ROSE ARARIZE😭NI NJYE MUKOBWA UKANIKA BUS NINI MURI KIGALI👌NAFASHWE KU NGUFU KU MYAKA 14😭Claudine
HTML-код
- Опубликовано: 7 сен 2024
- Rose TV Show ni urubuga rwawe nanjye ngo tuganire ku buzima by'umwihariko ku ngingo z'imibanire y'abantu. Mu muryango ndetse no mu buzima busanzwe. Twibanda ku biganiro by'ubuhamya n'ibitekerezo by'abatumirwa mu kubaka #Imibanire iganisha ku #UmuryangoMwiza. Twibanda kandi ku biganiro byo #Guteka kuko burya imibanire myiza ihera ku mirire myiza! Niba wifuza kuvugana natwe, kuduha inyunganizi ku makuru tubagezaho cyangwa ukaba ufite ubuhamya wifuza gusangiza Abanyarwanda waduhamagara kuri +250782742950
0795895317 Ushaka kumuvugisha 👌🙏🏻
U'are so cute Rose God bless you 💖
Iyi no ni iya Dina cg ni iyawe @Rose?thnx
Tinyuka natwe abakobwa turashoboye 🤝mukobwa mwiza ❤❤❤ nanjye ndu muchoferi utwari imashini zikora imihanda ntabwo biba byoroshe kugirirwa icyizere mubijanjye no kubona akazi ariko ndashima cyane reta y’U Rwanda 🇷🇼 idutekerezaho ikatwizera ko natwe dushoboye ikaduha akazi ubu nanje nagiriwe amahirwe mbona camponies impa akazi 😂 ubu nanjye ndi choferi wimachichi😊😊😊(tractor 🚜)
Woow that is great @LiesseINEZA
Ayiko mbega Agakobwa keza ❤❤❤❤❤❤ mfura y urwanda urashimishije Kandi uri umurwanyi ntuzigera utsindwa Rugori rwera
mbega akana kanshimishije disi noneho Rose murasetsa ngo sorry nakurijije ,nukuri mureke 29/7 abakunze DINA tuzamukorere annive iryoshye💗
Niyo ubona akeneye?
😂@@mwisenixdesire322
Niryambere mbonye ikiganiro nkakirangiza peee nagikunze cane gose nuyumwana namukunze gose numva mukumbuye gose harakabaho Rose tv show 🙏🙏🙏🙏
Inkuru iteye agahinda kubabyeyi, uzi kubura ababyeyi batapfuye bombi icyarimwe umva imana izahe abana nkaba umugisha, Mukantwari uri intwari Cyane pe ❤️💐
Rose ufite impano yo gutega amatwe,no kwisanisha kubibazo by'aba clients bawe,Imana iguhe umugisha,komerezaho,uwo mwana ntacyo akibaye kandi yarakoze kubabarira nyina.Nakomere Imana ni byose kuri bose ntirobanura abantu kubutoni.Thanks
This child is amazing since my expierience it is the first time to see a such girl giving testomony, discipline, hopefull and kind
Ihangane mukobwa mwiza icyatumye ugeza iki gihe nuko Imana igufiteho umugambi mwiza
Claudine urashimishije cyane, Rose lmana izaguhe umugisha mwinshi❤nkunda ko uzi gutega abantu amatwi.
Rose, merci beaucoup pour ce témoignage iranyigishije caannee goosseee. Wakoze kwumwumviriza no kumwumvisha amahanga yose, mbese niko wama.
Claudine, tu es extraordinaire, ufis’ivyiyumviro vyiza cane, utang’icizere kubagukurikiye.
Abagufashije booossee Imana ibahezagire kuko ntibavuny’amaboko. Ndagushimiye gose kuk’utibagira uwakugiriye neza.
Ejo ni heza kuri wewe no kubawe.
Strong young mother ever👌ndagukunze cyane pe
Claudine urimwiza 🥰 kandi ugaragara nkumwana mwiza Imana izakugeze kurehashoboka
She is a warrior that girl💪🏽 Inkotanyi cyane umukobwa w’u Rwanda Claudine
Ni Ndabaga new generation💌🤝🙏🫂
Ese Ninde wababaye nkanjye
Ntangiye ikiganiro mpita nibwira ibikurikiraho. gusa ndakirangiza cyose. Warakoze kwikomeza Mwana mwiza. Komeza utere imbere uzagera kure.❤❤❤
Rose weeeeee !!!!😢😢mbega inkuru ibabaje kweli
Gusa ababyeyi bakwiye gutekereza kubana babo
Kuko abana ntibakwiye gutera abana babo imiruho p
Yoo sorry
Yooooo! Iki kiganiro kirandijije. Afite agace k'amateka ashaririye nk'ayanjye.
harigihe uhura nibibazo ukagirango lmana ntikwibuka.
You are very courteous and intelligent girl ❤ keep that resilience and confidence in you sweet 🙏🙏🙏❤
Mbega umwana uliza akanashimisha!!! Komereza aho mukobwa mwiza uzagera kure ufite intego
Nanjye narize
Rose may the Lord bless you for bringing a such child
Ayiweeeeee ngo???
Reka ndenzeho mwenyure Rose urasa neza cane cane
Gusa uyu mwana ni resilient disi keep it up Claudine mwiza
So sad 😭😭 ark hejuru yabyose hari Imana Kandi izakomeza ibagirire neza kurushaho.
I byiza biri imbere Imana ikomez ikwagure ❤❤Claudine
Uyu mwana ndamukunze❤❤❤
Uyu mwana claudine amateka ye yo kurera abana na mama we ni ayanjye 💯 noneho iyo hikubisemo Kubyara imburagihe birakuza ariko iyo umuntu amaze kwiyakira ubugoryi bumugarukamo!
Rose, ndakwinginze uzabe hafi Claudine kuko nyuma y'imyaka 4 ariba yagira ibishuko nk' iby'umu adoressante.
Ndabimubwira nk' ubuzima nabayemo. Wowe Rose twize ku kigo kimwe unyiga imbere muri Lycee de Nyanza, nyuma ngusanga nabwo wiga muri NUR. Uranyibuka cyane ni uko nabuze numero yawe nawe utagifite iyanjye!
Ndakwinginze uyu claudine uzamube hafi cg umpuze nawe tube inshuti n' abavandimwe kuko duhuje amateka
@@utamurizaariane1735 Hello aliane
Nukuri mumubehafi
Nmbr ya Rose wakoresha iriya iri kuri chaine ye.
Claudine arakoze chane Imana ikomeze imube hafi ubuhamya bwe buratwubatse kabisa
Hanyuma rose nawe komera Ndabona yakurijije
Thanks Rose,ibiganiro byawe nibyo byonyine mbona inkuru nshya kugenda ntayisoje bikananira, uri umuhanga, ufite Listening skills iteye ubwoba, keep it up!
DINA arashimishije, iyi nkuru inyibukije byinshi,ariko ikiruta ibindi ni ukutiheba ,kwigirira ikizere!
Tate na Hope for Children rwose, you're super heroes! Nanjye aka gatariki ka Anniverssaire ndasavinga pe, uyu mwana ni imfura cyane,
Again thank you for bringing such strong and Briant woman❤
Hoooo iyi nkuru iranshimishije cyane ndashimira uwo muryango wa HOPE
Nabo bantu bose bamufashije
Courage cyane mukobwa mwiza.
Harakabaho Hope and Homes vraiment
uyu mukobwa yariyangijwe bikomeye vraiment
Uyu mwana akomere cyane.
Imbere ni heza kbs
Uyu mwwana w'umukobwa ashimishije umutima wange!
Imana ikomeze imwagure 👌👌❤❤❤❤🙌🙌👍👍
Sha uvuze ukuri naje i Kigali mpunze abo bagabo babona ubyaye ukiri muto bakakubwira ko byarangiye
Ntabyarangiye rata mukomeze ubuzima Imana ibabe hafi
Ubonye ukuntu afite intoki n'amaguru byiza cyane nampe 👍. Wahora wirebera uko aseka disi ancuii
Urashimishije mukobwa mwiza kandi mwana muto,abantu mufite ubushobozi supporting ikifuzo cyuyu mwana agere kunzozi ze nukuri
Ndababaye 😭.
Nubwo mwanyuze mubikomeye, Imana yarabarinzi mama.
Ababyeyi gito weee,
Uyumwana azi ubwenge Imana ikomeze kumuha umugisha
Rose uwo mutima wogutega abantu amatwi uzawuhorane 🙏 mukubwa mwiza humura Imana irakuzi ninayo izakomora icyo gikomere 😭😭 Rose reka nawe ngukomeze kuko urira kurusha umutumirwa wawe. Byose nimpuhwe n,urukundo rukunda Bose witemo. Imana ikomeze kuba muruhande rwawe 🙏🙏
Claudine warababaye ariko aho ugeze aha ntacyo uzaba, komera kandi usenge cyane Imana izagufasha muri byose kandi igukurize umwana n’abandi uzabyara bose n’urugo rwawe uzagira. Urashimishije nubwo wababaye gusa biragaragara ko ufite umutima mwiza kandi uzi ubwenge ❤
Mana yanjye weee komera komera ntwari y’u Rwanda. Umwana azakura nawe uzabaho neza mu izina rya Yesu.
Icyo nkundira Imana nuko itajya itererana abayo komera Kandi ushikame nshuti y'Imana
Rose ndagukunda cyane Uzi kuganira n,abantu neza nifuzako tuzaganira
Courage ma Chr muri Yesu biremera kdi uri intwari mukobwa mwiza.
Ubu jack wirirwa atukana kuri social media yagize ubuzima nkubwuyu mwana uyumwana kwa fite discipline
Aha niho utinyira mwana, wabonye uburyo avuga anaseka MN, ahubwo wumva inkuru akaba ariwowe urira? Nicyo kikwereka umuntu wababaye kbsa.
Jacky ntabuzima bubi ahubwo ni umurengwe ch
Very strong girl,urashoboye mukobwa wacu ahubwo ibyo bimodoka ukanika uzashake category uzajye ubitwara
Incwiii Claudine ndagukunze cyane.
Ntababeshye sinjya ngira amarangamutima angeza aho ndira ark uyumwana arambabaje cyane
She is so beautiful ❤
Gusa uwarushye ntaruhuka uwo mugabo rwose naramubonye turabana byemewe n'amategeko ndashima ngo nkize urubwa ariko nawe yaranyanitse,usenge cyane
Ihangane kandi ukomere. Ariko ntuzemere gupfira kuri iyo nyamanswa.
akakana karanyubatse knd ndi mukuru thank you rose and may GOD bless her
Nkunze ukuntu ntamuntu numwe yitwayeho umwikomo, buri wese aramuvuga ati ariko nawe siwe, ni umutima utagira urwango ugirwa nabake.
Nukiri pe nanjye niko nabyumvise kand nabikunze cyane pe
Kand njye byantangaje pe abandi babyitwaje cyane
"ubusanga"
ndumva hari ibindi bice bihari
ROSE, UFITE IMPANO NZIZA YO GUTEGA MATWI ABANTU BAFITE INTIMBA KU MUTIMA. KUKO NI UMUTI W'IBIKOMERE BYO KU MUTIMA.
Ariko Nyagasani koko😢 urangana nimfura yange kibondo, ababyeyi nukuri twisubireho niba udashoboye inshingano wibyara pee 😢😢😢😢😢😢
Egooooo!adashoboye kurera abo yavyaye bikarangira abataye kubera iki abavyara ?nareke .😢😢😢😢😢uraziko umuma nkuwo aba ateye isoni.Gusq Imana Ishimwe ko uno mwana yaronse justice Kandi akaba yariyakiriye .
Umubyeyi uta umwana aba nta Mutimanama.Imana ikomeze uwo mwana kd imwagure
Ndagukunze wa mwana we!!!
Uri intwari pe
Imana izakugeze heza
Thank you for an inspiring story and all the blessings to hope and home for children
Aka kana ndagakunze. Imana ikumpere umugisha mwinshi, iguhe kurama, n'ubushobozi. Kdi ikurinde inkozi z'ibibi. ❤
Ni storyteller ❤️ariko pole iryo shyano ngo ni umugabo w’inyamaswa ni benshi ariko leta yarabahagurukiye
Yoooo Imana iguhagarareho uzubwenge pe😊
Mwakoze ikiganiro cyiza cyatwubatse mwakoze cyanee.
Claudine disi habamo mwalimu mwiza. Courage sister
Rose wee nuko umwana wange byamugendekeye ndabyumva cyanee
Sinzongera kurira kbs
Kuko ndumva numiwe 😢😢😢
Amateka mabi. Komera pe. Imana irabizi . Rose nawe courage
Imana ifite ukuntu yabigenza ukazagira ubuzima bwiza
ABANTU baba hanze numva ko abakora akazi nk'aka babona amafaranga menshi, ubu nta mu Diaspora wakorera umugisha akamujyana Canada cg USA uyu mwana ubukanishi akabushyira ku Rwego mpuzamahanga???
Ese kuki ibyiza mubyohereza mumahanga
Ibyiza arabura kubikorera iwacu narangiza aze kubikorera abandi? Kereka niba ari ukugirango yishakire cash sinon kuvuga ko ubumenyi bwe akwiye kubuha abandi sibyo.
@@inor8458 reka ye. 😂😂😂 Ariko rwose 😂😂😂 nonese ubundi abikorera he? Abikorera mu Rwanda ariko hakurikijwe inshingano afite n'amafaranga abona ntaho bihuriye. Akeneye ahantu abona amafaranga menshi kuburyo abasha gukemura ibyo bibazo byose afite
Mbega inyigisho
Nagitangiye binanira kurekera ntashoje
Imana izamugirire neza imugeze kure
Courage Mukobwa mwiza imbere niheza🎉
Ikikiganiro cyandijije,gusa lmanishimwe yagukoresheje ibyubutwari
iyi nkuru imeze nka filme neza neza! itangira urira ikarangirana ibyishimo ukumva nirangira urahita ukumbura abakinnyi bayo!🥰 nanjye inkuru iraranggiye numva mpise nkumbura uyu mwana
Uvuze ukuri muvandimwe
Imbere Niheza Kobwa.Courage Mukazi Uziteze Imbere Kandi Ntihazagire Abandi Bagushukisha ubusa busa.Wikorere Ibyawe kabisa!❤❤
Mana kuki Fridaus atamenye hope ngo areke guserera na Ndimbati🤷🏾♂️
Narize ark birangiye nishimye Imana Iratabara
Rose ngukunda kubi maze iyo uvuze uti Bikiramariya Nyirimpuhwe byo mbikunda kubi nkarushaho kugukunda 🩷🩷
Natangiye ndira none nsoje nishimye❤
Sha iyinkuru yuyumwana itumye ndira kandi ndumuntu wumugabo
Humira mama Hacyaribyiringiro kwigiticyatemwe cyakojyeracyigashibuka Imanirikumwenawe❤❤❤❤
She’s beautiful so pretty and Swthurt you have bright future ahead of you keep fighting my dia
Ihohoterwa ribaho cyane nanjye ryambayeho ariko mfite 17 ariko ngejeje imyaka 30ans ntarashaka kuko numva igitsinagabo ari babi cyane
Iyinkuru irababaje nukuri ababyeyi tuge tugerageza umumama utinyuka gusiga abana
Ariko Mana ndakwingiiiinze uyu mwanya ugenderere imiryango ifitanye amakimbirane isubirane bafatanye kurera abana😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭 uyu mwana anteye agahinda nanjye Mana weeeeeeeee muntabare mbyaye 4 umukobwa agize 10 years n’uduhungu 3 duto ariko ndi kwibaza ari njye bibayeho😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭
Claudi warashishwe birenze ariko ikigize umuntu n,imbabazi
Urababarira kuko Imana yarakurengeye
Shn Imana irengere buriwese udafite kivurira😭 hama Rose nkunda ukuntu utega amatwi umutumirwa utuje, Rose urimwiza,uratuje sinzi uko nakuvuga pe, Imana yomw'ijuru iguhaze uburame maze tuguhorane kdi iguhe ibyo umutima wawe wifuza nukuli ndagkunda cyane❤
Mbega umwana undijije weeeee!!!
Abana bararenga weee. Abantu tuba dufite ibikomere wee! Ariko disi Imana iba ifite uko ibigenza!
uri intwari sha,ababyeyi bawe ni ibigwari,komereza aho witeze imbere rwose urashoboye.
Yesuwe ububuhamya bundijije amariramenci ihangane ncuti unjyukomera imanizaguhozamarira❤❤❤❤
Nkunze ikizere ufite mukobwa w'Urwanda naho ahahese ho niho hakwiye kugutera gukora komeza utsinde❤❤
Courage Mukobwa mwiza
Bonjour Rose, uzabwire Claudine uti congratulation
Never give up 💪💪💪💪💪💪
Mukobwa mwiza iri intwari❤️❤️❤️❤️❤️❤️❤️❤️❤️❤️❤️❤️❤️❤️, ariko ndagusabye usenge bikomeye kuko Satani nawe aba arekereje, abagabo n’abasore b’imbwa nabo ubu bararekereje. Hari umuntu wanditse commentaire hasi, ngo ushobora kumererwa neza ugahita uhura n’ibishuko bindi
Never give up mukobwa mwiza, IMANA irakuzi kdi iragukunda.
Rose uduhe number ya cloudine turamukunda nukuri nagukunze cyane cyane
Claudine urabdijije ,ubuhamya bwawe buzubaka benshi ,kd courage mukobwa mwiza ,imbere hawe niheza ,Imana yaguhaye umuryango ukwitaho turayishimye cyane 🙏
Ese ubundi nahorahe??Rose niwewe u Rwanda rikeneye pe.urimfura.
Imbere niheza rata❤
Ese nkubwo nyina aho yagiye asize abo bana yararyaga bikemera !? Yararyamaga agasinzira ?! Muziko abanyarwanda bataye ubumuntu neza neza ?! Ibyo umugabo yakorera umugore we byose ntibyatuma asiga abana yatwise amezi icyenda nukuri
Urabona atari benewanyu se@ turibamwe we,vuga uti aba...bataye ubumuntu,kuvuga nkaho ari ubwambere ubyumvise kandi iwanyu bisanzwe ntabo ujya wumva banabiyiciye.
Byihorere ntiwabyumva keretse impamvu wahuye n'ibituma ubata
Mbega Isi ibabaje Uyumwana yaciye mubikomeye
Uwo mubyeyi wumumaman ntambabazi akwiye pe.numva ntampamvu yo gusiga abana wibarutse ngo nuko umugabo ari umusinzi.yari kubajyana.birababaje pe hariho ababyeyi babamama Batagira imitima.😢
sinamutemeraho itaka kuko harigihe utotezwa cyane ubwonko bugapfa.
Kuko nta mbabazi ugira ntazo uzagirirwa.Icyiza ni uko uyu mukobwa yumvise Nyina naho ubundi wari umushutse genda
Binti wa mugini kira muguzi apana kiramuruzi site yabafanya byashala warabu kira muguzi apana kiramuruzi songa mbere dada mungu akubariki ufike kurengo yako
courage mukunzi Imana izakogere imbaranga