Cheri YANGUSHIJE MU CYAHA NATINYAGA|KU BURIRI TWAGANIRIRAGAHO NTAKIBAZO☺️URUKUNDO RWA Aimée N’UMUGAB
HTML-код
- Опубликовано: 4 окт 2024
- Rose TV Show ni urubuga rwawe nanjye ngo tuganire ku buzima by'umwihariko ku ngingo z'imibanire y'abantu. Mu muryango ndetse no mu buzima busanzwe. Twibanda ku biganiro by'ubuhamya n'ibitekerezo by'abatumirwa mu kubaka #Imibanire iganisha ku #UmuryangoMwiza. Twibanda kandi ku biganiro byo #Guteka kuko burya imibanire myiza ihera ku mirire myiza! Niba wifuza kuvugana natwe, kuduha inyunganizi ku makuru tubagezaho cyangwa ukaba ufite ubuhamya wifuza gusangiza Abanyarwanda waduhamagara kuri +250782742950
Rose uyu mutunirwa azanye ubuhanuzi bwawe uyumwaka Imana ikuremeye igitangaza mvugirango Amen🙏🙏
Muntu wanjye
Amen
Merci
Merci beaucoup Rose watuzaniye umwana w lmana ukora ibyo data ashaka Uwiteka amuhe umugisha
Wooow mbega umugore wumutima. Imana wumviye ntabwo yarikugukozisoni ❤❤❤
Ubugoryi buba mumayerekwa ntibujyira , uko bungana . Kristo mubutayu ntiyatsindishije , iyerekwa. Yatsindishije , handitswe ngo.🎉🎉🎉🎉🎉🎉🎉🎉🎉🎉🎉🎉🎉🎉🎉 Dukwiye , kumwijyiraho:
Incwiiiiiii urumugore mwiza knd warakoze kumvira Imana
Hari Imana ikivuga nange inganirize
Rose dukumbuye marraine wawe muri kumwe❤
Nukuri pe ikiganiro cyawe n umutumirwa kiranshimishije kdi Imana igukomereze urugo rwizaaa kdi rw umugisha.
Ro,uzamugarure we numugabo we baduhe story yurukundo rwabo.
Ndumiwe avuze ngo udusore! cyokora abakobwa beza nkaba imana izabandinde kuko abeza baratubenga bagakabya 🤭
Imana ikomeze kukuba hafi mubyo ukora byose, ngushimiye uburyo utagize umutima wo gutendeka bamwe babikunda kubi,gusa Imana yabigufashijemo.
Wagaragaje ko uri umukozi W'Imana.ikugenera ugukwiriye.
Ufite displine niyo mpamvu wakundwaga cyane
Imana yarakize kunezeza umutima wawe Mubyeyi 🙏 nubwo byabanje kugorana arko birangira Imana iserutse. Kdi Imana ishimwe ko yakwambitse imbaraga zo kuba aho igushaka!
Eeeee. Rose. Uzanyumuntu. Umeze. Nkoko. Imana. Ishaka. Mwigishe. Ibikobwa. Bya payutse.
Rose usa neza 😘mukande kugafoto sha nanjye munsure
Yaragukunze cyaneee,kdi ntakajagari agira ,akaba n'inyanga mugayo.pbese 👍
Wowe ufite ikibazo gikomeye hanyumase Yesu yavugaga ko handitswe atabanje kubona uwo bavugana mubyukuri ntugasuzugure ibyo utazi utazazira ubusa rwose
Nishimiye ikikiganiro Nicyiza mama Imana ikomeze ikubakire rukomere ❤muzamugarure
Ariko,iyo igize amahirwe yokurota,ikakwiyereka nabyo birafasha cyane.urumva imana yaguhaye invitation.
Hey Rose.dukumbuye hano Antoinette Nyiyongira
Yegoo
Mbega umwana uzi kubara inkuru mama ancwiii😅😅😅 sha azi kubara neza pe
Much love my Rosie beauty 😍
Warakoze kubaha Imana no kuyubahisha uzakomeze uyubahe kdi uyubahishe .
Yesu aguhe umugisha
Nta commenta nkunda gukora ariko murakoze kuntwenza 😂😂😂#1 mu gutera inkuru 😅Be blessed
Disi ubuhanya bwawe bufitanye isano n'ubwanjye.Nagukunze cyane
Yego disi story yawe ni nkiyanjye!Imana ni serieux
Ikiganiro biryoshe cane gose❤️❤️❤️❤️❤️
Gusa aratwigishije pe❤
Imana yaragukubise shahuuu!!?iragukunda disi
😂😂😅😅much love from jo Twins show😅❤️
Incwiii afite kuganira neza azagaruke ubuhamya bwe burimo inama❤
Imana igiye kugusetsa mwizina rya yesu
Amena
Ntaho twahungira Imana kukontaho Itaba ( kubaha Uwiteka nibwobwenge).
Rose, komeza uduhe amakuru usanga Abazungu bari barihereranye ubu RUclips ikaba yariyemeje ko natwe twayabona. Usanga neza neza uko inyandiko zivuga bene izi nkuru z'iwacu muri Anthropos usanga neza neza ntacyahindutse.
Iyinkura inkoze kumutima murakoze cyn 👏
Uwiteka abahumugisha caaan nukuri nabakunze from Burundi nunva nafashijwe
Rose ndakwikundira uri mwiza uvuga neza Kandi rimwe narimwe ijya uzaba nibiganiro byumbwenge
Ndagukuuuuunda icyazampa tukaganira.
Nibyiza cyane pe
Disi uyu mubyeyi arashimishije kandi urabona avuga ibimurimo.
Wewr ndakumva cane kuko nanje niko nari meze ntarashaka .Nariyubaha kandi nkirinda ,Imana nayo Ibana nanje.Shimwa Mana wewe wandindiye mu bukumi nkabuvamwo neza .
Mana natwe uduhe imbaraga zo kubana nawe❤
Yesu nashimwe Aimée twararirimbanye muri choir ibyo uvuga byose nukuri pe wubahaga imana ntiyari kubura kuguhemba kd Wari n'a mwiza pe ntubeshya😂😂
Rose murako cyanee ❤❤❤
Iyo ntabwo ar Imana ni imyuka y abadayimoni , humura Imana ntiyakubuza uwo wakunze
Ntamakuru ufite wowe
Ndanyuzwe niyinkuru nukuri pe kuko najye byambagaho kenshi
Rose nuko utaziyanjye nu Mugabo wanjye itarenze cyaneeee tumaranye imyaka 11ans ariko nanubu na mateka nda❤byimazeyo
Rose aguhe ikiganiro uzatubwire Sha
Umudamu mwiza avuga ukuli.
Birasanzwe erega ,usivye ko Abarokole bashora kubesha.
Love story nziza pe.
Hano ni ugusaba imbabazi zo gukinisha umutima wumuntu kuko umwana w'ahakana ibintu hakiri kare Kandi iki kintu kiradutsinda inshuro nyinshi
Ndabakunda❤
Rosa wee ntuzongere gutereka imisatsi myinshi ,wogoshe neza ❤
Byose biramubera
Iyi nkuru irashyoshye rwose😊
Mbega byizacyane. Nukuri warayumviyepe
my friend unyibukije uburyo twakuze batubwirako gukundana aricyaha 🙊🙊 gusomana byo byabaga ari nko gusubiza yesu kumusaraba😷😷
Byaraturinze disi😊
Hahahhhh ariko byaratureze sha byaduhaye inyifato
Gusomana ntibikwiye ku bantu b'Imana.Ibyo ni ukwiyanduza
Abarokore ni abana beza tu!
Classmate Aimée ❤
Imana yubahwe😂😂
Wawuuuu lmana ikomeze kukwagura muri byose
Rose mwazaduhaye Part 2 nabakunze cyane
Imana iguhe umugisha
Uzazane nu mugabo❤
Uyu mudamu ni mfura ,abakoze ubukwe kubera pressure yabandi baragowe,nabakoze ubukwe kubera impuhwe rwose nibyiza guhakana
Yego rata Imana iracyavuga pe nubwo abatubuzi bariho
Rose, usa neza gusumba iyo wiseze bimwe bitukura.
Ariko ko muvuga byinshi mukarenza ubwo ibyo ningombwa kubitubwira?
Ndagaratse. Kugushimira. Aime. Ryose. Watowe. NIMANA. Ok. Ukwiye. Kuzazana. Numugabp wawe. Kuriys chanu. Mugahugura. Cyane. Abakobwa
Vyose birigisha ❤
Ahwiiiiu😂rose ati aragukubita😂ibaze gusura umuntu ugakubitwa.ibyabarokore birashekeje.sha njye unkozeho twabonana😅
Buri rugo rugira uko rurera
Hari umwana ureba igitsure akamenya icyo uvuze,gukubitwa kwe nawe yasobanukiwe icyo yakoze
Ufite uwo mwana ndavuga mwuka wera afite uko agenda nuko ayoborwa rero yazize ko yashatse kwigenga kandi sibyabose hari abigenga bigakunda hari nabo bitakunda
@@cynthiamugwaneza1613ariko se urunva ibyo bintu aribyo koko,gukubitwa nabantu ngo n'Imana ivuze.kandi ntiyarari gusengana nabo.ibyo sibyo nihohoterwa.ubundi se iyo mana ituma kurwana nimana ki.njye unkozeho twabonana pe.
Wagiriwe Ubuntu disiii. Uwo Mana ukunda iranamaufuhiraa
Aimee weee ndagukunda chyane♥️♥️♥️🇩🇪🇩🇪🇩🇪
Urakoze cyaneee
Nibwo bwambere ndebye ikiganiro cyawe ntasimbutse.,Ongeeerrraaa
Sha nanjye nkunda rose ariko kuberubwizabwe mbona ntamukwiriye
Rose se ni umukobwa?
Numugore @@cecileuwimana8149
Aime rwose
Aime uri storyteller mwiza rwose 🤣🤣
Love from Jo twins show ❤😂
Rose 🌹. Nkunda ukuntu useka ijwi rigasa nkiribuze🤦😂😂
Tumutegereje n'umugabo
Nabo mutabanye bari beza nuko batari abawe
Nyine bari kumuhemukir utar uwawe akenshi umwe muri mwe ahemukir undi
Umwiza kuri we nuwamutwaye
Mbega abagore beza
❤❤
Murikigihe biragoye kubona umukobwa wumutima nkuyu
Ariko nyine nawe nuko wariwiryamiye kucyizere cy'isumbabyose ariko nawe ntabundi bwiza bwarigutuma wibona kumuntu Imana yaremye ngo nareba look ye!!!
Rose nabakunze wowe na Aimee impa number ya Aimee kdi lmana ikomeze ibashyigikire muribyose nukuri.
Murakoze cyane
KO wayunviye uziberaho nezaaa
Mbega mbega weeee
Byarakaze
Apu uwo mushake view ikinyinya
Urarota koko!!!ingabire nziza!!!!
Nanje ndarota bigasohora.
yg ntabwoturabacu nkotwigenge
Hhhhhhhhhh Aime Weeee😂😂😂😂Uzi kuzibara.
Ikikiganiro ndagikunze
Mbega inkuru mana😂😂😂😂😂😂
22:01 ❤❤❤❤
Niba yaragusomye Ata gusweye nikigwari .Yagombaga kugusoma agahita anakugarika kuburiri akaguhata amabya
😅😅😅 mbega comment
Rose, wazatuzaniye iyo MANA cyangwa SATANI ivugana n'aba Bagore n'Abakobwa "bakijijwe" tukamenya iyo bituruka! Ushobora gushyiraho nk'irido Imana cga Satani ukabashyira inyuma y'irido kugird ngo tutayibona tugapfa, tukumva amajwi yabo gusa. Uwo MUGORE uzamumbarize uko byabaga bimeze AROTA BAMUFATA KU NGUFU!!!
Imana iravuga
Ubwo utangiye kubyibaza urihafi kuyimenya, Imana iravuga kandi iriho
Iyo Mana utazi,ni byiza ko uyibajijeho,iraje ikwiyereke.
Ndumiwe koko abaronkore murasetsa koko
Ndasetse peee
Utwo tuntu two gusomana nitwo sawa kbsa😅😅😅😅😅😅
Hahhhhh 🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣 Ahwiiiiii 😂😂😂
Nagi URI mubi hahhhhhh?
AIME MWIZA NIBYIZA
ATI bafate bose😂😂😂😂
Non ww ntavyowarikurondera utabiziga kumuhungu igih agutaye ucuhinyuka kwimibereho uyiziga kuri ww
😅😅😅😅😅😅😅😅😅😅😅😅😅😅😅😅😅😅😅😅
None umusore akurambagiza umubwiye ko utari isugi hama Mukavana
Hakaza uyundi nawe ukabimubwira nawe ntimukomeze ese ?
Icyiza ni ukubiceceka, kuba utari isugi ni ikosa ntabwo Ari ishema kuburyo ubikubajije wese umugomba ibisobanuro gusa iyo uri isugi uba uri mu ntwari n’abakugira inama ngo ubigerageze ngo bo iwabo ntibaroga baba bagira ngo nawe ube mumubare wabananiwe kunesha iryo rari. Ariko ntukongere guha umusore ibisobanuro nkibyo ahubwo niba warihannye ujyumusubiza ko uri proud y’uwo uri we muri ako kanya. Thank you !
Asyigariwe esubundi urugo rwubakwa nubusugi uwakubwira ingorane amasugi zahuye nazo ubibazase aba arimanzi uzi gucibwa inyuma waragiye urizamasugi ntimubizi