Ma soeur, nejejwe no kongera kukubona, kumva ukivuga Imana neza! Kuva mu bwana tubyiruka, mu mashuri abanza, ayisumbuye ujya kwiha Imana kugeza n'ubu ukibirimo neza!! Big up dear!
Ibi bihe birakaze, ibyo gutwika byageze no kubihaye Imana. Ibi bintu jye mbona bigayitse.Umubikira ungana atya kuri social media ngo ndi mwiza??? Kliziya irarangaye yakabaye icyaha abihaye Imana mu gatwiko ntibikwiye
Masela niburimuzima uzabaho igihecyonganicyi nonese mama wawe napapa iyo baba nkawe ntiwarikubaho bivugekwo Ari wowe munnyabwenge kuruta papa na mama bakwibarutse
Gerard Rweme, Muzatuzanire abo bantu babivuyo Nka: Min J.D. Bizimana Hon Bideri Diogène Hon Nyirarukundo Ignatianna. Hon Mukarugomwa Ignatianna Mr Rutazibwa Privat n'abandi benshi bari mu Rwanda . Bazatwungura byinshi.
For the guy who criticises this sister saying that she isn't beautiful, at least she's a God creation, whereas her teeth you criticise saying tha you'd spend more than 4m Dollars, I'd advise you to use a 1 dollar of your 4 millions for your mental health, I'm very sorry to tell you that
Kurikira indirimbo nziza ya Sister Hope hano ruclips.net/video/FR43dK23Wu8/видео.htmlsi=W8j1aimfVZxQI1C6
Indirimbo nziza cyane
Thank you so much
@@Vestina-mudogo😊
Uyu mubikira asubiza neza cyane kandi ni umuhanga pe
Thank you so much
IMANA ikomeze guha umugisha umukozi wayo sister hope
Thank you❤
Nishimiye ikiganiro cya Sister Hope I'mana imuhe umugisha
Thank you so much❤
Yezu ni nfura cyane ntagutetereza, nawe urinfura
³²
Thank you❤
Ma Soeur uranejeje cyane
Imana ikwagure iguhe umugisha
Nyagasani akujye imbere
Thank you so much.
Murakoze cyaneee❤
Soeur Hope rwose Imana yaragutoye kuko yagushoboje kunyura munzira yari ndende
Thank you so much
Murakoze cyaneee
Soeur nagukunze cyane😍❤️nagize amarira pe gusa Imana iguhe umugisha kdi igukomeze udusabira cyane, Umubyeyi Bikiramariya aguhishe mugishura cye🙏🏼🙏🏻
Thank you so much
Amina
Wamunyamakuru we uzikubaza uyu mubyeyi mwiza ntumuvugishe ibyatavuga urabaza cyane
Thank you so much.!
Imana izabigufashemo igukomereze ukwemera (ntuzajarajare)
Mungu akubariki masoeur akurinde paka mwisho
Ndabashimira mwese mbikuye kumutima abakomeje gukurikira ikikiganiro. Nkomeje kubashimira cyane uburyo mukurikira kuri Channel yange ubutumwa bwiza nyuza mundirimbo zange. Mwese abakunda Abayo Yvette Sandrine ntimuzacikwe nindirimbo nziza nise Abayo izasohoka muminsi yavuba. Ndabashimira cyane ko mwiteguye kuyumva! Ndabakunda! Murakabaho.
Ooooh! Umukobwa wa Yezu rwose komereza aho! Urashimishije rwose!
Ma soeur, nejejwe no kongera kukubona, kumva ukivuga Imana neza! Kuva mu bwana tubyiruka, mu mashuri abanza, ayisumbuye ujya kwiha Imana kugeza n'ubu ukibirimo neza!! Big up dear!
Thank you so much
Masoeur Umwami Ukorera Agume kukwagura MUBURYO bwa Roho n'ubwumubiri.. komereza Aho njyewe ndi Umurokore ariko rwose nkunze Amahitamo wagize !! Yezu nikoko ntawe ahwanye nawe
Imana iguhe imigisha komeza inzira watangiye ntucyikinte wahisemoneza nyagasani mulikumwe❤
Komeza inzira watangiye, Nyagasani muri kumwe ❤
Sr mwiza Nyagasani agukomereze uwo muhamagaro. Wahisemo neza Nyagasani YEZU abane nawe 🙏
Thank you
Thank you❤
Ibi bihe birakaze, ibyo gutwika byageze no kubihaye Imana. Ibi bintu jye mbona bigayitse.Umubikira ungana atya kuri social media ngo ndi mwiza??? Kliziya irarangaye yakabaye icyaha abihaye Imana mu gatwiko ntibikwiye
Ababikira bamwe atari bose ntibagir umutima mwiza sinzi impamvu.Imana ijye ibafasha kubijyemo neza
😂
Ntago ubeshye pe
Mange ndamukunda Abayo cyane. Afite nijwi ryiza cyane.
Imana iguhe umugisha
Indirimbo ye yarasohotse abamukunda muyisange kuri channel yange mwandike Abayo yvette sandrine by sister Hope
Ntabwo gukorera Imana neza bisaba kuba uri uwihaye Imana gusa.
Uzasanga hari umuntu utari umufurere, umupadiri,umubikira ufasha abakene. Hari abalayiki bakorera Imana bafasha abantu, bafasha abakene kurusha abihaye Imana.
Imana yabigenje neza buri wese imuha mission ye,abo Bose uvuze bagomba kubaho n'abandi bakabaho ngo twuzuzanye isi igende neza,ntihakagire uwumva ko Ari aheza kurusha ahandi kuko twese dukorera Imana imwe kdi ikoshima iyo bigenze neza
Buri wese n'umuhamagaro we.
Ariko mba azi nawe, urashoboye
Ma soeur unteye ikiniga...uzamuye amarangamutima yanjye.
Imana izagufashe
Thank you
Yezu ni number one 🙏🏽👌🏽, ubivuze neza ma sœur 👏🏽
Thank you so much
Thank you❤
Ushobora kuba wari ka kana gashabutse ngakunda iby Imana ariko nta bwiza mbona...
Icekekere,niba nta bwiza ubona inumire abazi kureba turabubona.❤❤❤❤❤❤
@@Maduwa-b1u walahi usibye no kubeshya, nagutuma umugeni ukanzanira uyu koko? Byo nyine gutunganya amenyo ntibyantwara ari hasi ya 4mil $!
Gerald , urya ni frère wabivuye ajyana n'umubikira ! Frère si Padiri
Nyagasani Yezu n'Umubyeyi Bikiramariya Bazagukomereze inzira nziza watangiye yo Kwiha Imana
Nyagasani ni lmana imwe ntago ariyesu na Mariya ntacyo yagufasha kuko numuntu nkabandi Saba wowe lmana wiciahe bugufi Kandi musome bibiriya
Icyindi ntibyemewe Ko umugore akora aka kazi acyiri muto bibiriya ivugako abanza agashaka akarera abana akacyira abashyi agakora akazi ko kukrera lmana atacyigira irari ryi ibyisi babashyiramo babashiramo
None babijyamo bacyi inkumi abagabo babacyeneye urumvako banyuranya nibyo lmana yababwiye
Amina ! Urakoze kuturirmbira ,Sister Hope !ubarikiwe sana tena sana .
Asante kushukuru
Thank you
Yego rata sister Yezu ni imfura cyane ahora aguha amahoro,,akomeze akumurikire
N'ubu uracyari mwiza cyane bébé uteye amabengeza pe oooh
Komeza inzira wstangiye.........wahisemo neza.....Nyagasani muri kumwe
.
Wahamagawe ukiri muto nka Samweri rwose. Yezu Kristu ni We waguhamagaye nta shiti nkuko Abyivugira :Mat,19:10-12(ukudashaka kubera Ingoma y'Ijuru).Pawulo akabikomeza mu 1 Kor ,7:25-40.Reka nguhereze Impuhwe za Yezu urabikwiye.
Thank you so much
Murakoze cyane muvandimwe❤
Soeur Therese d Avila qui a renover le Carmel niwe wasabye la noblesse europeenne kureka abana babo bakihitiramo ubuzima bashaka ,kuko bategekaga bamwe mubana babo kwinjira mubihayimana bananga ko bishakira abobakunze kandi kwinjira bagombaga gutanga dote ,abakene rero badafite dote kandi bafite vocation ntibabemereraga .
Uyu mubikira ndamukunze pe, she's cool n beautful😍💖
Thank you❤
Gukunda Yezu niyo mahirwe. Ni Umwami w'ikirenga utageranwa.
ABAYO nanjye ndamukunda cyane
Thank you so much
Kwishuri ya rahanuragaa peee ndumuhamya wo kubihamyaa
Tukirangiza ingando za 2009 yahise ajya Naïrobi tura burana disii your Number plz
@@ThereseUwambajeTherese-pw9ve tuzabonana gute.reba kurikikiganiro ko hariho nimero uzihamagare usabe baguhe nimero zanjye
Christian ntabwo kwiha Imana Gatorika izabyicuza. Habe nagato. Kristu ni umugabo uruta Bose. Ibuka Pawulo yabivuze. Ari >. Ntabwo Pawulo yabivuze yavangiwe. Ahari ntujya usoma Bibiliya.
Thank you❤ so much
Cyakoze muba mumeze nkabamarayika pe urabona ukuntu usa neza naho wicaye hose harasa neza rwose komeza inzira urimo🤍🙏
Masela niburimuzima uzabaho igihecyonganicyi nonese mama wawe napapa iyo baba nkawe ntiwarikubaho bivugekwo Ari wowe munnyabwenge kuruta papa na mama bakwibarutse
Shaka uwo mugabo rwose muzakomeza mukorere Imana mubana murugo mubyare mwororoke
Uzamuhuze Na Pasteur Fanny icyo kiganiro cyadyoha.
Imana ibakomeze ibarinde kd❤cyane
Ariko Gera wagiye ureka ngo ibyabandi bagabo bakora,......
Komeza inzirawatangiye
woow nukuri ndabikunze kuba warakoreye ABAYO indirimbo kuko ndamukunda cyaneee nange ndumva nyuzwee aduha ibiganiro byiza nibindi bitangaza makuru bikorera kuri youtube birahari nkunda gusa Sandrine mukunda cyaneeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeee
Thank you sò much
Thank you so much
Big up Brother I like this conversation with sister Hope😂
Komeza inzira watangiye❤
Yezu agukomeze Sister Hope.
Kandi udusabire,usabire isi.
Murakoze úzashake Mgr alexis Habiyambere nawe atuganize
Kuki ariwe usabye.
Alexis Habiyambere byababyiza kbc
Disi iwabo barabachrist cyane disi wahoraga kuri paroise
Urabyibutse? Thank you
Gerard urantwenza ngo kwiha Imana bimera gute ?♥️
Wari Mwiza cyanee
Très jolie ma soeur!!!
Soeur wacu rwose
Iyimihanda nawe arayizipe
Ngo yari cyenyejye😂😂
Uranezereje peee.komeza ibihe ubwiza bw , Imana
Am just reading the comments 😅 ma sœur wacu hejuru cyaneeee👏👏👏👏 ❤️❤️❤️❤️❤️❤️❤️❤️
Thank you
Ati nari mwiza no ku isura ,nkunze ibi confidences bye gewe.😅
Ariko se ni gute umuntu yemeza ko yari mwiza!!?
@@nyirarukundoceline5490nuko aba yiyizi kdi banabumubwira
Thank you
Rwema rwose urabaza aliko urarengera,ma soeur uramubaza iby imitoma kandi yakwemereye ko ali muzima kuri byose,mureke ntacyo yasize
Waaaaw! Ndakwibuka cyaneee
Kwiha Imana nyakuri ni ukuyifasha kurema
Nyagasani agukomereze umuhamagaro rata,wahisemo neza
Uranyubatse ma soeur Imana iguhe umugisha
Thank you
Thank you so much
Sister Hope komeza inzira watangiye❤❤
Murakoze cyane❤
Komeza utsinde rwose
Yezu agukomeze kandi akurinde ibirihanze aha kugeza kumwuka wawe wanyuma. Tukuragije Umubyeyi Bikiramariya Umubikira wambere.
Thank you❤
Ariko niyo wari gushinga urugo vyari kuba vyiza bivanye n'uko Imana yabigomvye .
Kandi hariho za couple zibanye neza kandi nazo nyene bavuga ko ari ijuru mu ngo zabo.
Kandi niwaguma wishiramwo ko wari mwiza ugira ubivemwo ko watanguye kwishira ku mbuga nkoranya mbaga .
Ngo wari mwiza cane😂😂😂😂😂😂,urantwengeje.
Niba ufise umuhamagaro komeza,uwo musore n'uwo shetani yar'atumye kukugwisha.
Komera cyne ndakwibuka twariganye lkibungo(kabarondo)
Ndagusuhuje
Waooo❤ mbega byiza nukuri sister Hope guma mumuhamagaro sibose bihira imigisha myinshi kuri woe❤❤❤❤
Thank you
Byizacyaneeee komerezaho turagukunda
Murakoze cyane
Nonese imana cg yezu ntibishyimira abororoka kubaho utabyaye nokubaho wara byaye imana ikunda nde tubwire natwe duhitemwo
Ma Soeur twiganye i Kabarondo uraho neza komeza inzira watangiye
Ndagusuhuje
Nibyiza kutanyura inzira ebyiri
Uko niko kuri.thank you
Kabanyarwada bagirimvugo ivugango gapfutabyaye ikababaza mwe mubifatute
Numvaga abapadiri kuba bikira nari ntabitekereza none ndabona mutangiye kwigaragaza. Mubyukuri ugeze mwitangazamakuru mutangiye kwivamo. Ngo uri mwiza mbese urabizi neza😂😂
Gerard Rweme,
Muzatuzanire abo bantu babivuyo
Nka: Min J.D. Bizimana
Hon Bideri Diogène
Hon Nyirarukundo Ignatianna.
Hon Mukarugomwa Ignatianna
Mr Rutazibwa Privat n'abandi benshi bari mu Rwanda .
Bazatwungura byinshi.
Abase babivuyemo?
Konumva ubivuyemo wese aba umuherwe?
@@inezamahoro1788
Yego bariya bose guhera kuri Min JD Bizimana
Hon Bideri D. n'abandi babivuyemo.
Courage Nyagasani muri kumwe .
Komeza inzira watangiye Mama
Courage
Thank you❤
Mbega ubwibone isi irashaje pe
❤❤❤❤ turagukunda sister
Mushiki wacu ndagusuhuje ni Claude kicukiro turagukumbuye uzaze kudusura
Ndabasuhuje
Imana Ishimwe cyane
Jewe mbona ibwiza bwawe atari ikirenga.
Nukuri uzamutumire ubutaha azikuganira neza
Thank you so much
Uyu mubikira ko mbona twiganye muri kaminuza ya KIE za 2011_2014 ra! Cyangwa nkwibeshyeho, ndaguhobeye cyaneee
Ndagusuhuje
Mama ujye ukomeza answer bakwiyambaza
Yezu nibyose rwose.
Amina
Ninde ubonye Vava, ashayaya muri iyi ndirimbo? Amazing!!
Nanjye namubonye
Kiliziya Gatolika ishobora kuba mubyo izicuza harimo n'ibi. Bqjyq batubwira Abapadiri ariko na ba Mamenya nabo dutangiye kubamenya. Ngo "Yakunze Yezu..."! Urukundo rw'Abantu n'Imyuka ntirusanzwe. Uzatuzanire n'uwakunze indi myuka nawe atubwire uko bigenda. Ngo "Yesu ni Umugabo nk'Abandi..."! Abikorera muri Roho. No mu bantu bibaho bakabyita "mu mwuka"!!!
Jya utega amatwi ibyo bavuga, yitandukanije n' ibyo isi ikunda. None wowe umurebeye muri ibyo yitandukanije nabyo.
Kiliziya Catholique ni nde ?
Yoooo Sister hop Esperence twariganye 2008 & 2009 ku Gisenyi E. B. E. F
❤❤❤
Nanjye ndamwibuka disi ESBF yaradusetsaga cyane tumuserereza
Nanjye ndamwibuka disi ESBF yaradusetsaga cyane tumuserereza
Ndagusuhuje cyaneee
Inshuti zange twiganye ESBF ,mugihugu no hanze y'igihugu ndabasuhuje
Uri umubikira wo mumuryango witwa gut ?
Ma sœur, reka kubeshya, ntabwo waciye muri couvant
Uramuzi se?
Azaze muri RDB tumuhe copyright kuburyo indirimbo se batazazimwiba .mumumbwirire
Murakoze cyane kuri ubwobufasha
Kwiha Idini bitandukanye no kwiha Imana. Idini si Imana mujye mubitandukanya
Mbegaaaa weeeeee ❤❤❤🇺🇬
Ntabwo ari ivoile Gerard, bavuga voile
Amahoro Mama!
Courage sister hope
Thank you
Sister Hope yezu wakurikiye agukomeze
Thank you so much
For the guy who criticises this sister saying that she isn't beautiful, at least she's a God creation, whereas her teeth you criticise saying tha you'd spend more than 4m Dollars, I'd advise you to use a 1 dollar of your 4 millions for your mental health, I'm very sorry to tell you that
Egokooo
Nanubu uri mwiza Sister
Inseko yawe yonyine yatuma imodoka zigongana👌
Yeweeee uransekeje pe!!!!!!
Ngaho re uziko nsubije inyuma ngo aseke ndebe nkanabibura
Thank you
Sha hari abandi nka 2 nzi ureke uyu😂😂bafite mukanwa hirabura, bateye neza kuburyo no mwikanzu ubibona😊
None se umwana w'imyaka 9 gusa yataye umuryango we yambuka umupaka, ibi si bimwe byo kwiba abana? Ko ari uko yagize amahirwe akagwa mu biganza byiza
Social media zifite imbaraga zirenze😷😷
Oya oya ntawe shenge ntawe uyu mugabo numuhemu ubu urabaza iki koko ?