wow😱Iyi Couple niyo ya mbere ifite ubuhamya bwihariye Nta Divorce izagera iwanjye nubwo anduta cyane
HTML-код
- Опубликовано: 13 дек 2022
- WIFUZA GUKIZWA CG GUTANGA UBUHAMYA BWAWE (INKURU YANJYE) WAKORESHA IZO NIMERO ZIRI HASI Cyangwa, WIFUZA GUSHYIGIKIRA UMURIMO W'IMANA
_______________________________________________
MTN Mobile Money : +250 788 20 8757
Airtel Money : +250 733 049 049
_______________________________________________
Ushaka Gukoresha Western Union cg Money Gram watubaza kuri izo nimero, Ushaka kubana natwe kuri watsapp Group Nyura hano: chat.whatsapp.com/Dv6tUgVsF8O...
#Irene_0788208757 #Bohoka
Umva igice 2 cyumugore hano 👇
ruclips.net/video/ExednVnkiZ0/видео.html
Nabirebye byose ndi inkeragutqbara brother ❤️
@@charlottechaima998 hasigaye Ikindi gicce
@@BOHOKATV mukimpe sinagotwa uyu mumama n'umugabo we🤷♀️💪
Ndumiwe gusa
@@BOHOKATV 6
Waapi pe uwo mugore si imfasha nyigisho. Nge ntiwanyigishiriza ho ngo mbyemere gutyo.waaapi Waapi name Yesu aramukunda wagombaga kumurongora
Ubanza abantu batazi buryo ki bibabaza gupfobya mugenzi wawe! Umwuka wera kuki utakuyobora ngo we kubabaza mugenzi wawe! Ariko mwa bantu mwakwikosoye mukajya muvuga amagambo adakomeretsa bagenzi banyu. Nzi abantu bsdasenga batari abarokore na busa ariko badapfobya abandi.
Papa warakoze cyane iyo abantu bakwanze Immana irakwemera. Njye ndagukunda n umugore wawe. NiFrancoise
Maze rero nutanga ubuhamya ntugakabye kumupfobya pe.Arakubaha ark erekana ko unamukunda basi.
Umva ahubwo nibimwe bavuga ngo reka nseke imbere yabantu ndebeko bucya kabiri rwose pee ntaho ubundi uyu mubyeyi afite abikomere muriwe rwose ariko niyarusha ibikomere aban be afite kubere uyu mugabo
Ntanderoooo afte uyu mugabo
@@buramelucky5259 Sha burigihe aramuhutagiza ahubwombona ibyarimo abitamo namarira iyohiherereye gewe sinabishobora nibaribyimana azahindure ajyamuha agacirop
Ntanubwo akuze cyane 45 simyinshi rwose
Yewe yego nibyiza ark urakoresha imvugo itari nziza agakecuru ,agakene yewe sibyo byumvikanisha gukora kw'Imana ngaho ibiheri gasa nabi gerageza ukoreshe inyito nzima murakoze.
Ibyo ari kuvuga ni superior complexe yiyymvamo kandi ni mbi bituma yasuzugura umugore we . Si byiza pe
Mureke yivugire ukuri kuravugwa
Kandi guca muziko ntigusha
Ariko ntagasuzuguro karimo
Gupfobya, gutesha agaciro,gusesereza,gukomeretsa…no murusengero biherekezwayo ngo ni ubuhamya?! Ukabije kwangiza uwo mwashakanye,barokore mujye mukoresha imvugo ikwiye mubuhamya mutanga! Amadini nayo akwiye kujya ahugura abayoboke bayo pe
Ni ukuri uvuze ukuri.
Ari gukabya gupfobya umugore cyanee!
Birakabije ndetse biranababaje😢😢
Babiziranyeho ariko.ndimva ntampamvu yokwivanga mubyabo
@@mukanezaclaudett5094 Noneho bajye babigumisha iwabo be kubizana ku karubanda.
Ngo harya biriya ni ukubwiriza, gupfobya no kubyinagaza igitsina-gore ngo ni ukubwiriza koko!?!?!!
OYA.
Nyamara murimo gukabya njye ndumva babizieanyemo cyane kandi arimo kubivuga positively rwose kuko aramukunda
Ntabwo ari ukumupfobya, ubuhamya nta kindi buba bugamije usibye kutuganisha k"urukundo no kutwemeza imbaraga no gukomera kw'Imana. Bityo bikazamura ibyiringiro muri twe yuko ntaho Imana itavana umuntu. Bivuga ngo uko umuntu wese ari. Iyo Imana yavuganye nawe irabisohoza. Nonese n'umugabo ntiwumvise yuko nawe yivuga imirimo yakoze n'ibindi.
Ariko niba umukunda uzashake uko uhindura imvugo kuko urakabya kumuphobya nkukuntu umukurura nago sawa kabsa
Sha rwose abantu ntimunyurwa ubu ni ubuhamya ari gutanga Kandi ibi yavuze n’umudamu numvise ubuhamya bwe abyivugira adaciye ku ruhande. Uyu mugabo muramurenganya ntiyamukuruye pe ni uko yarimo avugana imbaraga nta ribi yabikoranye
Tujye tubanza dukurikire twumve neza context tubone gucommentinga. Yatanze ubuhamya bw'uko byagenze, yabivuze nk'uko yabibonaga icyo gihe kandi yanavuze uko biri uyu munsi.... ntabwo yamukurubanye rero ahubwo yerekanaga ko ubu umugore we yabonaga ko ashaje amutega urupfu ubu yabaye agakumi ashobora no kwiruka
@@elyseclemencedushime2570 urakoze kubatahuza ivyo nukuri nubuhamya bukwiye nanje busubije mwintege
abantu murimo kuvuga ngo uyu mugabo asuzugura umugore we muziko mutazi kuganira! Nge ndumva ubuhamya nkanaseka
Mubusanzwe ashobora kuba agira urwenya kandi ntacyo bitwaye mworoshye ibintu Imana iyo yateye cashe iba yayiteye
Barishimye kandi mbifurije amahoro N’Imigisha Murugo rwabo! Bazarambane Iteka❤
Mana wee ububuhamya nibwiza ark birimo amagambo asezerez (amabinga,agakecuru,,..)ubutaha ntukagarurure ayamagambo 🙏
Buriya babiziranyeho barakundana ntiyarakara
Uyu mugabo ari rude gukurubana umugore wawe kuriya imbere yabantu urabonako numugore yumuwe
Nkunze ko uvuga ko wavukiye mu cyaro uri umukozi w"Imana ariko mbona discipline ari nkeya ntuzi amagambo yo kuvuga n"atari ayo kuvuga. Ese kutwibutsa ko ari mubi niba waramukunze kuki ukibona ko afte amabinga noneho ukanabivugira muri Public?? Ikosore rwose urakabya
Cyakoze wa Mana we uteye ubwoba!!Utazi Mukabutera ntiyabyumva pe!!ariko ndushijeho kwizera ko ibyo Imana ivuga byose itazabura kubisohoza!
Ariko buriya ntanubwo ivugabutumwa rishingiye kubuhamya ivugabutumwa rishingiye ku ijambo ry'Imana ibibintu byo kujya mubuhamya bitarangira aho mwasomye bikarangira bityo sibyo ubuhamya bugenda bwunganira inyigisho kugirango irusheho kumvikana mwabanamwe mujye muganira nabakuru babatanze mumurimo
Yesu we !!!!ngo agakecuru ntukajye uvuga ngo agakecuru jya uvuga umukecuru cg Cheri ufite ubuhamya bwiza arko uzakosore imivugire.
Iyi ntahe insubijemwo ivyiringiro Imana reka yirwe Imana
I'mana ninziza cane raba ingene usaneza nukuri mubandanye gukorera I'mana janje umugabo twaraganye fise abana batanu arankunda cane gose mumyaka ibiri ashitse iburaya yaguze inzu yagatangaza Imana irushirizaho kuduhezagira afise akazikeza cane umubano mwiza uvakumana .
Uri fake gusa gabanya gusuzugura umugore wawe
Hari ubuhamya numva nkakeka ko Imana ishobora kuba igira ikimenyane ksa kuburyo ikintu cyose ubaza Imana ikagusubiza icyo uhisabye ikakiguha umva muzatwigishe uko basenga peee
Ugombo kwimana ikwishura ugira ukwizara ko bishoboka kandi ikiyegereza imana cane ukama usenga wisonzesha ukirinda ivyaha ukabana urukunda ugakunda abantu bose ugafasha nabagowe ukagendere kumabwirizwa shingiro ukama usenga utarambigwa nivyukuri icuzosaba imana cose wizeye bizoshoboka,kuko vyose birashoboka mukwizera 🙏
Ibyo ndumugabo wo kubihamya imana iragukunda ikagutetesha nawe bikagucanga
Mana ujye uturinda nukuri umuntu asazane nuwe. ubukoko niko birwa batuvugiraho. umuntu wamusengera akagirango nugushaka kumukururra ngo akubere umugabo kandi ari umugambi w Imana? Mana kuki harabo utuma bapfakara koko? ubu uzi igisuzuguririo cy ubupfakazi Mana?
rwose ibyo bavuga nukuri gusa
Bitangira byari bigo cyane uwabyumvaga yumvaga aramahano
Nanjye kuva berekanwa murusengero nabaga mbari ark
Ubukwe bwagenze igihe bubereye
Ntarabyumva nahoraga mbaza umugabo niba ibyo arimo abizi
Gusa nabyemeye turi mubukwe Imana ivugako bazabyara nabatu
basenganye numudamu umusanzi warukuze atubwirako Imana yabibabwiye kera none irabisohije
Nahise numva ibyo naryaga ntekereza kumugabo bihita bishira
Mbita nizera iby'Imana ivuze
Nubinshizemo
Imana n'inyembaraga pe ntijya ibeshya
Nibyiza kuvuga ubuhamya bwukuri kwari kumurimo rwose.abasore bo munsengero mujye mwumvira Imana kuko nimwebwe izajya ikoresha itabara abakobwa bafite ibibazo byo kugumirwa kuko musenga mugahangana nimpamvu yabyo ❤ndabakunze
Byarakunze rwose Imana iracyakora.
Ubu buhamya bunsubijemo ibyiringiro
Yoooo mpise ngira amatsiko yo kubona uw'Imana yanteguriye.gusa Imana iduhe imbaraga zo kumenya no kwakira ibyo yaduteguriye
Humur ch tuzabaronka disi
Manaweeee, ububuhamya buratangaje nukuri ntibyoroshye nkumwana wumuntu ntiwabyemera nukuri uratangaje nkunda Ko u vugisha ukuri pe👏👏
True dia
Manawe Imana ikomeze igushigikire
Ubuse ubwiweniki uzapfambere kobidakurikiza imyaka
Byose lmana niyo ibigena niyo igena urukundo nyakuri Amen hatarimo ibyikigihe lmana ibakomeze
Abarokore ndabakunda nage ndiwe,Ariko dukeneye UBWENGE ,Umugore uramwanitse, Oyapeee ndabinenze
YESU ashimwe, oya rwose ibyo muvuze niko biri pe, Imana izamusange imuganirize haribyo tuba tudakwiye gushyira hanze byose, tugomba kugira ibanga, nanjye ndabinenze pe kd biranambabaje rwose
Buriya ntabwo yamwanitse ahubwo ni ubwumvikane! Kandi bafite uko babijera Kandi babikora kugira ngo bafashe abandi!
Rwose urugo rwanyu Imana izakomeze ibubakire.Maman Deborah ndagukunda urabizi.Nyagasani abane namwe
Utubinga nudutama nitwo tubi kbsa
Nukuri nitwo tubi
Ndabakunda koko ubuhamya bwanyu ahondabubony nzaniruka pe murintanga rugero
YOOOOO PAPA Irene wabikase madame wiwe atavuze duhe ikindi gice
@@hategekimanamariespeciose5701 turabaha part 2 mukanya
Vyaremeye neza cane murasa neza GOD PROTECT YOU SO MUCH
Umva imana ishaka abayivuganeza.bakabivuga neza kugirango twumvegukomerakwimana.ndafashijwepe.ntahazagire uguhindura jyubivuga ukobiri rata.nibyo nibyo .
Ibyi Imana nibyo kwitonderwa
Iyi couple nyigezeho ntera agatebe. Ubakunda nkanjye agatoki hejuru👆nako Like😁
ubuhamya bwanyu butuma nshesha urumeza. Yesu ni Umwami
Abatangabuhamya rwose muri sweets, gukorera amafaranga urukundo n'Imana uransekeje gusa ni inkuru nziza kuyandika no kuyumva. Wabasha kuvuga ibyo wakoze mubucuruzi bitari byo byatumye ugafata. Stories zo mucyumba ni sawa.
Kadi pe ubuhamya bantu ni bwiza ariko kwirukansa umugore imbere yabantu Ahuiiiiii
Imana ikora ibikomey nishimweeeee cneeee k ariyo ifs ijamb ryanyuma kumuntu
Mureke imana yitwe imana irahambaye ntawayikorera ngo yikorere amaboko, ark wa mu papa we wagabanya gupfobya cyane Niko kabi
Ariko haribintu tutitaho nukuri ubundi ahantu hicaye umuntu arenze 1 ntihakwiye kubura papier mouchoir please raba umukozi w'Imana kwihsnaguza ikotirye kandi ahahahagaze ibintu bisumvya anafranga papier mouchoir ariko kubera arakantu gato ntitujya kukitaho nomumanza nkunzekubibona
@Christella uvuze neza kabisa, nanjye nibajije ukuntu mu rusengero patatekereje gushaka papier mouchoirs vraiment!
Namazi
Uvuze neza pe nanjye nabibonye
Cg akagura mouchoir umugore niwe wakabyitayeho akakamushirira mu ikoti
Uzasabe ubwenge mu gutanga ubuhamya kuko ukoreshamo amagambo y'inyandagazi menshi.
Uyu mugabo nahoraga mupinga ariko ndumva mukunze cyane kuko n'umuntu w'Imana kabisa. Kandi murimo kuvuga ngo atesha agaciro umugore we nyamara mubuhamya bwabo urumvamo urukundo rw'umwimerere(complicité) rwose n'umugore we ntacyo bimutwaye ndimo kubona abirimo neza pe
Kwubaha Imana Rurema birayinezera
ndabakunda ,nkunda ubuhamya bwanyu.Nari nkumbuye kubumva pe!!
Mbega umugabo utagira ikinyabupfura, Imana izaguhe ubwenge, nta burere pe
Uyu mugabo afite ihahamuka
@@vincyndayisaba1900😂❤
Urahambaye mana turafashijwe cyane , Imana ibahe umugisha
Hello Turashim Iman Cyan Amen 🙏🙏💖💖💖💖💖💖 Amen
Hallelua ntabwo watukanye disi wavuze ukuri uko ibintu vyaribiri wumviye Imana mubintu bigoye ubundi kumva umugore wimvyaro6 urumusore sibintu vyoroshe nibihe yararimwo birumvikana ko yasanabi ariko ku Mana yarumuntu wagaciro pe kristo azabah ijuru mwarwanye iyikomeye gucibwa nabantu mwisi udafit umutima ukomeye wahita ubivamwo
Kanicare nunve babantu nkunda 🥰barahageze
Jewe ndabakunda birenze
Mukozi wimana ujye upfa kubaho umugore wawe urakabya pe
Amen. Mana warakoze kubwa Mukabutera twabanye akaduhamiriza Imana ngushimiyeko wamuhinduriye amateka 100% uri Mana. Mukabutera nkumbuye kongera guhura nawe tukaririmbira Imana tukayishima kuko uracyari ya Mana ivuga bikaba bikaba uracyari ya Mana ikora bigakomera
Mbega ubuhamya!!! IMANA nimana p
Mbakunda cyane 💜
Mwaranyubatse ni ukuri! Ku Mana byose biremera
ndabakunze. namwe munkundira Papa Mwiza Uwiteka.
Ariko kombanumva amagambo yababanye menshi mukabutera kontakibazo afite kumugabowe muri mubiki mwaretse bakivugira ibyiza imana yabakoreye
Ariko uge utanga ubuhamya utamupfobya cyane
Niyo style yabo kuko umugore we Ntakibazo abigiraho
Yego pe!!
Nanjye bibabyanyobeye niba ariko imana yamutegetse nshanze
Nanjye nabonye bikabije
@@BOHOKATVnonese Ubu Nawe uramushyigikiye? Ibi harimo no kutubaha. Mujye mugira Abantu Inama ntimukabashyigikire mu makosa
Uradufashije pe !ariko nuvuga ntuka musenye cyanee
Kuko birumvikana ko yumviye lmana
Njye bitewe ni ukuntu usuzugura umugore wawe imbere y' abantu si nzogera kureba vidéo uri kumwe n' umugore wawe. Rwose njye birambabaza ni ukuntu ugenda umuzuguza 😢
Iman Niziza Cyan Cyan Cyen Amen 🙏🙏👍 Nisw Cyen Amen Amen amen 🙏🙏
Nukuri ndafashijwe cane mbega ubuhamya bwiza. Yesu agira neza
Kwel ndafajijwe nahor nibazako ntazoshak none kwel ndafashijwe
Imana ntibeshya yamubwiye ubukwe turigusengana Mukabutera numukozi wImana ndamuzi ahubwo mumpe numero ze nzamushimire yaransengeye birasohora
Nyandikira kuri WhatsApp mbone iyawe nyiguhe +250788208757
Mugu nimwema kabisa
Imana yakoze ibitangaje cyane
Warakoze kumukunda
13 amurusha si myinshi pe ubwose umugabo ko umushaka akurusha nka 20 ko tutagenda tubyasasa 😢 yewe wikosore rwose mu mvugo zawe s'umucecuru rwose nkubonye urira njya gushaka ubwo buhamya bwawe rwose ibi s'ibintu by'I Rwanda
Yesu abakomereze urwo rukundo
Nanje ndabakunda pe aba bantu
Imana ikomeze ibashyigikire ndabakunze
Imana ni nziza ibihe byoseeee
Uyu mugabo afite igihagararo kandi araberwa cyane muri costume
Uyu mubyeyi yamufatanyije nibikomere ariko agomba gukanguka uyu mugabo nta rukundo afite azibyo ari gukina nta muntu ukunda undi umuvuga kuriya nta bwuzu burimo aramukurura nkukurura ihene
Uyu umugabo mugutanga ubuhamya bwe,yarengereye kbsa pe,nibyiza gutanga ubuhamya ariko abamuzi cg ababasha kumugeraho bamubwire ko yagabanya amagambo asesereza cg yo kwerekana ko amutesheje agaciro!!!!!!!!!!!!!!!!Imana imuhate iminyafu inamwigishe gutanga ubuhamya ariko ntawe ahungabanyije.
We love you from Uganda 🙏🙏🙏♥️♥️♥️
Uyumugore nimfura yararezwe pe nageramurugo siyankira mbega amagambo yakoresheje
Uyu umugabo mugutanga ubuhamya bwe,yarengereye kbsa pe
Arko ubukoko aka n agakiza uburyo amusebya cyokoze uyu Mubyeyi arakijijwe kuko umugabo ntarukundo pe gsa sibyiza kuko yakagombye kubyakira kdi agasenga.
Mukozi w'Imana ntakuntu mwakosora imvugo zimwe nazimwe mugutanga ubuhamya??Ex udutama nibindi ntarondoye umugore ukamuvuga nezaaa basi ibindi nawe azitangira ubuhamya uko yarinzahare ngo UBUBINGA N'UBUBERE KOKO???ubuhamya Nibwiza n'Imana yakoze ibirenze igisigaye nugukosora imivugire gusa Murakoze
Papa Irene duhe ikindi gice kuko umugore yavuze ucurabikata wabukoze cane Thank you
🙏🏼🙏🏼🙏🏼🙏🏼🙏🏼🙏🏼❤💖💗👍👍
Duhagaze kucyu wavuze mwami
Kuki birirwaga baseball mukaperesda ubundi batandukaniyehee
@@umutesibella969ntaho bahuriye uyu mudamu Arusha uyu mugabo we 13 gusa naho Mukapresida afite imyaka myinshi
Asyi weeeeeee!!utanga u uhamya nabi gusa
Murakoze cyane mudufashe muduhe nomero zuyu muryango
Urakoze gushima imana Yalu yaragushoboje kuihangana
Amen Amen que Dieu soit loué
Mana yanjye we😢Nukuri Imana n’Imana koko
Byaremeye mama nkumenya nakurikiranye icyicyiganiro mpitankumenya mukomere
13 simyinshi pe
ww Good Amen Good Nisw Cyen Amen 🙏🙏💖
Nibyo pe vugimana neza.imana irakora nibyo komeza ujyuvuga ukobiri rata
Ujyumukunda ufite umugore mwiza munyihere akanimero nzabasure mujyane kumazi muntekere nagafi please
Hhhhh uransekeje nanjye uzabwire turyane kurya agafi
Cheza na Yesu wowe
Uyu mugabo n'ikigwarudubi! Ubwo se aratanga compliments ku mugore we? Njya mbona uburokore hari abo bugira injajwa!
Nanjye nikombibona ese gukizwa cg gutanga ubuhamya bisaba kuvuga yose nkugiye gupfa nukuri abarokore mwisubireho
Mana WE jewe ndafashijwe nūkuri,
Rata ndumva ntacyo bitwaye mugumemo rata ntago arikuvuga nabi arikubivuga gutyo kugira abumvishe uburemere byaribifite
Imana iguhe umwuka w'ubwenge; amagambo ukoresha atesha agaciro ndetse asesereza.
Imana iguhezagire kuko wunviye imana
45 simyinshi cyane. Nuko yarabayeho nabi. Harabadamu bafite 45 ariko wagirango bafite 35.
ibyo uvuga nukuri 45 simyinshi cyane turayifite ariko ntiwabimenya imibereho mibi niyo ishajisha imburagihe arko uyu mugabo aratanga ubuhamya apfobya umugore cyane nubwo arumugambi w'Imana uyu mugabo ntago yubaha umugore we pe 😭😭
Aba ababwira uko yabonaga mukabutera mbere ko yagaragaga nkagakecuru ,ariko ubu amwita chr mujyemwumva neza suko amupfobya , akunda umugorewe ntimukumve ibidahari
Uyu mubyeyi ni na mwiza pe.
Nimwiza cane no gusaza ntasaza aguma arinkumi wogira ngo barangana nuwomugabo ,abari muri yesu baguma ba kayangana 🙏🙏
Abacamanza mwabaye mute,kuko avugisha ukuri kubyamubayeho abaye mubi?ahubwo muzitera ibibazo,uko yategetswe kumushaka ninako Umwuka wera arikumutegeka kubivuga,udashaka ku byumva aveho rata komeza wumvire Mwuka wera!!!
Imana nyaho wayicikira
Imana ni nziza.