Yesu nashimwe Jean Luck!Abantu biyicariye hejuru YA Gehinomu ariko ntibabibona duhamagarirwa guhunga ntidupfe muhezagirwe ndi Samuel Ndayikengurukiye iburundi ingozi
Ibyo byo waba ubeshye ubu amateraniro aca kuri RUclips ubona batihanisha cyangwa nta maso ugira ikindi kwibwira ko buri teraniro bihanisha waba ushaka kuvuga ko amateraniro yose aba Ari ay'abanyabyaha nkeka nabyo waba ukabije naho ibyo gukuramo abadayimoni mu bantu icya mbere si amadini akuramo abantu abadayimoni bikorwa n'Imana keretse niba uvuga ko Imana ikoreshwa n'abantu nonese urashaka kuvuga ko Imana itagishoboye aho waba wibeshye ntabwo gukiza Imana ikenera imbaraga za muntu yanakuramo abo badayimoni utanamusengrye uretse ko utagera mu materaniro yose mu madini arenga 500 aba mu Rwanda wanasanga utarinjira mu nsengero zirenze 5 mu Rwanda ikindi nakubwira ni uko kwirukana abadayimoni mu muntu bidakorwa n'insengero gusa ubu wavuga ko nta basazi bakirira mu bapfumu? Ahubwo humuka uve mu bujiji umenye ngo ni iki kigaragaza umuntu w'Imana ese kwirukana abadayimoni byahawe bamwe niba nawe ungana n"abandi kuki wowe utabirukana ahubwo ukabyegeka ku bandi Kandi bikorwa n'abizera Yesu Bose?
Bwana Missionnaire JL Icyingeneye, ntahuye neza iri jambo ngo:Abagore 7 bazisabira kwitirirwa umugabo 1.Yego:umugabo=Yesu Kristo. Abagore ni amatorero. Ndatahuye. Ayo mazina y'amatorero yazananye he ko Yesu Kristo cangwa se intumwa atazina basize bavuze ry'idini y'ukuri ? Ni ay 'inda fusa.
Bwana Jean Luc ! Gira amahoro ! Ndakwinginze uzafate umwanya wo kuduhuriza hamwe imirongo imwe yo muri Bible:Yesu yivugiye ko agiye kwa se,..ko akora ivy'uwamutumye,.. Stefano na we yabonye Yesu mw 'ijuru iburyo bw 'Imana. Ubundi Yesu ni Umumarayika Mukuru ari we Mikayeli. Tukaba twarigishijwe ko abamarayika ari ibiremwa by'Imana ihoraho. None kuki Yesu atavuze ati ngiye iwanjye. None Yesu aba umumarayika (icaremwe) akongera kuba Imana? Yariremye? Ibyo Stefano yeretswe si byo? Dufashe udusigurire.
Mu kanya uti amatorero nahuze niba avuga ko yizera kristo ariko adepr yajya.mu kiliziya uti ni ishyano ubwose tugufate dute umuntu yivuguriza mu minota 20'
Niba dutegereje yesu christo ko aza Niba yohana umubatiza yaramubanjirije ese intumva yo mugisekuru cyacu ninde ?ugomba kumubanziriza ni nde ese ubutumwa bwigihe nubuhe ?
Gutanga umugisha ko ubivuga kuri Yakobo ntuvuge uko Yesu yajyanywe mu rusengero? Kuki utavuga kuri Hana wajyanye samuel mu rusengero jya ureka kujijisha
None Jean Luck Niba Abraham yarasabiye umwana we umugisha knd nta Pastor wari uhari Yesu ibyo yakoze byaba bimaze iki ko yabarambitseho ibiganza? ubwo na Abraham ubwo atabatijwe ntabwo nawe twakabaye tumwemera. Niba Yakobo yarahesheje abana be umugisha Paul yaba yarabeshye .so ujye utanga ingero ariko zumvikana neza zitanyuranyije n'ijambo ry'Imana.
Amen! May God bless you Pastor
Twese turavanze , impene n'intama , Yesu wenyene niwe azovangura , k andi mugume mumirimo Y'Imana mukizwe , murongogwe na Mpwemu W'Imana.
Ahari abantu bayobora imana
Uwiteka Imana ibahe umugisha pasteur mukomeze kubwizabantu ukuri,uwo kumva azumva.
Imana iguhe umugisha
Ndabakunze cyane
Imana iguhe umugisha urabwiza abantu ukuri.
Yooooooo
Mbonye aho mpungira
Ibyo Nukuri pe
Duhunge adepr twerekezehe ko amadini yose yabaya amayobera buri muntu mwitotero abuwejeje muriryo ntaho guhungira hahari mwiri uretse nguhungira mubihe byiza byogusenga 🙏
Oya murabyitiranya iyo bavuze ngo buri muntu mwitorero abe uwejejwe mu itorero ntago harimo n'amadini rero ubu hariho amadini menshi namwe mukayabara mu matorero (rero havuzwe itorero ntihavuzwe idini)
Duhungiye muri yesu gusa
Ndagukunda wigisha neza
Imana iguhe umugisha past
Koko abayoboye amadini ni abaporticien Nukuri pe
Yesu nashimwe Jean Luck!Abantu biyicariye hejuru YA Gehinomu ariko ntibabibona duhamagarirwa guhunga ntidupfe muhezagirwe ndi Samuel Ndayikengurukiye iburundi ingozi
HALLELUA HALLELUA HALLELUA HALLELUA HALLELUA HALLELUA HALLELUA HALLELUA HALLELUA HALLELUAAAAAA URAKOZE GOOOSEEE UMWAMI WACU YESU CHRISTO 👏👏👏👏👏👏👏👏🎸🎸🎸🎸🎸🎸🎸🎸📢📢📢📢📢📢📢
Abayo yabamenye kera
Ndashaka Nomero yawe Mukozi W lmana
Ndafashijwe pe!
Ese wowe turemezwaniki kuvugukuri jyugerageza kujyanishaibyuvuga nibyanditswe byera
Thanks you
Mwaraducanze ni mwirekereraho!
Icyo nzemera Nuko
Buri wese nabe uwejejwe mwtorero arimo
Ndunva ariyo nzira yatworohera.
Indimi no gutitira nanjye ndabikemanga
Nacahe ngo njyekuiri urwo rubuga rwigisha ijambo ry lmana
Mureke kuburane Yesu araje arobanure ihene nintama buri wese azasama aye.
Komeza gutyo
Hezagigwa
Warayobye ese wowe ubarizahe
Uzumve basoma muri Yoweri, Ezekiel, Daniel, ahaaaa
Nyamara uyu mugabo avuga ukuri Pasteur nka Mignonne ba Claude bakaza bagashira ibiganza k'ubantu nta bukristu bafite muri bo😂
Mukomereze aho muzavuge nimpamvu amadini atakibwiriza ikigisho kihanisha abantu ahubwo bigisha ibitangaza Kandi ntibagisengera abarwaye abadayimoni ngo bakire
Ibyo byo waba ubeshye ubu amateraniro aca kuri RUclips ubona batihanisha cyangwa nta maso ugira ikindi kwibwira ko buri teraniro bihanisha waba ushaka kuvuga ko amateraniro yose aba Ari ay'abanyabyaha nkeka nabyo waba ukabije naho ibyo gukuramo abadayimoni mu bantu icya mbere si amadini akuramo abantu abadayimoni bikorwa n'Imana keretse niba uvuga ko Imana ikoreshwa n'abantu nonese urashaka kuvuga ko Imana itagishoboye aho waba wibeshye ntabwo gukiza Imana ikenera imbaraga za muntu yanakuramo abo badayimoni utanamusengrye uretse ko utagera mu materaniro yose mu madini arenga 500 aba mu Rwanda wanasanga utarinjira mu nsengero zirenze 5 mu Rwanda ikindi nakubwira ni uko kwirukana abadayimoni mu muntu bidakorwa n'insengero gusa ubu wavuga ko nta basazi bakirira mu bapfumu? Ahubwo humuka uve mu bujiji umenye ngo ni iki kigaragaza umuntu w'Imana ese kwirukana abadayimoni byahawe bamwe niba nawe ungana n"abandi kuki wowe utabirukana ahubwo ukabyegeka ku bandi Kandi bikorwa n'abizera Yesu Bose?
Bwana Missionnaire JL Icyingeneye, ntahuye neza iri jambo ngo:Abagore 7 bazisabira kwitirirwa umugabo 1.Yego:umugabo=Yesu Kristo. Abagore ni amatorero. Ndatahuye. Ayo mazina y'amatorero yazananye he ko Yesu Kristo cangwa se intumwa atazina basize bavuze ry'idini y'ukuri ? Ni ay 'inda fusa.
ese nawe washinze idini? ese buri wese ashinge idini. njye numva udashoboye guhagana nibyo murusengero yaguma mu rugo agasenga kubgiti cye.kuko kwishyira hamwe ntaho byatanira nibyo mu rusengero.Imana iturengere itwigishe.
Mbega ico gitabo ukuri Nahishwe
Nokironka gute
Andikira umushumba Jean Luc in box umubaze uko cyakugeraho kuko nanjye cyangezeho Kandi kirimo inyigisho nziza pe
Ayaloni family ni idini nk'ayandi yose. Ntimukabeshye abantu
Mwenedata uzabanze umenye ibiranga idini nibwo uzamenya gutandukanya idini na ministeri yivugabutumwa
Bwana Jean Luc ! Gira amahoro ! Ndakwinginze uzafate umwanya wo kuduhuriza hamwe imirongo imwe yo muri Bible:Yesu yivugiye ko agiye kwa se,..ko akora ivy'uwamutumye,.. Stefano na we yabonye Yesu mw 'ijuru iburyo bw 'Imana. Ubundi Yesu ni Umumarayika Mukuru ari we Mikayeli. Tukaba twarigishijwe ko abamarayika ari ibiremwa by'Imana ihoraho. None kuki Yesu atavuze ati ngiye iwanjye. None Yesu aba umumarayika (icaremwe) akongera kuba Imana? Yariremye? Ibyo Stefano yeretswe si byo? Dufashe udusigurire.
Yareka guterana? Yateranitahe?
Ese kibonekahe?
Kigura angahe?
Ese iyo mubuze ngo umuntu nabona ukuri ku idini asengeramo akora iki?
Burya mwaretse bibiliya ikisobanura ubwo bucuruza mukorera mwijambo ryimana burya sivyiza raba 2petero 3:16 burya nubwo nkunda ibiganiro vyanyu rero raba muhindure kuko youtube irabahemba nico cingenzi murakoze
Utubwiye ibintu bisobanutse none ko bose bavuga ko bavuga ukuri ninde uri mukuri kandi ninde uyobya abantu udusobanurire kuko uvuga ngo bazakizwe bazakizwa ntakuri guhari ko bose bavuga ko bafite ukuri?
Ese wowe uhuza na nde ko wemera Yesu kuki ugaya abandi wiretse? Mbega imyumvire iciritse ubu kandi urumva nawe utarema ibice mbega ubumenyi buke kandi ubu urumva utari gukora icyaha mu Rwanda
Nta tegeko rihari ryo guhuza n'abandi.
@@intekerezo2023 Kandi mu mvugo aribyo wavugaga ngo wibaza impamvu abantu bakoresha bibiliya imwe ariko ntibemerane
Mu kanya uti amatorero nahuze niba avuga ko yizera kristo ariko adepr yajya.mu kiliziya uti ni ishyano ubwose tugufate dute umuntu yivuguriza mu minota 20'
itegeko n° 60/2018
Ingingo ya 39: Gutangaza amakuru
y’ibihuha
Umuntu wese, ubizi, wifashishije mudasobwa
cyangwa urusobe rwa mudasobwa atangaza
amakuru y’ibihuha ashobora guteza ubwoba,
imvururu cyangwa ihohotera muri rubanda
cyangwa ashobora gutuma umuntu
atakarizwa icyizere, aba akoze icyaha.
Iyo abihamijwe n’urukiko, ahanishwa
igifungo kitari munsi y’imyaka itatu (3) ariko
kitarenze imyaka itanu (5) n’ihazabu
y’amafaranga y’u Rwanda atari munsi ya
miliyoni imwe (1.000.000 FRW) ariko
atarenze miliyoni eshatu (3.000.000 FRW).
Iri tegeko urabona waricika bakureze?
Ubux amadini iyo yaka abayoboke amafaranga muburyo butandukanye byo kuki bititwa ubujura buciye icyuho?
@@turamyimanaaaron4757 biragusaba kwiga amategeko ukamenya guca icyuho icyo bivuze mu mategeko ukeka amadini ariyo yonyine yaka abantu amafrw se urababaje
Niba dutegereje yesu christo ko aza Niba yohana umubatiza yaramubanjirije ese intumva yo mugisekuru cyacu ninde ?ugomba kumubanziriza ni nde ese ubutumwa bwigihe nubuhe ?
Urakoze mwigisha. Ndifuzako uduha itandukaniro ry'urusengero n'isinagogi (ibyakozwe19:8;3:1). Mbese ubyo bwakoreshwaga mu kinyejana cya mbere aho abantu bashoboraga guteranira mu rugo rw'umuntu bavuye hirya no hino bakamara igihe kirekire nibyiza ko bwakoreshwa no muri iki gihe? Ese nta ngorane bishobora guteza muri iki gihe cyacu? Murakoze.
Ariko konumva wibasiye adivantiste mupfa iki
Gutanga umugisha ko ubivuga kuri Yakobo ntuvuge uko Yesu yajyanywe mu rusengero? Kuki utavuga kuri Hana wajyanye samuel mu rusengero jya ureka kujijisha
Hhhhh nawe warabibonye. abeshya ajijisha kubi kubi.Satani We,uraka puuuu
None Jean Luck Niba Abraham yarasabiye umwana we umugisha knd nta Pastor wari uhari Yesu ibyo yakoze byaba bimaze iki ko yabarambitseho ibiganza? ubwo na Abraham ubwo atabatijwe ntabwo nawe twakabaye tumwemera. Niba Yakobo yarahesheje abana be umugisha Paul yaba yarabeshye .so ujye utanga ingero ariko zumvikana neza zitanyuranyije n'ijambo ry'Imana.
Atanga ingero zumvikana se Ari uwuhe urashakira amata ku kimasa