Erega ndi aza ko niba arintegr nke za bakristu simbizi kuko ndi aza ko abashumba bahagarara munshingano neza nizerako nabakrito byagenda neza niba twese duhirira mumaguriro koko ariyo mpamvu Dore koariho dukura integr nke
@@janviernsabimana5174 christo ni igitambo cy’ibyaha. Gitandukanye n’ibindi bitambo. Ariko 1/10 ntago byari ibitambo by’ibyaha. Ize gusoma neza. Cyari icyo gutunga tribe y’abalewi yose. Nibyo koko ko hari abashumba bakora. Ariko se abadakora iwanyu kuri church bo ntabo mugira?
Pastor Désiré Amen 🙏
Imana iguhe imigisha myinshi cyane.
Amahoro,
Ku Mana ntamabura kindi ahaba,
Kandi Imana ntiyakora icyo idashaka.
Bantu mushaka gukora ibyo Imana ishaka by'ukuri Mugendane n'ibihe bibiliya yerekana ( mube update ku ibyo bibiliya ivuga ) ku bemera bibiliya tugendeye mu gihe turimo kubwa bibiliya, muri iki gihe nta kimwe mu icymi n'amaturo bihari ( mu byo Imana ishaka ko dukora kimwe mu icymi n'amaturo ntabirimo keretse ku bantu bagoreka Ijambo Ry'Imana bagamije inyungu zabo),
Murakoze.
❤❤❤❤❤
Ndafashijwe cane.Imana iguhe Umugisha mushumba.Gusa ndipfuza kubonana nawe.Nshaka numéro yawe.
IMANA intabare
Ese umuntu adafite ubwishyu bwicumbi hakagira umugoboka akayamuhereza ntacyo arengejeho yabanxa gukuraho icyacumi akishyura atuzuye
Arikose abatabyi n'abalewi ni ande? nakumiro Koko.
YESU AGUHE UMUGISHA NDAGUKUNDA!! MUNTU WIMANA.
Ubwo gutanga icyacumi ni ngombwa ariko kutagitanga si icyaha?
Ushidikanya kucyacumi,nanjye muri Malaki:3:8-10 kubemera ijambo ry'IMANA.(Bibiliya)
Nimutavuga ukuri n'ibiti bizavuga.
IMANA IGUHE IMIGISHA DEZIRE TURAGUKUNDA.
IMANA ISHIMWE CYANE UVUZE UKURI
Nonese nawe urumutambyi? Ntufite gakondo? Hanyumase nurihirira umwana wawe uwumukene azarihirwa nande?
Abapasiteri basigaye bafite business rero ntampamvu yica um
Ntekereza ko twese muri christ twabaye abami n'abatambyi
Nonese Pastor ndabizi ntujya umbeshya,uziko abatambyi bakibaho??
Ahubwo tubwire uko babara icyacumi,Hari abacuruza utuntu duto ,binjiza limwe narimwe kdi ugasanga niho akura ibintu byose akeneye
Urugero : nkumuntu urangura inyanya akaba yacuruje 2000 harimo igishoro imisoro kwishuura iseta kdi akeneye kuzishuura inzu abamo ukwezi gushize ndetse no kugaburira abana ibyuwo munsi.
Nanjye byarancanze pe! ugitanga mubyo wungutse ariko iyubaze utwotuntu twose ubona bigucanze pe!
Icyacumi kigenewe abakene,abapfakazi,imfubyi na abatambyi ubu rero icyacumi abagifata sibo gikwiye kuko Yesu yatubereye igitambo gihoraho naho abo mwita abatambyi ni aba businessman
@@ernestemugemangango9641 Imana iguhe umugisha wamaze kumurikirwa
Nimutihana muzarimbuka
@@MazimpakaJanvier wabaye umucamanza ryari 'genda gake
Imanibonger amavut nn es mwashobor kutwohererez ak WhatsApp mwabamukoz cn❤
Ni muntu ki utanga icyacumi ese aba akorera angahe ndi frida
Erega ndi aza ko niba arintegr nke za bakristu simbizi kuko ndi aza ko abashumba bahagarara munshingano neza nizerako nabakrito byagenda neza niba twese duhirira mumaguriro koko ariyo mpamvu Dore koariho dukura integr nke
Desire urasekeje cyane !!!! Muri abakozi b'Imana ariko murashaka guhembwa natwe kuki mudahembesha Imana yabahaye akazi?
Abatambyi se bahembeshaga imana?
@@PacisMwiza abatambyi batungwaga n'ibyurutambiro kuko ntakandikazi bakoraga 'kandi bakiraga ibitambo byatambwaga .none uyumunsi igitambo dufite ni Cristo. Ubwo abo mwita abatambyi bari gutamba iki?ni babashuke babarye imitsi. Ahubwo abo biyita abatambyi ni banticristo
@@janviernsabimana5174 christo ni igitambo cy’ibyaha. Gitandukanye n’ibindi bitambo.
Ariko 1/10 ntago byari ibitambo by’ibyaha. Ize gusoma neza. Cyari icyo gutunga tribe y’abalewi yose.
Nibyo koko ko hari abashumba bakora. Ariko se abadakora iwanyu kuri church bo ntabo mugira?
@@PacisMwiza ndumva ubizi rwose nibindi byicyo gihe kwarukugirango abantu bababarirwe ibyaha. None ubu ni cristo. Muve kubushukanyi bwa barwiyemezamirimo b,amadini
@@janviernsabimana5174 genda usome Bible va mumarangamutima
❤
None se kutubwira ko abatambyi nta mitungo babaga bafite nabapasiteri ntamitungo bagira kandi aho ugeze hose haba Ari ahabo!!!!
Ikibazo,byabaye business arabantu nafata umwanya wogusenge abo bakristo,gusa umuhango wokwigisha gusa,Kandi nta mbuto Bera ukabona bafite ivangura.
Abakiri mu mwijima mwabashyizemo bajye bayaguha