Ese burya witwa Julienne!!? Nari narayobewe amazina nagushakira ho ku mbuga nkoranya mbaga kugira ngo mbashe ku gukurikirana. Nakumenye bwa mbere aho wavugaga ku badamu barera abana batari ababo, uburyo babafata nabi. Uti uko nyina yamusize ku isi atabishaka menya ko nawe utazi imyaka uzasigiraho abawe, none abawe bazaba ho bate.? Uti mu menye ko ibyo mubiba aribyo muzasarura. Ni ukuri iriya nyigisho yanyeretse uwo uri we. Ukuntu wabivugaga ubabaye, bigaragaza ko ugira ubumuntu. Imana iguhe umugisha. Niba ugira Channel ya RUclips ndifuza kumenya uko yitwa. Merci
Ndakwikundira yego utanga une parole vivante ifasha abantu cyane. Be blessed .🙌🏾🙌🏾
Imana iguhezagire Maman urumunyakigongwe.
Nukuri Pastor ndagukunda cyaneeeeeeeee ibyigisho byawe biramfasha pee harahantu binshyira nkumva ndanezerewe Imana ikomeze ikwagure muri byose ikunezeze muribyose wifuza .
Ndakwikundira pastor ..God bless you
Imana yomwijuru ikongere amavuta nukuri kuko nkunoneraho umugishe
Akazi ubundi nugukorera Imana Ibindi ngo nibiraka Ibiduha ngotwibesheho ubuzima bwaburimunsi.
Imana ikomeze kuguha kuramba Pastor, Kuva nakumenya haciye imyaka itari mike umunsi kumunsi nkumva, umbera umugisha, Uwo murimo wo gusanga Ababaye wukomeze kdi Imana itange nibyo kubafashisha.
Johnson Uwimana
iyaba hari abakobwa benshi bafite ibitekerezo byiza byo kuzaba nkawe,I realy like you.
Ndagukunda mubyeyi uvuga Imana neza
turagukunda cyane pastor ubalikiwe
I wish one day nikuone mama
Yesunashimwe mukoziwima ndashaka mubwire kokuba umukoziwimana wisigankuko ko atacaha kirimwo kozi kwisiga rujareve kera ryisigaga abarimumihango nfasha ibinsigurire
Imana ibandany kuguha umugisha
IMANA IGUHEZAGIRE🙏
Ndagukunda
Turakwikundira mama postor imana ikomeze ikwagure
Ese burya witwa Julienne!!? Nari narayobewe amazina nagushakira ho ku mbuga nkoranya mbaga kugira ngo mbashe ku gukurikirana. Nakumenye bwa mbere aho wavugaga ku badamu barera abana batari ababo, uburyo babafata nabi. Uti uko nyina yamusize ku isi atabishaka menya ko nawe utazi imyaka uzasigiraho abawe, none abawe bazaba ho bate.? Uti mu menye ko ibyo mubiba aribyo muzasarura.
Ni ukuri iriya nyigisho yanyeretse uwo uri we. Ukuntu wabivugaga ubabaye, bigaragaza ko ugira ubumuntu. Imana iguhe umugisha. Niba ugira Channel ya RUclips ndifuza kumenya uko yitwa. Merci
Valens BYIGERO
yesu ashimwe valens channel ya youtube wa muboneraho wakandika Grace room ministries
habwa umugisha..
Urakoze cyane. Be blessed
Nice nukuri
Nibwo bwa mbere nkumva ndasha kumvako haricyo wahindu mubuzima bwange nkumukozi w'lmana
Jyuvuga utarerembura amaso uvuke nkumuntu wa nyagasani kandi uvugishe imfubyi abakene nibo lmana ikunda yabibwiye Omos,eliya ,yesaya ,na yakobo na baba yetu aburaharamu
Uwagira number ye yayimpa pe! Njye usibye no kumukunda cyane ndanamukeneye
Nakufuatilia Sana Mama ubarikiwe,napenda Sana wahubiri wakinyarwanda
Hhhh njye nkunda nutuntu ukora iyo wigisha 😂mbyumva neza kurusha . Uba uwuriwe nturi nkababanza gutekereza ngo bashakishee!!!
Impanvumbajije icokibazo nuko nanje ndimukapasiteri ariko baranyihaye kubera kwisiga murushengero
Ndakwikundira pastor ..God bless you