Impamvu nyakuri abantu bakundanye igihe kinini badashobora kubana| Menya impamvu 15 zibitera
HTML-код
- Опубликовано: 17 окт 2024
- Dream big, change everything "RedBlue JD"
Follow us on our social media
-----------------------------------------------------------
Facebook page:goo.gl/D66E5k
Twitter: goo.gl/MPQ4i8
Instagram: goo.gl/ATdt2a
Iki Kiganiro kivuga ku Mpamvu 15 zituma abantu bakundanye igihe kirekire badashobora kubana
Ukeneye ko tukwamamariza m' uburyo bwose wifuza, yaba Amashusho cyangwa amajwi wahamagara hano: +250788365355
Ukeneye gutanga ubufasha cg Inkunga kuri RedBlue JD wahamagara hano: 0788365355.
Niba wifuza ko twagutegurira ibiganiro cyangwa kugufotora wahamagara kuri NUMBER zatanzwe haruguru.
Wadusanga Kimisagara hepfo y' Isoko ugana NYABUGOGO. Uzahabwirwa n' icyapa Kinini cyane cyanditseho RedBlue JD Studio
#Kudutera_Inkunga_0788365355 #RedBlueJD
Please subscribe|| KORA SUBSCRIBE USOBANUKIRWA ISI N' IBIYIBERAMO BYOSE.
KANDA HANO: goo.gl/z9bWao
Facebook page:goo.gl/D66E5k
Twitter: goo.gl/MPQ4i8
Instagram: goo.gl/ATdt2a
Script and Narration is ABAYO YVETTE SANDRINE. Uploaded and Edited by RedBlue JD Ltd as the copyright owner
All right is reserved as the copyright ownerUbuzima bwibanga bwihare kuri James Kabarebe| Impamvu yamuyete kujya mu gisirika n'amateka ye
Nizera Imana , bityo iguha ibyo ishaka bitewe nuko yanditse ubuzima bwa film yawe.
Nanjye nizera Imana byose biba arumugambi wayo kimwe nuko harabakundanye iguhe kinini kandi babanye
Thanks for the insightful documentary ....stay blessed kabisa
Byukuli ibi bifit ishyingiro uwumva yumvise murakoze cyane Yve
Yvete Sandrine buriya nje ndagukunda chane ♥️ kandirero ubaufite amakuruiyzewe 😍🤩 Muri make kundaamakuru yawe kandi urakoze chan 🙂
Iby’urukundo njyewe byaranyobeye pe 😢😢😢😢gusa urakoze
Ndabakunda cyanepe nishimiye inkuru za nyu mutugezaho
Urakoze cyane Sandrine! Ibintu byose utubwiye njye biranyuze. Ni byiza kubyitwararika. Keep up!
Uvuze ibintu biryoshye sana niyo mpamvu nkwemer sana😘😘😘😍😋😋😋💓💓💓💓💓❤❤❤💋💕💕💕💝💝💝💞💞💞💞
sha nukuri pee urakoze cyana mungu akuride dada yangu nakupenda sanaaaaas
Ukunukuri kuzuye nanjye ndabihamya pe umuntu mukundanye igihe kinini siwe mubana I know
Thanks Yvette Sandrine uradufasha.
I like your voice and how you use outside sources to support your points.
Merci!
Umuryango w’umukobwa cg w’umugungu utakwishimiye ushatse wava muri urwo rukundo hakiri kare kuko imbere hanyu si heza.
Thank you sister! Njye twamaranye imyaka 6 duhita dutandukana.nubu ntagakuru ke pe.
Hey Sandrine how are.so ibiganiro byawe turabikunda cyane.so rero nanjye byambayeho nakundanye numukobwa tumarana 5years.so habura 2mouth.ahita agenda kuko yahise ashaka izindi mpamvu zituma tutabana ngezeho mpita mbivamo.so nibyo kuko najye ndabyemera.murakoze.
Urukundo rugira ibyarwo pe njyewe ubu mba nabuze naho kwerekeza
Iby’urukundo ni amayobera , gusa urakoze 🥰
Wow Thansk you 😮🙏
#AbayoYvetteCendrine You Are My Choice I Like Your Voice Very Well!! I Will Love To See you Live. If Possible I Will Be Happy As Well. #Redbluejd Ndabakunda Cyane
Ni Valentin nukuri nkunda ibiganiro byawe kubi Abayo Yvette sandrine
This is so true👍 t
Ibi nukuri kuko najye umukunzi wanjye dukundanye imyaka 7 ark uko twatangiranye urukundo siko bikimeze ahubwo bigenda bisubira inyuma kuko harubwo umuntu yumva arambiwe bitewe ningeso abona kuri mugenzi we adashobora kuzihanganira iki king ganiro cyo 100% KBS
Umva nukuri byambayeho ndumirwa pe gusa bibabigoye kubyumva pe
Urakoze cyane kutugora inama
muraho red blue JD dabemera mudusagiza utuntu twubwege cyane
Muri abahanga kbs
ukuri kwuzuye, ubundi ico mbona 2ans zirahagije murukundo kuba mwamaz guplannifia gahunda yokubana no kubishira mungiro
Ntago kuri bose twebwe twakundanye imyaka icumi. twarakuranye mbese kuko twakundanye tukiri 7ème hanyuma njya Canada nawe asigara africa ariga ararangiza kaminuza none tumaze 9months dukoze ubukwe kandi turakundana cyane.
Cakoze.
Kukibazo c'ukuryamana woba wihenze kuko abibura iwawe akaja kubironka k'uwundi!! Rero ushaka womuha kuko kubana hageze murabana.
Wawuuu ikikiganiro nikiza pe!
Kbx ibi nibyo pe
Murakoze cyane
Nukuri pe
Kubisanzwe bivana ba situation y'ukuntu mukundanye kuko iyo mukundanye atagahunda urumva ntivyovamwo ikintu
Ibi ni ukuri pe, njye tumaranye umwaka n'igice ubwo niba ine ntagahunda nzamuyoba da
Yewe njye mba nayobewe urukundo icyo aricyo
Ibinibyo kbs
Ayo majambo muvuze ni ukuri kuko murugendo rwurukundo hababwo udukosha twishi iyo rero mukundanye ikiringo kirekire amakosha aragera aho aba menshi umwe murimwe bikamunanira kwihangana akahusiga akigendera
спасибо
Ntago aribose
Ikiganiro cyiza
Ibyo uvuze nukuri narimfite umukunzi imyaka itanu yuzuye 27/9 twaratandukanye dupfuye ubusa urebye nibyo twatambutse, ubu afite ubukwe uyu mwaka byarangoye ariko ubu nariyakiriye
Mubisazwe keshi nimpanvu yokuryamana birimwo
👍
Ic Kintu Nico gikomey kk Abantu bar bagir kk Rapport sexuelle avant le Marriag ar Zibi
Akenshi kuryamana bituma mutabana rwose
Nange narabibonye mazekubo nako batabana
Nonese Yvette ko mfite umukobwa dukundana tumaranye imyaka3 arko numva yaramvuyemo bitewe nuko mbona atujuje quality zumugore ntifuza kubana nawe. Mbwira namureka arko ntamukomerekeje?kko arankunda arko nge mbona ata igihe .namukunze twiga ari bimwe byikigali mbwira nzarekana naw gute? Uzamfashe
Uzamubwize ukuri nubwo b8zamubababaza ariko bisaba ari icyemezo liza aho gukomeza kumutera umwanya kdi nawe utisize.
Ariko uzisuzume ko icyo cyemezo ugihamanya nu umutima wawe utazicuza nyuma yo guhagarika umubano
I'm sorry kuba ngusibije ntari yvette I hope ko bizagufasha
murukundo ikintu cambere nukuyaga.ivyo atujuje kuki mutabiyagaho akabikosora?ninkuko uzamuta ugatora uwundu wewe ugasanga ibye birarenze.wewe rero icarane muyage ntakidahinduka.
@@untouchedissues1517 urakoze cyane paula 788916715 bikunze twahurira inbox
Uzamubwireko wateye inda byimpanuka, cg ko ufite agakoko gatera sida ntazongera kukuvugisha
@@saidv1005 nabwo c ko numva naba niyifurije ibintu bibi.
Ariko kubwanjye ndumva ari byiza kumarana igihe ntimubane
Twamaranye imyaka 5 turi mukubana turahebana yatwaje inda hasigaye amezi 7 tubane kandi ntiyarakinyubaha kubera kumenyera.ibyo ndabihamya nukuri pe
Yesu we! Kunteye ubwoba, nkundanye numusore imyaka 7 kandi mbona biri mu marembera😢😢😢ikimbabaza nuko abantu benshi batuzi turi kumwe
Ukuri kwuzuye
None se uwayo sandrine ndagusuhuza, None se Umukobwa akwimye ukamenya ko aha abandi wagigenza ute?
Wamureka
Turabandanya tubashimira ukuntu mwitanga kudushikiriza inkuru zitandukanye
By my side .when I choose one road the scenery of other road has nothing to do with you. You can look back but you can't back.
So, I hope you can choose careful.
A wsxmz
jye we nakunda Nye twigana mu5 hashize imya ka iri7 namubona ga kariwe mwiza kwisi
Ntago aribyonamabeshyo njye twakundanye7 years kdi finally twarimarie turabana tumaranye3 years murugo kdituracyakubdana nkambere ahubwo byarushijeho biterwa rero simpamvu yuko abantu bakundanye igihe kinini wapi biterwa nukobabibayemo
Nibyo ntibikunze kubaho urumunyamahirwe
Uri imfura pe. Mujye mubyishimira
Binteye ubwoba pe
Ibyo muvuze nukuri
IBI NUKURI NANJYE HARUWO TWAKUNDANYE 10 YEARS NTITWABANA UBU MBANA NUNDI NAWE ABANA NUNDI
Love kirushaho kunera ubwoba
Reponse Swalla nukwitonda cyane ukajya uyigendamo gake
Ngewe hari umuhungu twari dukundanye tumaranye 2months ashaka kuryamana nange ndaryanga mpita mubwira turekane kuko niyumvishagako ashaka kunkoresha gusa ariko nyuma aza kugarura ex girlfriend we birambabaza none ubu mbanumva mukunze cyaneee nakora iki
Ihangane nshuti babaho uwawe ntaraza
Oooh mana yange biragoye kureka umuntu wakunze
Pole Sana
Ubwo ni ububeshi...Iyo mupfuma mwandika muti impamvu abo bantu bakundanye igihe kirekire bishobora gushika ntibubakane. Apana kuvuga ngo ntibabana...none nka mwebwe ntimurabona abantu bakunda igihe kirekire hanyuma bakabana???
Ntago bigoye nawe kora icyegeranyo cyawe ucyite uko ushaka
Baraban arik harager igih bakavana jew nakunze umuhungu imwak 12 twabanye ukwezi kumwe duhita tuvana burundu
Mbega ko biteye ubwoba manawe
Muze mureka urumogi munwa
Sawa
Ibintu nkibi bintera ubwoba sinzimpamvu gusa abahungu nukuri baratubabazape
ihangane
hahaaa ikintu cambere giteye ubwoba nugukundana.ufise umutima woroshe hoho nugusara wosara
Abahungu wibavuga bagira ubugome bw indenga kamere
👍👍
Dukorere muri rayvanny numugorwe
Nyaxo_Team yasohotse kanda hano
👇👇👇👇👇👇👇👇👇👇👇
ruclips.net/video/gZhf2C2R620/видео.html
Ntiwibagirwe gukora subscribe share
ruclips.net/video/7GvE6BdbaT8/видео.html
Irebere uko G.n Kazura yakiriwe muri congo
bivuze iki iyo urota umukunzi wawe yapfuye
Hahhhhhhh jyumusengera nshuti
Hhhhhh @Hi 5 Ni ingeso ze utakundaga cg we ubwe ingeso ze atayikundaho zigiye kumuvamo.. Muri make agiye guhinduka muriwe
Ubwox konjye dukundanye imyaka 4 ubwo ntituzabana
oya ntivuze kumutazabana ahubwo abeshi chane nikobimeze
Bura kugira vuba azakurya uw' inyuma. Rongora umwana hakiri kare kuko iyo ubangiriye ziraguruka.
Nanjye banteye ubwoba pe!🤦🏾♂️
Ko mudutinyisha
hahaha Aline mpore cane
hhhhhhhhh kanda natwe udufashe ruclips.net/video/pNCF0oDjZaA/видео.html video
Ibinibyo peeee ububindiho pee