Gutinda kurangiza ,nabyo ni uburwayi ukwabwo , ndetse hari no kunanirwa kurangiza ahubwo, byose ni uburwayi bushobora kuvurwa , hari imiti ijyanye n'ibyo bibazo Ku mpamvu zitandukanye zishobora kubitera
Ni imiterere y'umubiri wabo. Hari abagore barangiza vuba, ndetse hari n'ushobora kutarangiza ahubwo akananirwa mbere, Ariyo muri rusange moyenne Ku bagore isumbavmoyenne Ku bagabo
Niba ukunda uyu doctor mpa like, twigendere
Ndabakunda
Doctor ikiganiro utugeneye ndagikunze cyn haricyo nkuyemo mpa number ya wastaapp wakoze cyan
Turabakunda
Niba nkunda doctor woe like ushaka ni iya rubsnza ki??!!
Aracyari umuhamya wa Yehova?
Dr ngushimire byumwihariko kko wowe urimo usobanura nkumuganga Koko wabyize Atari nkababatubuzi bigaruriye amaradiyo Hafi yayose congs Dr
Docteur ndi muri Congo ariko ndakwemera cyane kabisa
Muri congo mumezeute ?
Nimunyerekeko dukunda uyumugabo?
Urakoze doctor ndahugutse kbx
Doctor muganga mwiza rwose warakoze waramvuye ndakira ubu meze neza cyane nukuri Imana izakumpere umugisha ❤️ nukuri ibi avuga byose iyo ubikurikije birakunda gewe pfite ubuhamya kuko yaramvuye neza cyane ndakira komereza ho muganga nyagasani akomeze akwagure🙏🙏🙏🙏🙏
kokose
@@IshimweAhummed-g6s yego pe
Akorera he mn wampaye number ze
Kokose mn arabivura
@@MutunziByashara Sha gewe yaramvuye ndakira pe
Much respect to this doctor, thank you for this work.
Thanks a Lot
Urakoze
Dr.Urakoze cyane rwose.Wadusangiza itandukaniro ry'igitsina gabo gisiramuye n'ikidasiramuye mu kunoza imibonano.
nge mumbwire, ituru ya 2 nyirongora amasaha arenga 3 ntararangiza kuburyo uwo tubikorana andangirizaho incuro zirenga 4 , nakoriki?
Urasobanutse cyane none nkibaza nti izotekenike zose ntakibazo zateza
Ese Doctor sport harico yoba ifasha mukurinda kurangiza vuba?
Urakoze Doctor uradufashije cyane.
Nabasuhuje nkunda ibiganiro byawe mbankukurikiye,akabazo kanjye mbega kubyukuri Umuti bitaga Kifaru jiles waba harico wangyiza mugihe umuntu yawukoresheje ngumwongyere ubushake?
Dr mwaramutse nez njyewe ikibazo mfite nicyo kutarangiza kdi bintera guhorana irari ryinshi ridashira ndangiz ituru yambere gusa iyakabiri ntibikunda
dr thx
It works 👍👍
Much respect doctor
Nibyo pe mudufashe
Hello brother wangee 🤝❤️💕 kabisa inama zawe ni nzizaa cyanee 💕💕 turagushyigikiyee👍🤝🤝💞💐
Bjr Doctor ese umuntu ashaka kugira ibyo agusobanuza gute umuntu yakubona
0782423966
Wigisha neza cane Muganga Imana ikuzigame yongere igukingire kurambirwa kutwigisha.❤❤❤
Ndashaka komuzamvura nzababonagure
Ese ntabwo abagore bo barangiza vuba?
Murakoze cyaneeeeeee big energy
Sha ibyo nibyo kbx
❤ thanks a lot
Turagukunda cyane kbsa
Muganga, nshimye ukuntu utwigisha neza
Dctr ese iriyamit abantu abagabo cg abasore bakoresha ndavuga viagara/ Nergara yo wayitubwirahiki?
Muganga ibyo uvuga nukuri ariko iyo ugiye muri ibyo bituma muri mwese ntawe uryoherwa ibanga ni ugutegura umugore urgero ushobora kumurangarana atangiye kunyara bigahagarara Kandi Uba umupfubirije
Nuko nuko rata wowe amafaranga siyo ubanza gushyira imbere nkaba batekamutwe! Kuko ubaza kwigisha no kugira abantu inama byakwanga amafaranga yo akaza ari tekinike yanyuma!!👍👍💓💓💓
Muzajye munampa feedback niba hari abayikoresheje bikabafasha, bidufasha kumenya ibyo twibandaho kuruta ibindi!
@@DrAristarqueMUGANGAkariya kantu ko kujya uyikuramo ukaba uretse igakubitwa n'akayaga ko hanze ukonjyera ukajya uyisubizamo gutyo gutyo bikongerera kubikora neza. Aba Urologist baranabyigisha
Docteur uratanga numéro yaw?
Wazaduhaye number zawe
Muito obrigado doctor
Utuma nakambere gatinda cyane
Doctor urumva ko abivuga nkumuhanga kbsa. Keep it up❤
Murakoze cyane
Wampaye number
Muganga urakoze kukiganiro utugezaho ese umugabo ukora imibonanompuzabitsina agakora iminota mirongo itatu biterwa niki? Murakoze Mudusubize
Birashoboka ko Yaba NTA Kibazo afite bitewe n'umubiri we. Gusa iyo bibangamiye cyane uwo babana ashobora Kwivuza ikibazo cyo gutinda kurangiza cyangwa kutarangiza kuko nabyo biravurwa
Thank you my brother
Sha
Uwakunyerekatukaganiranibwonakirauburwayimfite😮ndakwemera 🍍
Hello.bibabyagenze gute iyo umuntu akoresha agakingirizo agatinda ark yakorera aho akarangiza vuba
Muraho neza muganga , Uzadusobanurire itandukaniro ku ndwara yo kubyimba/cancel ya prostate na cancel y' amabya
umutiwa
Koresha
nturanjuizevuba
Waramutse Neza Doctor ndaska kuvugana nawe inbox nakubona gute?
Ese doctor imiti yongera igitsina ibaho
Docter wazatubwira ukuntu umuntuyabona turuyakabiri byihux
Wampaye nimeroyawe muvandimwe
Ezagirwa can
Doctor wacu amahoro nabane namwe.mfite ikibazo doctor ngira mwuka mucye mugihe ngiye kuryama nahumeka nkumva wagira ndikugona kdi ndatwite inda ya 3weeks.ese ntanama mwangira
Muganga mfite ikibazo cyo kurangiza vub ark ntago nikishije ahubwo nukureba pron cyane wamfasha iki?
Koresha izo technics bro urye imbuto wirinde amavuta nimba ujya ufata agahiye captain Morgan irafasha
Wubahwe cane ubundi uvug ivyuzi ndiho akomeze kutukuzigamir
Nibyiza turize Cyane ariko se iyo ibyo wabigerageje bikanga waduhaye list yimiti ushobora gukoresha ikakuvura burundu murakoze
Narinziko iyo start stop nayihimbiye,kumbe iremewe😂😂
Izo nama ni nziza,komeza.👍
Dr Aristarique ,Mon Colleague
Bonjour, mutugiriye intama nziza
Doctor duhe nimer yawhatsap
Ahhhhh murasetsa
❤ ni byiza cn
Uzanatugezeho uburyo unyaza
Komerezaho'ntakinyomakirimwo
None Dr, iyo wiyatse umugore wawe, wabikoze neza kabisa, utwo dusohoro ukadukamura neza ugakomeza igikorwa byatuma utamutera inda ari mugihe cyo kuba yasama?
Kuririrana film nziza kuvyerekeye ingo nimibano yitwa Ingo zirazana
Hello dr umeze neza ese iyi number irihano niyawe ko nifuza kukuvugisha??
Komera mugamga nanjye mfite ikibazo kimbabaje nakubona gute ukamfasha
Cool kbx wubahwe💜💯✌️🙏💯
Dr igitsina muracyongera???
Ivyo nivy nanj ndamaz kubibon
I m problem doctor ?
Murakoze muganga. Bino bintu urabizi pe
Murakozemug
Nice chou
Uzashyireho nimero yawe
Urakoze cyane
Rock wazadushakiy amateka yumugabo witwa Nimurode cg kelewopatere
Urakoze muganga kunama nziza pe tuzabitegura udutashe
ikiganiro cyiza p.mukorerahe?
Ndagushimiye pe. Uranyujuje
Murakoze cyane
Ese imiti yongera igitsina ibaho
Rayiki
Hello Dr kurangiriza hanze ko bavugako bitera umugongo
Morning kondikwifuza kunganiranawe
Ese nkumuntu wikinishije we yabikira ateeee
Diversion technique iyo ndayemeye🎉🎉
Ese muga utinda kurangiza we mumugira nama ki?
Gutinda kurangiza ,nabyo ni uburwayi ukwabwo , ndetse hari no kunanirwa kurangiza ahubwo, byose ni uburwayi bushobora kuvurwa , hari imiti ijyanye n'ibyo bibazo Ku mpamvu zitandukanye zishobora kubitera
Komerezaho
Nonx nibikiwarya bigufasha kutarangiza vuba mumpe lik niba ibyombajije aribyo
Ese muga umugabo umra isaaha irenga ntabareaye
Mwiriwe neza ndabakurikirana.ark mfite ikibaza Shaka kunsobanurira ese Koko habaho imiti yongera igitsina kubagabo? Niba ibaho iboneka gute? Ntangaruka itera ? Urugero kubawagira uburebure bwigitsina bukabije mwamfasha mukansobanurira
Iyi nyigisho ni nziza pe
Mreal
Ubivuze
Neza
Yeahhhh man
ndagukunda chane docta
ubivuze neza
Ese ko muvuga ibyo kutarangiza vuba,ntimutubwire ibyo umuntu yakora akarangiza vuba,mitubwire.
Urakoze cyane doctor ndagukunda cyn❤❤❤
Murakoze cyane namwe
❤Yamakuru mwari
Murindiranye igishika❤😂
Nikumuntu urangiza vuba cg ucikiriza abo nibo umuti ufasha
Thx
Thank you 🙏
Uracyari umuhamya wa Yehova?
😅😂😂😂😂 rekax
Hahhhhjjj very good
Iyo yambere niyo
RUclips are the Best docter
Kuki abagore cy abakobwa barangiza nyuma?
Ni imiterere y'umubiri wabo. Hari abagore barangiza vuba, ndetse hari n'ushobora kutarangiza ahubwo akananirwa mbere, Ariyo muri rusange moyenne Ku bagore isumbavmoyenne Ku bagabo