Ibi byose byatewe n umugabo wa mbere yaraguhemukiye pe !! Niba akiriho azagusabe imbabazi niyo nama namugira kuko natabikora Imana izabimubaza pe yahemukiye umutima wamukunze nta nundi azongera kubona pe!!! pole mama Imana niyo yonyine itanga umunezero w ukuri wagize neza guhitamo Imana❤
Komera mukundwa Aline ❤️❤️Buriya niwicara hasi ukiyigaho uzasanga ugira urukundo rwinshi cyane (dépendance affective) ugakurura abagabo either manipulators or narcissistic men. Buriya niyo washaka undi na we byaba uko. Icyo ukeneye ubu ni ukwiha urukundo ukiyitaho ukita no kuri ibyo bibondo. Pay attention, may the Almighty God be with you and guide you along your love journey. Courage is power, and the Lord is nearer🙏❤️
Mama uvankwibwirire mama uzokwiteho abo bana wavyaranye nabo bagabo Ariko ico noguhanura ntuzosubire gutanga ❤umutima wawe kubagabo niwirere abo bana imana yakwihereye niyo mpanuro ndaguhaye mama jewe ndacari muto jewe nkivyo bishikiye noca nirerera abo bana kuko nobonako ata chance fise nuko love you 😘
JE suis vraiment touche, cpt,JE Vous conseille d' etre tout pres de tes enfants et leur apprendre la parole de Dieu, apparamment,tes enfants vivent le staticot comme Vous,merci
Vous avez ete mal informe cependant je vous conseille d'etre sure de vos recherches d'abbord avant de vous exprimer car c'est evident que vous ignore la realite et la verite
Urwo urukundo wifuza ntirubaho, ni illusion,We ubona abantu ukibaza ngo bari murukundo ,ngo bari mu muryango,Ariko nasanze abantu bose bari bonyene kurya umuntu avuka ari wenyene ,yitaba Imana wenyene bakamuhamba wenyene, iyo vide ntikenewe kuko twese turi twenyene.
Nawe ufite ibikomere, ibyo uvuze niko ubibona, ariko ibyo uzi cg wibwira ntabwo ari ukuri ijana ku rindi, hari ingo cg imiryango ibayeho nko mu ijuru rito hano mu isi.
Pole sana Aline wacu Uwiteka n’Umugabo wabapfakazi wowe lero emera agucure umubere umugore azakubera Umugabo kandi komera. Imanizakuzanira uwukuri the one that has your name on him so wait pray and surrender, time will come but please next time be very watchful because they are some man out there that are not ready maybe to get married, stay away from those, and some who just want to have fun, stay away from those. But God will wipe away your tears soon don’t worry He did it for me He will do it for you and whosoever believe and trust and wait patiently on Him. God is faithful He will not leave you or forsake you
Aline ntiwirenganye, urukundo rwawe rwa mbere rwari rwo! Tu n'as pas fait un mauvais choix! Ahubwo icyabangamiye urukundo rwanyu ni ni umwuka wa satani urwanya urugo, urusenya! Icyo bita "karande"! Rero irukana umwuka wo kutubaka, uwirukane kuri wowe, kuri buri mwana nabazabakomokaho bose! Kuko twahawe imbaraga zo gukandagira inzoka na scorpion n'imbaraga zose zumwijima! Luc 10:19 soma cyane Ijambo ufate intwaro z'Umwuka, niyo myambi wohereza muri byose birwanya umudendezo wawe... Dieu est vivant et Puissant pour te rebâtir !
Rondera umugabo ....you are still young ...you have your children ,you need only a man in your life .....Now you are mature and you will be stable .....
Komera Aline warababajwe, warahemukiwe cyane. Uwo mugabo yarahemutse cyane azagusabe imbabazi otherwise ubwo buhemu ntibuzamusiga amahoro
Uraho neza ndagushimiye kunkomeza no gutanga ibitekerezo byubaka❤
Gusaba imbabazi no gutanga imbabazi nibintu biranga ubutwari n'ubupfura twese abo bireba nimuze tubikore
Ndabashimiye
Uyu mubyeyi yiciwe urukundo numugabo we wambere ,avugishije ukuri rwose,ahubwo uwiteka akomeze amurinde
Ibi byose byatewe n umugabo wa mbere yaraguhemukiye pe !! Niba akiriho azagusabe imbabazi niyo nama namugira kuko natabikora Imana izabimubaza pe yahemukiye umutima wamukunze nta nundi azongera kubona pe!!! pole mama Imana niyo yonyine itanga umunezero w ukuri wagize neza guhitamo Imana❤
Ndagushimiye cyane Maria gusobanukirwa neza ufite❤
Uyu mubyeyi ndamukunze cyane pe!! yahuye n ibibazo byinshi mu rushako no mu rukundo . Mukundiye ukuntu asubizanya ubwenge bwinshi kandi aha agaciro uwo yabanye nawe.
gusa akomeze yihangane mu rukundo biragoye cyane. iy aba abantu bose bari nka @ ALINE.
Muraho neza murakoze kubw'amagambo meza cyane ibyo mutanga namwe mujye muhira mubihabwa
Komera mukundwa Aline ❤️❤️Buriya niwicara hasi ukiyigaho uzasanga ugira urukundo rwinshi cyane (dépendance affective) ugakurura abagabo either manipulators or narcissistic men. Buriya niyo washaka undi na we byaba uko. Icyo ukeneye ubu ni ukwiha urukundo ukiyitaho ukita no kuri ibyo bibondo. Pay attention, may the Almighty God be with you and guide you along your love journey. Courage is power, and the Lord is nearer🙏❤️
100% ico uvuze pe.Imana Imuhe kwiyitaho pe.Maze mu nyuma ubuzima azabufatisha
Ndumva bimbabaje weee 😭😭gusa niyirerere ibibondo.
Ugira ubuhanga n'ubushoshozi buva ku Mana mubyeyi mukundwa nk'uko ukunda kutwita. Uhoraho agumye akurinde aguhire.
Uvuze ukuri kbs ❤,
Uvuze ukuri cyane icyambere ni ukwikunda ubwawe
Ndagukunda cane gose ivyo abamaman ducamwo Nuko twihangana bamwebamwe tuba twariyahuye pe
Mbega sha ufite umutima ukomeye pe!uri isomo rya benshi nka bamwe bahura n, umuntu uzana dèception mu buzima bwawe ukaba ugikomeye gutyo bravo kabisa
Komera Aline. Uburibwe bwawe ndabwumva, dusangiye amateka. Gusa ibyo uvuga jyewe sinabihuza na science cyane ngo ntiwarezwe na Papa ( nibwo nabyo bishoboka) ahubwo ubishakire cyane muri bya karande byo mu miryango ( cfr ta mama). Nibyiza ubwo wamenye Imana, ukomeze urwane intambara nziza, niyo ishobora kuduha ibyishimo n,urukundo byuzuye. Komera bampe wirere abana! Kdi haracyari ibyiringiro...
Ahubwo wowe ndumva ubicurika ntuziko mukinyarda baca umugani ngo ushaka gushaka uko nyina yashatse amara amazu? None uti karande ya maman wawe? Oya pee uyu mubyeyi ibyo avuga nibyobyo umukobwa utararezwe na se biragorana akenshi ni gutya kuko papa niwe rukundo wa mbere ku mukobwa we iyo rero ufite daddy issues ibi bibaho cyane ahubwo nuko mubyitiranya ubundi nicyo karande bivuze
Nukuri mujye mwihangana udafite ikintu kiza wabwira umuntu jya wicecekera
Mama uvankwibwirire mama uzokwiteho abo bana wavyaranye nabo bagabo
Ariko ico noguhanura ntuzosubire gutanga ❤umutima wawe kubagabo niwirere abo bana imana yakwihereye niyo mpanuro ndaguhaye mama jewe ndacari muto jewe nkivyo bishikiye noca nirerera abo bana kuko nobonako ata chance fise nuko love you 😘
Mama pole kbsa Ihangane nubwo ndi umugabo Imana izaduhana kbsa barakubabaje
Urakoze Chany
@@alineus4722shaaa oyaaa nukuri je numva wasubira gushakaaa 😢😢😢comme tu es forte et courageuse tu mérites un homme merveilleux ❤
Komera maama .tu es forte ,belle ,sympathique ,humble ,honnete ikiruta ikindi "wamenye Imana"humura ntacyo uzaba Yezu muri kumwe ntazagutererana n'abana bawe .Que Dieu te benisse .merci Gerard. ❤
ndumva nkwikundiye nuko ntari hafi mbanje kukureba tukaganira ariko!Imana iguhe umugisha
@@kalilaleilafranca1271 Uraho neza urakoze kunkunda kandi nawe Imana iguhe umugisha
Urakoze cyane kumagambo meza Imana ikumpere ibyo wifuza❤
Uwo mu mama afite karande imubuza kuguma kubana n'umugabo.Afite imandwa y'ingabo imwirukanaho abagabo rero nuwundi bashakana yagenda.Ajye asenga cyane.Niyo mpamvu hamwe n'amasengesho afite imbaraga kandi akumva ko atunze urugo nkuko umugabo yatunga urugo.Erega karande ibaho.Wakwibaza kuki atandukana nabagabo nonese ni uko yananiranye.Biragaragara ko afite umutima mwiza ariko kubera iyo mandwa imuriho ntabwo yamukundira kuko aba ameze nk'umugabo ubana nundi mugabo.
Komera cyane mubyeyi Imana ni byose rwose
Umubyeyi mwiza, utuje, umuhanga knd wuzuye ubushishozi❤ komera kuko ibitubaho byose niko Imana iba yabigennye knd haribiba bikomeye bibi iba iturinze, hashimwe Imana ko bagusize uri muzima knd uriho mumugambi ukomeye w'Imana. Abagabo nkabo wahuye nabo babereyeho kubabaza imitima y'abagore gusa ntakindi
Scovia ndagushimiye gukurikira ikiganiro
Uri mwiza cyane pe!! Ikiganiro kirangiye nkwitegereza
Uwizera umwana wuntu avumwe Koko!! Nbega inkuru ibabaje!!
Turi benshi twahuye nabyo..ariko gusenga birafasha cyane..Yesu aradufasha bikemera ...Ababa bagakura bakazabifuza bitagishoboka.kubabona..nahumure.
Mpore Mama.Imana ninziza izakubera nziza.
Komera komera .urumumama mwiza uvuga witonze .nyagasani niwe wenyine utanga ibyishimo,abiguhaze.nagukunze cyane
Uraho neza unyemerere ngushimire kubw'amagambo meza no kunkunda
Nkwifurije guhorana urukundo
@@alineus4722p😊ppppppp
Aline urimwiza cyane pe rero ibyabagabo baguhemukiye ntukabitindeho cyane kuko wifitiye abana muzahane urukundo ubundi utubyaro nirwo rwambere
Urakoze cyane Imana ijye ihora igushimisha❤
Merci madame Aline...
Numéro yawe maze kuyibona uraza kumbona kuri whatsapp anytime. Sois bénie nshuti
Sois abondamment benie et je te remercie
Komera mubyeyi uli mwiza cyane ufite umutima mwiza Imana ikulinde nabana bawe usenge cyane Yesu akubere incuti numulinzi ukomeye niwe mugabo wabapfakazi nindushyi
Urakoze cyane
Oh! Mbega umumaman mwiza. Mumbarize ngo ese Imbazi mukarere ka Huye arahazi? Arasa numuntu waho nzi witwa Emmaculée. Wagirango ni impanga pe.Naho story ye irababaje ariko ni nicyigisho gikomeye. Njyewe naje gusanga abantu bafite imitima myiza yoroshye baruha. Bizera vuba kandi bakizera cyane❤. She is beautiful ❤️❤
Urakoze Eugenie
She is more positive and natural. bizamufasha muri healing na nyuma yayo
Urakoze cyane
Mpore mpore Mubyeyi, Uwiteka Imana niwe wenyine ubasha komora ibikomere, by'ibihe n'ibihe! Uwiteka arusheho kukubera byose muri byose. kdi ubu buhamya bwawe bukururire benshi kuri we! habwa umugisha wagutse disi...🥰🥰🥰🥰
Ndagushimiye cyane Angelique❤
Quelle maman sympa 🥰🥰
Merci bcp
Abagore beza babura abagabo bo kubaka 😮
Nange nuko byangendeye..nanze abagabo puuuuuu...Kandi ndubatse kubera abana gusa
Wasanga ariwe kibazo
@@mbinonyoso7501 ari we kibazo ntiyaza hano kwivuga. Sinzi niba wabonye ukuntu ari umunyabwenge, nta mugabo yavuze nabi cyangwa ngo asebye. Mu by'ukuri yaduhuguraga ko abana bakwiye kujya barerwa n'ababyeyi babo kugira ngo bakure neza bafite équilibre. Ibibazo byose yagize ni ukubera kubura urukundo rw'umubyeyi umwe. Iyo uba warize psychology wari kumwumva. Abashakanye batana bumvireho, n'ababitekerezaga bagaruke amazi atararenga inkombe.
@@beatriceingabire6169 Imana izagufashe ntuzabigwemo utazapfa utabareze nanjye ndabatinya kandi ndubatse byo
byihorere sha!. ubu njyewe ndikubarera njyenyine kdi ndatuje umuntu ushaka kubaka ahura nikirara.
Mama nukuri urumunyabwenge, pe,
Uraho neza ndagushimiye kandi wakoze gukurikira Imana iguhe umugisha
Öhr! Ni mwiza diisi. Arasa neza imbere n‘inyuma, ikinyabupfura kinshi, oooh
Ndagushimiye kuri byose
Yesu ashimwe Aline namwe mwese hano.
Gerard Imana iguhe umugisha kndi ikwagure,aha hantu umuntu abasha kuvuga inkuru ye,nyamara bimufasha kwiyakira ndetse no gufasha abandi.
Aline urukundo wabuze rwa papa nibyo biri kubana benshi kndi nibyo bituma abakobwa benshi bashakisha inshuti kngo babone rwa rukundo.
Gusa nkuko mubibona urukundo nyarwo ntabwo rubonerwa mu mugabo cgwa umusore.
Inama nziza n,ukwikunda,ukiyitaho ahubwo ugakunda abandi bagize ibikomere nkibyawe.
Komera Aline.inkuru yawe ikwiye kubera abantu isomo.Gushaka 3 byanga???pole kabisa ❤️❤️❤️
Ndagushimiye cyane Esperance gufata umwanya ugakurikira ukanabitekerezaho🙏
@@alineus4722nasabaga nmro yanyu Maman nkeneye kukuganiriza
Mbega mbabazi mbaye uwambere ndagukunda nukuri utuma abantu baruhuka pee❤
Gerard ugira ibiganiro byiza ariko,ntukabaze umutumirwa cyane kuko bituma umutumirwa atavuga inkuru ye irambuye nkuko byakagombye cg ngo irangire.
anyway ikiganiro cyiza❤❤
Erega numunyamakuru abashaka kubaza ikindi kdi tuvugishije ukuri hano iyo bavuga testimony nukuvuga muri make kuko mubyukuri umuntu kuvuga ubuzima bwawe byagutwara igihe kdi baba bafite igihe gito. Kdi umunyamakuru nawe abagomba kubaza mumwanya muto afite.
Kumubaza nibyo kuko uyu mutumirwa bisa naho atazi kubara inkuru bisaba kumu provoka
Nunva mwamufasha gusengera Ababa batazahura ninkurikizi zibi byose... Aba bagabo nabo bamwongereye ibibazo..ariko gusenga bikuraho karande..ibyurukundo atabonye kubagabo azayibona kubana..cyane uwo mwana wambere bafitanye connection ikomeye..
Urakoze kumagambo meza
Ababyeyi baba maman baravunika kd baca muri byinshi gusa byose ducamo ntibajya batujya kure. Nawe ndagushimiye kubwa byose ariko Imana ikunda kubaba hafi ntiya ibatererana.
mbega umubyeyi mwiza imbere n'inyuma. Ndagusengera ngo Uwiteka azaguhe umugabo muzima nkuwo yampaye nyuma yigihe kinini mpura nabagabo badashobotse. Nageze aho numva arinjye ufite ikibazo nkibaza icyo nacumuye nyuma maze gushyira ubwenge ku gihe nsanga arinjye wakundaga abasore beza inyuma ntitaye ku mico yimbere nkanihuta ntabanje gushishoza
Mpore muvyeyi mwiza umuntu arabura amahirwe kandi yari umuntu nk'abandi.Uzorondere abakozi b'Imana bagusengere iyo ni karande wakuye ku bavyeyi bawe.N'abana bawe n'ukubagirira délivrance kugirango ntibizobafate nabo
Ndagushimiye Jeanine
Ibaze gusanga akandiko😭😭😭ariko abagore nabanyembaraga kbs , ibyo bikakubaho ukabana nabyo ukabaho ,ukarera abana
Yego n'urukundo rudasanzwe n'imbaraga Imana iduha
pole mukobga mwiza.
Ibikomere wagize burya birakurikirana.
Pole kuri izo deceptions zose.
Imana Izaguhoze amarira.
Keeping smiling so beautiful my dear may Almighty make it for you.
Thank you very much
JE suis vraiment touche, cpt,JE Vous conseille d' etre tout pres de tes enfants et leur apprendre la parole de Dieu, apparamment,tes enfants vivent le staticot comme Vous,merci
Vous avez ete mal informe cependant je vous conseille d'etre sure de vos recherches d'abbord avant de vous exprimer car c'est evident que vous ignore la realite et la verite
Mpore maam nukuri Imana izakomora ibikomere byose kdi nukuri umuntu uhemuka nawe arahemukirwa mureke witurize stay blessed 🌺
Urakoze Chantal
Ndagukunze cane ALINE , uzi ubwenge bwishi, uzi gusubiza neza mukinyabufura disi utagendeye kuMARANGAMUTIMA y' umunyamakuru kuko baba babaza ibintu vyishi cane : ngo tubwire ivyo yanditse mûri Ugo rwandiko go gusezera,,,, 😒😒
Ndagushimiye Sarah kuba warakurikiye ikiganiro Imana iguhaze ibyayo
Pole sana Aline. Inkuru yawe irababaje ariko irimo namasomo menshi. Gusa kuri relation ya 3 waribeshye wumvira ijwi ritari iry'Imana. Ukunda umuntu kd ubonako hari ibintu bitagushimisha byinshi kuri we. Nabandi bibabere isomo. Ikindi kubera ibikomere ushobora kuba utaratangaga umunezero ku rugero rwiza
Yoooh komera mama aline Imana igufiteho umugambi wibere inshuti ya bibiriya uyisome mwuka wera ayigusobanurire ibisubizo byose birimo
Uwiteka akomeze kutwihishurira twese
Such a good Lady , witurije ! Mbega umugabo w’umuhemu , ndavuga uwambere !! Umuntu agakina n amarangamutima y’undi gutyo koko 🥲
Thank you very much
Ntabwo baba bafite urukundo nyarwo,baba bashaka kugira abantu i bikoresho byabo🥹🥹
Tuza wirerere abana mubyeyi!! Naho nutegereza umugabo w'umutagatifu ntawewe uzabona kuko nawe utari umutagatifu.
mumbwirire
Oh lala
Uyu mumama Yagize Igikomere cyane murukundo
Kuburyo bukomeye
Ndashima Imana yahabaye urakoze gukurikira Martin
Impore Alinemwiza ,Uwiteka azaguhoze.
Urakozeee cyane Imana ijye ikwitaho n'abawe❤
Mwabantu mwe mupinga karande zirakora iyo udahagaze ngo urwane nabyo bikugeraho cyane
Amavi hasii kabisaa
@@user-me7lu4sj1uUmva njye inama nakugira banza umenye iyo karande mufite ni iyihe? Urwana nibyo Uzi ugira amahirwe ugasenga watura ko bitagomba kukugeraho kandi ukanagerageza gukora opposite
Impore Mama❤❤ sending love to you 🥰🥰🥰
Thank you Claudine❤
Icyo abantu bita Urukundo kirantangaza cyane... urukundo nemera ni Rumwe urwumubyeyi ku mwana, n'Urwumwana ku mubyeyi ibindi byose n'Inyungu n'amarangamutima.
Niko wibwira ARiko Hari nijyihe umubyeyi akwanga gusa lmana niyo yonyine Izi gukunda
True n’Umubyeyi arakwanga , akakureka . Urukundo nemera nurw’Imana yadukunze🙏
@@NYNY-yf4oy nukuri da tuba dufite ingeri nyinshi nange nanzwe nabantu bo hanze ndetse nabo mumuryango wanjye Bose baranyanga kandi ntacyo nabahoye nabambyaye baranyanga gusa se sindiho kandi ndashima lmana kuko ndi muzima ubwo rero lmana yonyine niyo ijyira urukundo rutari urwagahararo🙏🏼 kandi ihora itubabarira gucyiranirwa kwacu
Urukundo ntacyo rupfana no kubaka hubaka ubwenge.A bon entendeur salut😂
💔😭😭😭❤️❤️❤️❤️
Impore komera Aline. Kubana n,umuntu ukiyunva nk,aho ntawe mubana biravuna cyane
Pole mubyiyi wahuye nibibazo njyewe ndakwunva cyaneeee
Gerard Aline uzamugarure weee 👏👏twumve uko ubu yakomeye umutima akirerana abana wenyine 👏
Urakoze Dorothe❤
@@alineus4722 Nawe urakoze Mukundwa
Imana ijye iduha kububaha cyane kuko araba gaciro mu mubuzima bwacu
Ubuzima bwuzuyemo amacenga menshi. Ubutwari nukubasha gukira ihungabana rizanwa nuko butagenze nkuko wabitekerezaga cyangwa wabyifuzaga.
Urakoze kudusangiza uko ubyumva
Imana ntijya ibura guseruka mumakuba..jya wisengera Imana irashoboye..
Uko n'ukuri🙏
Maman
Nuburacyamukundape
Biragoye kumwbagirwa cg kumwikuramo kuko mwaku danye mucyiri bato
Yooo!Aline wanjye ndagukunda cyane Kandi komera urumuneshi cherie.
Urakoze Solange❤
Komera mubyeyi mwiza Imana njyikuba hafi wirere abana
Yoooo Aline twiganye kuri Libre disi...mwiza imbere n'inyuma ,tjrs belle
Merci bcp Jeanne❤
Part 2 turayishaka
Pole sana natwee turikurwana urwo rugamba kdi siwowe mubi ahubwo ababyeyi bacu nibyo bibazo(karande) ex:mama wanjye yatubyaye turi batanu kubagabo batanu nanjye maze gushaka 2,njye mbasha arinkoguhunga Arik burya suguhunga nizakarande,impore rero natwe turi barumuna nawe mubikomere byingo
Ntamugabo udasambana hanze keretse iyo arwaye cg akennye cyane nahubundi ngo ifpizi ibyara ukwibyagiye.
Ndagukunda cyane mubyeyi
Abihutira guca imanza babiterwa nubujiji. Abagabo nabo bagira ibikomere byabo. Mwikwihutira kubacira imanza.
Imana twese ijye idusanga iduhumurize Kandi yongere idukomeze🙏
Ihangane sweetheart 💕 💖
Imana izaguhoza amarira❤
Rose ndagushimiye cyane❤
Komera sha . Ukuntu nkubona namaso yumubiri bitandukanye cyane nibibazo wahuye nabyo
Komera mubyeyi mwiza ,uli intwali pe ,IMANA Izaguhoze uguhe ibyiza byose ,sois abondamment benie
Urakoze cyane Doro
beautif❤
Courage, keep strong
Thank you❤
Wakoze kudusangiza amateka,umuntu wiyubashye nkawe kuza hano ukemera kongera kwikomeretsa ngo ugire abandi womora❤❤❤❤
Urakoze cyane Raphael
@@alineus4722 mpuje nawe amateka uwakumpa nkakuririra mugituza basi wowe ukarambura ikiganza ukampoza narangiza ngataha byaba bimpagije
@@gateraqueen6358 jeradi azabahuze
@@gateraqueen6358komera cyane Queen Kandi Imana iguhumurize muri byose❤
Mubyeyi icyo nakumbwira nuko izo Ari karande izakujye dagaho ahubwo ntiwabimenye,kuko kuri Mama wawe byamubayeho ntiyabana numugabo none nawe nuko.ahubwo ube maso nabana bawe bitazababaho nugusenga uca iyo migozi ya karande.
Uraho neza ndagushimiye gukurikira no kudusangiza ibitekerezo Imana iguhe umugisha
Urwo urukundo wifuza ntirubaho, ni illusion,We ubona abantu ukibaza ngo bari murukundo ,ngo bari mu muryango,Ariko nasanze abantu bose bari bonyene kurya umuntu avuka ari wenyene ,yitaba Imana wenyene bakamuhamba wenyene, iyo vide ntikenewe kuko twese turi twenyene.
Imana ikumpere umugisha Cherie wanje uvuze ibintu bikomeye pe😘😘😘👍🏽👍🏽👍🏽
icyakunyereka sha tu es sage kbsa
Nawe ufite ibikomere, ibyo uvuze niko ubibona, ariko ibyo uzi cg wibwira ntabwo ari ukuri ijana ku rindi, hari ingo cg imiryango ibayeho nko mu ijuru rito hano mu isi.
@@chany9950 azikureba kure
@@manishimweprovidance479Ndabashimiye mwese
Imana izakomore kuko niyo yomora inguma zimitima yacu 🙏 warashavuye nukuri ariko humura mwijuru harimana itanga ibyishimo numunezero
Imana irakiza ndayishimye Kandi urakoze
Aline komera ibyakubayeho ntabwo byoroshye gusa warufite( dependance affectif)
Komera cyane .
Imana yonyine izagushimisha kd urukundo utabonye kubagabo uzarubona kubana urakoze cyane
Ndagushimiye cyane nawe
Pole mubyeyi
Iyi story igaragaza Karande mbi rwose. Uyu mu mama bigaragara ko ari umwana mwiza cyane
Imana iguhe umugisha Seirene
abana babakobwa bakuze barerwa numubyeyi umwe bagira complexe d oedipe mal gere ,kugirango ibyo byorohe bagomba kuganirizwa cyane ,kugirango vide bazibe icyuho
Ndagushimiye kwumva no gutanga Inama
Pole sana
Ma sha Allah Imana iguhe umugisha mubyei
Twese Miryam
Pole sana Aline wacu Uwiteka n’Umugabo wabapfakazi wowe lero emera agucure umubere umugore azakubera Umugabo kandi komera. Imanizakuzanira uwukuri the one that has your name on him so wait pray and surrender, time will come but please next time be very watchful because they are some man out there that are not ready maybe to get married, stay away from those, and some who just want to have fun, stay away from those. But God will wipe away your tears soon don’t worry He did it for me He will do it for you and whosoever believe and trust and wait patiently on Him. God is faithful He will not leave you or forsake you
Imana izagukomeze ureke gushaka undi mugabo,wirerere abana gusa Kandi neza
@@user-ie4nl2sr3j oya wicondana umuntu mubwingunge!
Imana yonyine niyo imenya umutima w'umuntu, izazana mubuzima bwe ukwiriye kandi uzamukunda akamukundwakaza, akamukundira abana, mu rugo rwabo hakaba umunezero w'ukuri!
Aline ntiwirenganye, urukundo rwawe rwa mbere rwari rwo! Tu n'as pas fait un mauvais choix! Ahubwo icyabangamiye urukundo rwanyu ni ni umwuka wa satani urwanya urugo, urusenya! Icyo bita "karande"!
Rero irukana umwuka wo kutubaka, uwirukane kuri wowe, kuri buri mwana nabazabakomokaho bose! Kuko twahawe imbaraga zo gukandagira inzoka na scorpion n'imbaraga zose zumwijima! Luc 10:19 soma cyane Ijambo ufate intwaro z'Umwuka, niyo myambi wohereza muri byose birwanya umudendezo wawe... Dieu est vivant et Puissant pour te rebâtir !
Ndagushimiye Jacqueline❤
@@laparole8072Urakoze kumagambo meza y'ubwenge❤
Aline. Ubwo wamenye Imana. Usenge ice iyo karande ntizagere kubana bawe
Gerard uri umuhanga mukuyobora umutumirwa mukiganiro komereza aho
Ohhh mon Dieu! Que Dieu soit loue! Ndanezerewe cyane ko Imana yakubereye umugabo iga combra les vides warufite.
Uraho mwiza wanjye urakoze kuyishima yangiriye neza mpora nyishima nubu ndakomeza kubona urukundo n'imirimo yayo ikomeye
Nkwifurije ibitangaza mubuzima bwawe n'abawe twese bizadutere kuyishima
Urakoze cyane❤
Aline Impore Impore Impore mama Shenge! Ufite Urukundo nyakuri, n'uko wahuye nabatarufite weee 😭😭😭 birambabaje pe 🙈🙈 Komera mama mwiza!
Urakoze
@@alineus4722 Yoooo urakoze nawe mama! Ndakumva cyane! Dusa n'abahuje amateka! Gira umutima ukomeye, hari igihe tuzaseka, kandi burya ngo useka neza nuseka nyuma 🙏Imana ikwishimire shenge 🙏
Ndukund Aline ntago unzi ark narakubonye ndagukurikira ndagukunda Imana igihe umugisha nakubonye Kur rose tv show
Nukubivamope,gushaka sibyawe pe abo bana bazakurana ibikomere. Nanjye ndabafite.ihangane mama
Ndagushimiye Imana twese idushoboze gukomeza kwihangana
Pole kabisa
Komera Aline mwiza...iby'iy'isi ni terrible,uracyavugana douceur yose disi.
Urakoze Jeanne
What a story impore mama Imana ihoraho iguhe amahoro. So sad how story keep repeating itself in our life
Urakoze cyane
@@alineus4722❤❤❤
Rondera umugabo ....you are still young ...you have your children ,you need only a man in your life .....Now you are mature and you will be stable .....
Aline warakomeretse Imana ihumurize. Abantu barahinduka ariko Imana izaguha undi uracyari muto. Ufite urukundo Kandi urimwiza.
Violet ndagushimiye urakoze
IMANA IGUHE URUKUNDO RWINSHI RWOMORA IBIKOMERE ABAGABO BADAFITE UMUTIMA BADAFITE UBUMUNTU BAGUTEYE,WABAYEHO UBUZIMA NEZA NEZA NKANJYE URINTWARI IMANA IKUNEZEZE MAMA.
Umuvyeyi mwiza disi ❤️❤️ Imana ikurabe ryiza😍😍
Ndagushimiye cyane kunkunda
Pole
Nagukunze urumunyamahoro kd wihangane Imana izagushumbusha
Aline komera mama ❤❤ ibyakubayeho birababaje arko kandi Imana wamenye irabaruta
Ndagushimiye cyane
Loin des yeux loin du coeur.
#uyo my mama yarakomeretse peee Imana izamwibagize ivyo yanyuzemwo biciye kuri abobana Imana yamugabiye .