Urakoze cyane Imana iguhe umugisha uzanavuge ku bakirisito babarasita basuka amaderedi bakayabwirizanya bakayaririmbana bamwe bakanabuga ko na Yesu yagiraga diredi
Umusiramu iyo umubwiye ko Yesu christ ari Imana yaremye ijuru ni isi ,ubona ababaye cyane ,ndetse akarakara,byerekana ko imana basenga itandukanye ni Imana yaremye ijuru n'isi.
Issa uranyubaka cyane Imana iguhe umugisha
Imana Iguhe umugisha
Murakoze cyane pe! ubu umwanya wo kwigisha ijambo ry'Imana wabaye umwanya wo kwivuga ibigwi hanyuma fire zikaba fire. Muri macye batubeshya ko baduha amata adafunguye kdi barimo kuduha amazi yibirohwa. Ikibabaje nuko abenshi dusinziriye tutabasha gutahuura ibihe turimo .
Amen, nishimira kubana nawe aha ndetse no kuri zaburi
🙏🙏🙏
Habw'umugisha
Uwiteka aguhe umugisha Kandi agukomeze
Niyo mpamvu abayisiramu bahora batamba ibitambo , buri mwaka, kdi twebwe Yesu Christ yatubereye igitambo rimwe gusa.
Nkomeje gukanguka kubwa Mpwemu Yera wlmana Yesu yatanguje igikorwa muri
wewe agikomeze
Muvandimwe lmana iguhe umugisha wayo, nukuri turi mubihe bya nyuma aho abantu batagishaka umuvugabutumwa ubabwira kwihana bashaka wawundi NGO ubasetsa ushobora kumara 30min yivuga wubwe atubwirako avuga Imana
Urakoze cyane Imana iguhe umugisha uzanavuge ku bakirisito babarasita basuka amaderedi bakayabwirizanya bakayaririmbana bamwe bakanabuga ko na Yesu yagiraga diredi
Yooo🥹🥹🥹Yesu turenjyere udukore kumaso turebe neza Aho isi irikutujyana Mana tabara itorero ryawe🙏🙏🙏
Urimo Umwuka wi Imana uravuga ukuli abandi batinya kuvuga
Imanidutabare vyukuri😢
Itorero ryImana si Aya madini tubona rihishwe mwibanga rikomeye rwose nabizeye Umwami Yesu Christ
Umusiramu iyo umubwiye ko Yesu christ ari Imana yaremye ijuru ni isi ,ubona ababaye cyane ,ndetse akarakara,byerekana ko imana basenga itandukanye ni Imana yaremye ijuru n'isi.
Yesu we urakoze mukoziwimana kuba wampishuriwe ukansenjye Imana iguhe umugisha hallelujah kristu twemera atubashishe nukuri duhumuke turebe kure
Iki kiganiro kiraryoshye PE
Uwiteka akomeza kukuha umugisha uvugiye Christo neza
Uri Muri bake mu Rwanda bavuga ukuri kwijambo rizima
Issa jye sinjya ndambirwa kukumva peee uravuga ukuri kuzima kandi uvuga christo bikangwa neza
Yego nibyo rwose nshuti wigisha ukuri kuko nanjye ndimo gushaka ukuri kandi ngo nkugaragaze mubigaragara gusa ikosa rya sociol media ntago gushyira abantu runaka nka titile yikiganiro sibyo babwire bincencurire hato tutazashiduka turimo guca imanza kuko Imana izi abayo focus for them but don't tag or post them .
Hari ikintu ntarasobanukirwa neza ,kuvugira Yesu Christ uri umugore ni icyaha???None se abagabo bayobye ntabwo abagore twe twabigisha Yesu christ!!!!
0788292441
Mbega amashusho weee 🙄🙄