Ikiganiro cy'Abasore n'Abakobwa: Ese gushaka ni ngombwa?/Ibyiza 10 byo gushaka -Pst Desire & Ev.Adda
HTML-код
- Опубликовано: 15 окт 2024
- #WhatsApp_0788422984
Nshuti mukunzi w'AGAKIZA TV ikaze muri iki kiganiro. Tukwifurije guhembuka byuzuye.
Ganira natwe kuri WhatsApp yacu +250 788 422 984
Turagukunda kandi turahari kubwawe!
Ndizera ko ubugingo bwawe bukomeje guhemburwa n'ubutumwa bwiza tunyuza kuri uru rubuga. Birashoboka ko wiyumvamo gushyigikira uyu murimo mwiza dukora, wakoresha:
BANK ACCOUNT : 1302 040 455 61 (COGEBANQUE)
MTN Mobile Money : +250 788 422 984
Airtel Money : +250 728 422 984
Umunezero wacu wibanze ni ukubona umuntu mushya yakiriye Yesu Kristo, Uwacitse intege agasubizwamo imbaraga, uwihebye akongera kumva Imana bundi bushya.
Habwa umugisha, Turagukunda!
Murakoze cyane babyeyi beza Imana yabera ibahe umugisha mwinshi ndabakunda cyane
Ababyeyi bezaa disiiii🥰🥰 muhezagigwe impande zoseee🙏🙏
Murakoze ibiganiro bidutegura kubaka
birakenewe byinshi imana ibahe umugisha kwita k'urubyiruko
Thanks family Desire,
Blessings indeed
So amazing and very constructive
paster Desire na madam, mbona mwuzuye ubwenge no kumenya(ibyo Imana ishaka)muhabwe umugisha mwinshi❤
God bless you Family Desire!!Ubutaha turasaba ko EV Adda wazafatanya na Madame Wa Pastor Senga mukatubwira uburyo bwose umukobwa aba akwiye kwiguramo bwose murakoze.
Murakoze cyane ku kiganiro cyiza cyubaka
God bless you.
mwakoze cyane! ubutha muzatwigishe ibijyanye no kwambara neza
Murakoze cyane pastor kunyigisho nziza.Yesu akomeze kubagura mubumenyi ariko muzatubwire icyo umuntu yitondera kugirango intego yihaye igerweho . Murakoze
Imana ibahezagire
Mbasabiye umugisha mwinshi! Mwubaka benshi cyane
Yesu kristo abakomeze cane nukuri muri abavyeyi ba mahanga yose♥️💕 muhezagirwe mukomere yesu azababanishe no mwijuru disi
Murakoze cane kurizo nyigisho muturonkeje, muraza muratwigisha
Murakoze cane kunama nziza mutugiriye.Imana ibakomeze mukomeze.
Rero Imana ibahe Umugisha Babyeyi
Muhabwe umugisha!
Uravuga ukuri my pastor ,ntabwo wakweditinga pe🙏
Amen Muhabwe Umugisha babyeyi beza!
Pastor Desire na madam wawe murakoze Imana ibahe umugisha utagabanije kandi ikomeze ibane namwe murugo rwanyu
Murakoze cyane Imana ibahe umugisha
Ndabakunda we Iki kiganiro naringikeneye
umva murakoze CYANE imana ikomeze kubaha umugisha narinaratinye urugo ariko ndarutinyutse peeeee
Murakoze blessed family 💞🙏🏿
Murakoze babyeyi neza🙏🙏
Murakoze cyane Pastor muratwubaka cyane izinyigisho zituma imiryango yacu yunguka byinshi , ikibazo Ese kujya muri Onapo murwego rwo kuringaniza kwirinda kubyara indahekana ariko bitari uguhagarika urubyaro ni icyaha ?
Urugero Umuntu ashobora kubyara bamubaze nyuma y'amezi 6 avuyeye kubyara akongera gusama ibisebe bikiri bibisi Ese , uwomuntu mugihe runaka agiye muri onapo kugirango bimufashe kuringaniza ariko bidahagaritse kubyara mwamugira iyihe nama?
Ndabashimiye cyane pastor na madame, ndabaza ngo ushobora kuba uri umusore kdi ukijijwe akaba ushaka gukora ubukwe, ugacibwa intejye no kubura ubushobozi imana mwaduha niyihe?
Murakoze icyibazo mfitenkumukobwa uvawarabayeho mubuzima ntamubyeyi cga incwuti mwamugira iyihe nama akaba atarakundana afite nkimyaka25ntanumuhungu,uramuvugisha mwamfasha?
Imana ibahe umugisha cyane ,ariko umuntu yakora iki ngo abone umusore umukunda neza? Ese kugendera kubyabaga kuri papa we cg mama we ntibyagufasha kumva niba mwashobokana?
Thank you, we learned a lot
Our pleasure!
Ikiganiro cyanyu ni cyiza cyane!
Yesu ashimwe!ese kuri mwebwe kuringaniza urubyaro mwumva aringombwa?byakorwa bite?
Paster ndagomb kubaz mbega ubwiza bwumubiri bufise uruhar ki murushako kombon Abraham Isaac nabandi bar bafise abagor bafis uburanga ntabw kirimw muvy umunt akwiy kwisunga
Bless u
Nyc jass bambe God bless you family
Ese paster kudashaka byo sibyiza? Ko handitse ko gushaka ari byiza kudashaka bikaba byiza kurushaho; umuntu yagendera kubihe? Murakoze Imana ikomeze ibashigikire
Wumva uzashobora kuba wenyine kubwo kwiyegurira Imana kandi ugakomeza kubahisha Imana utagiye mu busambanyi wareka gushaka !
Ese iyo mwishyingiye ntawubizi mumuryango mukananirana mugatandukana ntawujyanye undi iwabo ubwo uba wanditse amateka?
Gusa lmana yamahoro ibahe imigosha ku bwiki kiganiro.
Muraho. Ndabakunda. Cyane. Ndashaka. Gusobanuza. Irerero. Ryabasore. Umuntu. Urijyamo. Ate? Munsubize
Shalom shalom watwandikira kuri +250 782 213 101
Hanyuma mwirerero rya Bakobwa cse Abasore Mugendera kubiki Kugirango mumwakire .
like
👏👏👏👏
Amn
Turabashimiye cane,ariko mwavuze ikintu kinkoraho ngo "impfuvyi zubaka kugira zigire adresse" mwofasha iki impfuvyi kurivyo vyo kwubaka namwarirya beshi batagira n'uwubibaganiriza kandi beshi miribo bakurana n'ibikomere bitandukanye
Nanje,nubatse kugira,ndonke uwunkunda,ndonke umwidegemvyo,kubera ubupfuvyi sha!kandi ivyo vyose narabibonye!ariko nasakamiranye n'ivyo ntari niteze.kubaka bisaba umutima wagutse!inyigisho zirakenewe cane.
Ibibazo vyose nari nfise nd'umukobwa,nubatse vyaraheze!haje bishasha.tutokwivuna kiretse Imana yonyene!
Yego
Mumfashe gusobanukirwa niba ivangamutungo muhahano ritagira imbogamizi k'umuryango
Ese gushaka ningobwa mugihe ubona isi igenda yifunganya kd Yesu ari hafi kugaruka?
Ndumva muri byose ari ugukora ugashaka kw'Imana, Imana kandi turavugana ikatubwira imigambi idufitiye. Ubwo se warinda ugira 80 years Yesu ataragaruka. Kuko iminsi 1000 kuritwe ihwanye n umunsi 1 ku Mana.
Yewe Mubyeyi we Nta Makuru ufite!?🤣🤣 Uziko umuntu yambara neza koko Arumusore cse Umukobwa ariko yakuvugisha 1,kabiri ugasanga arushwa dispriline ,Na,,,, Yewe Iki CYO kukigenderaho kiragoye pee