Tandukanya intege nke canke guteshuka hamwe n'a doctrines za kabbale n'a new âge cherches benshi binjiyemwo barondera gutungishwa n abayoboke. Abo ni bo AYALONI IVUGA ntiyihenze n'a gato. Ivyo turabizi yuko mugihe kiza bazohabwa uruhusha rwokwiruka kumuntu abameneye amabanga y ubuyobe buri muma face cherchés. Abo ba faux prophètes n aba faux apôtres ou faux pasteurs baja kwigira face theology muri Kenya , Tanzanie n'a Uganda nibo bokwihana namba bigishoboka.
Muvandimwe jean luc , nukura uza menya idini ni itorero Ari kimwe ikibazo ni indimi, 😂😂😂😂 itorero, church ,eglise , kanisa , dini Riva Muri Italy bisobanura religion Ubwo rero iyo ufata umwanya wo gusobanura itorero ukavuga ubwiza bwa ryo hanyuma ukavugako iyobokamana Ari ikintu kibi wowe na bene so muba mujijisha isi
Wavuze ijambo ntujye gusebya abandi. Ntuzi no kuvuga ibyiza abandi bakoze? Are you sure ko hari icyo urusha ADEPR urimo usebya? Nta vidéo y ikintu kiza Gitwaza yakoze? Please reka kuvanga ijambo ry’Imana no gusebanya. Nawe uri mu idini. Sigaho!
Yewe nawe nturishyashya ntawe uzi ikikujyenza kuko nowo urimo kuvuga yavanye benshi mumadini basengeraga bagirango bakurikiye ubabwira byiza kurusha ariko nubundi abo babwira nibyo bakunda agomba kumenya ibyo abo muminsi yanyuma bakunda nkuwo gitwaza urimo uvuga pe bamwe muritwe turabizi ko bose bayobya intama za Yesu abayoborwa nu umwuka wera barabibona ariko se nkawe twabyirwa niki ko uje uvuga ukuri mubyukuri habeho gusenga cyane Data adutabatere
Iman igukomereze ama boko data ❤❤
Kuki bariyabantu gitwaza abwira ko bagomba kumusenga bamwita papa kuki batamusigira ikizu cye cyangwa yarabaroze
Nihatari muzakurikire umusore witwa Daniel kuri Beulah niho muzamenya imbaraga zobariya bakoresha.abayoboke babo uretse Imana yonyine ibisangiye ikababohora nahubundi baraboshye ese ntimubonako avuga imbohe sikamukomera mumashyi kandi arintakintu kizima avuzemo???nukubasengera Umwami Yesu akabatabara ❤
Shasenibo amasoyabo arahumye amatwi ntabyumva keretse womwukawera ahishuriye ahubwo musejyere abantu bimana ntibyoroshye
Bitangira bavuga imana na bible byajyera aho bigarurira imitima yabantu. Imana ikaba umuntu bivuze ngo abatu nutumana duto .kuri bible nayo ntibayemera but bafite rezo church ni business imana kandi burimuntu wese agira amategeko murugorwe bivuze he's creator
Wowe c ubutwakugana tukwizeyeho iki gitandukanye nabo tubona?buri wese acunge izamurye
C ni😊
Ndumiwe Gitwaza we!Isi imeze nabi igiye kugwa murwobo, Ukwemera n'Ubuhakanyi bizaba mu mayeri.
Jyewe narinziko muvuga Yesu mukagenda none namwe mufite amatorero mubamo murimo gushaka abayoboke ndakindi arko inzira yogusebya abandi sinziza rwose
Cyakora cyakora cyakoaaaa.
Mana Nyagasani ushobora byose...
Ubu kandi abafana barumva ibyo yavuze biryoshye, ndetse banagutuka....
Tinya umuntu utinyuka kuvuga ngo: YESU SIWE NZIRA YONYINE...
Nta zina bifite
Yemwe yemwe yemwe abavugako mutumwe n,Imana mugacira abandi Imanza Koko murishya shya uwabashungura Koko mwe muri seriye oyaaa siguryo Imana ikorerwa
Nange ntyo
AMEN 🙏🙏TURABACYIRIYE MWIZINA RYUMWAMI WACU YESU AMANA IKOMEZE KUBAHA UMUGISHA MIRIBYOSE🙏🙏
Imana ibashoboze gukora imirimo y' Uwiteka
Amen Amen. Nejejwe nokunva ibisobanuro byanyu kumadini nzakomeza gukurikira nunve kdi menye ukuri murakoze cyane Imana yo mw'Ijuru ibahe umugisha ninbon'akanya karanbuye nzababaza utunazo tumwe na tumwe murakoze.Shalom
Gitwaza bwabundi yaravangiwewe matayo23.9 havugango ntihagire uwomwisi mwitadata atarikristo yesu mukomerekumurimo
Yesu atabar abiw kwel bayobesh bensh
Iman idutabar iduhumur amas ivyaba baturongoy mbon arikibaz kbs
Abayobozi se nibo twakurikiye barakubeshye Imana niyumuntu kugiti ke
Kdi disi nawe abisi bakwemera cyane ubwo rero nawe nturi kujyayo
amen Uwiteka abahe umugisha kubwumurimo murimo.
Komereza aho rwose imana izaguhemba
Imana iguhe umugisha J.L rwose nkunda ubucukimbuzi ugira kdi uduha kugira ngo dusobanukirwe iby'uru rugendo
NKUKO NABIVUZE GITWAZA NABAGENZI BAFITE AMADINI BIMUYE KRISTU YESU BAMUSIMBUZA IMYUMVIRE N IMITEKEREREZE YABO ,BOSE BAKORERA SATANI KUKO USENGERAYO WESE AVUGA KO ASENGERA KWA GITWAZA NANDI MAZINA NKA MIGNONE NABANDI
Ndangira i Bujumbura ahari ico gitabo ca Disciples Family.
Murakoze.
Kumbe idini ryatanjyiriye mwiju abizera dusenge cyane kuko ntibyoroshye Imana iduje imbaraga dushobore kunesha
Imigani 8.17-18
17: Nkunda abankunda,
Kandi abanshakana umwete bazambona.
18:Ubukire n'icyubahiro biri iwanjye,
Kandi n'ubutunzi buhoraho, no gukiranuka na byo.
Imana turayishaka amanywa n'ijoro pe
Idini nuruhurirane rwabanyabyaha bakeneye imbabazi
Amen
Ndasaba abantu twese ntitukabe nkinjiji ,tuzajye tubanza dushishoze mubyo twumva nibyo tureba ndetse nibyo dukora,tubone kwemera.Murakoze
Yesu Christo mwami weeee ndacyari kuminota ibiri gusa ariko haruwavuze uti ndumiwe.ese kwikuza nubwishongore kungana kuriya umwanya w'Imana data urihe murusengero rurigukoma amashyi mumagambo yamafuti angana kuriya???yooo Imana idutabare ntitugikurikira Imana ahubwo twayobotse abana babantu😭😭😭
Mukozi w’Imana Jean-Luc, please uzakuremo iyo miziki, ndavuga ayo majwi aduhiira uyakuye muri biganiro byawe byaba ari byiza kurushaho.
Urakoze kubyumva, Imana Iguhe umugisha🙏
😊😊😊😊😊😊😊😊😊😊😊😊😊😊😊😊😊😊😊😊😊😊😊😊😊😊
Bihorere Yesu agiye kugaruka muzabona ibikomerenzwa byo mwisi bigiye guseba
Imana ibahe imigisha myinshi ntekerezako batsinzwe na biriya bigeragezo 3 satani yagerageje yesu mukomeze mushyire hanze izo ndimanganya
YESU aturengere
Ngewe ibyabo banyamadini ntibyankereza umuntu wese azabazwa ibye kandi igihe kiratwegereye kurusha igihe twizereye
Kwa jina
Yesuwe
Ahaa ibintu birakaze pe
😢😢😢😢😢 nihatari, UWITEKA IMANA, aduhumure amaso,adufungure amatwi,twunve neza.
Utazi ubwenge ashima ubwe!!! Murigutakaza umwanya mubitabafitiyumumaro
,murikwizirika imigozi yimivumo izazonga ubuzima bwanyu kuko mwita kuntegenke zabakozibimana mukirengagizako namwe haraho muteshuka mukagaragaza integenke.
Ntimuzatinda kubonako mwibeshye kandi ntimuzatinda guhuraningaruka zabantu mwakuye kumana bitewenuko mwabigishije kwirirwa bacirimanza abakozibimana imanza .
ariko haracyari amahirwe ya 2 nimwisubiraho Imana izababarira .ariko nimukomeza muruwomurongo mwakurikije wokwirirwa mucirimanza abazima nabapfuye kandi mutabishinzwe muzamenyanezako Imana murwanya muzingomurikuyikorera itigeze ibahamagara.
muzicuza bitagishobotseko mubabarirwa.
Kuko niba umuntu abwiriza abanyabyaha bagakizwa hanyuma mwe mukaza mubwira babandibakijijweko uwababwirije yabayobeje bigatuma basubira inyuma cg bakava mubyagakiza Imana izabibahora ×7.
Niba umukoziwimana ateshutse akavuga amakosa mwegere umukosore murukundo kumwangisha abantu sibyo Imana yabahamagariye.
Bible itwerekako abakozibimana nabobagiye bakora amakosa akomeye(musa wishe umuntu) ariko ntibyatumye Imana itamwita umugwaneza urutabose. Kuko Imana ntireba uruhande rumwe ,yihanganira integenke zabakozibayo ikitakumbaragazabo.
Tandukanya intege nke canke guteshuka hamwe n'a doctrines za kabbale n'a new âge cherches benshi binjiyemwo barondera gutungishwa n abayoboke.
Abo ni bo AYALONI IVUGA ntiyihenze n'a gato.
Ivyo turabizi yuko mugihe kiza bazohabwa uruhusha rwokwiruka kumuntu abameneye amabanga y ubuyobe buri muma face cherchés.
Abo ba faux prophètes n aba faux apôtres ou faux pasteurs baja kwigira face theology muri Kenya , Tanzanie n'a Uganda nibo bokwihana namba bigishoboka.
Sorry kuri typique misaient
Ahanditse face ni fake
Ahanditse cherche ni churches.
Amen! May God bless you Pastor.
Ndumiwe, nonese nigitwaza wigishaga kuriya???!!!! Birababaje
Ubundi se gitwaza mbere bwo mwaramwemeraga?😂😂ngewe sinigeze mwemera kuva nambere
Marayika Jluc ndagusetse ngaho nibakuyobike
Hariho imana imwe rukumbi ntayindi yitwa imana yindi tuzi.😊
Nubwo hariho ibindi byitwa imana, ari ibyo mu ijuru cyangwa mu isi, (nk'uko hariho imana nyinshi n'Abami benshi),
(1 Abakorinto 8:5)
Iriya châle Gitwaza yambaye maze gukurikira iyerekwa kuri chaine imwe ya Kinshasa. Bayita TALITH .
Mwirinde ababyambara , ni bimwe mu bikoresho bahabwa ikuzimu ( impeta , imisaraba ,amahembe ,...)
Ni uwo malayika w"Imana yabyeretse.
Channel uyibonyeho yitwa ngo iki?
Ikiganiro cyitwa gute?
@@TheCharity. ADAN MINISTRIES TV
Sion 15 , episode 8.
Biri mu giswahile na Français
Gitwaza arazwi cane ko ari umu cabalist
Ndimo ndakwinjiriza sha
Ariko mwese muri bamwe mukunda ibyisi gusa. Nawe hano urimo kwinjiza. Ahubwo uzategure igiterane kitarimo indirimbo namakorari ubundi utwigishe kandi uduhe umwanya tukubaze.
Imana itubere maso nahubundi birakomeye mbegawe satani numugome
Nkeneye igitabo
Cyakoze muteye isoni mubura kwigisha ibyiza byo gukundana nibyiza byo gusaba imbabazi nibyiza byo gutanga imbabazi ahubwo mugakuza amatiku ngo niwowe ujijutse.
ibibintu nibyiza
Kuki muhera hagati mujye mwunva byose kugirango mufashe abantu
Birababaje
Ariko mbona ibikwiye kd birimo agakiza nuko mwahagarara kumyemerere rwose mukanayikomeraho cyane ariko mutavuga abandi, nanone mwibuke ko kuvuga abandi cg kubacira urubanza ari icyaha🤷♀️ ahari ibyo byanditswe bibuzanya ibyo murabisimbuka🤔 wowe rwose komerera muko wahamagawe ariko utagize abantu b'Imana wishyiramo cg ugayira hano kukarubanda ahubwo nkeka ko umusanze ukamuhugura aribyo nawe byakubera umugisha ntaho ubundi ibindi byose birimo gusebya abo utimitse n'umuvumo musa
Nubwo abantubatumva lbintu cyimwe ariko mwukawera adusobanurire lbintu ntibyiroshye🙏
Ibi yabivugiye muri Amerika natwe twarabikurikiranye bigeze aha turumirwa!
Ubu Christ bukomoka muri America ariko se ko bible ivuga ngo muzabamenyera kumbuto nziza bera mubina muri America hera imbuto nziza
Amahoro dear Misr Jean-Luc.
Bisaba iki kugira tu es membre wa Disciples Family ?
Murakoze.
Mwandikire kuri nomero ye, iri munsi ya vidéo
❤❤❤❤
Uzatumire Desire naho wowe widucanga
Yego rata urakoze uyu nange ndumva ntazi ibye
Jyewe icyo nabwira abantu nuko buriwese yaguma ahwari kujarajara mumadini ntago arisawa
Uje vuba nubwo abamugitondo bazahembwa nka basakumi nimwe ngo dusohoke ubuse twese dufite slati fone ngo tujye tugukurikira aho adeper ingejeje muburyo bwumwuka ndahazi ntibigeze banshyigikira mubyaha batwigisha gusenga twihana ibyaha no gusoma ijambo ryimana naho ubundi nawe urashaka cash
J Luc nawe namaco yinda mbabarira ubuse aho tugeze niwowe uhatugejeje nibyo bitabo byawe nzabanza nsome icya pamphile
Ndakubabariye nawe haribyo utazi ngo uwibwirako haricyo azi aba ari ntacyo aramenya
Biragoye kweri
Muvandimwe jean luc , nukura uza menya idini ni itorero Ari kimwe ikibazo ni indimi, 😂😂😂😂 itorero, church ,eglise , kanisa , dini Riva Muri Italy bisobanura religion
Ubwo rero iyo ufata umwanya wo gusobanura itorero ukavuga ubwiza bwa ryo hanyuma ukavugako iyobokamana Ari ikintu kibi wowe na bene so muba mujijisha isi
Kwinjira ndabona bidakunda pe
Imana niyo idushaka? Nonese bibilia itubwira ngwiki ?nimunshakane umwete muzambona .Imana itwihere umwuka wera ibe ariyo idusobanurira naho ubundi mwaducanga.mwese murasenyana ntawemera undi.ubundi mukundishe abantu gusoma bibiliya bayoborwe nayo ntakindi
Amen aba ntawamenya Ibyabo umuntu watumwe ni Imana sukubaza pe gusa ibyo avuga kuribamwe turabiziko Babikora
Baburire ubundi wikomereze utazumva azabyicuza atakisubiyeho
Ubundi gusenga twabiguranye guterana munzu zubatswe nabantu tubatugiye guteranirahamwe tugahimbazi. Imana tukareba nabakene muritwe tukabafasha nipfubyi nabapfakazi. naho gusenga dusengi Imana burimunsi rero ahantuhose wahasengera ikibazo nicyakabaye cyiduteranyirizahamwe nacyo ntitugikora ahubwo tukabyina tukajya mubindi nyamara abababaye baje ntibabone imbuto zabakijijwe tuberera bagatahuko baje nyamara mwijuru ntituzabazwa ibyo twibwira gusa ahubwo tuzabazwa imirimo myiza yabakijijwe
Ukuri nahishwe iki gitabo cyangeraho gite, ndi I nyagatare umurenge wa matimba
Jyutega busi ujyende ubwiriza ariko wihamagara abantu ngo baze
Ntibisanzwe
Ubuse mwebwe iyo mushaka amakosa mubyo umuntu yavuze, mukayibutsa nuwayibagiwe muba mumurushije iki? abashumba musigaye mumeze nka ba Komvayeri ba kera uburyo baryaniraga abagenzi,
Imana idutabare.
Nonese muvandi amakosa bajye bayatwikira ngo batayibuka Nonese kucyi amategeko ahoraho kugirango atumenyeshe icyaha Noneko imana yavuziti ntihazagire umuntu mwitaso. Data watwese numwe ni. Imana data ishobora byose biriya nukwimuri Imana bakiyimika
Ntabwo Jean-Luc ari umushumba.
Gitwaza yigize akamana
Ndi ibujumbura Mpa adresse ahondagitorera
Ikibazo ntabwo aridini tubamwo,ikibazo ni idini ritubamwo.
Iyo iritubamwo risenyutse niryo tubamwo rirasenyuka,naho gusenya ayo tubamwo ugashako abantu dukomeza rya dini riturimwo ntacyo uba udufashije,uretseko nawe uba ushinze idini ryabayoka iyo nyigisho yawe
16:20 Ukutamenya vyica gusumba icaha.
Mugomba gutabara neza ?
Igisha ukuri tuvuguruze ababeshi tutarinze kubomana.
Erega abo bakuru b amadini bafise ubushobozi bwinshi kuko bariye rya tunda bubahesha kwemeza abantu.
Natwe reka twigishe ukuri nitwaba tugufise.
Biteye ubwoba Uwiteka adufungure amaso y'Umwuka
Icyo gitabo umuntu yakibona he?
Ariko nawe ibi urikuvuga kubandi sibyo kuko gukoresha abandi mugihe urikwigisha ntabwo aribyo.
Umuntu yakibona ku mafranga angahe?
Icyo ngukundira uriyemera wagirango wavukiye kuri youtube
Ko nshaka kuba member family nange ?
Ntaho utaniye nabadive bavugako aribo bazajya mwijuru nawe baragupinga
No sorry , igitabo ca escatologie i Bujumbura.
Tubwire nyine aho twasengera .
Tugume mu ngo se??
Wowe na George Nama mutandukaniye he?
Nta mukozi n'umwe muzima Imana igifite??
Uzabyihorere no gusenga😂😂😂😂
Abakozi bazima barahari, njye icyo mbona nubwo wajyayo nikujyayo ukanuye amaso, ntakumira ibije byose.
nushake ubyihorere usome ijambo ry'Imana kd usabe Mwuka wera agusobanurire azanakwereka Aho ugomba gusengera kuko uzaba waramenye ijambo rizima ariko mbere nambere niwowe rusengero
Idini ryukuri numutima wumuntu mbese ntimuziko imibiri yanyu arisengero zimana
Ushaka ubwenge wese nabaze imana
Nonese ubu wowe nturimo winjiza? Ahaaaaa
iki gitabo nu mvise ari kiza pe muza gishyire kuri interneti kubuga rwanyu
Mpa numero yuwufite ibitabu I Bujumbura ndagikeneye
Igiye gusobanuka umberaha ntamicyino
Mutunge urutoki satani mureke kuzitunga abantu kuko afite imbamvu aba avuzegucyo njyewe ntumva kuba gitwaza yavugagucyo sikibazo kbs ahubwowowe niwowe ufite ikibazo mubyurikwigisha????
Idini ryuzuye iryarya zijya munsengero zijyanywe nokwihimbaza
Idini ryukuri numutima wumuntu
Ubuse isi wowe irakwanga ko mbona ntacyo igukoraho ahubwo uhembwa na yutubi yabisi nibindi
Ese icyo gitabo cyitwa ngwiko??
Mwandikire kuri nomero, iri aho bandika titre
I Kigali kinoneka he ?
Mwandikire kuri nomero ye umubaze.
Nomero ye iri munsi ya video aho bandika title.
Ndumva ibyo byibirimi wowe aribwo ukibyumva twebwe twabipinze kera utaranakizwa wowe nawe urashaka cash
Uzaze inaha muri Bangui ubwirize abasango niba uzi français ngewe sinzava muri adeper nubwo inaha ari bakeya ko numva nawe ufite aho usengera
Jya ujya muri gare cg mwisoko uzave kuri youtube maze ndore nawe ni amaco yinda
🤣🤣🤣🤣🤣🤣
Gushaka views na cash za google ntacyo bitazabavugisha.
Uri rwangiza koko!
Wavuze ijambo ntujye gusebya abandi. Ntuzi no kuvuga ibyiza abandi bakoze? Are you sure ko hari icyo urusha ADEPR urimo usebya? Nta vidéo y ikintu kiza Gitwaza yakoze? Please reka kuvanga ijambo ry’Imana no gusebanya. Nawe uri mu idini. Sigaho!
mugira amaso ntimubona mufite namatwi ariko ntimwunva
Amen
Ahaaa ibintu birakaze pe