Это видео недоступно.
Сожалеем об этом.
ABANTUTSE KU BUKWE BWANJYE||Tidjara Kabendera YAHISHUYE ibintu bikomeye ku bukwe budasanzwe yakoze
HTML-код
- Опубликовано: 22 дек 2018
- Umubano we na Burakari wanze gukomeza kuba mwiza kugeza ubwo mu 2015 bahisemo gutandukana kandi ngo kugeza uyu munsi bakomeje kuba inshuti zisanzwe, zinasangiye umukobwa zabyaranye. Bari barabyaranye abana babiri barimo n’ukuze w’imyaka 21.
Tidjara na Abdulnasahmad bubuye umubano mu mwaka wa 2016 nyuma y’uko Burakari amaze guca ize nzira.
Ubuzima bw’urukundo rwa Tidjara na Abdulnasahmad bakoze ubukwe mu minsi ishize nyuma yo gutandukana na Bukara, babuherukagamo mu 1996 ari nabyo babyaranye. Uyu mugabo ngo ntiyigeze ashaka undi mugore ari nacyo cyatumye agisaba Tidjara ko basubukura atarigeze ajijinganya.
Kuba tidjara yashaka nibyiza ariko kuba asubiranye nuwo babyaranye ni akarusho🥰🥰
Cyane❤❤❤❤❤
Nagukundaga ariko ndushijeho kuba warasubiranye na papa w’abana nibyiza ntibikunze kubaho Imana iguhe umugisha muri byose muzongere mubyare hungu n’a kobwa❤️
Umva ibyowakoze iyaba nabandi bagore batekerezaga nkawe harababona byanze bagashaka nuwa 3 arko wowe watekereje neza kdi ibisubizo byawe uburyo usobanuramo amagambo biragaragarako wasoma gusa birashimishije kbs
Umva ibyo utubwiye birasobanutse kdi birimo ukuri kwinshi kuko mu bantu bagerageje gusobanura ubuzima ba bayemo uri mu bambere nda gukunze cyaneee
Uri umudamu mwiza wo kwifuzwa! Ndagukunze cyane pe, wakoze neza rwose iyo ibintu byanze ntakwinginga kdi papa wabana yabonetse rekana nabantu wimenye wenyine
mubyeyi turakwishimiye tera imbere ikingenzi ni ukubaho wowe ubwawe n'umuryango wawe wishimye cyane. Uwiteka abakomeze
Iteka iyo Umuntu akoze ibyo abandi badashoboye, abantu babibona nk'ibitabaho. TK, congratulations 🎊 umwanzuro wafashe nako mwafashe ni uwa Kigabo. Kadra ya Mungu kwa mwanadamu ni nzuri.
Arko disi Imana iguhe umugisha mwinshi ko watanze imbabazi kdi mubyukuri byose tubikorera abana bacu abo bose nabatazi agaciro ko kubana numuryango wuzuye mwishimanye courage Tidjala wacu Kdi byose n Imana ibitugenera ndagushyigikiye wabaye intwari cyane rwose Imana ikunezeze rwose
Uyu mu maman sindamuzi,ariko ndamukunze.une brave maman
Allah azakubakire urukomeye, unteye emotion peee! Abantu ni abacamanza ariko Imana ni nyir'imbabazi n;urukundo rwinshi
jy'ureka abantu bavuge n'uburenganzira bwabo, ururimi n'inyama yigenga, ubishaka cg utabishaka ruravuga neza cg nabi, urugo n'urwa babili ntitukinjire mu buzima bw'ingo z'abandi, iby'umugabo n;umugore bireba bireba umugabo n'umugore, batangira nta numwe wari uhari. uyu mubyeyi mwifurije urugo ruhire n'umwaka mwiza w'amata n'ubuki. vive la vie familiale
Urakoze cyane Tidjala. Imana igufashe uru rwo ruzarambe. Love from USA
ndagukunze cyaneee nibake bagira Ubutwari uwiteka uzakubakire rukomere cyaneee
TK ndakwemera sana!
Uwiteka aguhe umugisha n'abawe bose.
Tk uri umunyembaraga kabisa kdi uri numunyakuri Imana iragukunda cyane pee natwe turagukunda komerezaho urekane nabanyamagambo bavuga kuko baba babuze icyindi bakora ndagukunda cyane tk u inspire me
Ahubwo wabigenje neza.
Urukundo ni urwa mbere Tidjara...
Uzasaza neza cyane.
OMG what can i say TK at least finely you have helped me out i think i have to surrender this life i have been in 20yrs enough is enough seriously this story is me thank you beautiful your just amazing lady God bless you in your new journey
Ntakabura Imvano mama kd ibaze kundi nawe yahisemo kukunanira rero mama nuwo akeneye urukundo nokwerekwa ko urintwari aratereta bushya macherie uko nukuri👍👍👍👍👍👍👍👍👍👍👍
Asalam alaykum warahmatullah wabarrakatuh? Realy i love the way u express your confidentiality and reality in all your doings.Tidjara i love you so much you can't understand!
Allah ashyire barak murukundo rwanyu
Yoooooo! Mbega disi ubuzima, nizere ko ako kana gato katigeze gasuzugura abakuru ngo gafite papa wako ubana na nyina, kuko dore na se w'abana bakuru araje kandi agomba no gukomeza no kwita kuri murumuna wabo aho ari ngombwa. Gusa Imana niyo izi ubuzima bwa buri muntu pe! courage mama TK.
Mansha’Allah umeongea maneno mazuri sana Mungu akubariki katika ndoa yako . Umefanya maamuzi mazuri sana kukubali baba wa watoto nimefurahi sana . zamani tuko Rwanda tunaskiliza radio rwanda tunamsika mzee kabendera Mungu amlaze mahala pema peponi .., wanao sema usiwajali wewe tizama maisha yako Tuu ndio muhim kwako ni mimi kutoka 🇴🇲🇴🇲🇴🇲 nakupenda sana 🥰🥰
Tidjara ndagukunze uri umu star .Courage mama big up !abantu baravuga nijoro bagasinzira.Ikibazo nuko bavuga ayabandi ayabo bakayicaraho.
Big up sweetie TK I love u 4 ever. Wherever I hear ur voice I remember ur dady kabendera shinani may his soul rest in peace
Yoo Imana Izabasajishe Neza Rwose Kandi Noneho Rwose Impamvu Yajyanye Papa Wumukobwa Uzayimurinde
Turagukunda cyane Tidjara!Allah agukomeze uri intwari cyane!
Siwowe wambere rata nturinuwanyuma gutandukana reka abantu Uwiteka niwe ufite ubuzima bwawe mukiganza cye bihorere Iman niyo nkuru utabusya abwita ubumera
Uri umunyabwenge rata bakureke, ndumva ntabirenze ahubwo situations zose wazitwayemo neza, kandi uri umunyakuri what i appreciate the most, May Allah be with you
Ibyuvuze nibyo cyane,ubuzima bwumuntu buba arigeno ry'imana
Uritwari cyane KBS imana ibehafi
toutes mes félicitations madame ukuboko kw'imana kukubeho t'es une brave femme
Courage petite sœur ubuzima ni ubwawe abandi ujye ubihorera umusonga w'undi ntukubuza gusinzira niko bavuga mu kinyarwanda waramaze
Bakureke kuko buri wese agira inzira ye kndi amahirwe y'abantu ntangana ! Komeza urugendo ntucikwe intege wubahe uwo Imana iguhaye kndi wubahe uwo mwatandukanye ntimube abanzi ubundi wisengere Allah agukomeze ureke abavuga bavuge bazasigara muribyo wowe ugeze kure ! Ndakwemera ndagukunda !
Ni byiza ndetse cyane, ariko icyo nabifuriza nuko mutazongera gutana
abantu varavuga kd ntawababuza kuvuga. ubuzima nkubwo nibintu bisanzwe. so Imana ibafashe mumuryango wanyu nukuri urugo rwiza
Ngushimye cyane ntashano wakoze nagato
Thanks for your inspiration dear Tk
Well said mama...u are a source of inspiration for all single mothers.
Tidjara uvuze ijambo rinkoze k'umutima pe!!!
kd Allah akomeze agushyigikire m'urundi rugendo utangiye rw'ubuzima
T.K ibintu wakoze nisawa cyane
Abavuga bo bareke bavuge. Njye ndagushyigikiye
T.K wakoze neza cyane,byari kuba ikibazo iyo abana bakomeza gukura batazi se.ariko se nibo baguhatiye gusubira nase?
YEAH NI SAWA CYANE UGIRA UKURI CYANE NDAGUKUNZE ALLAH AKOMEZE AGUSHYIGIKIRE NA FAMILLE YAWE KANDI AJYE AHORA AKUNEZEZA
Congs TK, ugire imigisha mu rugo rushya 👏🏻👏🏻
ndagukunda abagusebya bareke baba babuze ibyo bavuga Imana irakurinze komera
Wooow! Felicitation Titi kandi Imana nisingizwe kuko mwongeye guhura na Papa w'abana. Nibakuveho
ariko se niwe wambare utandukanye numugabo kweri???? sha ma dear nkuko wabivuze live your life peeeee
Tidjara courage abantu bakunda byacice kdi bitabareba courage kbs
I appreciate you TK!
Komera rwose, uri umumama mwiza Imana ibiteho muri byose
Tidj rata uri umunyembaraga uyubakire ubundi ubareke kbsa imana izakubakire.
Ndakwemera cyane
My role model TK ,nakwigiyeho byinshi byiza harimo kwihangana ndetse no kubabarira
Imana ikuje imbere aba dame benshi bishwe nokuvuga ngo nikozubakwa.vyanse uronkonka uwomuvyumva kumwe
Tidjara nukuri uri umudamu wintangarugero, ariko muzihangane ntimuzongere gutana mukomeze mwibanire neza!
Byiza cyane tky ndagukunda cyane nirwojyere abavuga bareke bavujye
sha Njye Ndakwikundira Maze Bareke Nakazi kabo kbs
Ndagukunda cyane uvugisha ukuri Imana niyo imenya ubuzima bw'umuntu kdi iri kumwe namwe
👍
Tijhara ndagukunze cyane
Your amazing
Ndagukunda cyane tijara u ar a strong women
I just love TK no matter what😍😍😘😘
Ni bakureke yego Ikibazo dukunda kwinjira ubuzima bwabandi keep up
wowww Gokombwa kabiri ni experience ifite bate, stay strong Mama, bazavuga baruhe
Tidjara uri umwana mwiza komereza aho . nibakureke uri intwari kabisa .
Nice ma shaa Allah 👍
NUKURI NI BYIZA ARIKO USANGE YESU AKOMORE IBIKOMERE , NDATEGETSE NGO UZUBAKE MU IZINA RYA YESU
MaashaAllah byiz
Ma shaa Allah.bakureke Allah mwenye guvu.ntiwahagarika abavuga
Ubuzima bwawe privée ntawe mbireba. Abantu bazavuga no matter what. Ntakwisobanura kubantu kuko uba ubaha ibindi bavuga. Gusa mwihangane ntimuzongere gutandukana kuko ntabwo ariwo mugambi w Imana.
Yeg rata
nukuri imana ihe umugisha urugo rwanyu kd kugira urugo numugisha haribenshi bifuza gukobwa god bless you .
Urumunyakuri rwose
Ndagukunda cyane Kabendera
ndakwemera kbs
T.K,Urumuntu w'Umugabo kbx ndakwemera. Abo bavuga bareke kdi keep it up.
God bless you from Nairobi
NDAKWEMEY KABENDERA URI SERIOUS
Tijara you inspired me
Ndagukunze rwose uzikuvuga
Be blessed ntukabe wenyine your life is yours
Sha, ngukundiye ko uvuze neza umugabo mwatandukanye nta mpamvu yo kumushyira kukarubanda. Urumunyabwenge kbsa
You so creative i like it.
Kbs, umu mama mwiiiza, icyemezo cyiza rwose.
congz tijala
proud of You Mama Africa!
Congratulations Big Sister!!!
congz my big sister bareke bavuge nibaruha bazarekera
It's your life, be happy with your family. Bless you
imana iguhere imigisha gukunda abana bawe
Love you Tijara
Dada uli femme courageuse
Thx kubabwirira banjye bavuga bazaruha
thx sabin courage ubirimo neza
T K nukuri imana iguhe umugisha kd ikomeze ikubakire
ibintu bya kuryoheye ucyiri muto ndakwemera cyanee komereza aho
ahubwo ndumva byari byiza, gukora ubukwe bwababyeyi bawe sha!
Exactly uri Ntwari kabisa
Imana igushingire igiti gihame
Uzakire Yesu ubone amahoro ,ufite byose urabura agakiza
Tidjara you are right you are the one to decide on ur life
woowww.courage tija wanjye urumugore wintwari kabisa irire ubuzima wirerere abana wikundanire numugabo wawe abandi bareke bajiginywe .uryoherwe nubuzima igiko
byiza rwose
Tidjara ndakwemeye
Ubundi abantu bahabwa nande uburenganzira bwo gucira abandi urubanza? Ntanimpamvu nimwe yo kwisobanura, kuko ntiwabivamo iby imbura mumaro! Ubundi mubakuvuga ninde wigeze agira icyo akumarira murugendo rwawe? Gusa bantu mufata umwanya muvuga ibibatareba murababaje cyaneee
Yooooo Ndagukunze mama wabatoto
Courage TIJAR.NDAGUSHYIGIKIYE
Nukuri njye ndagukunze uri umuntu w'imfura kbs abavuga bareke nimbura mukoro
Oya, jyewe ntabwo mbigushimiye, ahubwo uwo n'umuco mubi murikubiba mu bantu aho gutandukana mugiye kubifata nk'aho ntacyo bitwaye.