeeeee!!ntitukavume iritararenga,uzabagore barihanohanze bamaze gusenya kubera irari ryibyo batabonye kuko aribwobakibibona bikabasenyera?ariko wawundi wabibonye abicamo niba koko yarabihaze arubakaa hahandi niyo waba uri Isafari amenya urugo arimo cyane kurusha igihe wowe uba urimurugo,apfakuba ingeso yaraziko yabagamo yaraziretse,nkubwije ukuri uwomukobwa ntapfa gusenya,ahubwo banyiramwiza bava mugikari nibobambere basenya kurusha wawundi uvuye kumuhanda ariko azicyo ashaka.
Mbwirira ibyo bishwi Dada wacu❤❤❤❤❤❤❤
Uri mwiza mama
Uwa 11 ni jewe ❤ isimbi hejuru🎉
Tijhara urimwiza cyane Kandi nomumutwe uri smart
Ooooo!Urasa neza Aunty mwiza ❤❤❤❤
She is beautiful in and out
We love you our mum
Rekambabwire tuziga byinshi muzatugira inama nyinshi kdi nibyiza kumva izo inama zijyanye no kubaka mdetse no kwiga byinshi kubijyanye no kubaka urugo.Ariko urugo rwose rutazi Imana rurajegajega
Kabix
Exactly
Rwos
👏👏👏👏Well Said
Uri mwiza cyane KT kdi ufite mu mutwe hazima.Uri umukozi,courage!Imana irahore mu byawe no mu bawe.
Urumugore wumunyabwenge cyane❤
Uri mwiza sweet 🎉
Nkukunda kubi mubyeyi mwiza❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤
Uri mwiza cyn mubyeyi kandi inama zawe ziratwubaka cyane
Mama Africa ndagukunda cyane ariko akabaye icwende ntikoga pee.
Sabin kuri Camera uba uri umwana mwiza arko mugikari ugushaka ngo umugire inama umubwira nabi uzabikosore pe
Urimwiza chr cyaneee kd ufite nu ubwenge pee ndagukunda ❤❤❤❤❤
My role model ❤❤❤
Ikiganiro kiza cyane TK Imana ijye iguha umugisha ufite impano yo guhugura abantu kd uyikoresha neza 🤝nkuzi kera kuri Radio ndumwana nagiraga amatsiko yo kukubona nkumva uvuga nkabapapa 😂 ark urumama mwiza cyane na phisical 😍
Tk urimwuza cyane ndanagukunda p
mamy ndagukunda cyaneee nukuri inama zawe!kandi koko nasanze kurya amafaranga wakoreye biba biryoshye cyaneee kuko umunya nuko uyakoresha neza!kandi urinamwiza mama
Indaba zirubaka na cyane, abivamo abivuyemo
Ndagukunze Mama uvuzukuri
Uyu mubyeyi afite ibitekerezo bizima ureke babandi njya mbona.
Nkunda ko ugira ukuri kwinshi ❤
Urimwiza cyane❤❤
Sha TK uri mwiza cyane kdi rwose wambara neza ufite mu mutwe mbe I love all of you Dada🥰🥰 keep forward darling 💋
Oh TK rekana na Sabin barahinduka cyane kbsa ingero zirahari,nkuko utarabinyuzemo abijyamo ninako uwabinyuzemo abireka
TK urimwiza kumutima no kumubiri niwe wajye ubundi ndagukunda cyane inama zawa nziza ❤❤❤❤
Tk na sabin mbakunda byinshiiii... much respect❤❤❤❤❤❤❤❤
She is beautiful in and out
Sha Tk Ari mukuri mwenenkabo iyobabivuyemo bagafata umwanzuro wokubaba barubaka kbsa👌
Nimwiza pe❤
Uravuga ukuri cyane ntampamvu yo gutegeteza ibyumuhungu ugomba gushaka ibyavuye mumaboko yawe❤❤
Dada yuko right kabisa 👍🏾👍🏾❤️Barubaka pe! 🫶🏽
ikindi urugo ruravuna niyo waba ukorera ibya mirenge uri umwe umugabo cg umugore ntibihaza. buri umwe akenera umwunganira. muvane amaboko mu mifuka. si abakobwa gusa mureke kubibasira hari n'abasore badashaka gukora.
Tk u are so beautiful and intelligent
Tk ni number 1😘 so beautiful❤❤❤
Ndagukunda wamubyeyi we nubwo utanzi ariko ntabitekerezo byawe bincika dore ko tungana mumyaka, uravuga nkuko mpra mpanura abana bajye👌
Umubyeyi wIrwanda God bless you Ilove you❤❤❤
Tk, nkunda KO ufise mu mutwe hazima, hahuje rero n'inyuma hawe. Nturi muri bamwe baza ngaho bavuga uburofa.
“Umugore mwiza ku sura ariko w’idebe mu mutwe.” TK wubahwe.
You are so beautiful mama I love you so much ❤
Urimwiza T.K ❤
Sabin wazatumiye Mutesi Scovia koko😂😂😂😂😂😂
Ndamuziho kbs kko narimenye akorera RBA👌👌 umubyeyi TK ndamukunda cyaneeee 😘💕💕💕💕
Ngukunda cane mama ❤️🔥
You so beautiful mama wacu
Ni mwiza cyane
Ibibintu nahoze mbitekereza none muvuzeho murakoze cyane
Ndagukunda canee
Rwose pe TK uravuga ukuri cyane Aba bantu barubaka rwose rugakomera gusa nibo bake hanze aha ingero z'abubatse zigakomera zirahari ariko hari benshi zananiye pe
Birashira Saben Tk arimo kuvugisha ukuri iyo ufashe umwanzuro ukavuga Yuko ujyiye kubaka ibindi byose nacyo biba bivuze kk Uba warabiciyemo
Tk nimwiza Cyane rwose👌👌
Nimwiza cyane TK tumwigiraho byinshi
TK NIMWIZAAAAAAAA CYAAAAAAANEEEEEEE
Tk uri mwiza Cher.
Urimwiza cyaneeeee nukuri ndakunzi irusizi
Ndahari Sabin Claire, ndamukunda cyane
TK ni mwiza❤❤❤ndanamwikundira cyn
SAb ndada mukinyamurenge ni dada cangwa ni papa mundimi zomugice twese abantu bahereremwo❤
Urimwiza nukuri
TK uri mwiza pe❤❤❤❤❤
Tk hejuru Cyane mama
Murakoze cyane kutwigisha twebwe abakiri bato lmana ibahe umugisha mbakunda cyane
I love her so much
Tk urimwiza ndagukunda kuvacyera ndi umwana❤❤❤
Kabendera ni mwiza cyane
Kabendera Ndagukunda cyan♥️♥️♥️♥️❤️
Ubundi Tidjala niwe wanjye💕
Sabin wumvishe ibyo ushaka ariko Dada yagize ati "uwavuye ku muhanda akajya kubaka atabufatanyije arubaka rugakomera kuko n'igihe yari ku muhanda atabifatanyije no kubaka" rero muri 50 bari ku muhanda bakabivamo bakomeje 20 muri bashobora kubaka rugakomera kandi rukaba ubuhamya bwiza ku bandi. Thanks Dada and Sabin it was good conversation to youth.
Murakoze cyane
I agree with TK .Ashobora kwubaka
Nimwiza TK, yambaye neza,yisize aka lipstick keza,pe tout lui va bien a merveille
Love TK
Uyu mu maman ibyo avuga nibyo. Igokuru ni ubwiza bufite intego.
Mama TK❤❤❤
Tk urimwiza pee❤❤
Umuvana mucyaro akagusirimukana bikaakurenga mwabantu mwe uretseko nuwo wabihaze harigihe abikumbura so icyiza Imana niyo yubaka bavandimwe urugo si amashuri cg uburanga
Urimwiza Cyane Kandi Urumuhanga❤❤❤
Very wise. Uri mwiza
Ni Mwiza Cyane kbx
Sabe Ibintu ubaza abatumirwa aba aribyiza cyanee
Urimiza cyaneeee Tk😍👌
Mujye mukoma ningasire Ibibihe dusohoyemo hari babagabo cq abasore basigaye bameze nkabo bashiki bacu
Exactly
Suko😮se
TK uri mwiza rwose ndanagukunda❤
TK ni mwiza cyane.Byagera ku bitekerezo bye byo bikaba akarusho.
Kbs ibintu Tk avuga nibyo nage nari umwe murabo kd ndubatse neza cyane iyo bivuyemo uba wabihaze kuko wabigumamo
Tk ❤ muganira neza jrs.
Mama wubahwe pe ukwo nukuri uvuze👍🏽👍🏽👍🏽
Tk uri mwiza uri mwiza cn ❤❤❤❤❤❤