NDABABAYE😭NSHIZIRUNGU NIGUTE UMUNTU AVUGA INDIMI, AHANURA ariko ARI umugore cg umugabo WANANIRANYE😭
HTML-код
- Опубликовано: 16 сен 2024
- WIFUZA GUKIZWA CG GUTANGA UBUHAMYA BWAWE (INKURU YANJYE) WAKORESHA IZO NIMERO ZIRI HASI Cyangwa, WIFUZA GUSHYIGIKIRA UMURIMO W'IMANA
_______________________________________________
MTN Mobile Money : +250 788 20 8757
Airtel Money : +250 733 049 049
_______________________________________________
Ushaka Gukoresha Western Union cg Money Gram watubaza kuri izo nimero, Ushaka kubana natwe kuri watsapp Group Nyura hano: chat.whatsapp....
#Irene_0788208757 #Bohoka
Shalom tugushimiye ko ukurikirana Inyigisho ni biganiro bitambuka aha twagusaba ko wakora SUBSCRIBE mugihe utarayikora n'Inkunga ikomeye waba uduhaye ..ikindi ukajya ubona n'ibindi biganiro... Wifuza GUKIZWA gushyigikira uyu murimo w'Imana dukora watuvugisha kuri izo address ubona kuri BOHOKA TV Uwiteka abahe umugisha turabakunda cyane
wibuke kuyisangiza abandi ukora Share
Ababona kuyumugabo asanapastor Theogene inzahuke witahiye mumpe like
so serious nanjye ndabona basa
Cyaneee rwose p
𝗥𝘄𝗼𝘀𝗲
Bombi twahuraga amaso ku yandi arko ntibasa pe kuko mbazi neza... Gusa uyu afite afite impuguro zikomeye zikuza kdi zikomeza abantu,.
Uyu ni we Muvuga butumwa muri bakeya dusigaranye muri ADEPR uvuga ukuri kandi ibyo avuga nibyo byeze wa mugani nigute uvuga ko wuzura Mwuka Wera ufite urwango, nigute uvuga ko ufite Mwuka Wera uvuga indimi kandi wiba, usambana, uca inyuma uwo mwashakanye, Mwuka Wera aturana na kamere ate uwo si Mwuka Wera ni myuka benshi bagendana IMYUKA...
Uwiteka aguhe umugisha Mushumba
Uvuze ukuri Gukomeye ngukundira ko uvuga ibyo abandi batinya.. Ati MVUGE Ibiri mu matelefone yabari hano binyibutsa bamwe baterana bahetse byinshi bibabaje biteye isoni kuvuga
Imana iguhe imigisha myinshi cyane rwose Twagukurikiye!
Komera musaza uvugugukuri koko umwuka yaje kugirango duse na YESU kuko ntawufise umwuka wera agira ibikorwa vya bapagani vugukuri mukozi wimana yesu aguhumugisha
Gumamo neza mukozi wimana,umwuka ararira muriki gihe,ariko yesu ahembure itorero rye pe dayimoni atugeze habi 😢😢
Ibi nibyo rwose bibabaje Mwuka Wera muri iki gihe muzicuza abatera Umwuka Wera agahinda Nukuri Imana itubabarire
barikiwa mutumishi wa Mungu kila dakika najazwa na Roho mutakatifu kwa kukusikiya unahubiri neno la Mungu.
Ndafadhijwe kdi uyu muvugabutumwa ndamukunda Imana ijyimuha umugisha ndabakurikirana inyigishoza mutambutsa kuri Bohoka tv Imana ibahe umugisha mwinshi Amena
Ndafashijwe kubutira icyaha kumbuga bagukunde cyangwa bakwange urataha mu rwawe...
Nukiri nibyo uyumwuka wateye nihatari
Habwa umugisha papa umwukawera ntakabure muri wowe❤amavuta n,Imbaraga
Ndagukunze umvugiye ibintu pe Habwa umugisha n'Imana
Iyi message irakomeye
Ndamufite utitira ngo numwuka ,usibyeko ataruwera w'IMANA, iyo antuka ibitutsi byose bibaho byabashumba binka , cyangwa yigisha abandi,ariko murugo nabuze iyojya ,nararize ngezaho ndihanagura ,abantu munsengero mubantu tubabona bigize abamarayika , ariko mungo wakumirwa ,tubana nabantu bibeshya ijuru baribyina baryigisha ariko imbuto ntazo Kdi nicyo kimenyetse Yesu Kristo yavuze tuzabamenyeraho
Wowe uracyavuga ngewe ndamufite iyo ansabye ikintu sinkimuhe ahita ajya gufungisha umugisha wange mwishyamba
@@LucieNyinawumuntu-dv9bh icyo dukundira IMANA yomwijuru ntiyumva amabwire ntugire ubwoba keretse niba utaramenya iyo usenga, ngewe ubu mvuye murukiko , namuhaye imbabazi imbere yurukiko ,bamuhaye ijambo yanshinjije ibintu ngirubwoba , twebwe rero tuba mumahanga ,abana bange barabatwaye asaba kugendana nabo ,ariko gahunda ashaka ko abarera ,akajya ahabwa amafr. yo kuberera , niyo gahunda afite ,mfite agahinda kabana bange , gusa komera IMANA yomwijuru niba ariyo usenga ntiyumva amabwire yabatwanga komera muvandimwe.
Umugani wa Nshizirungu nigute abantu barwara bwaki bafite ibyo kurya nigute Tuvuga ko koko twuzuye Mwuka Wera ubuzima ntibugire impinduka kubandi ndafashijwe Nukuri iyi nyigisho yabafasha benshi Kwitekerezaho ngusabye kuyisharinga abandi kuri watsapp hose Dufatanye ivugabutumwa ryukuri
Uwiteka aguhe umugisha reka tubikore ntawanga kubikora muvandimwe kuko aha harimo ukuri kwinshi
please izi nanga ziri muri background mujye muzikuramo ntago twumva ijambo ryimana neza.thanks you for understanding ❤
Yesu akurinde mukozi w Imana njye ndakwemera 😂 basenye abo bahanuzi baratumaze.
Nubwa nkumvise ariko Yesu aguhe umugisha mwinshi
Umwuka wera ni bikorwa papa sugutitira ❤
Wawoooo I like this massage so wader full
Emmanuel arabwiriza nkafashwa Imana Ikomeze Imwagure mu buryo bw'umwuka pe!!!🎉
Ibyuvuga nukuri ducunge neza tutaba twarinjiriwe peeee
Imana ikomeze kubaha umugisha Pasteur avugisha ukuri
Abo ni abashimusi batubwirire utwaye ubutumwa bwiza cyaneeeeee
Impuguro nziza cyane, UWITEKA abahe umugisha
Hanyuma iyo miziki umwigisha arikwigisha ibyo ntabwo aribyo. Haribintu bitavangwa Ijambo ry'Imana niryo kubahwa!
Urakoz cyane utanze inama nziza
Urakoz cyane utanze inama nziza
Urakoz cyane utanze inama nziza
Urakoz cyane utanze inama nziza
Erega abacuranzi hafi yabose nabanyabiraka SI abanyamasengesho niyo mpamvu mwumva ibyo
Yemwe ni mubareke Imana ibahe amakarita yewe.
Nibabikuze Aho babikije.
Uwabikije ubujura mu mutima we nahambwe ikarita abubikuze.
Uwabikije ukuri Kwa mwuka wera agume umuyobora.
Abahanuzi bari bamaze gutera abantu guhagarara Imitima.
Bamaze gutuma abantu bageze Aho bita Imana inyabinyoma.
Mwuka wera we komeza usohore ihene muntama.
Amen 🙏
God bless u
Uvuga Imana neza
Imana uguhe umugisha mutumishi! 🙏
Ntamuntu umwarana umwuka wera👍👍👍👍👍👍👍
Itorero rikeneye abantu bavuga ibyimana nkuyu nukuri haracyi
abatambyi buwiteka
Turagushimira cyane Yesu age aguhe umugisha 🎉
Iwo muziki mujye muwukuramo utuma tutumva ijambo dutuje
Amen
Mudufashije mwoza mureka tukunva ijambo ry'imana neza ntabinanda canke imiziki vyivanzemwo,mwoba mukoze.
Urasa teo nyakwigira mu ijuru disi
Abakristu bo muriyi minsi bameze nk,igishyimbo kikigugu murusengero bafite ishusho yera hanze bakaba amasega
Mbega Nshizirungu ndagukunda akokantu uvuzeniko bavuga izishsje ariko ntibashobora kuvuga indiminshya kdi avuye mukabare no gusambana uko nukiri
Niwowe ukenewe iki gihe
Niwewedukeneye muri iki gihe, vuga ukuri wigendere
Yego rata ubutumwa nkubu nibwo bukiza twafashijwe
Imana idufashe,kdi Adeper cyahafi turabakumbuye
Nikibazo gikomeye buri wese usenga yishakemo igisubizo pe
Uzapfe utyo musaza ndagusabye uce kuri tv zose dukeneye umwuka wera
Nanjye nkimubona ngize ngo ni pasiteri Theogene di bajya gusa ahubwo atumye nongera kumukumbura😢😢
Imana igushyigikire
Hallelua,ndafashijwe
Ameen hezagigwa mutumishi
Izina ry'uwo mukozi w' Imana ni nde?
😢😢😢😢😢😢😢😢😢😢😢
Utuma tumenya uwiteka imana imana izaguhe kuramba
Urabizi ko Nkunda Inyigisho Imana Ikunyuzamo . Umwuka Wera Ni Umufasha
Imana igihe unugisha
Amena 🙏
Ariko nigute umuntu afuha
Mubonako Imana ariyo yakomeza kwihanganira ko muyimenyera mwa bakozi mwe ,,,,,,,,,
Ni byiza kumva ubu butumwa, gusa byaba byiza iyo music iri muri background mugiye muyivanamo kuko ituma umuntu adakurikira neza ubutumwa. Murakoze Yesu abiteho kandi abafashe
Mugiraneza kutugezaho ijambory'IMANA ariko mukwiye guhagarika kuvuza imiziki kuko ijambo ry'IMANA ririhagije
Papa twarumiwe iby,abahanuzi bubu ntibasenga erega ahubwo birirwa bazerera nk,imbwa z,imisozi barateranya basenye ingo nyinshi tube maso abadiakoni bintagondwa batumva basenya mwuka wera ndagukeneye
Ijambo ry'lmana rifite uburyohe ubwaryo ntibikenewe kuricurangiramo
Harigihe umwuka amwerekako umuntu barikumwe iribandi ntabyemere bikarangira akozwe nisoni
Uyu muzicyi muwugabanye twumve ijambo ry,lmana neza
Bisigaye biteye ubwoba muntu, ni ibara
Ariko ntabwo twese dufite ibyamvangara Hari birindwi bitarapfukamira bayari oya rwose wisenya abahanuzi gutyo
❤
Emm mupao
Gumamo neza mukozi wimana,umwuka ararira muriki gihe,ariko yesu ahembure itorero rye pe dayimoni atugeze habi 😢😢
Amen!!
Abakristu bo muriyi minsi bameze nk,igishyimbo kikigugu murusengero bafite ishusho yera hanze bakaba amasega
Amen