Это видео недоступно.
Сожалеем об этом.
TIJARA ARARIZE😢Nicuza icyatumye menyekana|UBUSINZI BW'ABAKOBWA B'UBU|Kumagambo PEREZIDA yaraye avuze
HTML-код
- Опубликовано: 28 фев 2023
- Niba wifuza kuvugana na ISIMBI TV, kuduha ubuhamya bw'ubuzima bwawe cyangwa inkuru idasanzwe, duhamagare kuri +250784838126
#IsimbiTV_0784838126
KANDA HANO UREBE FILIME SEBURIKOKO IGEZWEHO: ruclips.net/video/U98gpLCQk2w/видео.html
,ànassad
Birababaje mwakabyaramwe gusa abaku nda.uyu mubyeyi nkanjye 👍
Niba nawe uhise wirukira muri comments mpa likes mbabarira rwose pe
Wakozik 😁😁😁
I am addicted to the comments I am asking myself why
@@uweraallen7452 me too I am addicted
Simpengeshany 😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂 mpitayo namajwi ntarumva
Nibukunda tk kd wumva atangukuri umpe lik😍❤️ unakande kwifoto yajye urebe ibyo nkora 🙏❤️
Hi
Hi
Je t'aime Mama uri, Umuhanga, uri, Umubyeyi, Uvugisha ukuri, uvuga ibintu bifite umumaro .be Blessed
Waoooh, Umubyeyi nkunda disi...💓💓💓💓 Urabegwa pe☑️ 🇧🇮🇧🇮🇧🇮🇧🇮🇧🇮🇧🇮🇧🇮
Tk simpaga kukumviriza wewe uranyigisha vyishi more blessing I love you ❤❤❤
Erega Sabin biroroshye cyane mwibica kuruhande abana bacu baradukeneye cyanee ababyeyi babamama kuva umwana avuka kugeza ashaje ikibazo ntamugore ugishaka kwicara murugo yewe nuvuye kurako kazi ntamwikoza none c umukozi waje azerereye yakurerera ubushobozi mumafaranga nuburere biratandukanye cyaneeee niyo waba umukene ariko umwana akakubona cyane ko nibyo bintu materiel umwana ntabyo abazi nitwe tubibaha ngo karabonetse.
Isimbi Tv turagushimira ibiganiro nabatumirwa utuzanira biradufasha turahigira cyane 👏👏noneho uyu mubyeyi afite ingero nibitekerezo byubaka cyane urubyiruko ndetse nigitsina gore muri Rusange.
TK umuvyeyi nkunda😍Imana ijiguhumugisha ikurinde ukomere kumpanuro uduha ndagushimira 🙏
Ndagukunda vrmmnt nkunda inama uduha disii thank u so so so so much mom nukuri ndagukundaaaaaaa iyaba twajyag tugira amahirwe yokukubona mubiganiro kenshii
Waooo ntimwakumva uburyo nkunda uyu mubyeyi pe♥️❤️💕💕hahiriwe abana be bo bamufite
Natwe turamufise kuk kumpanuro atanga aragerageza😘😘
Love❤❤❤from Burundi🇧🇮🇧🇮🇧🇮Maman Tk
Mama we uvugisha ukuri knd urumunyabwenge 💯
Aho urabeshye urubyiruko rwize imyuga ikabapfana ubusa kubera ubukene !!!!! Harubukene burenze kamere aho murikutubeshya kbs
❤❤❤❤ndagukunda Tijara🥰
TK niwe wange courage mama never give up
Tidjala inyigisho zawe nizambere ngomba kureba ino intaview we love you all 🙌❤️❤️🇦🇪🇷🇼
Waaaw mubyeyi nkunda wambaye neza cyane ❤❤
TK ibyo uvuze byose nukuri. Ababyeyi bahumuke, ibyo abana bakeneye sukwiga, sukwambara sukurya neza, sugusohoka buri weekend sukwiga mubigo bikomeye. Abana bakeneye quality time. Quality attention. 👌✍️ uzamuha byose ariko nutamuba hafi kugeza ashatse abyaye, nawe afashe inshingano ntazigera agushima umunsi numwe.
Murakoze
Imana ibongerere imigisha
Muri bazima
Courage
TK uvuze neza cyane! Ndakwemera . Sabin nawe urumuntu wumugabo!
Good mum nkukunda bikaze cyane kd udufatiye runini cyane mu Rwanda ruwacu TK mwiza dufite abana nukuri ntago ari urugero rwiza duhabana ejo hazaza nukuri Imana idutabare
Nibyo koko ! Umuco wacu inzoga izamo cyanee, no mu makwe !! Sha nahano iburayi !! Abana baba nyarwanda baranywa 😌
Tijara rwose arabizi ko tuba dutritingwa bitandukanye harigihe uba mumuryango wagirango siho uvuka nange byambayeho ,kubera gukura bavuga ngowowe nturi uwacu byarankomeretsaga cyane
Mwabantu mwe,kurera ni nko gukina lotto !! Kuko abana duha byose, ukamuha urukundo, mbona ariwe upfa 😌 nkatwe twireze umenya ubwenge !! Nta nuwo watetaho !! Noneho hano iburayi !! Nagahoma munwa 😌 turi mubihe byanyuma erega !! Na bible yarabivuze 😌
Imana iturindire abana Umudayimoni wateye mumiryango no murubyiruko😭🙏
Murakoze ku kiganiro kiza cyane. Buri mubyeyi yari akwiye kugitega amatwi
Be blessed 🇧🇮
Hejuru cyaneeee TK
Ni azako cyinaricyo jyihe natwenkabana rujyiruruhare kugukuraneza kwabarumuna bacu barihasi reka tureke gutejyereza kababyeyi haricyo bakora ahubwona twe tubeha fi abavandimwe bacu tubahurukundo tubabehafi tubajyiricuti bizatuma batubwiri byobacamo natwe tubonereho tubajyiri nama 🙏
Thank you kabendera kukiganiro ugiranye na sabe ni koko urubyiruko twikubite agashyi turebe ejo hazaza kwo gushukwa nibyakakanya
Love 💕 from BURUNDI 🇧🇮🇧🇮
🙏🙏🙏🙏
T.K Ndagukunda nawe urabizi,Allah akomeze akurinde .
Love u TK🥰🥰🥰
Yoo ibyo muvuze nibyo koko nange byigeze kumbaho niga muri 6ème primaire niganye n'abana babiri bavindimwe umuru n'umuto
Umukuru akaba inzobe kandi avuga mbese ashabutse gato
Umuto acecetse akaba imibiri yombe
Rimwe mbaza umuto ntese uvindimwe nuriya .rimwe twicaranye ndamuserereza gato ariko yari umwana witonda cyane mbaza marraine arambwira ati iyo babimubyiye biramubabaza
number 1 viewer I love TK kutoka Nairobi
Ugizengo ba Boss ladies ntababwiye
Uraberewe maman mwiza❤
Very true
Respect mama
Love you tk
Ntabwo umubyeyi agira umwana akunda cyane ahubwo buri mubyeyi aba afite icyo buri mwana amwibutsa. Rimwe na rimwe bigaragara nk'aho amukunda umwana w'umunyantege nke, ufite des besoins particuliers.
Ndabakunda
Ihangane chr
Tk ndagukunda hahirwa abagufite nkumubyeyi burimuntu wese yakwifuzako umubera umubyeyi pe
Dinjara ndagukunda ibyo uvuze nibyo twiberamo abana mucyaro na babyeyi benchi Niko tubayeho ubu umutima yacu yarakomeretse cyane guza mujye mudukorera u uvugizi nkabayobozi bakamanutse bakagera bakamenya ibibazo byacu duhura nabyo kuko birakabije😅
Ako tk USA neza wagirango woga amata ukisiga ubuki
Ariko tijara uramutinya cyane ukuntu uba umubaza witwararritse bibabirenze
Kabendera ❤️🤞🏾
Turashaka Brianne 🙏🏾
Cyokora usibye Imana niyo yo gutabara abakobwa naho ubundi mu minsi irimbere barakora ibidakorwz pe nge ubu narababYe bitewe nabakobwa dufite pe
Sha hari uzayarya ayaruke nabi da
Icececyere chch hari nuwo ukorera ibyobyose Kandi akakunanira harigihe umwana yivukira ahubwo nukujya kumavi gusa tugasaba imana ikajya abana bacu imbere
True
True
Sha kurera biragoye ariko icyambere nuko ukora inshingano zawe neza nkumubyeyi mwiza ntamutima uguvira urubanza uba ufite
Ubusinzi buri aha hanze kweri 😭😭😭
Hello mukuru wanjye na mushiki wacu mukuru Sabin & TK ibi biganiro mukora nibyiza icyo nabasaba nuko mwazanaganira no kubagabo cg abagore bata ingo barazibyayemo abana batabasha no kwishyurira mituel, bagashaka abandi bagore nabo bakabyara abandi bana nabo batabasha guhaza mubyo bakeneye aribo bakomeza kongerera leta yacu ibibazo byubukene budacika mubaturage nabana mumuhanda cyo kimwe nabasore usanga bikomanga kugatuza ngo bafite abana nyamara batazi nuko babayeho kdi sorry ndabona nanditse ibintu byinshi
Tk ibyuvuga nibyo peuh ahubwo Hari nababyeyi bataburara bafite ibyabafasha ariko bakaba aribo bakora ibikorwa bikururira abana babo mubuyobe .utaha bakakubaza icyo utahanye kuva murugo akabarukuba ufite icyo ugiye kuzana
It is true
Tk Tell them
Tijara ndagukunda peeeee utagukunda ninjiji mumutwe kbxx yrumugore uzi gushakisha
Tijara ndagukunda SETU
Tk
Tijara,à vaincre sans périr,on triomphe sans gloire. Kwifotoreza ahatari ahawe,kugira ibyo utakoreye
My Tijara
Sabin zana Pastor Mutesi na Dj Brianne
Pasteur Mutesi umukeneyehiki mureke yiruhukire natuzanire Umu nigga wacu DJ B😍😍
Tk ibyondagukunda nshaka kuzabonana nawe plz mbona wampumurixa
Ariko sha TK tubwire abatari hafi ingene twobigenza kugira turonke ayo mavuta
uvuze ukuri, nta boss lady wiyamamaza...
Uyu mubyeyi ko numva turi kuri sound imwe?100%nihaboneka abafite ibitekerezo benshi tuzagira amahoro
Boss lady umuvuze neza, ikigihugu kirimo abadamu bafite ifaranga bazinokurivunikira bafite campany zikomeye abandi bayobora ibigo bikomeye , abandi arabashoramari bakomeye kdi bafite amazu meza nimodoka zihenze , Ariko iyo time yokwica ubusa ba postinga cq biyerekana ntibayifite ntibanayikeneye, Ariko ugasanga babandi batunzwe nogusenya ingo zabandi aribo biyita title batazi bigereranya ngobarigutigisa imbuga kdi mumutwe ari zero!
Sha uvuze ukuri mubye duca muri byishi imana yonyine niyo ibizi kubera ababyeyi
Kabendera turakwemera cyn
Byose ni m'umutwe
Tk waduhaye numero yawe ko ncaka amavuta yo kwisiga
Shaddyboo
Iryo hingabana njyewe naribayemo, nabayeho ababyeyi banjye bumva kwiga kwanjye Ari ukwishyura minervale , ntawambaza bullitin, ntawuzi Aho niga nta care
Mpa adress zaho mukorera
Mwampa numéro ya Tidjala
Ariko nawe ntiwasaga gutyo turakuzi pe
Bonjour ndashaka amavuta ariko ntabwo mba mu Rwanda
aba boss lady turabasuhuje
Ibya bana n'ababyeyi bimaze gufata indi ntera ndende cyane, hari video iherutse kugaragara ababyeyi bari mu kazi, abana 3 basigara murugo, umukuru yari 8 years bose barimo gukora imibonano bareba prono babyigana biteye ubwoba, babyeyi nimumenye ibya bana barimo
Yebabaweeee mbega agahinda,Imana Itabare pe
Nkunda ukuntu abantu bisize make up bihanagura amarira kwipoze any way love you.
Yego sha nanjye ndabikunda
@@esperancemujawiyera7986
Atabikoze gurtyo wasanga, mascara na phare na foundation bivanganye n’amarira bikaba isipu hahaha
Tk ibyuvuze nukuri iyisi siyokuzanamo umuntu ukunda kd nabarikurera bafite dépression bazarera gute !!!!!
None se uwudatuye mu Rwanda yoyabona gute?
amajwi kontayo sabe?
Ahaa
Mukunda mwikinamico
Eeh ararize?
Ariko kugira credit njyewe ndumva nabyo sibyo,nonese nukavaho ,nabwo ntabyo wakoze ?😁
Biragoye,,gusigura,ikosa,rimwe,nivyobita,,iterambere,,ngo,umwana,ntiyohanywa,,numuvyeyi,wese,amubonye,mwikosa,,haribindi,vyinshi,,bituma,umwana,Aja,mubidashoboka,hari,namasinema,,ngo,umwana,afise,uburenganzira
Ariko Sabin uzambarize tijala amarira agira ayavanahe?agakomye kose arararira mbambona arimitwe ayamarira sinzi pe ajye agerageza yirinde uburyarya
Inumire TK, ukena ufite itungo rikakugobokaaaa
Sabin kunyurwa ni byiza kuko bituma utifuza kd ntubeho nubuzima butari ubwanyabwo, ahubwo uko kunyurwa uvuga gutuma umuntu adakora ndumva twabyita “kurengwa”
Ariko niba asambana akabona ibyo abona akitwa boss lady. Ibyo ntakibazo mbibonamo kd buri wese agira uko yapanze ubuzima bwe. Isi twarimo mukinyejana cya 16, 17, 19.....etc. sibwo turimo muri 2023. So TK ntabwo aho twemeranya.
Ohhhhh 😮
Amajwi ntayo Sabin
abakobwa bo Mana nukuri bo babaye nkabo muri sodoma nagomolo
Ubundi c umwana mubantu bakuru Aba avuga iki koko yewee mukomeze mubasirimure rwosee TK mucyaro uzagarukemo ikigaragara ntuhazi pe
Sindumva ikiganiro ariko ndizeye nikiza
Nibyo cne ntabwo bibura mumiryango