Ubundi ni wowe wacu rwose Maitre. Gusa muzasobanure impavu zifite ishingiro zivugwa mu gaka (h) k'iyi ngingo,munasobanure imvugo ngo ku bushake bwabo mu gika (g) cy'iyi ngingo,ni iki kigaragaza ko kuba batakibana ari ubushake bwabo ?
Ushska ugutegurira umwanzuro.2)ujya ku mu agent (urugero:IREMBO)uzi gukoresha système IECMS akacyohereza mu Rukiko.3) Ujya ku Rukiko kureba ko cyakiriwe,no gusaba HAMAGARA.4) uzijyana ku Kagari cg.ku Murenge uregwa abamo
Muraho ibyo mwavuguruye nibyo pee ariko haringingo mutavuzeho kandi nayo ijya ibibangamira impanza mugihe uregwa atitabira umunsi wiburanisha muteganya iki!? Murakoze
Ese nki bintu byo murugo umuntu akurahe ibenyetso ubu nkumuntu akubwiye ko azakwica muri2 muri room wakurahe ikimenyetso?? Ese umuntu arihanze yigihugu birashoboka ko babatanya adahari
murakoze cyane kutugezaho amategeko mashya agenga umuryango
Arko c phise ikibazo umuntu mugabana iki kd ntacyoyazanye?
Good kbs ariko abashakanye nibashaka gatanya bizihutushwe batane kuko barimo kwicana buri munsi.
Turabakunda muradufasha Imana ikomeze ibagire neza, mur'abayobozi beza pe.
Murakoze cyane mpa nomerozawe ese ko nfite kuzajya munama ntegura ruba za nzajyayo
Ndagusuhuje mfite ikibazo mfite pspa yasezeranye na mama urangije ata urugo ntampamvu guhera 2008 kugeza ubu , arangije ashaka undi mugore noe ubu arigushaka gatanya , ubwo aramutse ahawe gatanya uwomugore wishoreke yagabana ate?
mwaramutse m .muzatubwire kubijyanye no gutana mugihe mutasezeranye.ese bigenda bite kubijyanye ni mitungo.merci.
Thanks Confrere Maurice for good hints about the new law. Keep it up 👍🏾
Urakoze cyane komeza.uduhugure.ndi.j dedieu
Ndagushimye kubwa update y'itegeko
Inteko ishinga amategeko yavuguse umuti neza. Bravo to Parlement Rwandais❤
Yewe ubuse ibi nibyo bita kubaka umuryango nyarwanda😢😢
Cya bashatse ko nizari zigihagaze zisenyuka Koko😭😭😭
congratulations Maurice for this initiative of sensitizing people law s via youtube
Murakoze.
None habayeho ubutane umugore afite umwana utari uwu mugabo kandi amwanditsweho,kugirango amwandukurweho byagenda bite?
Murakoze cyane, none waratandukanye numugabo murukiko,wowe umugore ufite umwana utaruwo mugabo akaba amwanditseho byagenda gute kugirango uwo mwana bamwandukure kumugabo?
Bonjour,merci de l'information sur le divorce
Good.
Rije mugihe narindikenye rwose.
Urakoze kuduha ubusobanuro
Ese mubihe bintu aba yamusebeje?
Hi? Ikiganiro ni cyiza. Ese iyo umwe mubashakanye asabye ubutane ark bakaba nta mitungo basigaranye kd bafite abana, ibyo gutanga indezo bibarwa bite?
Bagusubize numvireho
Congratulations Lawyer good interpretation
Ni byiza cyane. Nta cyegeranyo waba warakoze ku itegeko ndetse n'iteka rya minisitiri rigenga amasoko ya Leta?
Urakoze Me Maurice!twabasabaga kuzadusobanurira Itegeko rijyanye noguhembwa k'umukozi wirukanywe mukazi ukwezi kutararangira ariko amaze gukora iminsi irenze 15,Ibigo byigenga iyobakwirukanye umaze gukora iminsi irenze 15 tuvuge nka 17,tumenyereye kobaguhembera ukwezi kose none barikuguhemba ya minsi wakoze gusa mwadusobanurira ahongaho uko bigenda!
Ndakwemera papa
Murakoz umuntu yanyurahe ashaka gatanya
Ayo masezerano y'ubutane bwumvikanweho akorwa ate?
thanks for advices
Ni byiza ariko mujye murasa kuntego kuko umuntu ategereza ikigenderewe agaheba
Ubundi ni wowe wacu rwose Maitre.
Gusa muzasobanure impavu zifite ishingiro zivugwa mu gaka (h) k'iyi ngingo,munasobanure imvugo ngo ku bushake bwabo mu gika (g) cy'iyi ngingo,ni iki kigaragaza ko kuba batakibana ari ubushake bwabo ?
Murakoze None ushaka kwaka gatanya Arik umwe mubashakanye ataz ahumufashawe Ari byagenda bite
Nibyiza cyane pee kuba itegeko ryavuguruwe gukuraho buriya buryo bwo kubanza kunga abashaka ubutane byatinzaga urubanza . ikindi iriya myaka itanu iragerageza gukumira bamwe bashakaga abagabo bagiye gusahura imitungo bataruhiye.
waziye igihe mukudukura murujijo tugira mumategeko !! ❤ ese ukora umurimo w'ubwavoka or uri umucamanza? turagukeneye ngo udufashe ndabakeje!!
8:13
Urakoze cyane kudufasha ubwoba burashize
Reta numubyeyi turayishimye cyane haraho ibohoye benshi
Ndunva banyirakiyombekere bagiye kuba benshi pe😊
Murakoze cyane. Ese hari ubwo umucamanza yakwima ubutane kubabyumvikanyeho
Ihohoterwa roshingiye ku mitekerereze, n'ihohoterwa rishengura umutima jye ndumva ntatandukaniro ririmo!
Abana bo niba ababyeyi bagabana 50/50 bazabaho gute?
Urakoze kandi ukomeze ujye umenyesha abantu ibya matekego cyane cyane ibya gatanya.Ndabona gushakira mu Rwanda bigiye kuba nku mukino.
Merci
Maurice thx so much coup de chapeau kbs.❤❤❤❤❤❤❤
Murakoze kutugira inama nziza ❤ iyo utanze ikirego ubanza kujyahe? Ku kagali, kumurenge nihehe uhera muri make
Ushska ugutegurira umwanzuro.2)ujya ku mu agent (urugero:IREMBO)uzi gukoresha système IECMS akacyohereza mu Rukiko.3) Ujya ku Rukiko kureba ko cyakiriwe,no gusaba HAMAGARA.4) uzijyana ku Kagari cg.ku Murenge uregwa abamo
Okay 👍
Nonese konumviseko umuntu yemerewe gutanga ikirego atagombye kujya ,Aho uregwa aherereye,ubwo umuntu yakwirirwa,ajya mukagari uregwa arimo?
Wow, 🥰🥰🥰 ndanyuzwe🥰🥰🥰babikoze neza cyane
Mwaduha nimero zanyu.
Murakoze,uzatubwire itegeko rirengera ababana batarasezeranye kubijyanye n'imitungo igihe bafitanye abana
Yarabivuze urebe ibiganiro bye byambere
Ubundi iyo umwe mubashakanye apfuye kdi adasize umwana umutungo usigaye yawugurishaga agaha umuryango wa nyakwindera kuko baba barasezeranye ivangamutungo ubwo se bazajya bareka umwe usigaye abirye wenyine koko?
Ese impamvu imwe muri izinzose imwe gusa bayishingiraho bakaguha butane?
Cyane rwose
Abareze mbere yitegeko rishya ubwo urukiko ruzagendera kurihe ??
Nibyiza kumenyesha abanyarwanda amategeko mashya aba yasohotse, ariko byaba byiza cyane mu bisobanuro utanga ukoresha amagambo y'ikinyarwanda yumvikana, uravanga indimi cyane kdi sibyiza ku munyamategeko.Murakoze
Ubutane bwumvikanweho bigenda gute?
Muraho !
Nagira ngo mubaze igihe umuntu yaba amaramye n' uwo badhakanye kugira ngo Abe yakwemererwa ubutane.
Ubutane urabwemerewe igihe ugaragaza impamvu
Murakoze muzadutegurire kubantu babana batarasezeranye
Nge numva abantu bahisemo ivanga mutungo rusange bagakwiye kugaragariza umwanditsi wiranga mimerere ibyangombwa byiyo mitungo bavanze ntigute abantu bavanga ibintu batajyira? Ayandi mategeko arasobantutse ariko ivanga mutungo rusange ririmo ubuhezanguni
Ariko uretse abantu babaye abahemu Koko umuntu avanga numuntu ubuzima akanga ko bavanga imitungo?nakumiro!!!sinshyigikiye abajyanwa no kurya abandi imitsi ariko nanone uwo muntu muba mugiye kubana udashaka ko umwegurira ibyawe byose kd waramweguriye ubuzima bwawe njye ndumva nta kizere uba umufitiye ahubwo ntiwakabaye umuha nubuzima bwawe.si ibyubwenge kwima umuntu ibintu ukamuha ubuzima bwawe.
@@NteziryayoPrisca mu myaka nka 30 ishize ko abashakanye batavangaga imitungo ingo zarasenyukaga ? ubu nibwo bikomeye. iso cyangwa nyoko nabavandimwe ko mutavanga imitungo bibabuza kuba abavandimwe cyangwa ababyeyi. ko mutayivanga iyo ushwanye nuwo mwashakanye ntugaruka bakakwakira.
@@Ungirenkugire
Ahubwo se icyo gihe abasezeranaga ni bangahe?cg ubu dufate ibintu bya kera byose tube aribyo tugarura kugirango ibintu bigende neza?byose biterwa nubwumvikane bwa babiri erega ubonye ukwemerera gusezerana ibyo ushaka nabyo ntakibazo ibyobyo hari nababana nadasezeranye.
Uravuga ko hakenewe ibarati ry'umusoro w'umubiri niba numvise neza.
Kuko abenshi dushakana nta bifatitse bindi bihari kbsa .
@@Ungirenkugireabantu Bose basezeranye mbere ya jenoside babafata nk' abasezeranye ivanga mutungo uzabaze amakuru neza
Urakoze cyane, ndagushimiye kudusobanurira itegako rishya, IMAANA ikomeze kubafasha mubyo mukora.
Murakoze kuba mudahwema kudutekerereza rwose twagowe
Mwiri Me munyentwari mwamfasha kubona telephone yanyu ngo nzabavugishe mumfashe
Thank you.
Hello wqduha link ivuga ku itegeko ry'Irage?
Thnx for the amendment!
Bazabirebeho nabyo kuko nibatabirebaho Nukugana Abaganga gakondo da! Aho gupfa nabi wapfakara😮
Thank youuuuu
Ese iyo umwe mubashakanye adashaka ko mukorana imibonano mpuzabitsina byo ntibyafatwa nk'imyitwarire itakwihanganirwa.?
Mwiriwe ese couple yasezeranye ifite abana noneho umwe mubabyeyi akagenda agata urugo mugihe kingana nimyaka hafi 20. Noneho usigaye akita kubana nurugo igihe kikagera akarwara akaremba cyane akaza no kwitaba Imana noneho wawundi akaza kumunsi wo gushyingura aje gufata ibyo wawundi yakoreye nabana avugako ngo abana batamuzungura akiriho ibyo amategeko abivugaho iki?
Nimubishobora mwansubiza. Murakoze
Jya urasa ku ntego utinda mu magambo Atari ngombwa
Nonese niwowe ukora ikiganiro!! ariko abantu mwabaye mute, niba wumva agutindira haribwo aguhatira kumva ikiganiro cye? uzakore icyawe twumve uko uzajya urasa ku ntego!
Najye nanga umuntu wizimba mumagambo asubira mubyo yavuze
uri kumwigishase uko akora.niba utabyishimiye wagenda cg ugashinga urwawe rubuga.
@@mwenemukecurumary774 Buriwese Agirukwakora Akazike.Ake Nukogapanze
@@nsengimanarichard-ue5ff oya sukwizimba mumagambo ahubwo RUclips ifite igihe utajya munsi urugero: none se wakora ikiganiro cyiminota itatu? Oya
Ndagukunze wa mugabowe amakuru kugihe kabx
Maitre urakoze cyane
Kukivanyeho ivanga mutungo kombona aribyo bikora kubantu beshi?
Maurice urakoze, iki kiganiro cyari gikenewe.
Muraho neza nimero yawe nayibonagute
Good
Ikindi nk'umukoresha ubyuka agahita yirukana umukozi kandi ntamuhe imperekeza cg kwakwezi kose(Kwirukanwa byahato nahato)Itegeko rivuga iki?Ese koriryamira abakorera barwiyemezamirimo (secteurs privé)ntakuntu ryazahinduka mudukoreye ubuvugizi!Murakoze
Muraho none muzadutedurire ku ihanagurwa busembwa nyuma yo gukatirw
Nashakanye numugore turabyarana narihirinze mbona assets kurwego.rwanjye. tuzagutandukana. Ndangije imitungo nyandika kumwana wanjye. None ashaka gushakira ahandi ngo akeneye ibyangombwa byubutaka kndi ntitwasezeranye. Mwamfasha iki
Kuki iyo ndezo batayigena mumitungo igahabwa urera abana? Ikindi kuki mukugabana kuki hatarebwa aho imitungo yaturutse? Umuntu niba yaraguheje kumutungo wumushahara ntube kuri konti ye uwawe ugakuramo ibyo mufite byose kuki mwaringaniza?
Haravugwa iki kugusezerana kubantu 2 harimo umwe watumye abashakanye Batana ( uwasezeranye atandukanye na mugenziwe kubera ubusambanyi ,akifuza gusezerana n'uwabasambanye b basambanaha
Abatarasezeranye c bo bizajya bigenda gute. ????
Nanjye nifuza nimero yawe uzayiduhe rwose
Urakoze ariko icyo mbonyemo nuko Ingo nyinshi zijyiye gusenyuka kunga mbona byari konjyererwa imbaraga ingo iyo zisenyuka kiba argihombo🤦🤦🤦🤦🤦🤦🙍
Ese nge mbabaze nge naje aho mu Rwanda gusaba gatanya bantuma ibimenyetso nge nashakanye numunyakenya nsezeranira aho mu Rwanda ariko nanubu nabuze aho ngana pe ubuse ibimenyetso nzabikurahe Kandi yaranyanze yaragiye
Ubu itegeko rishya rirakurengera. Uzagaragaza ko mumaze imyaka myinshi mutabana. Uzashaka abantu babizi bandike babihamya. Uzashaka na ba mudugudu bandike babihamya.
Amafoto mwakoze ubukwe
Murakoze cyane, gahunda ndumva byoroshye
Murakoze cyn umuntu yakubonagute ngumufashe
Yebaba weee ubwoba buranyishe kuko ingo zigiye gusenyuka none ku kigero cyo hejuru bya nyabyo.ngaho ibaze ngo ikintu wumvautakwihanganira kuwowashakanye ngo iyo ni impamvu yubutane.icyakora satani agiye kunguka abo azisasira pe.
Nyabuna abantu bubatse ingo mwige kwihangana mwe kwihutira kujya muri divorce nkuko babiborohereje.kuko bizarangira abantu babaye abasambanyi ruharwa kubwo guhora bashaka basenya.Ahaaaa Imana nigire itabare kuko bigeze ahateye ubwoba
Nonex ubwo bazajya bapima gute ko umugabo cg umugore arumusinzi ruharwa cg asomaho bizanzwe? Ubwo nyine mwitege gatanya nyishi
Asinze ntanyidihire se naba mbaye iki ko yazageraho akicuza aruko zamumugaje
Murakoze cyne,ndasobanukiwe haribyinshi ntarizi.
Maurice we murasekeje pe ahubwo murazimaze kbisa,ubuse si Mariage par contract
Urakoze Kandi komerezaho❤
Iri tegeko ni ryiza cyane. Abariteguye bakoze umurimo mwiza.
Murakoze kuduha amakuru ! None se iyo mubutane uwategetswe indezo yicecekeye ntange indezo itegeko rigena iki?
Muzatubwire izungura hagati y,umugore n,umugabo batabyaranye kdi umugabo yaranyaye abana benshi hanze
Urakoze cyane
Nyakubahwa Lawyer ntaburyo buriho umuntu yabona ubutane atagiye murukiko wenda ukaba wasaba impapuro uwo mwashakanye yagusinyira hanyuma bagahita babatanya
Ikindi abagore bagira amanyanga menshi hari abagore bagenda cyane bakirirwa iwabo ch mubacuti bikadindiza iterambere
Wamugabowe imana iguhumugisha rwoseee
Thanks counsel crge
Yewe ingo zarunduye noneho. Nukuzajya twitsamura tugahita dutandukana. Ibintu ni vuba vuba.
Muraho neza
nifuzaga kubabaza ese iyo watandukanye numugabo akemera kujya yishyura ishuri ryumwana murukiko akanabisinyira nyuma agatangira kubihagarika ubigenza ute.murakoze
Budusubize cyangwa bakoreho ikiganiro
Imana ishimwe
Nyakubahwa Me ,ubu uwari yarahawe itariki yo gusuzuma ibijyanye n' ubwiyunge bw' abasabye ubutane,itegeko rikaba risohotse itariki bahawe yo kujya mu gusuzuma ubwo bwiyunge kunshuro yambere itaragera, harahita hakurikizwa ibiro muri iri tegeko rishya,,? Niba se rihita rikurikizwa urega azarindira itariki yari yarahawe ? Cg arajya kubaza urukiko rukurikize iby'itegeko rishya ?
Murakoze
Murakoze kuba abambere bafusobanuriye ibyiri tegeko. Ibikurikiraho muzabizane bidatinze tutarinze gushakira ahandi.
Murakoze cyane
Iyo ubana numugore utarasezeranye itegeko rivaga iki
Ugereranyije kubona ubutane byagusaba nkamafaranga Angah?
Biterwa n'ubigukorera kuko hari uprofitira mu bibazo byawe akaguhenda,aho utuye,n'ubumenyi ufite mu by'imanza. Amake Ashoboka=25.000 Amenshi=700.000
25000 or 250000@@J.BaptistHAKIZIMANA
Ko gutana bihenze kandi atari inkuru nziza babyoroheje nkuko tujya gusezerana kubushake tukanatana kubushake aho kugirango twicane .Kurera biravuna abantu bajye bareka imiteto
Waduhaye nimeroyawe dushaka kugusobanubaza byinshi kubyereieye amategeko
Reba/kanda ku munota wa 28:35