Размер видео: 1280 X 720853 X 480640 X 360
Показать панель управления
Автовоспроизведение
Автоповтор
Urakoze mutama pastor kumpanuro utanze muruvyiruko rugishakaNibitonde babaze neza abantu biyubasheNoneho narumvise ngaho mu Rwanda kohariho imiryango yubaka urugo neza, Iyowayishatsemwo niyindi uyishatsemwo mumaranye umwaka atarasohoka ushima ImanaNibagende muriyo miryango yiyubashe yubakaKandi babaze abavyiyi babo imiryongo yubakaMurakoze.
Humura
Pastor avugkuri cane, jewe ndamushingikiye muvyo ariko aravuga👍gutanga divorcee nicaha kumuntu yitwa kwarumu Kristo Wewe wabonye kumugore yasaze canke umugabo wawe fatumwanya usenge Imana , nimutahure neza kw'Imana yumva kandikishuraMumigani niho hatubwira ngo hakubana numugore wingare,genda mubugararwa hatagira umuntu numwe wibereho, kujamubugararwa sukuryama nukuja gusega. Kandi Imana izokwishurira ngaho mubugararwa, mukirya Rwanda muhita mubutayu.Mwavuze kumategeko yigihugu burya amategeko yigihugu siyose ajana na Bibiriya! Nkitegeko ryo gutandukanya umugore numugabo ritadukanye nijambo ry'Imana.Wewe nkumushingahe warahe imbere Y'IMANA nishengero kuzotandukanwa numugore wawe nurupfu ugasinya numugore nawe bikabuko hanyuma ngo nkeneye divorce!! Burya ninde yababeshe Imana yasinye Kwisinyura?Nkabakozi ntitwinjira mumategeko amwamwe yereta huko uyinjiyemwo wosanga wavuye murutonde rw'Imana nkiryo tegeko rya divorce Divorce ikorwa nabanyaha ntamukristo akora divorce.
Nishuye uwomufasoni kukibazo yabajije nyakubahwa pastor Nyukuri ijambo rya Paul niko yavuzeIyumuntu atizera ntamana ibirimuriwe nivyakora ntibihimbara Imana.Umuvyeyi nagomba kubwire utaratahura kwihanganira umugabo wawe canke ngumugabo yihanganire umugore wiwe, abobantu ukwaribabiri ntagakiza bafise nibamwe baherekeza abandi.
Cakora ndatwenze iyinkuru iraryoshekabisa 🇧🇮
Beshop mwamugoye ntanubwo azi kuvuga Imyenge y,inzu imenywa na nyurayo sha Apôtre Lilyane nibakwirekere.Kandi mujye mumenya gutandukanya ibintu, uwo Imana itemerera kongera gushaka niwawundi aba yasabye divorce. Ariko se umugabo yasiga umugore munzu akamuta atanamusezeye , agasaba divorce, nayo ikemezwa n, amategeko umugore atayinyeho, ubwo se icyabuza umugore kongera gushaka nigiki kandi ntaruhare yabikozemwo.Wowe warenganijwe murushako, waba uri umugore cyangwa umugabo, Imana niguha Umugisha w, urushako kabisa ntacyaha uba ukoze.
imana ibahumugisha bakozi bimana . ahokugirango umugabo akwice cg akumunge twatandukana liliane imana iguhezagire kubyumva neza kd abantu baravuga imana ishimwe ukulikubyitwaramo neza
Abarundi baca umugani ngo utaraburorwa avuga ngo nobunyaUyu mugabo ntazi ibyo ariho aravuga yigize umukristu kurusha abandi
Ibyo mungo namayobera sinziko twayita Matagatifu cyangwa Mapagani ariko uyu mugore niba mureke buriya yaba umugore cyangwa umugabo ntawe utaziko urugo rufite amahoro ruryoha pe rwose kandi cyane uyu mupasiteri rero nimumureke mbona ateye ukwe rwose ahubwo aranantangaje mubintu byose avuga kuko numva ntabirondora ariko niba amaze kubona umugabo yica umugore akamuteraho imboga akanazivomera cyane ngo ahishe ibimenyetso nyanukwishinja kuri muri we akaba yarabonye wa mugote yafatanije na basaza be kwica umugabo undi yishe umugore abana abohereza kwishuri arangije kumwica nawe ariyahura rwose nizindi nkuru nyinshi mbi kandi tuzi ubwo ibyo abivuga abikuye kuki ? Yego koko hariho ingo zigira ibibazo bigashira ariko hari nizindi bicana rwose kandi bose kumasura baba ari beza utanabikeka rwose rero njyewe ibyo mungo badi zigira byinshi rwose Mana birenze ukwemera kuko umwe wese amenya ibye rwose kuko urugo numusaraba wa mbere uremereye nkuko rwakubera ijuru utakwifuzako ryarangira rwose uko niko kuri naho ibindi tubiharire Imana rwose
Apôtre wacu
Uwo mubyeyi ndamukunze cyane,bishop nimumumbwirire ko utabusya abwita ubumera.
Pasteur aratubeshe et j'estime que c'est malhonnête ... Triste!!! "Imana ifasha uwifashije", disait grand-père.-
Ngukunda kubi
Ahh uyu mupasteur, ndumva imyumvireye ,nimibisi pe, gutanduana s Niki kidasanzwe,kuba bishop ntibivuga kuba kungoyi,yaba yubatse urugo rubi akayobora itorero kd nabamusanga baba keneye aho baruhukira ,
komera cyane mummy
Thx Theo Kuri Iki kiganiro.
Sha nihatari ivyo mwapfuye numugabo maman niwewe ubizi ivyo mumago biragoye
Utaranigwa agaramye agira ngo ijuru riri hafi!
Mushobora kubana muhuje Ariko umuntu agahinduka ukumirwa
Bishop witubeshya ntiwaruraramo
Bisp nareke igipindi
Nigute wumva umeze iyo situation yagushegeshe ikakubabaza ukinjira murugo rwabandi ukarusenya!!!!
Maman uzewiteho icImana ikuvugaho nayabantubobo naho utodivorocent ntiwobuzabavuga bibiriya ivugiti niwirukana umugore umuhicete cemezayuko umwirukanye
🌿ipfundo ryikibazo rishingiye kuburyo muba mwarahuye mukemerana kubana
uyomugabo nawe ngwImana ntiyavyemere kuki atibazako harivyImana ireka bikaba yobu vyagenze gute Daniel vyagenze gute nabandibahizi
Emmable rwose ntukwiye kwigira nkuuntu utari kwisi,ubukoko wakwemera kubana numuntu ashaka kukwica NGO nukugirango vatavuga? Ntago uretse nokuba utagenda ntiwanakubakira abantu sinzi nukuntu uyobora,sha uwahiriwe nurugendo agirango uworwananiye numuswa,wibukeko uwo Mugabo batanduknye yishakira ibyo Liliane yaruhiye atanahari,rwose uraciriritse mumyumvire emmable we ,gusezeranya sukububakira,uvuga amagambo adafashije ,twe turabizi ceceka
Uwo mu pasteur nareke gukabya nukuvuga ko abahura nibibazo nuko baba batasenze,niba warashatse neza waceceka kuko hanze aha abantu bararushye
Beshop aravuga byo, naho Apotre we rwose ntakirimwo .
Ijuru ni iryu muntu ku giti cye nta mugabo cg umugore nta mwana mwi juru
Uyu siwe wabeshe ko agiye kuri radiyo kubwiriza kandi agiye kwakira icyacumi kurusengero da!!!!aziyegereze mama Charlene bafatanye itekamutwe ndabona ifungo barigwiza vuba da!!!!
Uretse kuba warabisomye kubitangaza makuru harubundi buhamya waba ubifiteho urabizi neza ko ari ukuri?
Basanze yagiye mu rusengero ari gusenga ,ibyi 10 ubikuye he?
Uyu mugabo arimubutesi utaranigwa agaramye agira ngo ijuru ririhafi.😮
Hahhhhh Mukunda abraham gusa gutandukana kumugore numugabo nibo babimenya
Ntabwo uri dayimoni kuko umugabo warufite yewe warihanganye uwagukubitaga imbago nabantu bareba wee
Ariko Bibiliya ntabwo yemera Divorce uretse kumpanvu yuko umwe yafashe uwundi amuca inyuma ( Mt 5:32)
🌿ikindi mujye mwibukako abakristo nyakuri Iwacu atari inaha, bityo rero tugira itegeko nshinga ritugenga
Yebabaweeee nawe byakubayeho? Natwe nuko
Which bible is she reading?
Ikibazo sugutandukana, gutandukana numugabo wawe warangiza ukambura umugore wabandi umugabo we ugasigabana barira bakaburara bakabwirirwa ngo witwajeko batasezeranye njye nabibonyemo ubuhemu.
Ahubwo yagombaga kumwigisha ko agomba gusezererana n umugore babyaranye aho kumumutwara
Yaruraramwo ? Icecekeresha
Nuko rero ibintu abantu badahuza ni byinshi ibyingo n'ibanga buri wese amenya ibye ibinaniye umwe undi yabyihanganira kuko tudafite capacité imwe na passé imwe .uwiteka adufashe
Muraho yemwe?uyu mugabo aratubeshya ahubwo bimubayeho niwe wagenda mbere Sha imana ishimwe imana ishimwe kuba Riliane imana yaramuhaye gatanya mwabantu mwe njyewe ndamuzi dusengera kiruhura mwitorero ryitwa Icyaremwe gishya Mana weeee yarafite umugabo mubi pe mubi pe urwana utareba ngo umugore we ahagaze imbere y abakirisitu uyu mugabo ntazibyo arimo kuvuga
Liliane bihorere sha ni wowe wanze kubaka se,bihorere uburiye umubyizi mukwe ntako aba atagize
Uwo mugabo wagirango ntaba ku Isi, unuhoro se yawuzana ureba ko ahengera usinziriye
Wa mugabo we niba utabeshye ukumva ko ibyo uvuga ari ukuri, ufite ubwenge buke. Sorry kubivuga gutya pe
Uyumugabo afite theories gusa ibyavuga ntabizi
Pri Augustin mwihorere Sha,, uyu arabivuga Kuko ntabyamubayeho.Njyewe nifuzaga ko hazaza uwo byabayeho akabyihanganira, naho ABA baba Bari kuvuga ibyo batazi
Nimba urumukozi W'Imana ukananirwa kwihangana woburumukozi bwokoki?Jewe ntibirashikira, ariko narakoranye numu pastor yarabanye numugore wiwe muryo bugoye caneMuhira harikomugasho komumazi.Umusi wogusenga ushitse umugore wiwe yaratora impuzu zumugabo akazishira mubucafu kugira umugabo ntagende kubwiriza!Ariko umugabo yarihangana akaza kwikanisa nimpuzu zokwirirwamwo.Harigihe yaho anyegeza Bibiriya yumugabo Akazukonyene kubwirizaNtako tutagerageza guhanura umugore wiwe yari yarananiranye kumva, ariko batandukajwe nurupfu nkuko babisezeranye ibere y'Imana Igikuru sama divorce oyaaa oyasaa🤔🤔🤔🤔
Uyumugore mbon arumunyamitwe
Twese suko mungo biba 100%Ariko habaho kwihanganira uwundiIcambere kutahura uwomubana icakunda canke iconkaIconico cambere kumenya ariko mwese mubaye ingare yewe iyomihoro iratorwadivorce nayo numugambi wasatani Ntahandi vyazananye .
Yesu Kristo munyishu yatanze kubafarisayo ni yikuri kandi natwe nkabarongozi bamashengero dutegerezwa kushigikira iryo Yesu Kristo yavuze.Nagomba bwire aba pastor mbemera kuganisha uwagize divorce numugabo wiwe canke numugore wiwe abobakozi barimurubanza n'Imana.Ariko biratadukanye aruwasezeranyeMurireta, ataciye murusengero hanyuma bikanka reta akabaha divorce ariyo yariyabuganishije.Ataho yigeze abamwishengeroAgahitamwo kuzakwihana Igihe yifuje kurongora aciye mwishegero inama ishobora kwiga ikibazo ciwe, ariko nimba yarumu Kristo hanyuma agatanga divorce Uyo yasambuye amasezerano yasezeranye imbere y'Imana nishengero. Uwomuntu biragoye kunganishwa nuwundi mwishengero ryitirirwa Imana.Ariko amakanisa meshi arabuganisha kuko beshi bashinze amakanisa nkivyashara kuko avuga ati nzoba mpovye ituroKuriko akize ubugingo bwabantuPastor nawe Imana ikumperumugisha kugerageza gukurikirana abakristo baweIyo niyo mpano yukuri.
Gatoya nagomba nimbarize mutama paster haraho yavuze ati iyovyoshika umu Kristo wiwe yarahije imbere y'Imana nishengero Hanyuma bikabananira bakiruka muri Reta bakabaha divorce, umwe muribo agarutse yomwunganisha iyindi dowa igira kabiri? Uzomusabire inyishu wewe mumenyesha makuruJewe harabo nsaga babigize umugenzo ivyama divorce ugasanga Haruwumaze kubana divorce 2 canke 3.
Murantunga vuze vyishi caneHarakajambo uwomuvyeyi yacuritse mukuvuga umukozi w'Imana sivyiza gucurika ijambo ryanditse!Nareke kuvuga ngo nukwihangana hanyuma uhebe! No, nukwihangana nkugeza kurupfuMuyindi mvugo kwihangana kugeza mutandukanijwe nurupfu.Nareke kucurika icaditse muribibiriya.Murakoze Imana mushobora vyose ibampezagirire umugisha Amen Amen
Urakoze mutama pastor kumpanuro utanze muruvyiruko rugishaka
Nibitonde babaze neza abantu biyubashe
Noneho narumvise ngaho mu Rwanda kohariho imiryango yubaka urugo neza, Iyowayishatsemwo niyindi uyishatsemwo mumaranye umwaka atarasohoka ushima Imana
Nibagende muriyo miryango yiyubashe yubaka
Kandi babaze abavyiyi babo imiryongo yubaka
Murakoze.
Humura
Pastor avugkuri cane, jewe ndamushingikiye muvyo ariko aravuga👍gutanga divorcee nicaha kumuntu yitwa kwarumu Kristo
Wewe wabonye kumugore yasaze canke umugabo wawe fatumwanya usenge Imana , nimutahure neza kw'Imana yumva kandikishura
Mumigani niho hatubwira ngo hakubana numugore wingare,genda mubugararwa hatagira umuntu numwe wibereho, kujamubugararwa sukuryama nukuja gusega. Kandi Imana izokwishurira ngaho mubugararwa, mukirya Rwanda muhita mubutayu.
Mwavuze kumategeko yigihugu burya amategeko yigihugu siyose ajana na Bibiriya! Nkitegeko ryo gutandukanya umugore numugabo ritadukanye nijambo ry'Imana.
Wewe nkumushingahe warahe imbere Y'IMANA nishengero kuzotandukanwa numugore wawe nurupfu ugasinya numugore nawe bikabuko hanyuma ngo nkeneye divorce!! Burya ninde yababeshe Imana yasinye Kwisinyura?
Nkabakozi ntitwinjira mumategeko amwamwe yereta huko uyinjiyemwo wosanga wavuye murutonde rw'Imana nkiryo tegeko rya divorce
Divorce ikorwa nabanyaha ntamukristo akora divorce.
Nishuye uwomufasoni kukibazo yabajije nyakubahwa pastor
Nyukuri ijambo rya Paul niko yavuze
Iyumuntu atizera ntamana ibirimuriwe nivyakora ntibihimbara Imana.
Umuvyeyi nagomba kubwire utaratahura kwihanganira umugabo wawe canke ngumugabo yihanganire umugore wiwe, abobantu ukwaribabiri ntagakiza bafise nibamwe baherekeza abandi.
Cakora ndatwenze iyinkuru iraryoshekabisa 🇧🇮
Beshop mwamugoye ntanubwo azi kuvuga Imyenge y,inzu imenywa na nyurayo sha Apôtre Lilyane nibakwirekere.
Kandi mujye mumenya gutandukanya ibintu, uwo Imana itemerera kongera gushaka niwawundi aba yasabye divorce.
Ariko se umugabo yasiga umugore munzu akamuta atanamusezeye , agasaba divorce, nayo ikemezwa n, amategeko umugore atayinyeho, ubwo se icyabuza umugore kongera gushaka nigiki kandi ntaruhare yabikozemwo.
Wowe warenganijwe murushako, waba uri umugore cyangwa umugabo, Imana niguha Umugisha w, urushako kabisa ntacyaha uba ukoze.
imana ibahumugisha bakozi bimana . ahokugirango umugabo akwice cg akumunge twatandukana liliane imana iguhezagire kubyumva neza kd abantu baravuga imana ishimwe ukulikubyitwaramo neza
Abarundi baca umugani ngo utaraburorwa avuga ngo nobunya
Uyu mugabo ntazi ibyo ariho aravuga yigize umukristu kurusha abandi
Ibyo mungo namayobera sinziko twayita Matagatifu cyangwa Mapagani ariko uyu mugore niba mureke buriya yaba umugore cyangwa umugabo ntawe utaziko urugo rufite amahoro ruryoha pe rwose kandi cyane uyu mupasiteri rero nimumureke mbona ateye ukwe rwose ahubwo aranantangaje mubintu byose avuga kuko numva ntabirondora ariko niba amaze kubona umugabo yica umugore akamuteraho imboga akanazivomera cyane ngo ahishe ibimenyetso nyanukwishinja kuri muri we akaba yarabonye wa mugote yafatanije na basaza be kwica umugabo undi yishe umugore abana abohereza kwishuri arangije kumwica nawe ariyahura rwose nizindi nkuru nyinshi mbi kandi tuzi ubwo ibyo abivuga abikuye kuki ? Yego koko hariho ingo zigira ibibazo bigashira ariko hari nizindi bicana rwose kandi bose kumasura baba ari beza utanabikeka rwose rero njyewe ibyo mungo badi zigira byinshi rwose Mana birenze ukwemera kuko umwe wese amenya ibye rwose kuko urugo numusaraba wa mbere uremereye nkuko rwakubera ijuru utakwifuzako ryarangira rwose uko niko kuri naho ibindi tubiharire Imana rwose
Apôtre wacu
Uwo mubyeyi ndamukunze cyane,bishop nimumumbwirire ko utabusya abwita ubumera.
Pasteur aratubeshe et j'estime que c'est malhonnête ... Triste!!! "Imana ifasha uwifashije", disait grand-père.-
Ngukunda kubi
Ahh uyu mupasteur, ndumva imyumvireye ,nimibisi pe, gutanduana s Niki kidasanzwe,kuba bishop ntibivuga kuba kungoyi,yaba yubatse urugo rubi akayobora itorero kd nabamusanga baba keneye aho baruhukira ,
komera cyane mummy
Thx Theo Kuri Iki kiganiro.
Sha nihatari ivyo mwapfuye numugabo maman niwewe ubizi ivyo mumago biragoye
Utaranigwa agaramye agira ngo ijuru riri hafi!
Mushobora kubana muhuje Ariko umuntu agahinduka ukumirwa
Bishop witubeshya ntiwaruraramo
Bisp nareke igipindi
Nigute wumva umeze iyo situation yagushegeshe ikakubabaza ukinjira murugo rwabandi ukarusenya!!!!
Maman uzewiteho icImana ikuvugaho nayabantubobo naho utodivorocent ntiwobuzabavuga bibiriya ivugiti niwirukana umugore umuhicete cemezayuko umwirukanye
🌿ipfundo ryikibazo rishingiye kuburyo muba mwarahuye mukemerana kubana
uyomugabo nawe ngwImana ntiyavyemere kuki atibazako harivyImana ireka bikaba yobu vyagenze gute Daniel vyagenze gute nabandibahizi
Emmable rwose ntukwiye kwigira nkuuntu utari kwisi,ubukoko wakwemera kubana numuntu ashaka kukwica NGO nukugirango vatavuga? Ntago uretse nokuba utagenda ntiwanakubakira abantu sinzi nukuntu uyobora,sha uwahiriwe nurugendo agirango uworwananiye numuswa,wibukeko uwo Mugabo batanduknye yishakira ibyo Liliane yaruhiye atanahari,rwose uraciriritse mumyumvire emmable we ,gusezeranya sukububakira,uvuga amagambo adafashije ,twe turabizi ceceka
Uwo mu pasteur nareke gukabya nukuvuga ko abahura nibibazo nuko baba batasenze,niba warashatse neza waceceka kuko hanze aha abantu bararushye
Beshop aravuga byo, naho Apotre we rwose ntakirimwo .
Ijuru ni iryu muntu ku giti cye nta mugabo cg umugore nta mwana mwi juru
Uyu siwe wabeshe ko agiye kuri radiyo kubwiriza kandi agiye kwakira icyacumi kurusengero da!!!!aziyegereze mama Charlene bafatanye itekamutwe ndabona ifungo barigwiza vuba da!!!!
Uretse kuba warabisomye kubitangaza makuru harubundi buhamya waba ubifiteho urabizi neza ko ari ukuri?
Basanze yagiye mu rusengero ari gusenga ,ibyi 10 ubikuye he?
Uyu mugabo arimubutesi utaranigwa agaramye agira ngo ijuru ririhafi.😮
Hahhhhh Mukunda abraham gusa gutandukana kumugore numugabo nibo babimenya
Ntabwo uri dayimoni kuko umugabo warufite yewe warihanganye uwagukubitaga imbago nabantu bareba wee
Ariko Bibiliya ntabwo yemera Divorce uretse kumpanvu yuko umwe yafashe uwundi amuca inyuma ( Mt 5:32)
🌿ikindi mujye mwibukako abakristo nyakuri Iwacu atari inaha, bityo rero tugira itegeko nshinga ritugenga
Yebabaweeee nawe byakubayeho? Natwe nuko
Which bible is she reading?
Ikibazo sugutandukana, gutandukana numugabo wawe warangiza ukambura umugore wabandi umugabo we ugasigabana barira bakaburara bakabwirirwa ngo witwajeko batasezeranye njye nabibonyemo ubuhemu.
Ahubwo yagombaga kumwigisha ko agomba gusezererana n umugore babyaranye aho kumumutwara
Yaruraramwo ? Icecekeresha
Nuko rero ibintu abantu badahuza ni byinshi ibyingo n'ibanga buri wese amenya ibye ibinaniye umwe undi yabyihanganira kuko tudafite capacité imwe na passé imwe .uwiteka adufashe
Muraho yemwe?uyu mugabo aratubeshya ahubwo bimubayeho niwe wagenda mbere Sha imana ishimwe imana ishimwe kuba Riliane imana yaramuhaye gatanya mwabantu mwe njyewe ndamuzi dusengera kiruhura mwitorero ryitwa Icyaremwe gishya Mana weeee yarafite umugabo mubi pe mubi pe urwana utareba ngo umugore we ahagaze imbere y abakirisitu uyu mugabo ntazibyo arimo kuvuga
Liliane bihorere sha ni wowe wanze kubaka se,bihorere uburiye umubyizi mukwe ntako aba atagize
Uwo mugabo wagirango ntaba ku Isi, unuhoro se yawuzana ureba ko ahengera usinziriye
Wa mugabo we niba utabeshye ukumva ko ibyo uvuga ari ukuri, ufite ubwenge buke. Sorry kubivuga gutya pe
Uyumugabo afite theories gusa ibyavuga ntabizi
Pri Augustin mwihorere Sha,, uyu arabivuga Kuko ntabyamubayeho.
Njyewe nifuzaga ko hazaza uwo byabayeho akabyihanganira, naho ABA baba Bari kuvuga ibyo batazi
Nimba urumukozi
W'Imana ukananirwa kwihangana woburumukozi bwokoki?
Jewe ntibirashikira, ariko narakoranye numu pastor yarabanye numugore wiwe muryo bugoye cane
Muhira harikomugasho komumazi.
Umusi wogusenga ushitse umugore wiwe yaratora impuzu zumugabo akazishira mubucafu kugira umugabo ntagende kubwiriza!
Ariko umugabo yarihangana akaza kwikanisa nimpuzu zokwirirwamwo.
Harigihe yaho anyegeza Bibiriya yumugabo Akazukonyene kubwiriza
Ntako tutagerageza guhanura umugore wiwe yari yarananiranye kumva, ariko batandukajwe nurupfu nkuko babisezeranye ibere y'Imana
Igikuru sama divorce oyaaa oyasaa🤔🤔🤔🤔
Uyumugore mbon arumunyamitwe
Twese suko mungo biba 100%
Ariko habaho kwihanganira uwundi
Icambere kutahura uwomubana icakunda canke iconka
Iconico cambere kumenya ariko mwese mubaye ingare yewe iyomihoro iratorwa
divorce nayo numugambi wasatani
Ntahandi vyazananye .
Yesu Kristo munyishu yatanze kubafarisayo ni yikuri kandi natwe nkabarongozi bamashengero dutegerezwa kushigikira iryo Yesu Kristo yavuze.
Nagomba bwire aba pastor mbemera kuganisha uwagize divorce numugabo wiwe canke numugore wiwe abobakozi barimurubanza n'Imana.
Ariko biratadukanye aruwasezeranye
Murireta, ataciye murusengero hanyuma bikanka reta akabaha divorce ariyo yariyabuganishije.
Ataho yigeze abamwishengero
Agahitamwo kuzakwihana
Igihe yifuje kurongora aciye mwishegero inama ishobora kwiga ikibazo ciwe, ariko nimba yarumu Kristo hanyuma agatanga divorce
Uyo yasambuye amasezerano yasezeranye imbere y'Imana nishengero. Uwomuntu biragoye kunganishwa nuwundi mwishengero ryitirirwa Imana.
Ariko amakanisa meshi arabuganisha kuko beshi bashinze amakanisa nkivyashara kuko avuga ati nzoba mpovye ituro
Kuriko akize ubugingo bwabantu
Pastor nawe Imana ikumperumugisha kugerageza gukurikirana abakristo bawe
Iyo niyo mpano yukuri.
Gatoya nagomba nimbarize mutama paster haraho yavuze ati iyovyoshika umu Kristo wiwe yarahije imbere y'Imana nishengero
Hanyuma bikabananira bakiruka muri Reta bakabaha divorce, umwe muribo agarutse yomwunganisha iyindi dowa igira kabiri? Uzomusabire inyishu wewe mumenyesha makuru
Jewe harabo nsaga babigize umugenzo ivyama divorce ugasanga
Haruwumaze kubana divorce 2 canke 3.
Murantunga vuze vyishi cane
Harakajambo uwomuvyeyi yacuritse mukuvuga umukozi w'Imana sivyiza gucurika ijambo ryanditse!
Nareke kuvuga ngo nukwihangana hanyuma uhebe! No, nukwihangana nkugeza kurupfu
Muyindi mvugo kwihangana kugeza mutandukanijwe nurupfu.
Nareke kucurika icaditse muribibiriya.
Murakoze Imana mushobora vyose ibampezagirire umugisha Amen Amen