SIMBATINYA NIMUSHAKE MUNTUKE💔IZI NI INTUMWA ZA SATANI MWITONDERERE ABA BAHANUZI😭NIBA NAWE WEREKWA...
HTML-код
- Опубликовано: 16 июн 2024
- #Pamphile_0785781442 #Beulah_Uwashyingiwe
Abagenzi barangije igihugu kiroga, bagera mu gihugu cyitwa Beulah, risobanura ngo Uwashyingiwe (Yesaya 62:4). Icyo gihugu kirimo ikirere cyiza cyane kinezeza ugihumeka. Inzira y'abajya mu ijuru ikinyuragamo; bamara iminsi baharuhukiye. Bumvaga inyoni ziRIRIMBA iteka, bakabona iminsi yose uburabyo burabya, bakumva inuma ziguguza. Muri icyo gihugu izuba riva ku manywa na nijoro; abakigezemo baba barenze igikombe cy’igicucu cy’urupfu. Kandi cya gihanda Bwihebe ntikibasha kuhagera; Kandi Abagenzi bahageze baba bitegeye ururembo bajyamo, ndetse bahahurira na bamwe bo muri urwo rurembo, kuko abarabagirana bamenyereye kugendagenda muri icyo gihugu, kuko gifatanye n’icyo mu ijuru.
USHAKA GUFATANYA NATWE MU BURYO UBWO ARI BYOSE TUVUGISHE KURI 0785781442
Email:beulahministry2012@gmail.com Развлечения
Urakoze ibi biganiro sinigeze mbireba kuko nabyibajijeho byinshi. Nibaza impamvu wabitambukije kandi nziko utabyemera. Warakoze watumye nkunda,nshishikara gusoma bibiliya.
Ibi bintu byari byamennye umutwe ngera ho mbona ko nta muntu finally uzajya mu ijuru kubera conditions nyinshi zidashoboka ko twazuzuza !
Now merci bcp kuba wihutiye gukora ikiganiro kuri ibi biganiro byombi byahise kuri Beulah kandi bifitanye isa no !!!
Imana igihe umugisha mwene Data
Nari natangiye kwibaza kumana nibaza impamvu yanga abantu bigeze aha 😢😢Imana imbabarire 😢😢
Umva nanjye nari nayobewe iby'uyu muhungu Damien
🤣🤣🤣 yooo uranyishe
Yesu ashimwe! Ntababeshye numvaga byancanze numva ntangiye gutentebuka nibaza niba kwirahana ntacyo bijya byemerwa peee
mwiriwe neza, birakomeye kandi ntibyoroheye abana b,Imana, Uwiteka aturengere atubere maso adukore kumaso aduhumure, aduhe ubushobozi bwogutandukanya ababantu,kandi arengere intoreze kuko zisumbirijwe nibitero bya sekibi,benedata nimube maso Uwiteka aturengere
Yemwe, buri wese niyishakire Imana ku giti ke kugirango imwiyoborere naho izi mbuga zirayoberanye.
Mwenedata muri Kristo Yesu Pamphile, ndagushimiye uburyo wagiye uvuguruza ibyavugwaga na Damien, mubiganiro byose mwakoranye, ukabivuguruza ukoresheje ibyanditswe byera kandi ukaba ukomeje kubivugaho nyuma yo kubisoza. Ndagira ngo nkubwire ko uko namukurikiranaga mubiganiro numvise muri njyewe ko ari umuntu uje gutanga ubutumwa bwo kuyobya abantu, ubutumwa butera abantu ubwoba ko badakwiye kwirushya nta muntu uzagera mu ijuru. Urupfu rwa Kristo ni igitambo cyuzuyemo imbabazi ziturutse mu rukundo Imana yakunze abantu. Yesu Kristo ntiyapfiriye ubusa, dukizwe twezwe ijuru tuzaritahamo. Nkukurikirana nicecekeye, ariko binyanze mu nda rwose. Imana ikomeze kuguha imbaraga!
Nukuri Pamphile Imana imuhe umugisha kuko ntago ajya yihanganira ubuyobe mukiganiro, ahita abivugira aho nukuri nziko bifasha benshi
Imana iguhe umugisha n'Umwami wacu Yesu Kristo Ndanezereweeeee kubona ufashe umwanya wo kubivugaho kuko iyo utabivugaho nari guhita 😭😭😭😭 nkanihungiraaa da.
Urakoze cyane njye narabikurikiranye kugezaho numva ntaye umutwe mbwira Imana ese ukuri niki???? Muribi konumva kujya mwijuru amande nibindi byinshi ntaho mbizi muri bibiliya gusa Uwiteka aduhe ubwenge bwokuyoborwa n,umwuka wera 🙏
Beulah,ndushije ho kuyikunda pe!
Ukuri ni uku!
Njye iyo mbumvise najyaga nkeka ko ari inzozi,bitiranyije niyerekwa.🤔
Pamphi, Uwiteka akongere umugisha.🤝
Ndakwemeye pe uba utumye abantu bagomba gukanguka bagasoma ijambo ry.Imana Umwuka wera akatuyobora Imana iguhe umugisha mukozi w'Imana.
Abantu dukunda beula muze tugire umutwaro wo gusengera cane papa charmant (pamphile)kuko tivyoroshe urugamba rurakomeye
Muraho neza nshuti za Kristo Yesu, Pamfire komerezaho kandi nkuko Uwiteka Imana Ny'Iringabo yabanye na Paul arwanya abarwanyaga ubutumwa bwiza nawe niko akwitayeho cyane, natwe dufatanije nawe murizo n'intambara Kristo Yesu adutegeka kurwana tubifashijwemo no gusenga.❤
Wumvishe uburyo Imana ivugwa wumva aringome biteye ubwoba ukibaza ikintu uzakora ngo ushimwe nayo ukakibura
Imana niyo yo kudufasha
Pamphile Urakoze gukura abantu murujijo❤
Yesu Kristo Aguh' Umugisha ngusabiye Uburinzi bw'Imana bukubeho wowe na family yawe yose....❤
Pamphile rwose waje uje,vugira Yesu neza ,ubuyobe nibwinshi, birakabije
Rwose nshuti yumusaraba. Narinziko uzanfsha ukankura. Muru jijo. Barakwihaye. Ariko nzinezako. Yesu murikumwe
Pamphile Yesu naguhe umugisha.jyewe niba hari ikintu nanga muri iyi nzira y agakiza twakurikiye nanga idini kuko riri mu bintu satani akorsha mu kwitambika abagenzi.Tugomba kuribamo ariko turi maso .komera turagusengera Uwiteka agukomeze
Sinkunda abantu bavuga ibyo mwijuru bagiyemo mbanumva ntashaka nokubyumva KUKO batuma ntarikunda ngewe nizera ijuru amaso yabantu atarabona,irindi sinzarigemo.
Ahwiiii muvandimwe urakoze cyane Imana iguhe umugisha,nanjye nari namaze kumva nta cyo wakora ngo ubone ijuru pee,nagezeho numva ndambiwe kubyumva pee
Urakoze kuza kuvuga kuri izi nkuru ndimubabisabye.Iyi nkuru imaze iminsi yakwangisha Imana pe.
Uyo aherutse yaravuze w mpita numva atanumwe yoja mwijuru😂😂 ariko sha abanyarwanda yee , sha hari nuwundi muntu wacishij kwiyi chanel ngo azi abakorana n'imyuka yikuzimu kumbe naw yishakira guharabika nabamwe mubarera Imana yewe😢😢😢😢
Ahubwo harimbuka 1500 kumunsi kuki atavuga na bapfiriye muri Kristo.
Nahise numva mbiretse numvaga habura gatoya nkagwa
Yewe yewe yesu adutabare pe
Ni ukuli ibyo uvuga nubwo bisharira ariko uwashaka gukira wese biramusaba kumaramaza muri uru rugendo agahinduka INTAGONDWA nyakuli. Uwiteka ajye akurengera Muvandimwe muri Kristo Yesu 🙏
4:42 Imana iguhe umugisha nukuri jye narinaguye numvako arihahandi byarangiye ntajuru nari kuguhamagara ukamfasha p gusa shimye Imana kandi urakoze cyanep narebaga imihigo ntibuka ibyacumi ntibuka nkumva mbize icyonkora
Siwowe gusa 😂
Nanjye numvaga naguye pe
Benedata mureke twigire kumana kuko abantubo baratubeshya
Kandi kugira umwuka wera ningenzi
Kandi tumyeko satani ntakoresha abashwa bibiriya bayizi mumutwe nabahanga
Ariko ntabwo udusobanuriye impamvu ubitambutsa kandi nawe utabyemera.warutangiye kubisobanura ariko ntibivuzeho.byaba byiza kuko hari abanyantege nkeya bakumva ikiganiro 1 bagahita banzura bakabivamo burundu.
Kuba yaratambukije ibi biganiro, ni IBINTU BYIZA, ni ukugirango ashyire hanze amabanga ya satani, ni ukugirango abakristo bahumuke bave mu buyobe bw’abiyita abahanuzi.
Sha nange numvise ibi biganito bincanga mpitemo kubireka kubyumva Kuko numvaga nyobewe icyo gukora mpitamo kwiga gusenga uko nshoboye ndetse no gusoma bibiliya no kugerageza kwitoza kuyoborwa nayo. Naho iby'amajuru cga ukuzimu nabihariye Imana ibizi kundenza.
Pamfille ujyira ukuripe jyewe ndabihamya ur,Umukristo humura ntawakuvuma ngo bigufate komeza umenagure satani umutwe lmbaraga z,lmana zikomeze zikuzure mu izina rya Yesu kristo🎉🎉🎉🎉❤❤❤❤
Urakoze pe! Ibi bintu byari bimaze kundambira kuko numvagamo ibintu bisobanye pe.
Ufite umwuka wera rwose!
Mwavumbuye ivangirwa ry'abantu bubu. Nobasenge ahubwo babohoke
Gusa icya njye nahidhuriwe nuko Imana yambwiye ko ikurikije ibyo fucumura ntawa bona Ijuru uretse guhora twiyeza nayo igakoresha imbabazi zayo
Yesu nashimwe.
Imana iturengere!
Ikiganiro gikurikira iki, ndagitegereje.
Uzitonde cyane adepr batazakuroga nimo twakiriye Umawmi Yesu ariko!!!!!!
Murakoze cyane narimaze iminsi mfite ubwoba kubera biriya biganiro tumaze iminsi twumva
Mwuka wera niwe ducyeneye cyane niwe wadusobanurira ibyukuri ibyaribyo rwose naho ubundi bariyeri inkiko bishobora gushyira abantu murujijo pe.
Ndagujunda maze, jew numvise ivyadani avuga mbanumvumenga ntahongiyr ntanaho mvuye😭😭😭😭😭😭
Pamphile urakoze cyane kuza kugira icyo uvuga kuri buriya buhanuzi !narintegereje your feedback !jyewe nabihinyuye nkibyumva kuko ibyoyavugaga birimo urujijo kandi bivuguruza bible ahanini!Imana iguhe umugisha.
Murakoze cyane nukuri urimo umwuka w'Imana ntakubeshe numvise iyerekwa rya damie numva ndaguye mumutima ndibaza ntise Imana iyo iduhaye iyerekwa turagwa cgangwa ahubwo turarira tukihana none byari bidukuye Kumana pe
Yesu niwe nzira dusome ijambo ry' Imana rituyobore naho iby' aberekwa byo ni akasamutwe. Wa mugani wa Pamphile usanga bajya mu majuru atandukanye banyura mu nzira zitandukanye mbese ni amayobera nka yayandi😂
Haa biraducanze Yesu duhe gusobanukigwa
YESU nashimwe muvandimwe birakwiye ko dusubira gusoma BIBIIiYA kugirango tuyinjyenzuze ubutumwa buriho muriyi minsi ndetse nubuhanuzi buriho IMANA Ibahe umugisha
Pamphile uri impano ikomeye Imana yahaye abanyarwanda ngo ufashe abazaragwa ubwami bw'Imana. Dushimiye Imana yaguhagurukije mu gihe gusa gitya. Komeza uhane,uteshe,uhugure,wuzuye ubwenge bwose bw'Imana.
Mahoro Mukozi w Imana🖐
Mfise ikibazo? Nne inzu bavuga ko zasambaguritse zimeze nkizi nkoko, kubgo kwiba ica10 nibindi bbonye mwijuru bimeze gute!? Yesu yavuze ko agiye kutwubakira izacu nne bimeze gute!!?
Amayerekwa azabakoraho!amadini ashingwa nabagize amayerekwa,ngo mwabonye abamalaika,mwabonye Imana,nuko njyanwa ikuzimu,malayika arambwira...wow wow,mbiswa ma.
Nkunda ko utarya ruswa ❤
Murakoze cyane biriya biganiro byari byadukuyemo kwiringirako hari uwajya mwijuru dukurikije uko uriyamuntu yabivugaga.
Imana ikomeze iguhe impano yubwenge rwose ushire ubwoba umbwire abantu bi imana iguhe umugisha imana
Ijuru rirera nta kintu gihumanya kizarigeramo,dukanguke,dukurikire icyo ijambo ry'Imana rivuga.
Jewe nanje vyukuri vyaranyobeye none izongingo zokuja mw Ijuru zisumba Izanditse muri bibiriya niryahehe nukuri biteyubwo ariko twizere Yesu dukiranuke Ijuru n Iryabejejwe nokwizizera Yesu
Mana duhishurire njewe narinatinye ngo tuzakoriki kwandikwa Mugitabo Cubugingo Imana niba itababarira tuzagerayo dute, dukora ibyaha burikanya,mukureba,mukuvuga,nokuryanabi nikyaha,Mana duhe MWUKA WERA, Atuyobore Mwizina rya YESU KRISTOL
Imana ishmwe ibihe byose amen iguhe imbaraga namavuta gusa uturemyeagatima numvaga ntazongera gusenga kuko numvagako nubundi nzarimbuka
Amahoro @Pamphile Mukozi w'Imana. Shyira umucyo ahagaragara ndakwemera cyane Umwuka Wera ari muri wowe komereza aho. Byari bikenewe pe! Umuntu yari yarumiwe uko Imana twamenye haje ibintu bituma twibaza ngo ukuri ni ukuhe? Byibuze ufashije imitima ya benshi. Imana iguhe umugisha
Urakoze cyane Pamphile we njyewe rwose byari byaranyobeye numvaga kujya mwijuru ari hatari kbs Iman iduhumure amaso pe ibinyoma byaragwiriye nukuri😂
Pamphile Urakoze cyane pe, Uwiteka aguhe umugsha kubwiki kiganiro rwox, ibi biganiro bibiri kubyumva byarananiye pe, gusa urakoze kuduha umucyo kuribi biganiro. kuko byari byanteye kwibaza byinshi cyane.
Urakoze mukozi w'lmana kuturema agatima narinayobewe ibyakujyendereye ngo nibiki uziko numvaga njyiye kureka kureba ibiganiro byo kuri beulah nukuri nari nababaye pe nibajije kuntu beulah haraho yankuye none yarimpahamuye pe mana ushimwe ko undemyemo agatima
Pamphi Imana ya Mahoro iguhe umugisha nukuri uradufasha cyane mporana ikifuzo cyuko Imana yagufasha ukagira itorero duhuriramo rwose twaba abakristo nyabakristo kuko twanyweye ibirohwa Beulah Imana ibakomereze amaboko pe
Bless you kbsa naho ubundi nari narumiwe!!! Aya majuru bavuga angeze ahantu rwose yose aba atandukanye niba na ba Yesu n'Imana barimo batandukanye sindabimenya rwose😢
Mana nukuri kwabagenzi nageze kugice cya 3 ariko numvise rwose ntawuzashyika urugero ngo gutinda guteka !!!!Sha Imana itabare abagenzi kuko ibyo yavuze kugeza no kugice cya 3 ntanumuntu warunguruka mu ijuru gusa Imana isange burumwe imwereke inzira acamo❤
Imana iguhe umugisha Pamphile Mwuka Wera agukomereze amaboko,vuga ukuri niko gukenewe ngo imitima y'abana b'Imana ikire kandi ikomere naho ubundi umuntu yumvaga ijuru ririho amananiza
Finally ❤ IMANA IGUHE UMUGISHA.
nari ntegereje UBU BUSESENGUZI
Imana ubwayo yarivugiye ngo ntawe uyireba ngo abeho!!! Kuko ubumana bwayo ntiburebwa ni abacyambaye umubiri mubi ukora ibyaha. Yayirebye bya nyabyo ntiyagaruka yahita imwigumanira!!!!
Jye nahisemo gushaka Yesu nkamwizera akambera umwami ni umukiza w'ubugingo, ABA bahanuzi barabeshya, nta juru bambonye!
Imana ntigira urusaku ntiyamenera uwo ibonye amabanga y'ubwami bwabo ngo babizane Hano mu isi y'ibibi!
Birakaze pe Imana itabare
Mubigenzure neza,ibyizo nkiko biba mu myizerere y'abizerera mu byitwa incarnation.ehhhee twarinjiriwe cane mugabo!!!????
Imana iguhe umugisha kubwo iki kiganiro.
Nkimara kumva urukiko cg bariyeri y'icyacumi nibajije byinshi ariko bituma ndeba ikiganiro ku binyoma 5 ku cya cumi, nari ntegereje uko uzahuza ibintu 3: iby'Ijambo, ibyo wavuze n'ibyaba bahanuzi.
Gusa byatumye ntumva ibyabo kuko bitamfasheho .
IMANA YONGERE ISHIMIRWE UMURIMO IRIMO KUGUKORESHA, KANDI NONGEYE KUGUSABIRA UMUGISHA PE!
Urakoze kweli,na jewe nari nabonye ko nimba biri Uko ko kuja mw'ijuru bitokunda pe.Ariko iyi ndemeshanyo isubizamwo ivyizigiro.
Ngukundira kuvuga ukuri Umwuka wubwenge agwire kuri wowe
Paphille mugabo ukundwa ,Yesu wapfiliye Itorero akumpere umugisha nkugusabiye mbivanye kumutima ,Yesu akumpere na byabindi wowe uziranye n'Imana kubona uhangara kuvuga ukuri kose
Imana iguhe umugisha mwinshi kdi ugumemo
Nshuti za Yesu dukurikire Yesu wenyine kdi tumwizere azatugezayo amahoro, Pamfile Imana iguhaze uburame kubw'ifuhe ry'umurimo w'Imana
Abana bi Mana bari murujijo nasaba Pamphire na Plaisir kugira ngo basabe Imana impano yo kurondora ubutumwa bakira chane chane ubuhanuzi, kuko channel ya Zaburi Nsha na Beulah bikurikirwa na bakristo benshi
Rero nimutaba maso ngo mugenzure ibyo mugabura muzasanga mwabaye irembo ryo kurimbuka kwa benshi .
Ibyo uvuze nibyo rwose
Pamphile urakoze ukoze icyo Imana yabwiye Yeremiya ngo ngushyiriye hejuru kurandura no gusenya, kurimbura no kubika, kubaka no gutera imbuto.
Pamfire imana iguhezagire ivyo iyo ndavyumvise ndababara cane nkibazaukuntu lmana iducisha Kwa sekibi Kandi ariyo mucamanza niesprence
Njyewe kwishyura ibyacumi no kumenya umubare wabyo ni ukuri nari nikatiye kubura ijuru
Rero nari nabivuyemo pe,mbona ko ndi kujya aho ntazagera.
Gusa byanzaniye gushidikanya gukomeye,IMANA insubizemo imbaraga pe.
Pamphile IMANA igukomeze
Aha nukuri turasobanukiwe cyane lmanishimwe 🙏 lmana nurukundo ❤️
Pamphi urakoze,nukuri iyerekwa ririho muga nyene biracangana ivyabahanuzi,Imana iturengere👏👏👏👏
Nanjye nibazaga uzajya mu ijuru nkumva birakaze,nibwo numvise ko Ari iterabwoba yeretswe.
Umwuka wera akomeze akuzure pamphile we ,mbega amahishurirwa!!!
Urakoze mukozi w'IMANA njya nari nararetse kugukurikira kubera iterabwoba mufite
Yego rata! parfule", IMANA ijye iguha umugisha kuko,ujya udusobanurira byinshi, nanjye rero",nangiye kugukurikirana muriyi minsi,icyampa nkazajya nkukurikirana buri gihe kuko,ntahandi keretse shanel yawe.
Yesu nashimwe lmana yamahoro iguhe umugishaaa mwinshi waziye igihe nukuri ukuri kwawe kuramfashaaa
Ijuru ry'Imana urirebe mu byahishuriwe Yohana7,
Njye ibintu byuyu mugabo nahise mbica amazi sinigeze mbyemera pe naherutse ndeba ibya mbere ibindi wapi😢
Imana iguhe umugisha nanjye😂numvise buriya butumwa numva ari nta muntu numwe uzajya mu ijuru
Yesu nashimwe benedata umuntu udasoma ijambo ry'Imana yayoba kuko birabiganiro byavuguruzaga ijambo rya yesu
*#PAMPHILE**, urakoze cyaneee ku bw’iki kiganiro ukoze.👏👏*
*Imana Iguhe umugisha mwinshi.*
*GUMAMO NEZA.❤*
ikiganiro cyiza @Pamphile. Nagerageje kumva ibyawamuhungu watumiye mbona arimo kuvuga ibyo atekereza mpita mbivamo. I agree with you. Urakoze!
Pamphi ! God bless you njye ndi umucatholique gusa nkubahira Umwuka w'Imana ukubamo !!!
Yesu ashimwe, nibyo pe! Ntajuru riri mukirere, ijuru numva ari umwuka, kimwe nikuzimu numva ari umwuka
Nange niko mbyumva
Pampfi uwo muhungu amayerekwa yahawe yaje afite kugusha abana b,Imana cyakora ashobora kuba yaratumwe na banyamadini bashaka ibya cyumi kurusha kujyana intama mwijuru kuko umwumvise ubyo utumwa yahawe bwahagaritse imitima yabeshi ubyo butumwa ariko arukuri ntanumwe wajya mwijuru wakoze nawe kuba bamenye ko arikinyoma
Ijuru ntiriri kure y'umuntu wese,
Uko twakiriye agakiza ibintu bigahita bihinduka,(kubakakiriye neza)
Uwari wabuze amahoro,akimara kwihana ahita,abona amahoro
Kumva,kwizera,no kwa kira Yesu Kristo ugahita ubuzima buhinduka kuko uhindukiye.
Ntago bizoroha pe harigihe umuntu avuga ibyoyabonye mwijuru bikambera urujijo , kuko ibyambayeho harigihe nzabisangiza abana b. Imana
Nanje Manze kwumva ibibiganiro vyabo bantu numvishije umengo kwinjira mubwami bw’Imana bizogorana peee duu😢
Imana igukomeze pe!nanjye byari byambereye urujijo nibaza ukuntu bapfobya amaraso ya Yesu,Umwuka wera naganze muri twe pe!
IMANA Irihariye jewe nkurikije ukonyibona itandukanye,nukobenshi bayitubwira
Mana yange Pamphile Imana iguhe umugisha mwinshi ugaruye umutima wange kuko numvaga kujya mu ijuru bigoye ,ndiheba numva nshitse intege mbese byari byanyobeye ariko urakoze kubwiki kiganiro
Mukozi w'Imana ujye wongera iriya summary itangira kugirango umuntu akuremo half of content kuko ibiganiro byawe nibirebire kubyumva ukabirangiza biragoye soit kubera umwanya cg mega. Thx so much
Imana nyiramahoro izamenagurira Satan musi yibirenge byanyu bisatinze
Aha umugeni akwiye kuba maso akirinda. Kuko ubu buyobe ni "ubutinganyi bwo mu mwuka" kuko ni Malaya (wishushanya nkumugore wa Kristo kdi Atari we ahubwo ari umusambane wabandi bagabo) uza gusambanya :UMUGENI WA KRISTO ( Ari we mugore w'isezerano wa KRISTO yakoye amaraso ye) kugirango niba bishoboka amuvutse amahirwe yubugeni nawe ahinduke Malaya. Aha rero umugeni akwiye gusoma ijambo ry'Imana kdi agaha umwanya Mwuka wera akamusobanurira, kuko Malaya nawe afite ijambo ryinshi yifashisha ayobya abantu.
Pamph ibi bintu byanciye intege cyane kuburyo iki cyumweru cyose cyambereye kibi nari nabonye ko bigoye cyane kuzabona ijuru.Imana iguhe umugisha ko uduhaye umucyo
Imana iguhe umugisha nageze Aho numva nta muntu uzajya mu ijuru urakoze cyane
Urakoze cyane Pamphile
Rwose pe njyewe numvaga ntazarikandagiramo nkurikije ibyo abo bahanuzi bavuga nibazaga niba Imana yaraturemeye kutubabaza.
None se nawe mbwira ukuntu wabana n'ingabo za satani muri iyi si ukagerageza kurwana ngo uzineshe nka 90% 10% risigaye rigatuma ujya mumuriro utazima???
Arko x Uwiteka weee,Ninde muntu w'Imana tuzemera abantu Bose ko mbona bikomeye,gusa kuri Damien numvise kujya mwijuru bimeze nka yanyamaswa yinkira murushinge
Gukosora:
Ariko se...✅
Ariko x ni ikosa kuko nta nyuguti ya *X* tugira mu rurimi rw’ikinyarwanda.
Imana iguhe umugisha nukuri. Turi kwiherezo muze twihane. Abo nabo n'intumwa rya Shetani.
Pamphile we urumunyabwenge Imana yaraguhaye.gusa urakoze kudukura murujijo.
Ndagukunze cyaneee kubera ko ubwiza abantu ukuri komereza Aho
Babwire bave mu bupfu bareke kuyobya abantu ! Ubu buhanuzi bwa hato na hato bumaze kudutera asyi !!
Paphile wee uranejeje ngewe numvise ikiganiro cyambere mpita ncika intege bitewe nokumva condition arinyinci nahise numva nzarimbuka kuko Mana yange uramugabo yadukuye umutima
😅 nubundi babashaka guca abagenzi imbaraga,
Niye nahise mvugako ntamuntu uzabona ijuru nimba aribyo,uzikuntu nari nacitse intege….nabyibajijeho cyane