JOHN RYANJYE na PLAISIR Mu Byishimo🥰 UMUKOBWA w'imyaka 46 Ugiye Gukora UBUKWE❤️Mukuru wa JOHNRYANJYE
HTML-код
- Опубликовано: 4 фев 2025
- #Plaisir_0786388010
#ZABURI_NSHYA
/ @zaburinshya
Yesu ashimwe ! Iyi ni ZABURI NSHYA (Ishakiro ry' ubutumwa bwiza), urubuga rudashingiye ku idini, runyuzwaho ubutumwa bwiza bwa Yesu Kristo, binyuze mu buryo butandukanye. Hanyuma muramutse mushaka kugira inama mutugira, habaye hari igitekerezo mwifuza kudusangiza, cyangwa se indi nyunganizi, mwaduhamagara kuri Numero ya Zaburi nshya cyangwa mukatwandikira kuri: +250786388010, +250780736553 na +250722803600 (izi numero zombi ziba kuri whatsapp, Facebook: Zaburi nshya, Email: thicingenzi2@gmail.com
Uwakumva yifuje kudutera inkunga ngo umurimo dukora urusheho kugenda neza (Donation) yakoresha:
-ECOBANK ACCOUNT: 0013013810358301 (NTAGANZWA Plaisir)
-Moble Money: 0786388010 (NTAGANZWA Plaisir)
Murakoze cyane ! Imana ibahe umugisha
Muhungu wange plaisir komeza utsinde, kdi ukomeza utsinde abanzi bawe bari kugusunikira imbere mumugisha udasanzwe! We love you and your family.
Amen amen
Wawooo mbega byiza wee plaisir courage Imana ikomeze igushigikire ntucike intege kuko abakurwanya nibeshi abagufitiye ishyari nibeshi ark komera kdi usenge cyane kuko uwiteka imana igufitiye umugambi kdi iragukunda kdi natwe turagukunda cyane nubwo bagututse bakwita agakingirizo cg za gapote ntacyo bivuze tugukunda mumabara yose❤️❤️❤️❤️❤️❤️❤️from🇺🇸🇺🇸🇺🇸🇺🇸
UMUNTU NIBAMUTUKA UKABIMUBWIRA USUBIRAMO IGITUTSI YATUTSWE UBA UHAMYA IBYO BITUTSI NAWE UBA WIYONGEREYE KU MUBARE W'ABAMUTUKA!SIGAHO,NTAHO UTANIYE N'ABAMWISE IBYO UVUGA
Ariko Mana Plaisir ndagukunda na John ryanjye nari mukumbuye. Muhabwe umugisha n'Uwiteka.
Praisir imana izaguhe ijuru knd abakurwanya batsindwe mwizina rya yesu
Nkunda ukuntu atajya aterana nabo amagambo kdi akomeze atuze lmana izarurwana ❤❤❤
Plaisir ngutuye Kuva 14:14 rigufashe muriyiminsi we love you ❤❤❤
*Mukuru wa John Ryanjye ni umubyeyi umeze neza cyaneee😍.❤*
Amen Haleluya. Na nyuma ya Zero irakora. Thanks Zaburi NSHYA
Plaisir disi ndakwikundira uwiteka agukomeze numu dame wawe pe
Yego sha na Kamikazi mwiza😍 wa Plaisir Turabakunda
Wakoze kujya kudusurira Jyoni ryanjye ntaherutse
COURAGE PLAISIR TULI KUMWE TURAGUKUNDA PEEE❤
Plaisir imana izaguhijuru Kandi. Ntacyo jyansabimana ngo ikinyime, ijuru komeza urikorere Sha ibicantege ubireke
Komera ku murimo w'Imana mukozi w'Imana Plaisir Abakozi ba shetani barikukuvuga ibinyoma bamaramare.Uraduhezagira cyane.
Plaisir Nkunda Ko Utajya Ucika Intege Ku Murimo Baravuga Wowe Ugakora Courage Mukozi Wi Mana
Plaisir, rabagirana ufasha imbabare! Turagukunda bya nyabyo. Imana imirimo yayo irahambaye!!
Imana yo mw'ijuru ntaho itokura Umuntu ntaho itomugeza.Niyo yo kwizerwa ata bundi buhinga n'ibiharuro(imibare) dushizemwo.
Igihe ciwe nticari bwagere igihe ciwe niki sukukuvugako arikwitonda cn cnk gukizwa cn umuntu wese afise igihe cye Imana yivange muvyanyu Alphonsine❤😢
Imana yacu yishurira Ku gihe kandi ntibesha.Izobubakire bavandi
Wooow byiza cyane
Plaisir weeee courage rwose njyewe nkuri inyuma ndivugiye abandi sinzi ibyabo
Njyewe ndabakunda na Family yawe ❤❤❤
Turamukunda cyane nakomeze umurimo arekane nabanyamashyari 😊 ❤️
Comment nkizo ntimuzizane hano bagenzi, hacyo udasanga Topic ihinduye isura.
@@sandraumuhoza6714
Turamukunda cyane❤❤❤
Mbega byizaaa!!! Zaburi nshya ndagukunda!
Plaisir Nyagasani murikumwe kdi Komeza utsinde turagukunda cyane ❤️ ❤️
Lord this is another miracle. Habwa icubahiro Mana wowe udakoza isoni. Uri nteturuye icubahiro nicawe ibihe vyose.
Nimwisekere abanyeshyari bamware😂
Imana izaguhe guheka hungu na kobwa .Kwihangana bitera kunwsha.Imana izabubakire.Muzahahe muronke.
Komeza umurimo Plaisir.
Felicitations bageni beza, John ryange turakuramukije cyanee
Plaisir komeza umurimo , yesu akurinde❤
Plaisir komera cyn mukozi w'imana gs imana ige iguha umugisha mwinshi uri umukozi kd imana yemera nubwo ufite ibyaguhagurukiye ark humura nuko ufite ibyo ubarusha komera cyn kd imana igukomeze muri byose ndagukunda
Make ndagushimiye
Blaisir komerezaho turagushyigikiye
Plaisir, komeza ukorere uwakuremye, abanyamashyari baguhagurukiye, uruharire Imana izarurwana.
Imana ihimbazwe kuko ikoreye uyumukobwa ibitangaza ikaba imuhaye agaciro ikamukuraho igisuzuguroro nukuri ndayishimye nawe pressile IMana ikomeze amaboko yawe kd ikomeze amavi nibirenge byawe kugirango ubutumwa bwiza bukomeze kujya mbere
Amen 🙏🙏🙏 imbaraga zawe mana
Mana urimana koko niki nigi tangaza ukoze pe. Bira nejeje pe. Uwiteka azabubakire mama
Nzanira abana b'Imana banyuzwe n'aho Imana yabakuye twongere tubyine
Yoooo ndishimye cyane past Wageze niwacu
Plaisir❤❤❤❤ ndamukunda uwagira nimeroye yayimpa
Imana ni shimwe cyneeee mushiki wacu yubasshye Imana ndamuzi
Wawoooo ndabazi mwese disi umukobwa twari duturanye yooo lmana iravuga ikanakora
12:54 komera plaisir urwane bucece Uwiteka azakurwanirira
Plaisir noneho urandangije ndishimyeeee!
Imana igukomeza Plaisir ntucogozwe nibyubona kuko igiti kirimo imbuto nicyo bateramo amabuye
Mbega byiza imana ibahe umugisha
Paisir ndagukunda ndagusengera komera muhungu wimana uterimbere abanyabinyoma bamware
Imana izabane nabo mu bukwe bwanyu. Ndabasengera.
Ibitangaza biracyakoreka ,Imana yacu nishimwe
Imana ikura kucyavu
Plaisir atuzaniye Njyoni rya Nye twari tumukumbuye
Komera plaisir bihorere Imana ikomeze iguhe umugisha ❤
Komera Plaisir, ikomeze ku Uwiteka
*Mbega byiza cyaneee, CONGRATULATIONS!🎉🎉🎉❤*
*Imana Izabubakire urugo rw’umugisha, muzabyare abahungu n’abakobwa.👨👩👧👦👨👩👧👧👨👩👦👦❤❤*
Plaisir uranshimisha pe komeza umurimo Warahamagawe komeza imbere pe Nyagasani Muri kumwe
Imana ibahe umugisha
*Plaisir, ni byiza ko utakita JOHN RYANJYE Mukecuru kandi no kubana be n’umutware we ni byiza cyane*
*Komerezaho.*
Wawuuuuu wawuuuuu imana irashoboye
Wooow aka kantu ko kujya kumuzana ndagakunze
Wow mbega byiza … Yesu ahabwe icyubahiro 🙏🏽
Yoooo ndishimye kubwarufonsina
Yooo lmana ishimwe Kandi warabivuze koko di!!
Nanjye nshimye Imana kandi nta mwana w’Imana usaza ahubwo akura mu mwuka cyane kandi nicyo kinezeza Imana ku rusha iby’uyu mubiri
Imana ishimwe cyane yo ibikoreye kwiyubahisha🙏🙏
Nibyiza cyane❤🎉
Ariko bose barakuze ntakubazo yesuwe urantangaza pe
Ndagukunda maman Sando kdi plaisir jya mbere Imana muri kumwe
Plaisir rero ngirango urabibona ko abantu babonye aho bagaragariza amarangamutima yabo!
Nanjye ngira nti:
Komera kd ukore
IMANA ikwagure kd irabaruta humura
Benitha uti: turabakunda
Yes buri muntu wese umwanga yabigaragaje ariko Plaisir Wacu Komera nukuri
Baguhagurukiye ariko Uwiteka akurwanirire kuko bakanuye amaso🙄
Plaisir turagukunda komeza utsinde ureke abagufiteho mashyari
Imana irakora bavandimwe❤❤🥰🙏🙏
*Disi uyu musore arashonje, ntabwo arya bihagije.*
*Alphonsine we, uzamugaburire neza bityo ariya matama ntazakomeze guhombana.*
*Imana Izagendane namwe mu rukundo no mubw’ubwimvikane.🙏❤*
😢
Uri njiji nugatekerereze abantu imana niyo ibegena
Presil imana igukomereze amaboko
Yesu Ashimwe cyane iteka ryose 🙏🙏🙏🙏
Plaisir komera muri YESU ❤🇧🇮🇧🇮🇧🇮
Imana ihabwe icubahiro nukuri.
Yesu niwutanga amahoro
Mama ndaguku mbuye cyane niwamu kobwawa wewokurusumo nabona gute nimeroyawe ndagukumbuye cyane murakoze
Hari Umuntu ureba ukifuza no kumubera umuvandimwe.
Nukuri pe ababaMaman ndabakunze
Jye nsigaye mbona plaisir nkumva amarira ariko ukomere plaisir kandi ndagusabye komeza uceceke niko kunesha kandi Imana iri muruhande rwawe turagukunda turi kugusengera nukuri kandi ukomere Yesu araje umugeni niyitegure kandi uko Yesu arikuza ninako satani ari gukoresha abantu be ngo atazaburabo yisasira icecekere my brother 💞
Plaisir komera
Ndabakunze❤
Imana lshimwe cyane 🙏🙏 lmana izabubakire
Imana Ihora yitwa Imana
Imirimo Imana ikora irakomeye inateye ubwoba
Komera John ryange
Inda ibyara mweru namuhima
Nejejwe no kongera kubona Plaisir na jhon ryanjye.Komeza imbere muntu wImana ,Komeza waguke bo bamamaze uwo bitako barwanye
IMANA ihimbazwe n
Hallelujaaaaaaah, Hallelujaaaaaaah,Hallelujaaaaaaah
Umuti nukwimuka inshuro nyinshi ntawamenya Aho uzimukira bwanyuma niho uzabonera umukunzi
Nzahita mbaririmbira indirimbo ivuga ngo: " ABANA BIMANA NI BEZA. ABAANA B'IMANA NI BEZA, ABANA B'IMANA NI BEZA! BAMBAYE UBWIZA BW'IMANA
Imana iguhe umugisha plaisir turagukunda diii abakunzi nukur ntibahindurwa nibihe
Imana ni nziza kweli
Bitanguye kuryoha kare lmana ishimwe
Of course Ndabona Matinze Hahiye
Pleisir. Uyumusi. Mwakoze. Ikikiganiro kiryoshe.Wallah kandi. Kinasetsa 😂😂..hama. bavandimwe. Mugire. Urugo ruhiye nyagasani. Azabuba kire...urugo gwiza
Plaisir❤
Biva kweli mugusenga.
Igiti kiriho imbuto nziza kd zeze neza nicyo bateramo imijugujugu
Gusa ikinshimishije nukuntu plaisir birirwa barigusakuza akaba we akomeye
Nibikurenga ukibaza impamvu ya byose, uzajye wibuka ko igiti keze amatunda ahishije alicyo giterwa amabuye... icy' umwumira ntanumenya aho giherereye! Inama rero ni ntamvura igwa ngo ntihite, nibikuremerera uzajye wibuka ko na Mwene jambo yaciye muli ibyose... kugeza I Golgotta arabyemera kandi ari Rugira Nyiri issi n' ijuru! Urwo rugamba uruharire Data wo mwijuru, Il est Le juste des Justes, akaba numuhozi nyakuli, komeza wicecekere Imama mulikumwe! My heart is hurting numva what is going on. En un seul mot : Imana ibane nawe iguhe imbaraga zo kwima amatwi ibitakugiriye akamaro. Blessings 🙏🏽🙏🏽🙏🏽
Aha nanjye ndanezerewe Mana
Biranejeje cyane
Plaisir nukuri Ndagukunda ingene uryosha inkuru 😅😅😅😅😅😅 imana ukomez utuzigamire turagukunda
Mbega ubuhamya!!😂😂😂😂
Byari byiza Ariko se ako gasore kuki mukareka kakaguma kwambara ingofero mu rusengero?
Hallelujah hallelujah hallelujah Amenaaaaaa
PLAISIR WACU YESU NASHIMWE NDAGUKUNDA CYANE TUKIRI MWISI DUFASHE IGIHE MUNTAMBARA KOMERA ABANZI BACU NIBABUZA IMANA KUDUKUNDA KOMEZA UKORERE IMANA IMBERE HARI UBUGINGO ABAVUGA BAGUSEBYA BIHORERE UMWAMI BAKORERA AZABAHEMBA
Uziko nabasinzi babutashye we
Amen
Ahaaaa 😮
SABIN , PLAISIR nizere ko mu maguru yihutirwa mukora aka kazi, ibyo gukeba iminwa y'inzererezi za ngirwa BISHOP na za pasitoro mubindeekere nzabaca iminwa mbahoye Nyakwigendera Pst THEOGENE bashinyaguriye, SeBUKWE WA vITAL bakojeje isoni, n'imirimo ya ZABURI Nshya bari gutobanga uko bishakiye
😅😅😅😅😅😅twari tumukumbuye😅😅😅sinjya mwibajyirwa pee