@@KakaDudu-kigaliNi no kubitondera cyane, bagira roho yo kwihimura. Ku muntu wabagoye mu nzira imwe cg indi bagira roho yo kwihimura... Baragukurikira mpaka bakurangije! Kandi gukurikira abantu usanga bibahenda kuruta gukemura ibibazo bihari!
Abari muri izo Mpinduka zo kurwanya mu nyungu zanyu Umuyobozi mwiza Nk'abaslam twagize mwese n'uwari uwayoboye 2012 Mwese nimwe bibazo by'amacakubiri biri mu baslam uyu munsi. Nimwe bibazo byo kuba Adhana yaravuyeho . Ibibazo byose Biri mu baslam Allah azabibabaza . Allah azababaza igisibo mwafungishije nabi abaslam muhirika ubuyobozi mu kweze gutagatifu. Ese Musa yumva ubuyobozi bwe aribwo buyobozi buvugwa muri Quran none se ubwo yarwanyaga bwo ntabwo bwari ubuyobozi buvugwa muri Quran?
ikigaragara Mufti Dr. SINDAYIGAYA Mussa ni ikibazo gikomeye mu idini ya Islam mu Rwanda,,kuva cyera iri zina rigaruka kenshi,,surwango aba bagabo bamufitiye ahubwo SINDAYIGAYA yatwihishemo igihe kirekire none ALLAH amugize Mufti w'u Rwanda kugira abe EXPOSED neza nta nakimwe gisigaye inyuma
Wibagiwe GATETE MUSSA ajya kuri Radio ngo agiye kuvuga ibibazo y'abaislam akavuga ko AMUR yabaye PARMEHUTU ngo kuko iyobowe n'uwitwa GAHUTU? Twategereje ko hari n'umubaza iryo vangura turaheba! Ni ibi yita kuyobora impinduka atumvikanaho na FAHADI
Mwibuka uwitwa GATETE MUSSA ajya kuri Radio ngo agiye kuvuga ibibazo by'abaislam akavuga ko AMUR yabaye PARMEHUTU ngo kuko iyobowe n'uwitwa GAHUTU? Twategereje ko hari n'umubaza iryo vangura turaheba! Ni ibi Gatete yita kuyobora impinduka atumvikanaho na FAHADI muri iki kiganiro.
Aba bagabo bari gukinira kuri Islam n'abaslam bose muri rusange.njye mwese mbabona nkabantu mukeneye indonke,Kandi mwese muziko Dunia turi abashyitsi.rero hari ubwo muzisanga mwese ntawe muyoboye kuko abaslam twarabahaze,turanabarambirwa.take notes!.
Inama nagira Fahad Imanzi na Dawa Rwanda TV si byiza kuzana leta n' inzego za leta mu bibazo by'abaslam na RMC. Mwajya mwivugira ibibazo bihari ariko leta n'inzego zayo mukareka kuzivugaho kuko mugeraho mugatandukira kandi sinzi ko byaba ari byiza.
Kuriwowe aha urigukandagira qoro'an na mutume kuko urikurenga kubyo yatubujije aba Islam bomurwanda tuzimufuti uriho nareta iramuzi ko ari sheh Mussa Sindayigaya ibyobibazo mufitanye wibikoresha usenya aba Islam kuko nutuka ugasuzugura mufuti razima nitwe twese ubikoreye tinya Allah ubihagarike kuko ibihano bya Allah birahambaye
@@nibasekevincent6838 nabyo biri mubiranga umuslam uri kuri suna, kugira ubwanwa ni itegeko muvandi, Kandi umuntu mwiza nuwubahiriza amategeko yibyo avugira
Asalamu walaykum walhamatullah wabarakatuh subhanallah ibaze umuntu usoma Coran na bible mugitondo akaba arabirangije arikose ko mudatinya Allah . Gusa Saudi ❤na Rubangisa ❤ bazi byinshi banze amanyanga babonye muri RMC. Allah azajye abaha ibyiza abarinde inabi nibijisho
Ishyano ryagwiriye Islam mu Rwanda umunsi SINDAYINGAYA nabandi bakorana nabakoranye nawe, binjiye muri Gahunda za abayisalam mu Rwanda. Byari bihagije ko Sindayingaya nabandi bahagarika aka kajagali hakabaho kumvikana ku impande zombi tukarebera hamwe icyateza abaislam imbere.
ALLAH AZIRINDIRA IDINI YE.❤
Inywa Amazi menshi na Paracetamol birashira😂
@@aromascoffeecompanyltd1090 ntago ndwaye umutwe. Ntewe agahinda nabayobozi ba RMC badashaka guhuza aba islam ahubwo bagashyigikira gutatatana kwabo hejuru yinyungu zabo bwite.
Ubutaha ujye ukoresha amazina yawe, wirinde gukoresha amazina ya company zabandi. Ntago byanezeza abashoramari ba Aromas coffee kubona account yabo ikoreshwa muri ubu buryo.
@@aromascoffeecompanyltd1090 Aka kagabo kitwa Semucyo niko kagafotozi ka Sindayigaya muzakabona nakagabo katagira igara nako gafite imyitwarire nkiya Sindayigaya nakaryarya niyo muganira ubikumvaho. Sindagira amahirwe yoguhura nako neza kuberako ni ka Boss kanjye ubu bakagiroreye kuyobora AER biriwa bagabana amafaranga yacu ejo bundi badukase umushahara wacu ngo bagiye kuvugurura imisigiti buri mukozi wese bamakase 30k Twarababaye cyane gusa Sindayigaya yabanje kudutera ubwoba ngo abatazamwumvira muritwe azadufata nkintagondwa twigirira ubwoba turabareka barayatwara.
Gusa Hajj ndamusaba ko yazampa akanya nkabimubwira ariko ntazagaragaze isura yanjye babimenye bahita banyirukana.
Nibyo urabazi dini ya Mungu! @@KakaDudu-kigali
@@KakaDudu-kigaliNi no kubitondera cyane, bagira roho yo kwihimura. Ku muntu wabagoye mu nzira imwe cg indi bagira roho yo kwihimura...
Baragukurikira mpaka bakurangije! Kandi gukurikira abantu usanga bibahenda kuruta gukemura ibibazo bihari!
Turi kumwe cyane murakoze.
Erega Sindayigaya ni Umunafiki ntago ari Umuislam namba
Na gihamya ndazifite from Quran & Sunnah
13:35
Ministiri mumusomere YEREMIYA IGICE 7Umurongo 1 abadukurikiye mwese ni muhasome mutumbwire icyo havuga biradufasha kumenya niba adhana ari imvugo yavuzwe n'abantu cg ari itumwa y'Imana cg ahakane ko YEREMIYA atari intumwa y'Imana
Abari muri izo Mpinduka zo kurwanya mu nyungu zanyu Umuyobozi mwiza
Nk'abaslam twagize mwese n'uwari uwayoboye 2012 Mwese nimwe bibazo by'amacakubiri biri mu baslam uyu munsi. Nimwe bibazo byo kuba Adhana yaravuyeho . Ibibazo byose Biri mu baslam Allah azabibabaza . Allah azababaza igisibo mwafungishije nabi abaslam muhirika ubuyobozi mu kweze gutagatifu. Ese Musa yumva ubuyobozi bwe aribwo buyobozi buvugwa muri Quran none se ubwo yarwanyaga bwo ntabwo bwari ubuyobozi buvugwa muri Quran?
ikigaragara Mufti Dr. SINDAYIGAYA Mussa ni ikibazo gikomeye mu idini ya Islam mu Rwanda,,kuva cyera iri zina rigaruka kenshi,,surwango aba bagabo bamufitiye ahubwo SINDAYIGAYA yatwihishemo igihe kirekire none ALLAH amugize Mufti w'u Rwanda kugira abe EXPOSED neza nta nakimwe gisigaye inyuma
Assalam alaikum warhamatullah wabarakatuh aba bashekh nigikundi cyabo bariye umutungo wabaislam bagurisha nibikorwa bya abaislam nanjye sinyobondwa nabo nugusari tukigendera abantu badusanisha naba kafiri ngo dusenga bimwe ubwo ubwo yamaze guhakana
Hhhhhh ntiwasoma igitabo cyose amasaha agize igitondo
Ibaze nawe pe hhhhhh ibitabo yasomye mugitomdo abouts akabirangiza anarenze machine
Ibyo muvuga nukuri
Aba sheh twarabarambiwe pe ret itwumve😢
😢😢😢😢😢
Sudi avuga ukuri.akarekananibemetso.niyonpanvu.mutuka ukuri.kuraryana. .
1.Bafunze abayislam mu myaka yashize harimo n' abafunzwe barengana kugeza aho umuntu afungwa imyaka,abandi baburiwe irengero kandi nta gihamya ko bakoze ibyo babashinjaga ako karengane abitwa abayobozi b' abayislam mu Rwanda barabirebereye gusa.
2.Bakuraho adhana yari ifitiye akamaro abayislam bose muri rusange ibyo nabyo ntacyakozwe .
3.Babuza abayislamukazi kwambara niqab bitwaje ko ngo hari abafashwe bari mu byaha runaka kandi bambaye niqab, kandi birirwa bavugako icyaha ari gatozi. Ese ko imipanga yakoreshejwe hicwa inzirakarengane muri Jenocide yakorewe abatutsi, ubu imipanga yaraciwe mu Rwanda ?? ariko ukabona abiyita abayobozi b' abayislam mu Rwanda ntacyo bakora ngo ako karengane gakorerwa abayislam kaveho. Mu byukuri abo bayobozi bashinzwe iki niba badakemura ibibazo bitandukanye byugarije abayislam mu Rwanda??
Sudi yaduhize igihe kirekire Allah aramuturinda ubuko afite resitora kotugenda tukarya tukanywa yagabanyije urwango kotwebwe ntarwotwamugiriye azi ibyo yadukoreye? Reta imufatiye ingamba none ubugomebwe abuhinduriye muri dawa sudi imyaka umaranye ubugomekoko wagerageje ukicuza kobamwe mubo wagerageje guhemukira tutagufitiye inzika rwose isubireho Allah atazakwinjiza jahanama koresha umwanya ugifite kwisi utakambire Allah akubabarire
WE abagomba kugira iciitwa esilam mwegerane mubandamusengera ukwanyu nammba l'ETA y urwanda ibemerera mureke kuja impaka
Aslam alaykum warahmatullah wabarakatuh wamugabowe mubyukuri qoro'an yatugiriye inama yo kubaha umuyobozi intumwa iti nubwo yaba asuzuguritse nkumucakara hamwe nokuba abayoboye nabi akabanumunyamahugu dukwiye kumwubaha tukarindira igihe azavaho ariko tutamurwanyije rero muvandimwe ikirikugaragara aha nuko utemera ibyo qoro'an ivuga hamwe namutume bivuzikirero ......
Genda sha vana amatiku aho uwouvuga numuyobozi wande se ? Mwagiye muvuga mwabanje gutekereza koko niba nawe uri muriryo shyirahamwe ubwo nawe numuyobozi wawe urumva !!!!
EGOKO ,ESUBU BAGOSORA UMUZANYE UTE KWERI, ABA BANTU BAFITE IBINTU BAPFA TWEBWE TUTAZI KABSA , UYU NDUNVA YARABABAJWE NUKO NTAKAZI AFITE MURI RMC ARIKO MWUZUYE UBUGOME KOKO , KANDI IKINTU DAWA RWANDA IZAZANA MURWANDA TUZAGIFATISHA AMABOKO YOMBI
RMC NTIZABAHAMAGARE RWOSE MAZE NDORE
İyi comment ni ya RMC turabazi ntago mwadutera ubwoba
Kura ubutiku nubusutwa aho ninde wakubwiye ko bashaka ubwobuyobozise ? Tuuza barashakira abaislam murirusange ubuyobozi bwiza niba muba mwatumwe naRMC kuza kuvuga ubusa hano mwagiye twice kera koko
Wibagiwe GATETE MUSSA ajya kuri Radio ngo agiye kuvuga ibibazo y'abaislam akavuga ko AMUR yabaye PARMEHUTU ngo kuko iyobowe n'uwitwa GAHUTU?
Twategereje ko hari n'umubaza iryo vangura turaheba! Ni ibi yita kuyobora impinduka atumvikanaho na FAHADI
@@Al-hudaa250 wakwicecekeye muvandimwe ,, ikimbabaza nuko ibibyose baba basa nababyiyibagiza ark Alhamdulillah yaarabby dutangiye kumenya ukuri nububi bwabo nokuba ntanicyo batumari yewe ntanicyo bazatugezaho usibye kwangiza gusa nogusahura imitungo y'abayislama nibagende niryo shyirahamwe ryabo ntaryo dushaka doreko bamaze kwigirako aribo dini ya islam
Dutinye Allah twemere ubuyobozi butuyoboye abatabwemera bajye kubusabe basabe Allah abahindurire ubuyobozi ariko nitudacunga amarangamutima yacu tuzibona ahantu habi tubyicuze bitagifite igaruriro
Ese ubuyobozi bwa Sh Gahutu ko mwaburwanyije icyo gihe mwe ntamakosa mwakoraga
Ibyo ukoreye mugenzi wawe nawe uzabikorerwa
Gusa Rubangisa arabika ndamwemera kabisa
Sha arabafite mwese murabeshya mwabisambo mwe
Sasa imizindaro mwiterambere ryo mucyinyejana cya 7 wacyijyereranya nicyo mucyinyejana 20 ubwo ubutaha bazavugango yasomyeko yesu ntamodoka yagiyemo na Rasul natwe tuzireke ijyendo tuzikoreshe indogobe na mapunda? ntago aruko bakatwigishije azan yahozeho ntago ari urusaku
Mwibuka uwitwa GATETE MUSSA ajya kuri Radio ngo agiye kuvuga ibibazo by'abaislam akavuga ko AMUR yabaye PARMEHUTU ngo kuko iyobowe n'uwitwa GAHUTU?
Twategereje ko hari n'umubaza iryo vangura turaheba! Ni ibi Gatete yita kuyobora impinduka atumvikanaho na FAHADI muri iki kiganiro.
Mufti mussa niyegure nta mufti tubonamo
Assalamualaikum walahamatulilah wabalakatuh
Waalaykum Salam warahmatullah wabarakatuh
Aba bagabo bari gukinira kuri Islam n'abaslam bose muri rusange.njye mwese mbabona nkabantu mukeneye indonke,Kandi mwese muziko Dunia turi abashyitsi.rero hari ubwo muzisanga mwese ntawe muyoboye kuko abaslam twarabahaze,turanabarambirwa.take notes!.
Nta muyobozi
ADHAN MU KINYARWANDA NI (UMUHAMAGARO)
Hhh
Mussa fadhil nareke gukabya nabe muri politike niyo yahisemo ibyidini abireke mbere yuko asoma Quran yose mu gihe gito niyo biblia simpamya ko niswala acyibuka ibihe byazo dutinye Allah baislam.
uvuga ubusa kuva ku wa mbere kugeza ku cyumweru dufashe ureke amatiku wowe nabambari bawe
Ahubwo ni woe urimo uvuga ubusa niba wumva ko ibivugiwe aha ari ubusa 🤌🏽
Inama nagira Fahad Imanzi na Dawa Rwanda TV si byiza kuzana leta n' inzego za leta mu bibazo by'abaslam na RMC. Mwajya mwivugira ibibazo bihari ariko leta n'inzego zayo mukareka kuzivugaho kuko mugeraho mugatandukira kandi sinzi ko byaba ari byiza.
Kdi RMC ikorera muri Zambia skimu Rwanda?
Imyiryane yose,ubona leta iyafitemo akaboko
@@themagnet4236 wasanga arinabyo nonese nyuma yinzandiko abasiramu banditse ubutuvugeko batabyunva koko
Ariko c? Nkawe uba uvuguki koko icyo nabonye nturambirwa kuvuga ubusa
Kuriwowe aha urigukandagira qoro'an na mutume kuko urikurenga kubyo yatubujije aba Islam bomurwanda tuzimufuti uriho nareta iramuzi ko ari sheh Mussa Sindayigaya ibyobibazo mufitanye wibikoresha usenya aba Islam kuko nutuka ugasuzugura mufuti razima nitwe twese ubikoreye tinya Allah ubihagarike kuko ibihano bya Allah birahambaye
Ariko ubanza nawe uri muri bamwe yavuze bishyurwa bakaza gusubiza bavuga muri comment mu kajagari bavanga ibintu
Impamvu ubona arumunyeshali nuko utabona alik wasanga utanumva cyagwa wumva nabi kandu ubuzucyavuga araceceka
Sinzi impamvu mbambona sudi ari umunyeshyari
Nuko urimurusha 😂😂😂😂niwowe professor wabanyashyari kuko ibintu bifite fact
Nta fact kuko nkurikije ibye agamije kurwanya gusa kuko ninawe wabafatikanyije bakuraho gahutu
@@ToniFairyurimo kumufana
@@Ndkgl Ndunva arikipe ahubwo tuzajya no mwitsinda Qrn 22:78 "Ngo amaso siyompumyi ,nimitima " ngo nta fact harinyandiko😂😂😂😂😂 Allah Akbar disi twikundira kubeshywa
Sudi turamuzi ngewe yashatse kunyica biramunanira ngo kuko nashakaga kurongora mubyarawe nawe amutera ubwobango iyo inzoka yizingiye kugisabo bayica batababariye igisabo
Reka kubeshya sudi wowe umuzige?
Jya gutanga ikirego muri RIB ugabanye ubujajwa hano cg ubwire shobuja ko ibyo uri mwapanze abantu manze kubyumva
@@hervekubwimana92 ntabirenze gutukana nabwo Ari umuco wanjye Allah akubabarire
@@Dusabimana-n3rubwo se nkawe wise ikiremwa cya Allah ngo ni inzoka urumva utekereza neza cg umutima wawe wararwaye tinya Imana wamuntu we
@@hervekubwimana92 navuzengo yabwiye mubyarawe ATI iyo inzoka yizingiye kugisabo bayica batababariye igisabo yamwumvishagako natandeka azatwicana mbabarira usome neza ntagonigeze mutuka ntagonabitinyuka Kuko Allah yazabimbaza
Bavandimwe duhuje ukwemera dutekereze kabiri sudi ntago avugira idini ni igikoresho cya rubangisa ubukoko iyini dawa cyangwa barimo gusenya idini?
Sindayigaya niwe urivugira se cg aravugira RMC?
Idini c nabo avuga ?
Idini c RMC wangu
Woe se urarivugiye byibuze ?
Sudi nta nuru yidini ikugaragaraho Kuki wigize umuvugizi wubusilamu ubwawe butakugaragaraho, nta suna nimwe, ubwanwa warahanaguye, Kandi nicyaha gihanirwa.
Umuslamu mwiza c ni ufite ubwanwa cg wambaye ingofero n'ikanzu ? Abazambara ibyo birirwamo turabibona
@@nibasekevincent6838 nabyo biri mubiranga umuslam uri kuri suna, kugira ubwanwa ni itegeko muvandi, Kandi umuntu mwiza nuwubahiriza amategeko yibyo avugira
Ubwanwa ni SUNA si itegeko kd udakoze SUNA ntacyaha aba akoze , ubwanwa si kimwe mubiranga umuslamu mwiza
@@nibasekevincent6838 Niko ubizi? Baza shehe faradji na pepe bakubwire muvandi. Hari suna uramutse utayikoze ubihanirwa, urugero: ubwanwa kubwogosha, ipantaro irenze itubumbankore (igenda ikubura hasi) nizindi
@@nibasekevincent6838ubwanwa ni sunna igeze kurwego rwitegeko nyabuneka mutazazirura ibyo intumwa yaziririje gusa uyu nawe uri kwitwaza ngo sudi nta kimenyetso nakimwe cyubusalam afite iyo nimyumvire yaba khawaridji wisuzume
Sudi ntago ibibazo bikemurirwa kuri youtub niba ubona bitagenda neza egerubuyobozi icyompamya nuko youtub mubamuje kwishakiribirayi biragoye kowavuga ko uje kuvugirubusiramu niba uzibibazo unitanye nabantu abowanduje sida ubafata kungufu abowambuye ibyabo witwaje icyowariwihishemo imana ntizaguhituze ugifitimivumo yabagenzi bawe uzabanzubegere ubasabimbabazi reta yurwanda yokabyara niyoyatabaye abaturage wari warigize igisambo cyivanze nirondo
😂😂😂 nonese uwashinze youtube numusazi ikindi itangazamakuru c niki nuguhumura rubanda wamugabo we kki ariko mukunda ubwiru 😂😂😂 hoya bijye bivugwa ibuye ryagaragaye………..
Ubwuyunawe arimukazu
@@freeman1463ntago bakunda ubwiru barishyurwa babari mukazi urunva ngo udakora ntakarye nibatavuga c imiryango yabo irabaho ite koko😂😂😂😂 weho ukinisha ukaranga amagara
None se sudi? Reka nkubaze Kandi imbabarire unsubize barenze bajya gutora Sindayigaya urihe kobatagutoye Kandi wigira umunyabwenge wagiye ufunga umunwa ukagabanya amatiko
Sudi gabanya amacakubiri rwose?? Cabugufi Sindayigaya akuyore kuko yagiriwe ikizere atorerwa kuba mufuti gabanya ishyari wemerwe kuyoborwa kuko umaze kurambiranwa
Sinzi impamvu mbambona sudi ari umunyeshyari
@@Ndkgl niko bimeze ariko ,
Babahe murashonje ubwo sudi niwe wenyine mwabonye muri iki kiganiro? Twe twamenye ukuri murakoze mwese mwagize uruhare muri iki cegeranyo
Sudi yaduhize igihe kirekire Allah aramuturinda ubuko afite resitora kotugenda tukarya tukanywa yagabanyije urwango kotwebwe ntarwotwamugiriye azi ibyo yadukoreye? Reta imufatiye ingamba none ubugomebwe abuhinduriye muri dawa sudi imyaka umaranye ubugomekoko wagerageje ukicuza kobamwe mubo wagerageje guhemukira tutagufitiye inzika rwose isubireho Allah atazakwinjiza jahanama koresha umwanya ugifite kwisi utakambire Allah akubabarire
Dusabimana nawe ubarizwa mubisambo