Ubuhamya bwa Family Pastor Desire H./Ese ubudasa bw'abashakanye ni umugisha cg umuvumo?/gutanga care
HTML-код
- Опубликовано: 28 янв 2021
- #WhatsApp_0788422984
Nshuti mukunzi w'AGAKIZA TV ikaze muri iki kiganiro. Tukwifurije guhembuka byuzuye.
Ganira natwe kuri WhatsApp yacu +250 788 422 984
Turagukunda kandi turahari kubwawe!
Ndizera ko ubugingo bwawe bukomeje guhemburwa n'ubutumwa bwiza tunyuza kuri uru rubuga. Birashoboka ko wiyumvamo gushyigikira uyu murimo mwiza dukora, wakoresha:
BANK ACCOUNT : 1302 040 455 61 (COGEBANQUE)
MTN Mobile Money : +250 788 422 984
Airtel Money : +250 728 422 984
Umunezero wacu wibanze ni ukubona umuntu mushya yakiriye Yesu Kristo, Uwacitse intege agasubizwamo imbaraga, uwihebye akongera kumva Imana bundi bushya.
Habwa umugisha, Turagukunda! Развлечения
Muraho cyane bakozi b'Imana! Umva rwose mbashimire cyane kuko mufite impuguru nziza ,Imana ibahe umugisha. Kandi rwose ndabakunda cyane . Mufite ituze ubwaryo livuga ubutumwa.
Couple yanyu imeze nk'iyacu neza!!!
Nashatse nararubiye,nta cyiza ntegereje mu buzima, Imana impuza n'umuntu nawe utazi igikomere na kimwe mu buzima, uretse kumbwira ngo Mwalimu yaramukubise😂
Numvaga bitazamo pe,ariko Imana ni umukozi w'umuhanga, byarangiye twuzuzanya neza.
Imana ibahe umugisha bakozi b'Imana ndafashijwe ubu nibwo nsobanukiwe neza inzirira twanyuzemo mukubaka kwacu.
God bless you guys
Pastor turagushimira umuhati nubutwari byanyu mukudufasha kubaka umuryango murugamba tumazemo igihe kirekire cyo gusenyuka kwimiryango Imana iguhe umugisha kdi ikwiteho
Imana ibahumugisha , ese mugihe murugo harimubidasa umwe muribo adashaka kwicara cg guha uwo bashakanye umwanya ngo baganire kubitagenda ubwo mwadufashiki mwabagiriyihe nama? Murakoze
Murakoze cyane kuko narindushye ark muranduhuye imana ibakomeze nimigisha mwishi
Murakoze cyane Pastor na Maman Pastor Adda Darlene,Imana ijye ibaha umugisha kudufasha kubaka no gukira ibikomere
Imana y'amahoro ibahe umugisha kubw'impanuro nziza
Yego murakoze Bambyeyi! Nonese dusubiye inyuma, ufite umukunzi mushaka kubana, mudahuje ubwoko ariko mukundana wabyitwaramo ute ?
Yooo nimeza pe! Gusa nibikomere byaho wavukiye. Gusa nibyo byaguye kwitotonda disi🙏 humura Imana yarigufiteho umugambi🙏
Muri Umwe mumiryango dukwiye kwigiraho nubwo mutavuga imbuto zanyu zatuma benci bakizwa Uwiteka abishimire ahaze nokwifuza kwanyu kose
Hareruyaaaaa Hareruyaaaaa Hareruyaaaaa uwiteka azabahe ijuru muradufasha turabakunda
Yooooooo ndabakunze cyane pe kandi Uwiteka abahe umugisha pe
Turabishimiye kubwubwo buhamya rwose buranyubatse cyane, ariko harikintu jyewe njya nibaza nku musore,. Njya nibaza nti' ni gute wamenya ko Umukobwa ugiye Gukunda. 💙 ariwe wubuzima bwawe cg se wubuziraherezo, nibihe bimenyetso bishobora kugufasha kumenya Yuko uwo ugiye Gufiyansa ariwe wanyawe byuzuye, murakoze cyaneeee,
Imana ibahe umugisha Family Pastor Desire na Madame Turabakunda cyane mutwigisha ibintu by'ubwenge!!!!
Hallelujah !
Ndabakunda Imana ibahe umugisha
Yesu abahe umugisha cyane babyeyi,muradufasha cyane!
Murakoze cyane kuri ubwo buhamya . Burimo inyigisho nziza kandi zifasha benshi bitegura kubaka urugo .
Ndabakunda Imana ibahe umugisha. Muranyigishije pe
Nibeza hose vrt kumubiri nokumtima mukomez kuduh impanuro
Mwarahezagiwe n'lmana kwel mwibuke gusengerabandi nabo bagirirwe neza
Mukomere cane muri Christo kandi mubandanye mudufasha
Stay blessed Pastor Desire and Madam Adda.
Imana ibahe umugisha
Murakoze ndabakunda cyane nkubu njye umugabo wanjye ashaka guhabwa care kdi we nanjye MBA nzishaka gusa ntazo ampa.
Muhezagigwe cane 🇧🇮❤❤❤
Murakoze cyane, turabakunda.
Imana Ibahe umugisha.
Yoooo ndumva Papa Desire dufite amateka amwe...
Murakoze cyane turabashimiye
🤣🤣nanje kabisa nahuye n'umugabo atavuga,adatwenga ariko Di Imana yaramuhinduye kabisa,Ada ameze nkanje😂 sans soucis.Imana ibahezagire
Imana ibahe umugisha,mwarahezagiwe,Imana izibikwiye,ihuza abadahuje imico ngo buzuzanye!!!Ndafashijwe
Imana ibahe umugisha
Abashakanye benshi ibi birabasenyeye.nibyo koko hakenewe isana mitima cyane Yesu agahaza ibyo buri wese yabuze 🙏🏻
Murakoze caane pasteur unkumbuza maman wawe igihe cose ndavy ibiganiro vyawe
May God bless you Pastor and your family
Murakoze cyane! God bless you.
Shalom Family, ndabakunda cyane Kandi murumugisha kurigewe! Blessings ❤
Turabakunda cyane Family Pastor Desire
Murakoze cyane ndumva nungutse byinshi
Nukuri ibi nibyo Imana ibahe umugisha! Kuko ubudasa bwarangoye gusa ndushijeho kwiga byinshi
Be blessed pastor
Mukozi wlmana Ndagukunda cyanee (God bless you).
Madame wawe lmana lmuh umugisha amber icitegererezo c,urugo
Imana ibahe umugisha cyane 🙏
Imana ibahe umuhisha
Yoooo lmana ibakomereze ubumwe murugo rwanyu
Blessings to you nice family
Murakoze ndafashijwe
Ndabakunda cyane muhezagirwe
Murakoze mukomeze mukize beshi
You are one of blessed families. May God bless you richly
ameeen .nukuri mufise urugo rwiza.umutuzo muvugana wonyene wohindura benshi.ndabakunze goose.YESU ABAHEZAGIRE MUKOMEZE mutwigishe.
Ndabakunda Imana ibahe imigisha
Yesu Abahe Umugisha Babyeyi ,Imana igumye ibahaze uburame ,Couple yanyu irashimishije ,muri beza rwose! kdi muvuga ukuli
Pastor ndagukunda!
Amen nanje nizeye Imana ko bizahinduka
Mbega uburyo mumfashije , Mana weeee
Nihe umuntu yasanga ubuhamya bwa pastor Desire buri full A a Z?????
Plz👏👏👏
Je vous aimes beaucoup
Muramfash nanjy numva madame wawe arij gusa vyose
Ndabakunda cyane.
Thanks, mudufasha turi benshi, God bless you so much🙏
Basha nukubikorerau Yesu ntubeshe. Wagize amahirwe kuko yemera ko umwereka aho yakosheje none uwukubwira ko ata kintu Na kimwe wamubuza gukora ( uwo aba ari nta fatiro Na communication ntibaho) aba ameze nka falawo
Abagabo benshii bakubwira ko ntacyo yakosheje ntago bazi gusaba imbabazi
Ibyo muvuze nibyo pe
Kuki umugore akomeza igihango cyo kwambara impeta abagabo mukazikuramo?
Amen
💞💞💞💞💞ndabakunda cyane
Pasteur wiwacu kinyonga urumugisha ku mahanga
Kweri nanje abagabo bose mbona aribabipe bikabinje none nanje mubwiyiki?
Nivyiza
❤️❤️❤️
Mbese byakunda ko navugana naba bakozi bimana?
Nkunda ukuntu ureba urebana ubwiza bwimana
Good
Turabishimiye
Past uwiteka uguhe umugisha ,ndashaka number zanyu murakoze
Imanibahumugisha mwinshi🙏
Muryango mwiza;mukomeze kuduha impanuro ziradufasha cane kumenya uko twitwara.mwarahezagiwe!!
Jyusenga uzarota inzozi wasenze uzubahe abantu bashakana ubwoko budahuye bigakomera
Wawooo
NDABAKUNDA
Yooooo Mana yanje ufite amaso meza ahuye n,uko uremye. Wowe twabaye bamwe, umusi umwe papa yabonye umukobwa w,igikara numva aravuze ngo eeeeeee. Ngo narinzi ko ari umwana wanje wirabura wenyene ngo none mbonye uwumurusha. Guhera ubwo nahise nishiramwo ko ndi mubi kuburyo numuhungu yankunze nari narishyizemo ko ari kumbeshya ,kandi niyo ndi mubandi numva ntavuga ngo batanseka cg ngo bavuge ngo ese NK,iki gisa uku kiri kuvuga ibiki?
Yesu ashimwe,pasiteri rwose urantangaje uziko amaso yawe niyo yatumye ntangira kureba ibiganiro byawe ndasobanura impamvu ,nuko nabonaga uyu mugabo ureba atya aravuga iki numva urigishije ndafashwa
Imana ibahumugisha mwishi muratubaka
Murakoze twe twahuye twese dukomeretse mu rugo ntaguseka kuhaba .
Ikiganiro kiryoshe cane.biraboneka mama Darlen nubu ubona as numutesi.ariko ari ordoner.Pasteur nukuri Imana yaraguhitiyemo neza.umudamu ashira ibuntu mugaciro.ntakobisa.nkuyemwo isomo ryanje pe
Nshimiye Imana kubw,ikiganiro cyanyu kiza cyubaka umuryango nonese Pastor Mushakanye mwese muri abahererezi urumva ruzubakwa gute?mwavuze kubudasa musanze mwese hari byinshi muhuje byagenda gute?Murakoze
Mbega ubuhamya bumfashije, ubwo buzima mbubayemo imyaka 27, ntaguseka, mbega nta communication namba tugirana, murakoze cyane Imana ibahe umugisha, iyi phone niyande ngo nzamuvugihe ?
😂😂😂🤣🤣🤣🤣ndabakunda cyane
Usetse nkugona😅😅😅
Nawe wabibonye🤣
Past ko muciye murebana mugaseka manza harimwo uwugona🤦♀️
Wasanga harurimo ugona😂
Imana ibahe umugisha
Amen
Mudusengere natwe kuko ntibyoroshye kubaka urugo muribibihe ibisenyera umuntu ni byishi
Amen
Amen
Ndanyuzwe cyane!!