Njye ndakwikundira uri humble cyane naho the ben na meddy sinkunda ubwibone bwabo Kuba baragiye muri america baba bumva barenze batatanga interview Kandi amazi arashyuha ntiyibagirwa iwabo wa mbeho courage munyakazi wacu izina niryo muntu
Kuba yarira nukugaragaza amarangamutima yiwe sibyo kdi the ben is legend kbs mumuhe amahoro Kuko the ben ntawe abangamira imana yamwihereye umugisha ❤❤
nimutuze ben yaduha show nimubyibagirwe ndahamwako melody atamukoma pp Kool umwana iyo ageze hejuru yomvako are nze cyane yibukeko ben yamutanze mubinu nanubu amufite ayo namagambo ya boss we mubi nimugashyi gikire abakire
Ikigaragara mukoresha amazina yabo mubashira mumatiku bose nta rwango bagira uretse aba managers babigize ama team bidakenewe, bazashakane biganirire ubundi hahire rimwe bikorere na collabo, Ben na Melodie big up sana❤
Bruce ... you sindikuruhande runaka , but you are truly 💯 %... ikibazo cyavuzwe ..... aho Muyoboke yakagiye mu itangazamakuru ... yagombaga kugusanga mbere yokujya mu itangazamakuru... erega abantu bajye bamenya ko Kuba mukuru ntibivuzeko ariko kugira ukuri kwinshi kuko buri wese agaragaz ko ari muruhande ruzima.... rero havuge ibikorwa not amagambo
Our very own Bruce! Our very own The Ben Our very own Riderman Our very own Meddy And more others! Our artists are all talented and have done enough and we only owe them respect not making conflicts among them.
Nkunda ben na Mélody at the same time ark ben ari mumitima yabanyarwanda kugeza Isi irangiye ark melody ni game changer ikindi ni philosophe niba wita kuri buri jambo avuga yisekera kd akomeje 👌🏽
Guys, Bruce Melody ntaho azurite na The Ben, Bruce afite Talent,afite ubupfura, afite nubwenge. Iam a showbiz guy, kera ntaramenya Bruce Nemeraga Meddy na The Ben.ariko aho Bruce aziye,nasanze abavuje bombi. Love from Kampala
Ndemeranya name ko Meddy Arenze Ariko name urabyivugiye.Akora indirimbo imwe ikaza ikaze. Ariko buriya jyewe nemera umuntu nebeye kubintu byinshi. Ijwi ryumwimerere Bruce ararenze. Ikindi,tubara ibikorwa bro. Album, number of Shows in a week,month,a year. Umwe ari kuri music ,numukozi wa music.undi abikora nko kwishimisha .So I prefer a professional than a machinery
Kurira nubumuntu si défaut hubwo bamwe amarangamutima yarapfuye kubera uburyo bakuze nkumuntu ugereranya koko Bruce M na The Ben subugoryi umwe yize maternelle undi yakuze ahiga ngo bene nyina babeho urumva koko barira kimwe. Niyo mpamvu umwe yiririmbira urukundo avuga ko nyina yifuzaga ko aririmba Gospel undi akaririmba ibishegu kuko aribyo bicuruza urumva ni inzira zitandukanye rwose abantu bajye bareka kugereranya then ben na Bruce ntaho bahuriye.
@@vyuguruzumwangumwereka ntabwo turi abahanzi muvandi twe tuvuga uko tubyumva njye rwose reka nkubwire ukuri nziko indirimbo za Bruce nta mwana uziririmba cg umuntu wiyubashye kuko Bivugwa KO ari ibishegu Iza The Ben numva zivuzwa mubukwe nahandi kuvuga ngo Bruce azadukorogoshora tudahigira kuri terrain imwe sha nuburofa pe.
Wenda iyo mpeta ya Bruce Melody ntihambaye cyane kuri we kubera agaciro k'amafaranga iguze; birashoboka ko ari ikibazo cy'imikagiro n'imitsindo birimo, cyangwa se basi ikaba ifite agaciro k'ibyo imwibutsa bitabonerwa igiciro mu mafaranga. Gusa niyubahirwe ibyo akora; ni Munyakazi by'ukuri.
Bruce Melody azi ibyo arimope! Imiziki yaramuvunnye mumureke ayikore, ahibwo mwige kugendera ku muvuduko ariho! But, amatiku ya Bruce na Ben, mwirinde kubyegereza umutima cyane, kuko this is show buzz men!
Sure! sure! Actually,this is music busines kandi hagomba kubaho show business too! Twatangiye kubona umuntu ushobora gushora mu muziki impande zose kandi uri very strategic. Ahubwoicyo nasaba abashora mu muziki, begere itangaza makuru rivuga icyongereza, igifaransa, naryo rikorere show off abahanzi bacu!! @@mutoniwasekessia5399
Bruce niwe muhanzi wa mbere Rwanda rwose tujye twemera uyu muhungu ari humble nta mutima mubi kuri social media atanga interview nziza naho abo birasi banyu batajya baza no mubinyamakuru ngo basuhuze abafana abanyarwanda ni bagende the ben uwo muvuga araza agakubita 2 months mu Rwanda si ndabona interview ye meddy nawe nuko mbese bigize abanyamerica baba baduciye amazi melody ni wowe wacu courage abafana bawe turagukunda cyane cyane
Izi confidence za BRUCE MELODIE ndazimukundira ksa
Kandi ibyavuga n'ukuri
Ababyunva nkanjye mumpe like
Sizo nuburere buke. Inziza zubaha buri wese
@@KamuzinziChristian ntabwo ari uburere buke kuko level ariho yarayikoreye nanubu akiyikorera
Kandi Music ni competition nibadakora agakora akabarushya gukundwa n'abafana ntibakirize mugihe ntawe abuza gusohora imiziki!
Thx
@@KamuzinziChristianariko nkawe uba uvuga ibyuburere ubwo urumva wararezwe kumurusha
❤❤❤ngo ngo Melody gabanya umuvuduko ngo ngo Melody shyiramo imiyaga ❤❤❤
Bado bado 😂😂 uyuu muhungu nako uno mugabo ni munyakazi koko natwihere imizikii myishii thew ben nawe nakore areke ibintu bwo gutekana byubunebwe...
❤❤❤
@@rihannafansofficial363 biriya bishegu nakomeze abibahaate rata!! Hahahaha aaaa!!
Super musician super comedian super majic super Lion King 👑 Man urarenze uzi gusetsa pe nukuri uzagume wimerere gutyo pe❤❤❤
Melody ntamutima mubi kbsa agira😂😂😍😍 niyo mpamvu nkwemera my g for life 💝👏🏽👏🏽
Heavenly Father I pray that you keep the person reading this alive, safe, healthy and financially blessed Amen🙏💙
Amen
Amen
Amen. Thank you so much
And wishing you the best ❤❤
Thx bld amen
Amen
Arko sinzi impanvu Melody batamutumira mu ma shows ya. Comedy kuko arasetsa foo😂😂😂
The ben numuhanga cyane ndanamukunda pe aririmba neza gusa nanone ntaseti ijya hejuru ya bwana Bruce Melody arakubiye pe ni bwana 😍😍
Genda Bruce melody Uri gitangaza Kweri 👍🙏 turagukunda cyane
The Ben ni legend gusa nanone ni umuzimyi melody ntimuka musuzugure pee #N'IGISIMBAGIKURU Paaa❤❤❤
Sinzi impamvu abantu tutabona ko uyu mutype ntamutima mubi agira mubyukuri, showbiz Wenda Niko imera simbizi ariko ubugome bagushinja mbona bakurenganya. Kdi sinziko watinyuka gusuzugura Ben kuko waranabivuze ko Ari Grand frère, komeza utere imbere Bruce
Njye ndakwikundira uri humble cyane naho the ben na meddy sinkunda ubwibone bwabo Kuba baragiye muri america baba bumva barenze batatanga interview Kandi amazi arashyuha ntiyibagirwa iwabo wa mbeho courage munyakazi wacu izina niryo muntu
Bruce azi gusubiza neza ❤️🔥❤️🔥
Cyane!
Kbx
Ningera canada 🇨🇦 imana ikaampa umugisha ngomba ku blessing umuhungu wange melody 🎵 ❤❤❤😂😂😂 nukuri umutima wae niwo wagakwiye ikiremwa muntu ❤️❤️🥱ntitaye kubyo ikiremwa muntu cyose gikorera inyuma yamarido ❤
Ndashima imana ko nahageze🤗🤗ottawa kbx nugusenga uhoraho musaba ibiceri ngo mburesinge abandi🤗😎
turakwemera Bruce
Ubaye wumva ururimi rwikinyadwanda
Nube ukunda melody waba ufite ikibazo
Cyakoze bruce nkunda ukunu uba ufite energy mukaz kawe😂 ❤
Ubundi bruce Melodie niwe wanjye. Nkunda ko azi kuganira yoroheje ibintu kandi anyuzamo akanasetsaaa😂😂😂🔥🔥🔥
Kuba yarira nukugaragaza amarangamutima yiwe sibyo kdi the ben is legend kbs mumuhe amahoro Kuko the ben ntawe abangamira imana yamwihereye umugisha ❤❤
Amahoro aracyayafite ntago bayamwatse
The Ben nikinebweee 😂😂 Dukund Ubuntu ukora
Ndumusaza utarya ruswa! Iki gitype ndakemera, ndagikunda. Mumuziki no muri filozofi! Nabo bahanganye ndabakunda, ariko iki kirabarenze!! Nigihungu kikinyarwanda, n'ikigabo fresh, n'icyana kiza!!!! Kizi no gusubiza! Mubwonko nubwo cyaba cyarize make, gisumba abamenshi!! Ni "Iki, iki, iki, iki..... yuhuuuu" kuko ari igikoko mubushobozi! Nicya Simba! Nibagihe amahoro, nacyo kizayabaha. Kuko arigifilozofe!!!!
Uko umubona nanjye niko mubona, melody numuhanga kdi numwana mwiza,
Yewega filozofi hhhhhhh ngaho da mufite aba filozofe ntibabaseke
Sha nanjye nunze mu ryawe!
@@footballlegend2764😂😂😂
😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂
😂😂😂😂 ubundi umuntu wanga melody abayehoo. Ateeee😂😂😂😂.
Nukuri I don’t understand pe🤣🤣😂
Nanjye ntyo
It’s his vibe for me😍😍😍
Cyaze uyu mujama yifitiye icyizere Koko,🙌
Melodie ntarwango agira ni imfura cyane
Komeza itsinde itahiwacu❤❤
Jya wibera umwana mwiza rata Imana izakugeza kure ❤❤
Ababipf nababisangiy je mbakund bombii si meddy , melody si na the ben mbakund bose kuk singir ah mpagaz mukomez muter imber from 🇧🇮🇧🇮🇧🇮🫰✌️✌️
Suko se!
Nuk rata gus nuk twihend turingenz dushak twakwikundanir da😍🥰
nimutuze ben yaduha show nimubyibagirwe ndahamwako melody atamukoma pp Kool umwana iyo ageze hejuru yomvako are nze cyane yibukeko ben yamutanze mubinu nanubu amufite ayo namagambo ya boss we mubi nimugashyi gikire abakire
Ikigaragara mukoresha amazina yabo mubashira mumatiku bose nta rwango bagira uretse aba managers babigize ama team bidakenewe, bazashakane biganirire ubundi hahire rimwe bikorere na collabo, Ben na Melodie big up sana❤
Yego rata
Wamaze Niba urinumwana mubi icyambere nuko nkwikundira❤😂😂
Nangenuko ntaribiryacyo cyarihirinze kabisa kumugani
Nugahana umupfu ya kunanira ukomeshya😂😂😂😂😂 courager Bruce wee kubwo kumunura abandi ngo uzamukireho😂😂😂😂
sha Melody arakora tujye twemera!!!gusa njye nkunda ukuntu aba afite vibe arirekura kbsa nta mutima mubi.
Bruce bruce 💥💥💥💥turakwemera turakwemera dore uhanganye na battalion yabantu ngo baryamye kubigwi aho kuryama kubiri gukorwa basigaye kuruhu inka yarariwe kera😂😂😂😂😂😂😂😂
Utaganiriy na se ntamenya icyo sekuru yasiz avuze
Bruce ... you sindikuruhande runaka , but you are truly 💯 %... ikibazo cyavuzwe ..... aho Muyoboke yakagiye mu itangazamakuru ... yagombaga kugusanga mbere yokujya mu itangazamakuru... erega abantu bajye bamenya ko Kuba mukuru ntibivuzeko ariko kugira ukuri kwinshi kuko buri wese agaragaz ko ari muruhande ruzima.... rero havuge ibikorwa not amagambo
Niyo mpamvu umuhungu abareka mukirukaaa akaza mukibuga mwirukiramo akishyuza miriyoni 3
Mutinye Tiger
Impara ninda😂
Nti mugakunde byacitse sha kuko nabo muvugiraho mwarabakunze bya cyane none igihe cyabo cyarashize muri kubona ntacyo bakoze isi nti sakaye buri wese ya nyagirwa ikiza kora ibyawe neza wicecekere
Irène useka nabi urasamanga cyane iyonseko yawe niyibihomora jyusenaneza anyway bruce gabanya ubwiyemezi isintisakaye kdi ntawumenyaho bwirageze
mn Bruce gabanyamagambo wowe nugira indirimbo nkiza Ben uzaburumugabo uragasamwa
Only our Bruce melody uti noneho bamufunze cyaba 😂😂😂😂 umbaze nkubaze ❤❤❤❤❤❤❤❤
I love both Bruce and The Ben and others. I respect their actions accordingly.
Mubyukuri Melody
na mutima mubi nabinu byubugome bimubamo iki gara gar Abayi hanganiye n Ibimureba mubuzima 🤲🏿🙏🏿🙏🏿
I love this guy mumuzane the Ben mûri battle arye ikinyafu 😂😂😂😂
Ubuse utavuga ngo aryekinyafu mwumva ubusa mwirwa muvuga yabijyamo ntakeneye ihanganaryingegera nkamwe
Ubundi melody numusani kbs❤❤❤❤
Iman ibahe umugisha to
Our very own Bruce!
Our very own The Ben
Our very own Riderman
Our very own Meddy
And more others! Our artists are all talented and have done enough and we only owe them respect not making conflicts among them.
Sibyo rata😊
Well said
Ntawurenze umwami James and prophet polly
Your real
Kwishyira hejuru bibanziriza kurimbuka Nshuti yange Melody tuza umuziki urawuzi ariko kwishongora ni ikosa.
I like how u're always happy and courageous umusa 🥰
Nkunda ben na Mélody at the same time ark ben ari mumitima yabanyarwanda kugeza Isi irangiye ark melody ni game changer ikindi ni philosophe niba wita kuri buri jambo avuga yisekera kd akomeje 👌🏽
Guys, Bruce Melody ntaho azurite na The Ben, Bruce afite Talent,afite ubupfura, afite nubwenge. Iam a showbiz guy, kera ntaramenya Bruce Nemeraga Meddy na The Ben.ariko aho Bruce aziye,nasanze abavuje bombi. Love from Kampala
Bro ntuzagereranye meddy naba ba type meddy is another level uyu bru akora indirimbo 5, imwe ya meddy ikaza izikubye views, so respect the guy.
Ndemeranya name ko Meddy Arenze Ariko name urabyivugiye.Akora indirimbo imwe ikaza ikaze. Ariko buriya jyewe nemera umuntu nebeye kubintu byinshi. Ijwi ryumwimerere Bruce ararenze. Ikindi,tubara ibikorwa bro. Album, number of Shows in a week,month,a year. Umwe ari kuri music ,numukozi wa music.undi abikora nko kwishimisha .So I prefer a professional than a machinery
Number one muri show busy nyarwanda❤❤❤❤
Kuki bavuze uruhara ninda nkumva mumutwe hajemo MUYOBOKE Alex 😂😂😂😂😂
Unyandikiye camments
Nange nuko
😂😂😂njye numvise djihad
@@girimpundutheopiste2531 umva ubugome bwo kumvugira ibintu.
Me tooo
Munyakazi ❤❤uvuze. Ukuri wallah babwire bumve.bagabanye amatiku
Uhuuuuuuuu ❤️❤️❤️❤️❤️❤️❤️❤️❤️❤️❤️❤️❤️❤️❤️❤️❤️❤️❤️❤️❤️❤️❤️❤️❤️❤️❤️❤️❤️❤️❤️❤️❤️❤️❤️🔥🔥🔥🔥🔥🔥🔥🔥🔥🔥🔥🔥🔥🔥🔥🔥🔥🔥🔥🔥🔥🔥🔥🔥🔥🔥🔥🔥🔥🔥🔥🔥🌹🌹🌹🌹🌹🌹🌹🌹🌹🌹🌹🌹🌹🌹🌹🌹🌹🌹🌹🌹🌹🌹🌹 urarenze Bro ijwi noneho Sinavuga ubundi unywa icyi ,mbega ijwi weeeeeeeeeee
Njyewe ndabakunda bose ni The Ben.Meddy.Bruce Melody bose nabahanzi twemera naho The Ben kurira afite ibyamurijije nimuhamahoro mwese nimutere imbere mureke amatikuku kuko mwese mukeneye ubuzima basore ❤❤❤
Dorigitangaza dorigitangaza dorigitangazaaa!!! Itahiwacu kabisaaa🥰
Kurira nubumuntu si défaut hubwo bamwe amarangamutima yarapfuye kubera uburyo bakuze nkumuntu ugereranya koko Bruce M na The Ben subugoryi umwe yize maternelle undi yakuze ahiga ngo bene nyina babeho urumva koko barira kimwe.
Niyo mpamvu umwe yiririmbira urukundo avuga ko nyina yifuzaga ko aririmba Gospel undi akaririmba ibishegu kuko aribyo bicuruza urumva ni inzira zitandukanye rwose abantu bajye bareka kugereranya then ben na Bruce ntaho bahuriye.
Yewe uri injiji koko😏😏😏
@@mutonilucky1324 ubuse disi wita umuntu injiji ushingiye kuki ngo tumenye KO wowe ujijutse? Uduhe igipimo wakoresheje.merci
Bruce arabakorogocora mu mitwe yanyu muzasara mwambure ubusa mwiruke ku mihanda!
@@vyuguruzumwangumwereka ntabwo turi abahanzi muvandi twe tuvuga uko tubyumva njye rwose reka nkubwire ukuri nziko indirimbo za Bruce nta mwana uziririmba cg umuntu wiyubashye kuko Bivugwa KO ari ibishegu Iza The Ben numva zivuzwa mubukwe nahandi kuvuga ngo Bruce azadukorogoshora tudahigira kuri terrain imwe sha nuburofa pe.
@@sandraumuhoza7333 nifuje kumenya imyaka yawe kugira ngo nkusubize.wowe kubana kwa so n'a nyoko wabigizemo uruhare cg? Ushobora kuba uri munsi ya 21 ans ukaba uvuze ibyo gushaka kuko utabizi kuko ubizi ntiwavuga ubusa nkubu nukuri.the ben urumva uruhare rwo kubana kwa nyina 'a se aruruhe? Bahisemo séparation kuko benshi bashaka kwerekana KO bubatse bakazigwamo niba wubatse ntiwakavuze ubusa nkubu.njye nivugiye ibyo Bruce yatanzeho ubuhamya bwicyatumye atiga ntabwo mvuga ibyo numviye ahandi niwe wabyivugiye naho ibyo ngo ababyeyi ntibabanye baruta benshi berekanye KO barikumwe nyamara ari intambara gutandukana sicyo kibazo nshuti ikinjyenzi nuko buri wese abaho kdi neza anezerewe.
Irène 🤣🤣🤣ni team Bruce ndakubonye turihamwe Sha Irène 😂😂❤
Rata 😂😂😂😂 najye no kwa Ben amubaze ibyo bibazo byubutiku byose turebe 😂😂😂😂😂😂
Najye namubonye ntiyambonye shaa 😂😂😂😂
Nabanyamunwa bahuye mais ben arabarenze ntibikimusaba kujagarara nka melodi na irene. Havuga ibikorwa kwa ben ben.
@@jeshi4988 shaa Ben ntabikorwa afise peee asigaye kwizina gusaa man melodie simwemera arko the guy amaze kugera kuri level irenze
@@jeshi4988 melidie aratuganiriza tugaseka nayo uwurikuvugase ninde
Ubundi M Iren niwe wanjye😂😂
Nkunda ukuntu melodie byose abigira comedy😅😅😅😅
This man will drive 'em crazy 🤣🤣🤣🤣
Joie de vivre
Iki kiganiro ndi ku yumva nkaseka melody n’umuti wamenyo hahahah
Ukuntu ruseka rero 😂 Bruce weeee urandyohera ndagukunda cyane❤🎉
😂 😂 😂 😂 munyakazi we love you so much tumwemera kubi ararenze
Bose baracyari bato bakeneye gukora cyane bakiteza imbere , ubuzima bwiza kuribo n'abazabakomokaho, bakeneye kubaho kandi neza batekanye amahoro kuri bose imyiryane n'ipingana bibi , ni bareke buri wese akore mu buryo bwe Amena🧎♀️
you are good vocalizer for sure, I love you so much
Nkunda bruce setu! Rusisibiranya wacu love love!!!!
😂😂😂😂😂
Melody ntakiganiro ciwe woraba ntutwenge pe kndi utakuramwo isomo💕😂😂
Pe!
Rene Na Bruce nuko mwese muri babandi ntavuze naho ubundi ahhhhhh🦁
Wenda iyo mpeta ya Bruce Melody ntihambaye cyane kuri we kubera agaciro k'amafaranga iguze; birashoboka ko ari ikibazo cy'imikagiro n'imitsindo birimo, cyangwa se basi ikaba ifite agaciro k'ibyo imwibutsa bitabonerwa igiciro mu mafaranga. Gusa niyubahirwe ibyo akora; ni Munyakazi by'ukuri.
ngaho mpise nkanguka kubera title😮😮😊😊
😅😅😂😂😂
😂😂😂😂mbuzukuntu nshyira like 1000 kuriki kiganiro🔥🔥🔥🔥
Bruce love you forever and ever 🥰🥰
Itahiwacu, Igitangaza, Munyakazi ... yuhuuuuu❤❤ nkunda ibiganiro byawe bro never give up.
Turamutera amabuye kuri stage nubwo abifata nkibisanzwe
uwaveze Bruce moldy neza like na Sher umuzikinyarwanda ugiyehejuru kuberawe
Sometime abanyamakuru muraburiza ABA star ,nkawe Erene ikikiganiro gishobora gutuma RIB ,yinjirira Merody ,gusa Respect Merody Uba usubije nkumuhanga
The legend, the only one, The best of east Africa 🌍.... #The_Ben Tiger 🐯 on top
Who tf is Tiger B
Tiger B
Munyakazi 💪
Melody nyamara barimo kukwangiza wowe dore ndaguhamiriza ko 2024 izasiga warazimye abazi ubwenge iyi coment bayibike ahantu urimo kwihenura wowe koko ubwo ubona wajya mukibuga kimwe na ben
Ukaba umuteze iminsi ariko mwaretse urwo rwango rwanyu niki se wumvise avuga kitari ukuri
Ahubwo azaha🔥🔥🔥🔥
Ampayinka buriye nigiti 😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂akavumbi ndabona warahatwitse🔥🔥🔥🔥🔥🔥🔥🔥🔥🔥🔥🔥🔥🔥🔥🔥🔥🔥
😂😂
Bruce Mélodie 🎵 Urumuntu w’Umugabo pe wumukozi,ayomatiku ntiwayabonera umwanya !Ntamutima mubi peee
Ndagukunda mumabarayose ♥️💞
Bruce inzozizanjye zizasohora ninkubona. Nicyocyi fuzo nfite😊
Munyakazi ❤ ❤❤❤❤
irene nawe urigateranya miryango numvishije ikiganiro cyose ariko iyo title wahaye ikiganiro cyawe irateranya pe
Melody niwe muhanzi dufite mn mujye mwemera guys …!🎉
BruceMelody Ukundwa na benshi kora bose baragufana gusa nyene Igiti camye nico giterwa amabuye
Sha wamugabowe ndagufana KBS ❤
The most famous musician from Rwanda 🇷🇼🇷🇼🇷🇼🇷🇼♥️♥️
Cyakoze bro bluce ni number uno, much respect kbsa
The Ben hejuru cyanee watumye umuziki nyarwanda utera imbere,ubu no mumahanga urwanda rurazwi
Trace East Africa Award turayitahana, ntagisivya 😊
Yoooooooooo mbeeegaaweee igihugu aragifashe pee lmana ikomeze imushyigikire
Bruce Melody azi ibyo arimope! Imiziki yaramuvunnye mumureke ayikore, ahibwo mwige kugendera ku muvuduko ariho! But, amatiku ya Bruce na Ben, mwirinde kubyegereza umutima cyane, kuko this is show buzz men!
You get it kbsaaa… njyewe nkunda ibi bintu biryoshya umuziki bigatuma abafana bashyuha umutwe hagashyaaa
Sure! sure! Actually,this is music busines kandi hagomba kubaho show business too! Twatangiye kubona umuntu ushobora gushora mu muziki impande zose kandi uri very strategic. Ahubwoicyo nasaba abashora mu muziki, begere itangaza makuru rivuga icyongereza, igifaransa, naryo rikorere show off abahanzi bacu!! @@mutoniwasekessia5399
Bruce melody ndakwemera reka bavuge wowe kora cyane kora cyaneeee
Sha nkunda Munyakazi numutima wanjye wose 😂😂ahorana courage na confidence
It’s his vibe for me 🥰🥰❤️🔥🔥🔥🔥🔥🔥🔥
Harakantu ntekereje. ese The ben ntiyaba ashaka kugaruka gukorera umuziki murwanda akaba ashaka kuzanza guhigika Melody. Naba aruko agarutse bizagaragara nabi. Ibi ka tubihange 👁 turebe
Umva ubanza wararebye mu bitekerezo byanjye, comment imeze nkiyi yawe harahantu nayitanze kko nanjye nakoze analyse nsanga ahubwo azi ubwenge, urumva hari amakuru bavuze yo muri America ko bitameze neza simbihagazeho arko nibyo numvise kuriyi mihanda, rero biramutse bimeze bityo nuko gahunda zaba zimeze kubera kumara igihe kinini adakorera mu rwanda akabona abana barakabye kndi akabona kubijiramo bitoroshye ibi byose we akaba abifitemo inyungu ndetse no gukurura attention babafana maze azagaruke bose bamaze kumwiyumvamo, sha nanjye nibiba gutyo nzumirwa nzahita mbona ko byose kwarugusebya team melody
Melody hejuru cyane bro!!!
We yibereye mukazi bimuvanga mubyabo ,ahubwo yatanze akazi hose
Mélodie love from 🇧🇮🇧🇮🇧🇮🇧🇮🇧🇮✔️❤❤
Melody uri agati kateretswe n’Imana naho bakwanga gute Uwiteka agukomeyeho! Humura…
Munyakazi forever ❤❤
Bruce niwe muhanzi wa mbere Rwanda rwose tujye twemera uyu muhungu ari humble nta mutima mubi kuri social media atanga interview nziza naho abo birasi banyu batajya baza no mubinyamakuru ngo basuhuze abafana abanyarwanda ni bagende the ben uwo muvuga araza agakubita 2 months mu Rwanda si ndabona interview ye meddy nawe nuko mbese bigize abanyamerica baba baduciye amazi melody ni wowe wacu courage abafana bawe turagukunda cyane cyane
Vibe yiweeee muri interview❤ Bruce fav star from🇷🇼 love from🇧🇮🇧🇮🇧🇮
Melody nibakureke uri umujama Uzi ubwenge. Abafana iteka bifitiye ubwonko bwatokowe nibo bazana ikibazo! Mwe nimukomeze mutere imbere! The Ben nabijyamo azaba Atari mature enough nawe! Naho fatakumantuze we ni ukukuriraho hit ashaka no kugusebya mureke! Komera Bruce!
Njye bruce anduhura mumutwe pe Ndagukunda ❤
Cyaze ntubaho uri number 1
😂😂😂😂😂😂 This kiboy Melody Goodness!!
Ubundi uwanga Munyakazi nanje ndamwanze🤣🤣🤣🇧🇮🇧🇮
Nukuri rwose
Melodie nuwambere
Ntakibazo nukuri kigirira nicyana kiza kicisha bugufi kiganira neza ariko bskiretse koko
Pe!
@bruceMelody niwe wanjye✌️✌️
Niwowe muhanzi utagira ishari itiku dufite murwanda
Umuntu udafana bruce azana sara😂
Melody ubundi yasobanukiwe guseka ko arumuti wibibazo byose😅
Cyane rwose✌️✌️✌️
imana ikomeze ikwihere umugisha kbx ❤❤❤❤❤