PAPA NAMUMENYE NYUMA Y’IMYAKA 30😭NDARA NDIRA😭KUMUSURA BYARANANIYE😭INKURU YA Chantal IRATANGAJE
HTML-код
- Опубликовано: 2 окт 2024
- Rose TV Show ni urubuga rwawe nanjye ngo tuganire ku buzima by'umwihariko ku ngingo z'imibanire y'abantu. Mu muryango ndetse no mu buzima busanzwe. Twibanda ku biganiro by'ubuhamya n'ibitekerezo by'abatumirwa mu kubaka #Imibanire iganisha ku #UmuryangoMwiza. Twibanda kandi ku biganiro byo #Guteka kuko burya imibanire myiza ihera ku mirire myiza! Niba wifuza kuvugana natwe, kuduha inyunganizi ku makuru tubagezaho cyangwa ukaba ufite ubuhamya wifuza gusangiza Abanyarwanda waduhamagara kuri +250782742950
+250787001930 Ushaka kumuvugisha
@@Njdm914 ariko ubu imyaka 30 umaze uba wumva ukeneye undi muntu wo kugira ate mu buzima bwawe???
Kora cg urorere.
Ubu muba.mwirirwa murira ngo bigenwde gute
Mbaye uwagatatu komera mukobwa natwe ntago dufite bapapa ariko turishimye kuko akabura nikaboneke ni nyinawumuntu
Yoooo!!!!! Disi mwihangane ndabakomeje!
Ariko iyi nkuru harikintu kitagenda neza kuvuga ngo papa yahemukiye mama, muvuge ko papa wawe yafashe ku ngufu mama wawe( viol) ,mureke kurenganya uwo mubyeyi ngo ntiyakujyanye ku ishuri ngo nta rukundo yaguhaye😡😡. Erega la victime niwe bagize ubuhemu. Mwarangiza ngo mama wawe azafate inzira ngo bajye kumusaba imbabazi. Famille ya papa wawe nabiyemezi désolé pe kuko mu myaka 13 bakumemye bakumariye iki? Hari benshi bize batinze ko batahereye aho bakumenye ngo bagufashe? Si ukubaha papa wawe ufite ahubwo ufite igikomere kuba utarigeze umubyeyi ukubera papa bigatuma ihimbagiza( idéalisé) papa wawe. N uburenganzira bwawe bwo kumenya inkomoko yawe ariko kuvuga ko urutse ko papa yahemukiye mama wawe ntakindi kintu yamukoreye! No come on papa wawe yafashe mama wawe kungufu mwite ibintu mu mazina.abo bakire bari ku kwishyurira ishuri badafite ubufasha bwo kuguhamagara😢 ????? . Muzumve inkuru Karegeya yatumbiye yuko bagiye kureba umwana wi shuti ye yari yarapfuye uko bagiye kureba umwana mujye mutera intabwe mwige. Sha rukundo mbonye aho kuri famille ya papa wawe na papa wawe arigukina n amaranga mutima yawe agusaba kuzana mama wawe amusabe imbabazi ko yamuhekiye aho kuvugako yamufashe kungufu😡😡😡 so sorry to u and yr mom. Ujya ubwira mama wawe ko umukunda umuhe urukundo nizo mbabazi akeneye
Papa we yahingiye ibuhande nonex ibugande nikure kuburyo yananirwa kuza murwanda kugusura ahubwo yanze kuza murwanda kubera ibyo yakoze
Urahimbagiza papa wawe utazi ibyo mama wawe yahuye nabyo kdi nimumusura ibigande mama wawe ashobora guhura nikibazo papa papa papa
@@kaboyiimmaculate4129 wumvishe ko atamuha adresse yaho aba ngo azajye kumureba ngo nabaze se wabo , nakunze nawe yamusubije neza ko atarusha aho nyirubwite aho atuye .
Mubyukuri ubisobanuye neza uyu mupapa arakina namarangamutima yuyu mwana!urumva ngo iyamumenya aba yaramufashije umuntu utakwigurira nama unites ngo ahamagare murwanda!umuntu utabasha gutega Bus ngo aze amurebe babonane😢yarangiza agasuzugura nyina ngo azamuzane amusabe imbabazi!!!!! Mbese nyuma yo gufatwa kungufu yishyire uwamwangije ati ngwino unsabe imbabazi burya sinapfuye nagakosa gato wakoze ndakubabariye! Mana uyu mukobwa nahumuka azamenya ukuri simuciye intege😢ariko uwo mu papa ndamunenga cyane
@@kaboyiimmaculate4129simuhimbagiza kandi kuba yarahemukiye mama sibyirengagiza ahubwo nuko amaraso ataramazi
Yewe ihangane ariko ndumva story yawe iburamo akantu!! Kunda mama wawe deeply kuko uwo mu papa wawe ni “Father” kuko ari amaraso yawe ariko kuba Dad nurundi rugendo. It takes a minute to be a father and anyone can be a father!!! But being a dad requires , love, caring, responsible, etc…. Muri society zacu dufite aba Fathers benshi ari ba Daddy Bo nibake cyane . Kuba dad suko wabyaye gusa , umugabo wese wujuje quality ziranga Dady ni Dady!!! Ababyeyi baguhaye urukundo ukarwanga warakosheje pee
Ntibyoroshye gusa komerakandi wihangane nurwatwese ngewe nagerageje kumuhiga mumenye aranyihakana gusa komera sana😢
Rose ndagukunda pe ndashaka kugiha ikiganiro thx
Chantal wowe kunda mama wawe umwomore ibikomere yagize by’ubupfubyi no gufatwa kungufu wishyire mu mwanya we wafashwe kungufu urumva wakunda uwagufashe kungufu no kwa so urumva ntibagukunda na papa wawe ubwe nushaka uzamurebe gusa umumenye ntaho ntabindi nta mutima wakibyeyi numva yakugiriye nawe sinzi ko yagukunda rwose utarasabye imbabazi mama ngo yice ikiru nawe ntiyagukunda ,ita kuri mama wawe akabura ntikaboneke ni nyina w’umuntu.
Narizr byandenze ubu disi najye umwana wajjye afite agahinda nkaka kuko sindabohoka ngo mubwize ukuri.ark aracyari muto. Abagabo we. Jyeweho yaranyihkanye pe pfite nubwoba kwazihakana umwana wajye😢
Ihangane gusa uzamubwizukuri utazatuma akwanga nkuko nakuze nanga mama
Nubwo ntabivuze mukiganiro ariko nakuze mwanga ariko birashira ubunaramubabariye
Njye nibaza niryari (imyaka )wabwiza umwana ukuri 😢
Ni ukubaza inzobere ubanza ari mbere yuko aba ingimbi
@@Indy-indatwani ukubaza inzobere ubanza ari imbere yuko aba ingimbi
Mana 😢😢
Ababyeyi ba bagabo ninkinyamanswa nta rukundo bagira sinzi turemyenabi pe ubu harabagiye kuvuga ngo abagabo bose sibabi yego sibabi ark ubwiza bwabo bacye ntacyo bumaze icyuho cyabo turakibona ababo rero nibobenshi ninako gahinda abenshi dufite nkubu Papa wanjye mufashe nako reka mbyihorere kuko sinshaka nokongera kumubona ukundi ubu Mama wanjye arikuruhana barumuna banjye nacyo cyiraho ngo cyagiye gushaka abana bato Papa tuza igihe cyizatubwira
Komera Imana niyo se w'abatagira shinge na rugero,kd ku iherezo Imana izababaza inshingano birengagije zo kurera abana Imana yabahaye.
@@gwizimpunduolive5941 murako nukuri kunkomeza lmana ibahe umugisha
None se ko babimenye mbere y'uko ujyayo kuki bataje kugushaka!!? Oya rwose wigaya maman wawe mubabalire
Cg yahunze jenoside niyo mpamvu adataha!!!
@@mujawayezuannonciata4014 oya kandi Papa arumucikacumu akora muri volcano numushoferi muvandi
So yishe abantu tu
This is my story😢😢😢😢 mana nambe nawe wanabivuga njyewe mbanumva ntazi gusa lmana igihe umugisha gusa ndumva ubimvugiye
Ihangane imana ikomore igikomere
Rose rwose ukuntu urira umutumirwa akomeye😓 anyway KOMERA bambe KD
Imana izaguhoze amarira yose
Nkunze ukuntu uvuga utuje kandi urumunyembabazi
Thenk you
💖💖💖💖
Rose❤❤❤
Mureke tugye twubaha ba papa bacu baduhaye urukundo tunabishimire Imana.
Pole sana mukobwa mwiza! Mu ijuru hari Imana
Murakoze cyane
Gusa Rose nkunze uko agufashije gusoza ikiganiro !
Murakoze
Murakoze cyane
Hello Rose Hari icyiganiro wakoranye na Edit umwe wumunya makuru Ni kiganiro kimaze 2year numvise cyinyubatse Kd numvise arumuntu wafasha umuntu kuva mubikomere wamfasha ukaza duhuza???
Chantal ndamukunze pe yagize inyota yokumenya umubyeyi we kandi aranamubabarira abakobwa na base rwose
ndabona Chantal na Rose musa wagira ngo muravukana❤❤
Nukotwese tunanutse
❤
Imana ishimwe ko wamenyanye na papa wawe ariko akikumva yarikuza ku kureba na maman wawe yakoze ikosa kutagushyira mwishuri nibura ngo wige primair nibura ariko ntakundi nukwihangana rero gerageza ujye kuramutsa papa wawe vuba azapfe mubonanye
Nimbenawe ubashije kunyumva gusa ikibazo nubushobozi kuko nkora akazi komurugo ninjye wita kumuryango wanjye kumusura byarananiye
💖💖💖
Ihangane natwe harabana badafite bapapa rurihose
Humura mukobwa mwiza!
Pole sana mukobwa mu ijuru hariyo Data wa twese humura.
Murakoze cyane
Nukuri uzashake ukurya kumureba Kandi uzamushyire nabuzukuru
Nzabikora nimbona ubushobozi
Urabuza mama wawe kubyara abandi bana kdi wowe waravutse jyewe ndabona waramwongereraga ibikomere gusa
Oya sinamubujije ahubwo nuko narinkiri mutoya sibyumve gusubungubu ndabyumvape
Nuko atari wowe
Roza wacu❤❤
iyinkuru ndumva ntakuri kuyirimo yafashwe kungufu 18years old tena ngoyarumwana wapi harabagore babyara baryo ntibashake kobase babana babamenya ugasanga barashaka kubazana bakuze kubera impamvu zimwe nazimwe ziminani
Oya ukosukuri kuko mama yatekerezagako batazanyemera kuko papa atarahari
Iyaba akeneye imitungo abayarajyanye mbere
Pole bambe
Murakoze