Yasize umugore we mu Kiliziya ajya gufata umwana ku ngufu || AMAHANO MU MISARANE YA KATEDARALI 😭🚨
HTML-код
- Опубликовано: 6 окт 2024
- Group Watsapp: chat.whatsapp....
Umugabo gito w'imyaka 36 yafashe ku ngufu umwana w'imyaka 15 mu misarane ya Paruwasi Katedarali ya Ruhengeri (Catholic). #RNP (Police) yamutaye muri yombi ngo ashyikirizwe #RIB #GUFATAKUNGUFU
#AMIZEROTV #0788224098
Ibitekerezo n'inyunganizi byanyu tubihaye ikaze !! Gusa bitangwe mu bwubahane nta kurengeera!!
Ariko mudushakire ifoto y'iyo dayimoni ngo ni umugabo😢
Ubundi iyo winjiye mu kiliziya,ntabwo ugomba kugira ibikujagaraza,kubera ko uba uri gushengerera Nyagasani,ugasohoka amateraniro asojwe rwose.
Kiliziya zakorewemo amahano babakirisitu cyangwa abiyitabo bishe abo basenganaga.si ubwambere rero.Ahubwo ahanwe by'intangarugero
rero m
Amahano aragwira peee!!!!
Mujye mukoresha amafoto ya nyirinkiru apana gukoresha Aya Klizia uko ni ugusebya Kliziya
Mwirekongera kumwita umugabo kuko iryozina arikurisebya.ntamugabo wakora ibyo.ahubwo iyo ni..... ) Ugusa mumukone nawe aheruke ibyo.
Imana Niyo Izukuri!
Umva ahosatani Ari nimana iba Ihari,reba ngimana iramutamaza,ntabwo arubwambere ahubwo rwabize akamenyero nimisi Mirongo ine I
Yigisambo.
Flavien uri number one tu
😢😢
Yego ko we nukujya duherekeza abana bacu da gusa mumushahure kuburyo atazojyera gushyuha kugeza apfuye
Uyumuntu azabihanirwe ñ na mategeko niyoyaba akuze abateshejwe àgacir uworero numwana 15 nicyibazo
Cyakoze ndumiwe
Nukuri isi yadushyiriyeho
Hello 😊
Aragatsindwa n’Imana😮
Yewe turi mubihe byanyuma nubundi abafite ubwenge subwasiyanse nubwijuru nibo bazabimenya.
Umugorewe niyiyakire barabiroga
Ndumiwe
Ko numva biteye ubwoba
Egoko satani igira imbaraga Koko,ni akumiro
Hello! Bamukanire urumukwiye
Manawe mbega umugabowumugome
Iyonkozi yibibi mumukatire urumukwiye.
Nanga yuko uvuga amakuru nabi uvuga ibidakwiye kuvuga ko ntaphoto washyizehox
Ibi byabaye ryari??
Murabeshya kuba nta photo mwashyizeho
Sekibi niyo yabateye yatumye asoka ariko nawe yakabije ayo namahano bamuhane😊
Bamuhane
Uwo ahanwe by' intangarugero. Satani yamuvuyemo kuko yakoze amahano.
Ni agahomamunwa kbsa
Ibinibikinguki
Uwomugabo ni gitope bamukanire urumukwiye
Hariya nakazi ka satani ntimwabyumva yarahaguruts
Ego baba rero ubuse Koko ntiyitabaga satani we 😢😢😢
Uwo mwana arangana iki?
Umwana afite imyaka 15
Ni Mana Iba Igirango Ibagaragaze Ipuuuu
Sha baba bafite ibyo barikura baba baraciririye bikabibategeka,nta bumuntu baba bagifite
Birababsje😢😢😢😢😢😢😢😢
Yampayinka
Birababaje
Ah birakaze p ku kiliziya
Araka ije😂😂😊😅
Iri zuba rirakora ishyano
Shitani yarahagurutse
Satani yari yamusabye ngo amugaragaze
Uwo mugabo ahanirwe ibyo yakoze
Arasebyaabagabonahanwe byintangarugero
Bamukanire urumukwiye
Wakongereye ijwi?
Komutamuvuze izina
🐖
Uwomugabo ahanwe byumwihariko
pu
Mugabanye imitwe yanyu
Si uko bavuga amakuru: nta bunyamwuga abanyamakuru bacu mugira. Musigaye muntera iseseme