HUNGA VUBA ADEPR/Ntureba ko Bahuje UBUYOBE N'AYA MADINI/Dore ikimenyetso CYA NYUMA/Mwizeye UMUYAGA

Поделиться
HTML-код
  • Опубликовано: 25 окт 2024

Комментарии • 60

  • @balthazardusabeyezu6695
    @balthazardusabeyezu6695 6 месяцев назад +2

    Amen! May God bless you Pastor

  • @NomeNini
    @NomeNini 6 месяцев назад +2

    Twese turavanze , impene n'intama , Yesu wenyene niwe azovangura , k andi mugume mumirimo Y'Imana mukizwe , murongogwe na Mpwemu W'Imana.

  • @Nasir-rwanda1
    @Nasir-rwanda1 2 месяца назад

    Ahari abantu bayobora imana

  • @KanjijimaOda
    @KanjijimaOda 6 месяцев назад +1

    Uwiteka Imana ibahe umugisha pasteur mukomeze kubwizabantu ukuri,uwo kumva azumva.

  • @MukankusiChristine-ne8en
    @MukankusiChristine-ne8en 3 дня назад

    Imana iguhe umugisha

  • @MukankusiChristine-ne8en
    @MukankusiChristine-ne8en 3 дня назад

    Ndabakunze cyane

  • @EmmanuelMunyakayanza-ip4pl
    @EmmanuelMunyakayanza-ip4pl 5 месяцев назад

    Imana iguhe umugisha urabwiza abantu ukuri.

  • @MukankusiChristine-ne8en
    @MukankusiChristine-ne8en 3 дня назад

    Yooooooo
    Mbonye aho mpungira

  • @MukankusiChristine-ne8en
    @MukankusiChristine-ne8en 3 дня назад

    Ibyo Nukuri pe

  • @mutesizena4554
    @mutesizena4554 6 месяцев назад +1

    Duhunge adepr twerekezehe ko amadini yose yabaya amayobera buri muntu mwitotero abuwejeje muriryo ntaho guhungira hahari mwiri uretse nguhungira mubihe byiza byogusenga 🙏

    • @ferdinandrurangwa7910
      @ferdinandrurangwa7910 6 месяцев назад

      Oya murabyitiranya iyo bavuze ngo buri muntu mwitorero abe uwejejwe mu itorero ntago harimo n'amadini rero ubu hariho amadini menshi namwe mukayabara mu matorero (rero havuzwe itorero ntihavuzwe idini)

  • @MukankusiChristine-ne8en
    @MukankusiChristine-ne8en 3 дня назад

    Duhungiye muri yesu gusa

  • @NteziVenuste
    @NteziVenuste 2 месяца назад

    Ndagukunda wigisha neza

  • @HategekimanaEmmanuel-o7u
    @HategekimanaEmmanuel-o7u 6 месяцев назад

    Imana iguhe umugisha past

  • @MukankusiChristine-ne8en
    @MukankusiChristine-ne8en 3 дня назад

    Koko abayoboye amadini ni abaporticien Nukuri pe

  • @NDAYIKENGURIKIYESamuel
    @NDAYIKENGURIKIYESamuel 6 месяцев назад

    Yesu nashimwe Jean Luck!Abantu biyicariye hejuru YA Gehinomu ariko ntibabibona duhamagarirwa guhunga ntidupfe muhezagirwe ndi Samuel Ndayikengurukiye iburundi ingozi

  • @horimberepeace7376
    @horimberepeace7376 6 месяцев назад

    HALLELUA HALLELUA HALLELUA HALLELUA HALLELUA HALLELUA HALLELUA HALLELUA HALLELUA HALLELUAAAAAA URAKOZE GOOOSEEE UMWAMI WACU YESU CHRISTO 👏👏👏👏👏👏👏👏🎸🎸🎸🎸🎸🎸🎸🎸📢📢📢📢📢📢📢

  • @MukantwaliAnge
    @MukantwaliAnge 6 месяцев назад

    Abayo yabamenye kera

  • @MukankusiChristine-ne8en
    @MukankusiChristine-ne8en 3 дня назад

    Ndashaka Nomero yawe Mukozi W lmana

  • @ALPHA-k7q
    @ALPHA-k7q 6 месяцев назад

    Ndafashijwe pe!

  • @Augustin-mm1kd
    @Augustin-mm1kd 6 месяцев назад

    Ese wowe turemezwaniki kuvugukuri jyugerageza kujyanishaibyuvuga nibyanditswe byera

  • @Goldpaul459
    @Goldpaul459 6 месяцев назад +1

    Thanks you

  • @JustineMukeshimana-td8rr
    @JustineMukeshimana-td8rr 6 месяцев назад

    Mwaraducanze ni mwirekereraho!
    Icyo nzemera Nuko
    Buri wese nabe uwejejwe mwtorero arimo
    Ndunva ariyo nzira yatworohera.

  • @ApostleDr.JPHkz777
    @ApostleDr.JPHkz777 2 месяца назад

    Indimi no gutitira nanjye ndabikemanga

  • @MukankusiChristine-ne8en
    @MukankusiChristine-ne8en 3 дня назад

    Nacahe ngo njyekuiri urwo rubuga rwigisha ijambo ry lmana

  • @shyaka-1
    @shyaka-1 6 месяцев назад

    Mureke kuburane Yesu araje arobanure ihene nintama buri wese azasama aye.

  • @Nasir-rwanda1
    @Nasir-rwanda1 2 месяца назад

    Komeza gutyo

  • @OdatOman-uz5dt
    @OdatOman-uz5dt 6 месяцев назад +1

    Hezagigwa

  • @FrancoisMukunziMaombi
    @FrancoisMukunziMaombi 6 месяцев назад

    Warayobye ese wowe ubarizahe

  • @jboscombonyintege3477
    @jboscombonyintege3477 6 месяцев назад

    Uzumve basoma muri Yoweri, Ezekiel, Daniel, ahaaaa

  • @umojawote9878
    @umojawote9878 6 месяцев назад

    Nyamara uyu mugabo avuga ukuri Pasteur nka Mignonne ba Claude bakaza bagashira ibiganza k'ubantu nta bukristu bafite muri bo😂

  • @JeanPierreHakizimana-sm4ed
    @JeanPierreHakizimana-sm4ed 6 месяцев назад +2

    Mukomereze aho muzavuge nimpamvu amadini atakibwiriza ikigisho kihanisha abantu ahubwo bigisha ibitangaza Kandi ntibagisengera abarwaye abadayimoni ngo bakire

    • @yizerevalensyv2503
      @yizerevalensyv2503 6 месяцев назад

      Ibyo byo waba ubeshye ubu amateraniro aca kuri RUclips ubona batihanisha cyangwa nta maso ugira ikindi kwibwira ko buri teraniro bihanisha waba ushaka kuvuga ko amateraniro yose aba Ari ay'abanyabyaha nkeka nabyo waba ukabije naho ibyo gukuramo abadayimoni mu bantu icya mbere si amadini akuramo abantu abadayimoni bikorwa n'Imana keretse niba uvuga ko Imana ikoreshwa n'abantu nonese urashaka kuvuga ko Imana itagishoboye aho waba wibeshye ntabwo gukiza Imana ikenera imbaraga za muntu yanakuramo abo badayimoni utanamusengrye uretse ko utagera mu materaniro yose mu madini arenga 500 aba mu Rwanda wanasanga utarinjira mu nsengero zirenze 5 mu Rwanda ikindi nakubwira ni uko kwirukana abadayimoni mu muntu bidakorwa n'insengero gusa ubu wavuga ko nta basazi bakirira mu bapfumu? Ahubwo humuka uve mu bujiji umenye ngo ni iki kigaragaza umuntu w'Imana ese kwirukana abadayimoni byahawe bamwe niba nawe ungana n"abandi kuki wowe utabirukana ahubwo ukabyegeka ku bandi Kandi bikorwa n'abizera Yesu Bose?

  • @SinzinkayoMichel-lu2iw
    @SinzinkayoMichel-lu2iw 6 месяцев назад

    Bwana Missionnaire JL Icyingeneye, ntahuye neza iri jambo ngo:Abagore 7 bazisabira kwitirirwa umugabo 1.Yego:umugabo=Yesu Kristo. Abagore ni amatorero. Ndatahuye. Ayo mazina y'amatorero yazananye he ko Yesu Kristo cangwa se intumwa atazina basize bavuze ry'idini y'ukuri ? Ni ay 'inda fusa.

  • @MbarushaEnzo
    @MbarushaEnzo 2 месяца назад

    ese nawe washinze idini? ese buri wese ashinge idini. njye numva udashoboye guhagana nibyo murusengero yaguma mu rugo agasenga kubgiti cye.kuko kwishyira hamwe ntaho byatanira nibyo mu rusengero.Imana iturengere itwigishe.

  • @IsraelNgabire
    @IsraelNgabire 6 месяцев назад

    Mbega ico gitabo ukuri Nahishwe
    Nokironka gute

    • @uwamahoroangelique3746
      @uwamahoroangelique3746 6 месяцев назад

      Andikira umushumba Jean Luc in box umubaze uko cyakugeraho kuko nanjye cyangezeho Kandi kirimo inyigisho nziza pe

  • @Hello50798
    @Hello50798 6 месяцев назад

    Ayaloni family ni idini nk'ayandi yose. Ntimukabeshye abantu

    • @emmyaga1173
      @emmyaga1173 6 месяцев назад

      Mwenedata uzabanze umenye ibiranga idini nibwo uzamenya gutandukanya idini na ministeri yivugabutumwa

  • @SinzinkayoMichel-lu2iw
    @SinzinkayoMichel-lu2iw 6 месяцев назад

    Bwana Jean Luc ! Gira amahoro ! Ndakwinginze uzafate umwanya wo kuduhuriza hamwe imirongo imwe yo muri Bible:Yesu yivugiye ko agiye kwa se,..ko akora ivy'uwamutumye,.. Stefano na we yabonye Yesu mw 'ijuru iburyo bw 'Imana. Ubundi Yesu ni Umumarayika Mukuru ari we Mikayeli. Tukaba twarigishijwe ko abamarayika ari ibiremwa by'Imana ihoraho. None kuki Yesu atavuze ati ngiye iwanjye. None Yesu aba umumarayika (icaremwe) akongera kuba Imana? Yariremye? Ibyo Stefano yeretswe si byo? Dufashe udusigurire.

  • @UwizeyimanaJeannine-ot2xg
    @UwizeyimanaJeannine-ot2xg 6 месяцев назад

    Yareka guterana? Yateranitahe?

  • @UwizeyimanaJeannine-ot2xg
    @UwizeyimanaJeannine-ot2xg 6 месяцев назад

    Ese kibonekahe?

  • @UwizeyimanaJeannine-ot2xg
    @UwizeyimanaJeannine-ot2xg 6 месяцев назад

    Kigura angahe?

  • @UwizeyimanaJeannine-ot2xg
    @UwizeyimanaJeannine-ot2xg 6 месяцев назад

    Ese iyo mubuze ngo umuntu nabona ukuri ku idini asengeramo akora iki?

  • @BahatiJean-uy5hs
    @BahatiJean-uy5hs 4 месяца назад

    Burya mwaretse bibiliya ikisobanura ubwo bucuruza mukorera mwijambo ryimana burya sivyiza raba 2petero 3:16 burya nubwo nkunda ibiganiro vyanyu rero raba muhindure kuko youtube irabahemba nico cingenzi murakoze

  • @SadikiUgirimana-xy8sv
    @SadikiUgirimana-xy8sv 6 месяцев назад

    Utubwiye ibintu bisobanutse none ko bose bavuga ko bavuga ukuri ninde uri mukuri kandi ninde uyobya abantu udusobanurire kuko uvuga ngo bazakizwe bazakizwa ntakuri guhari ko bose bavuga ko bafite ukuri?

  • @yizerevalensyv2503
    @yizerevalensyv2503 6 месяцев назад

    Ese wowe uhuza na nde ko wemera Yesu kuki ugaya abandi wiretse? Mbega imyumvire iciritse ubu kandi urumva nawe utarema ibice mbega ubumenyi buke kandi ubu urumva utari gukora icyaha mu Rwanda

    • @intekerezo2023
      @intekerezo2023 6 месяцев назад

      Nta tegeko rihari ryo guhuza n'abandi.

    • @yizerevalensyv2503
      @yizerevalensyv2503 6 месяцев назад

      @@intekerezo2023 Kandi mu mvugo aribyo wavugaga ngo wibaza impamvu abantu bakoresha bibiliya imwe ariko ntibemerane

  • @yizerevalensyv2503
    @yizerevalensyv2503 6 месяцев назад

    Mu kanya uti amatorero nahuze niba avuga ko yizera kristo ariko adepr yajya.mu kiliziya uti ni ishyano ubwose tugufate dute umuntu yivuguriza mu minota 20'

  • @yizerevalensyv2503
    @yizerevalensyv2503 6 месяцев назад

    itegeko n° 60/2018
    Ingingo ya 39: Gutangaza amakuru
    y’ibihuha
    Umuntu wese, ubizi, wifashishije mudasobwa
    cyangwa urusobe rwa mudasobwa atangaza
    amakuru y’ibihuha ashobora guteza ubwoba,
    imvururu cyangwa ihohotera muri rubanda
    cyangwa ashobora gutuma umuntu
    atakarizwa icyizere, aba akoze icyaha.
    Iyo abihamijwe n’urukiko, ahanishwa
    igifungo kitari munsi y’imyaka itatu (3) ariko
    kitarenze imyaka itanu (5) n’ihazabu
    y’amafaranga y’u Rwanda atari munsi ya
    miliyoni imwe (1.000.000 FRW) ariko
    atarenze miliyoni eshatu (3.000.000 FRW).
    Iri tegeko urabona waricika bakureze?

    • @turamyimanaaaron4757
      @turamyimanaaaron4757 6 месяцев назад

      Ubux amadini iyo yaka abayoboke amafaranga muburyo butandukanye byo kuki bititwa ubujura buciye icyuho?

    • @yizerevalensyv2503
      @yizerevalensyv2503 6 месяцев назад

      @@turamyimanaaaron4757 biragusaba kwiga amategeko ukamenya guca icyuho icyo bivuze mu mategeko ukeka amadini ariyo yonyine yaka abantu amafrw se urababaje

  • @ezechielniyitegeka8840
    @ezechielniyitegeka8840 6 месяцев назад

    Niba dutegereje yesu christo ko aza Niba yohana umubatiza yaramubanjirije ese intumva yo mugisekuru cyacu ninde ?ugomba kumubanziriza ni nde ese ubutumwa bwigihe nubuhe ?

    • @LifeNiyonzi
      @LifeNiyonzi 6 месяцев назад

      Urakoze mwigisha. Ndifuzako uduha itandukaniro ry'urusengero n'isinagogi (ibyakozwe19:8;3:1). Mbese ubyo bwakoreshwaga mu kinyejana cya mbere aho abantu bashoboraga guteranira mu rugo rw'umuntu bavuye hirya no hino bakamara igihe kirekire nibyiza ko bwakoreshwa no muri iki gihe? Ese nta ngorane bishobora guteza muri iki gihe cyacu? Murakoze.

    • @ntitanguranwa
      @ntitanguranwa 6 месяцев назад

      Ariko konumva wibasiye adivantiste mupfa iki

  • @yizerevalensyv2503
    @yizerevalensyv2503 6 месяцев назад +1

    Gutanga umugisha ko ubivuga kuri Yakobo ntuvuge uko Yesu yajyanywe mu rusengero? Kuki utavuga kuri Hana wajyanye samuel mu rusengero jya ureka kujijisha

    • @ndayishimiyeprosper1671
      @ndayishimiyeprosper1671 6 месяцев назад

      Hhhhh nawe warabibonye. abeshya ajijisha kubi kubi.Satani We,uraka puuuu

  • @siloam2023
    @siloam2023 6 месяцев назад

    None Jean Luck Niba Abraham yarasabiye umwana we umugisha knd nta Pastor wari uhari Yesu ibyo yakoze byaba bimaze iki ko yabarambitseho ibiganza? ubwo na Abraham ubwo atabatijwe ntabwo nawe twakabaye tumwemera. Niba Yakobo yarahesheje abana be umugisha Paul yaba yarabeshye .so ujye utanga ingero ariko zumvikana neza zitanyuranyije n'ijambo ry'Imana.

    • @yizerevalensyv2503
      @yizerevalensyv2503 6 месяцев назад

      Atanga ingero zumvikana se Ari uwuhe urashakira amata ku kimasa