UBUHANUZI BUTEYE UBWOBA😭INZIRA UMAZE GUPFA ACAMO😭ITANGAZO RYANYUMA UMUNTU UGIYE GUPFA ABANZA GUSOMA💔

Поделиться
HTML-код
  • Опубликовано: 9 июн 2024
  • #Pamphile_0785781442 #Beulah_Uwashyingiwe
    Abagenzi barangije igihugu kiroga, bagera mu gihugu cyitwa Beulah, risobanura ngo Uwashyingiwe (Yesaya 62:4). Icyo gihugu kirimo ikirere cyiza cyane kinezeza ugihumeka. Inzira y'abajya mu ijuru ikinyuragamo; bamara iminsi baharuhukiye. Bumvaga inyoni ziRIRIMBA iteka, bakabona iminsi yose uburabyo burabya, bakumva inuma ziguguza. Muri icyo gihugu izuba riva ku manywa na nijoro; abakigezemo baba barenze igikombe cy’igicucu cy’urupfu. Kandi cya gihanda Bwihebe ntikibasha kuhagera; Kandi Abagenzi bahageze baba bitegeye ururembo bajyamo, ndetse bahahurira na bamwe bo muri urwo rurembo, kuko abarabagirana bamenyereye kugendagenda muri icyo gihugu, kuko gifatanye n’icyo mu ijuru.
    USHAKA GUFATANYA NATWE MU BURYO UBWO ARI BYOSE TUVUGISHE KURI 0785781442
    Email:beulahministry2012@gmail.com
  • РазвлеченияРазвлечения

Комментарии • 216

  • @uwumukizamarieleatitia8818
    @uwumukizamarieleatitia8818 Месяц назад +6

    Nta dini ritazavamo umugeni kuko mu ijuru ntamadini azabayo ahubwo buri wese wizera KO yesu kristo ari inzira yukuri nubugingo kandi agakora ibyo gukiranuka wese azabona ubugingo buhoraho,buri wese imirimo ye izapimwa

  • @nkeramugabapascaline3865
    @nkeramugabapascaline3865 Месяц назад +16

    Yesu nashimwe! ngize ikibazo kubijyanye no gutuka umwuka wera! mbese ko hadutse abahanuzi bibinyoma benshi, harigihe uhura numuntu ukamushidikanyaho, mbese gushidikanya kumuntu urimo umwuka wera wibaza niba koko arimo umwuka wera, nibyo bita gutuka umwuka wera, mutuvane murujijo dusobanukirwe neza

    • @mwalimuzawadi
      @mwalimuzawadi Месяц назад +2

      Nonono
      Gutuka umwuka wera ni ukwanga ubutumwa bwiza ngo uhindurwe nabwo .
      Ijambo ry'Imana rivugako "uwo mwuka w'ukuri naza azatsinda ab'i si abemeze iby'ibyaha,..."
      Bityo iyo wanze kwemerera no kumvira umwuka uba uciriweho iteka.

    • @gasasiragaetan996
      @gasasiragaetan996 Месяц назад

      @@mwalimuzawadi
      ukurikije icyanditswe uko kibivuga ngo Yesu yari amaze gukiza abantu indwara zikomeye rero ntiyabwirizaga nge nàkumva ko yarebye akabona barapinga (baratukisha ibyo bazi neza cyane ko na Pahuro yabigarutseho ko abamaze kuwusogongeraho bakabivamo kwihana bidakunda) nahubundi umuntu ashobora kwanga kumwakira none ariko ejo akisubiraho naho ibindi ni nko gukumira imbangukiragutabara kdi Uzi neza ko itwaye umurwayi w'indembe ibura gato igahwera

    • @NadineMuteteli
      @NadineMuteteli Месяц назад

      Yavuzeko kwatuza akanwa kawe ukavugango runaka akoresha imyuka y abadayimoni, utabihishuriwe n Imana ariho uba umututse, nkuko Yesu bavuze ko ar umwami w abadayimoni berizeburi, gushidikanya ko ntago uba utunze umuntu urutoki NGO umusebye mubandi

    • @user-lh6yl8el3u
      @user-lh6yl8el3u Месяц назад +1

      Oya gutuka Umwuka wera ni ukwanga kwihana ugapfana icyaha kuko utuka IMANA azababarirwa kuko azihana gutuka Umwuka wera rero ni ukutihana ukarinda upfa

  • @BLF-yo1jf
    @BLF-yo1jf Месяц назад +5

    Amavuta amavuta mukozi w'Imana. Hashimwe Imana yaguhaye ijambo,ndakwibuka i Nyaruguru (A D P R Rugerero )ni Mama Mugisha warutuye mu Rwishywa (ubu ntuye i Huye),nakubonye ndashima cyaneeeee, wabaye umugabo disi!! wo guhamya Yesu .Imana niduhane umugisha.

  • @gasamunyiganoel551
    @gasamunyiganoel551 16 дней назад

    Wa Musore we weretswe n'abadayimoni peee!! Winginge Umwami wacu Yesu kristo aguhishurire gukizwa n'ubuntu kubwo Kwizera!! Kandi uzige gutsindishirizwa n'ubuntu bw'Imana kubwo Kwizera. !! Ubu buhanuzi buvuguruza umurimo Yesu yakoreye i Golgotha!! Uyu ni umwuka urwanya Yesu ,ni amayoberane ya Satani. Mwitonde cyane

  • @annuarittenyirabaributsa6758
    @annuarittenyirabaributsa6758 Месяц назад +4

    Ngize ikibazo niba menye ko nkoze icyaha nkihana nkasaba Imana imbabazi nkareka kugikora ukundi sicyature kuko ntabonye uwo naturita simbabarirwa ?urgero: ntuhura nuwo waturita kuko abo ubana nabo badakijijwe kdi utajya no gusenga umwaka 1 cg 2 utajya mwiteraniro cg ngo uhure numukozi w'Imana kohari ibyaha wibagirwa cyane ko uba utakibikora ubwo mpfuye najya gihenomu mumfashe murakoze

  • @beckythehustler2981
    @beckythehustler2981 Месяц назад +6

    Byinshi DAmien avuga nibyo ariko harimo udukeregeshwa Ameze nkawamugabo winkiko mirongo irindwi na zingahe😢

  • @furahamucumashyinge4784
    @furahamucumashyinge4784 Месяц назад +2

    Urakoze Imana iguhe umugisha Muhanuzi w’ Imana ubu buhanuzi burigihataho cyane muriyi minsi bwazabariyeri?? Ubaye uwagatatu Imana irimo kutuburira bihagije? Uwiteka amabrire kuko ndumunyabyaha naho ndageze nihana weee????😭😭😭😭😭😭😭

  • @jeaninekamikazi8751
    @jeaninekamikazi8751 Месяц назад +1

    Yesu Christo Ushimwe cane Uradukuuunda Urakoze kubitumenyesha kugirango twikosore ntituze tuje gihonomu.

  • @SBT_24
    @SBT_24 Месяц назад +3

    Rom 5:18
    [18]Nuko rero, ubwo igicumuro cy'umuntu umwe cyateye ko abantu bose bacirwa ho iteka, ni na ko icyo gukiranuka cyakozwe n'umuntu umwe cyahesheje abantu bose gutsindishirizwa, bagahabwa ubugingo.

  • @aidenvivance7026
    @aidenvivance7026 Месяц назад +2

    Yesu niwe Mana nzima.gutuka umwuka wera ni ukwanga kwizera yesu Kandi barabwirijwe.

  • @MukeshimanaAline-lf9to
    @MukeshimanaAline-lf9to Месяц назад +1

    Nanjye kwambaza bikiramariya simbyemera hariho ubutatubwera aribwo imana ,umwana,numwukawera baribwomwambaza.

  • @mugiranezafeolonie7801
    @mugiranezafeolonie7801 Месяц назад +1

    Mwakoze mwembi turasobanukiwe Imana ibahe umugisha mwinshi cyaneee.Mukomeze mudutegurire n'ibindi dukeneye gusobanukirwa

  • @user-rz6fe3hq5o
    @user-rz6fe3hq5o 20 дней назад

    Ubwo rero bivuze ngo abantu bose duhinduke abadeperi pamphi aha rwose udusobanurire naza pe cyangwa muzatubatize

  • @nyiramanaclementine1338
    @nyiramanaclementine1338 Месяц назад +3

    Pamphile ndagukunda again 💓 uzana abakozi b'imana babanyamasengesho rwse

  • @user-iw3vc8vl8g
    @user-iw3vc8vl8g Месяц назад +2

    Murakoze gusa biteye ubwoba ndumva nkwiye kwisuzuma inzira iracyari inzitane

  • @NyiranzirikiJeannedarc
    @NyiranzirikiJeannedarc Месяц назад +2

    Aho nanjye ngize icyo mvuga ese umuntu yahanura yarangiza agasambanya abo ahanuriye cg agahita ahanura avuye gusambana kd ubizi neza ko ari umusambanyi ubwo uvuzeko akoreshwa nabazimu waba ukoze icyaha kd yesu yavuzeko abahanuzi tuzabamenyera kumbuto zabo ndakurahiye ngewe umaze guhanura warangiza ukanzaho imitwe abe ubusambanyi cg inda nini yubujura ngufata nkinzererezi yasatani

  • @gasagasajeanne6756
    @gasagasajeanne6756 Месяц назад +2

    Imana Idutabare ndumva bitoroshye pe. Gusa jyewe sinjya mpiga imihigo kdi numva nizera ko Uwiteka anyumva cyane ntumvise ijwi ntarose nta buhanuzi.
    Arko icyo gutuka Umwuka wera mfiteho ikibazo kuko ubu amadini yo nayavuyemo pe. Nkurikiye Imana igaburo ryera ndarifata vuba aha. Nzajya ndifata jyewe mu rugo i mahanga iby'amadini byo birababaje cyane. 😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭.

  • @NyangeziSabenniene
    @NyangeziSabenniene Месяц назад

    Muzadusobanurire cyane kuricyo cyogutuka mwukawera ese bitandukaniyehe nokutizera Ibyo umuhanuzi ahanuye shobora kubona ntambuto afite nkabipinga nubwo ntabimubwira cg nkaba nabiganiriza abandi shaka kumenya ukuri ibyo nkunda kubikora kuberako abantu beshi bavugako Imana Ibatumye akeshi bakaba bayobya beshi Imana idufashe dusobanucyirwe tumenye uko tujyenda

  • @ugiriwabomarieclaire9502
    @ugiriwabomarieclaire9502 Месяц назад +3

    Imana ibahe umugisha.Uwiteka adushoboze tuzasoze amahoro!

  • @frcosmastheobaldmutabazi4728
    @frcosmastheobaldmutabazi4728 Месяц назад +5

    Biteye n'isoni kuba watinyutse kuvuga ngo abakatolika bazarimbuka.

    • @LaurentTV
      @LaurentTV Месяц назад

      wumva nabi aliko. ntabwo yavuze ko abagatolika bazarimbuka yavuze abunamira ibishushanyo nabasoma amashapure

    • @twisunganetv6983
      @twisunganetv6983 Месяц назад

      Nonese nibatihana ntibazarimbuka abantu basenga ibishushanyo bose?

  • @jeanneuwanyiligira1609
    @jeanneuwanyiligira1609 Месяц назад +2

    Akabazo k'amatsiko :
    Ko Yohana Umubatiza yavuze ko we abatiza mu mazi ko ariko uzaza nyuma ye ( Kristo ) azabatiza mu Mwuka Wera ?
    Kristo ko yaje ubwo umubatizo wo mu mazi uracyari ngombwa ?
    Cyane ko hari n'abantu babatizwa mu Mwuka mbere yo kubatizwa mu mazi menshi !
    Ntegereje icyo muzansubiza
    Murakoze !

  • @sibomanapascal6114
    @sibomanapascal6114 Месяц назад +4

    Imana ishimwe cyane ariko uvuze ko uzapfa nabyaha afite yaranizeye yarasoje gukiranuka kose ariko atarakira umwuka wera ese kuki uwo mwuka atamuzaho Kandi nacyaha afite?? ikindi umwuka ntamuntu uwiha umuhabwa nayesu none nigute umuntu yamenya ko yamuhawe? nziko umwuka atwemeza ibyaha knd ubatijwe ntakore nibyaha aba awufite ariko atarakura mumwuka aricy abapfa nibenshi bataramuhabwa ubundi niki cyerekana ko wamuhawe cyangwa utamuhawe? ubwo sinumva uko kumuhabwa uko ariko mwatubwira kuko nziko niba ukora ibyo gukiranuka byose wirinda icyaha harumwuka Uba ubikubuza urimuriwowe ubwo bivuze kumuntu aba awufite ahubwo habaho gukura mumwuka mudusobanurire ibyaribyo tuwushak .

    • @ingabiregrace2320
      @ingabiregrace2320 Месяц назад

      Ntago wareka kuzura mwuka wera udafite icyaha arizana mwuka wera avuga nkekako atari uguhanura cq kujya mu mwuka

  • @DedithNimbona
    @DedithNimbona Месяц назад +1

    Komera Pamphile,beulah tuyikundira ibibazo ubaza kuk utajanirana n'a cane cane ukabaza ibikenew bikaduha gutahura.

  • @solangemukafeza9085
    @solangemukafeza9085 Месяц назад

    Wabuze ibyo umara wogere ujye munmwuka neza naho ubundi urambabaje Imanabikubabarire kuko utazi icyo uvuga ukeneye gusenga no kwihana

  • @irakozeadeline5840
    @irakozeadeline5840 Месяц назад +1

    Murakoze !!
    2) Ibyo bibazo Malayika abaza, aba abiyobewe? Aba se ari ukugira ngo nyir'ubwite abisabire imbabazi?
    2) Kwizera Yesu Kristo ni iki?(Yohani 3 :16)
    3) Uzahorwa Kristo ibindi atabyujuje, yabona ubugingo?(Ijuru)
    4) Igihe Yesu yihinduraga ukundi, Eliya na Mose bari bavuye muri paradizo?
    5) Munsobanurire Matayo 25: 32-46
    6) Ni henshi Bibliya itugaragariza uko Yesu yakizaga ibyaha atabisabwe naba nyirabyo, ni uko se yari atarapfa ngo azuke??
    Muzihangane munsubize.

  • @aidenvivance7026
    @aidenvivance7026 Месяц назад +1

    Gutuka umwuka wera ni ukwanga kwakira umwami yesu

  • @SylvestreNtakirutimana
    @SylvestreNtakirutimana Месяц назад +1

    Wakoze kumuzana wew ndagukundira ukuntu ubaza ibibazo natwe tuba tubakurikirana tugatahura❤

  • @ChristineMunezero-tj4hj
    @ChristineMunezero-tj4hj Месяц назад +1

    Iyo sekibi izimiza abantu mumabonekerwa yubuyobe ndawurimbuye mw'Izina rya Yezu Kristu yapfuye akazuka Umuvyeyi Bikira Mariya nayikandagire ayimene umutwe ndabitegetse kuja munyenga yirimbukiro mw'Izina rya Yezu.

  • @user-kz4cw6ff2y
    @user-kz4cw6ff2y Месяц назад

    Murakoze w'lmana UWITEKA abahe umugisha Kandi abakomeze.mudushyirireho na bariyeri zikurikiyeho.murakoze

  • @mukantambaraliberathe-li4wp
    @mukantambaraliberathe-li4wp Месяц назад

    Yesu nashimwe ahohantu ho kubatizwa mumwuka wera simpasobanukiwe muzahansobanurire neza murakoze

  • @KaweraYvette-nv6ox
    @KaweraYvette-nv6ox Месяц назад

    Arikose koko ninde watu ganja ibi byose uko bikurimirana, imbabazi n'amaraso ya Yesu yaba yaratubabariye ibiki niba nutwo duto iyo wihanye utatubabarirwa😢

  • @JacquesHitimana
    @JacquesHitimana Месяц назад +1

    Abahanuzi biki gihe baracanga!Sha ntawamenya!

  • @jeanneuwanyiligira1609
    @jeanneuwanyiligira1609 Месяц назад +1

    Ibyo kuba watuka umuntu urimo Mwuka Wera cg ukamupinga ntaho bihuriye no gutuka Mwuka Wera rwose.
    Ubwo se uwihakanye Kristo cg akamutuka we yaba akoze iki ?

  • @liberatamukasafali
    @liberatamukasafali Месяц назад +1

    Reka nanjye mbunganire kubyerekeye umuhigo. Kuko aho guhiga birutwa no kubyihorera ntuhige, nkurikije uko Ijambo ry'Imana rivuga mu Mubwiriza: 5: 4-5
    Haravuga ngo: 4.Nuhigira Imana umuhigo, ntugatinde kuwuhigura, kuko Itanezerwa abapfapfa; ujye uhigura icyo wahize.
    5. Guhiga umuhigo ntuwuhigure, birutwa no kutawuhiga.

  • @aidenvivance7026
    @aidenvivance7026 Месяц назад

    Idini yesu ntaryo yasize ku isi.ahubeo kuko aribyo abantu. Amenyereye baziko kuba mumadini ari byo byingenzi.ni iki bazo.itorero yesu aje kurishyira kuruhande nkuko byagenze mu itorero rya mbere

  • @user-yo3mn8zn8e
    @user-yo3mn8zn8e Месяц назад

    Murakoze cyane ndabakunda uwiteka abahe imigisha

  • @indatanatv2006
    @indatanatv2006 19 дней назад

    Ubu butumwa ni bwiza, ariko harimo amarangamutima yawe. Nemera ko gusenga ibigirwamana, gusenga amashusho ari icyaha rwose, ariko kuri Bikiramariya washyizemo amarangamutima yawe.

  • @gasasiragaetan996
    @gasasiragaetan996 Месяц назад +3

    Hari icyo wishe hari ababatijwe mumwuka batabatijwe mu mazi menshi

    • @beckythehustler2981
      @beckythehustler2981 Месяц назад

      Ndi umwe muribo kdi urupfu runyibye narimbuka kuko yesu ubwe yabyibwiriye nicodem ko utabyawe namazi atazabona ubugingo,ntacyo tuzireguza

    • @Isaac-yb2gt
      @Isaac-yb2gt Месяц назад +1

      Yego..aba batijwe mu mwuka wera nibo bana b,Imana..

  • @ngogajeandedieu6640
    @ngogajeandedieu6640 Месяц назад +3

    Murakoze Beula kubwuyumuntu. Gusa muzamumbarize gutya: haraho yavuze ko Umwana uri munsi yimyaka 8 numunsi umwe aba atarabarwaho ibyaha bitewe nuko ataramenya gutandukanya ikibi nikiza Nagize ikibazo Mbese umuntu aba umunyabyaha kuko yakoze icyaha? Ese witwa umunyabyaha mugihe wakoze icyaha uzi gutandukanya ikibi nikiza? Cyangwa Umuntu wese avuka ari umunyabyaha? Njyewe nasomye Bible nsanga Ijambo ry'Imana rivuga ko umuntu avuka ari umunyabyaha(Zab 51:7
    [7]Dore naremanywe gukiranirwa,Mu byaha ni mo mama yambyariye.) Muzadusobanurire. Kuko dukurikije iyi Zaburi umuntu aba umunyabyaha kuva avutse ntabawe kuva kumyaka 8... Murakoze

  • @NISHIMWEMarieAgnes
    @NISHIMWEMarieAgnes Месяц назад

    Imana ibahe umugisha kubwubutumwa mutugezaho ndabakunda cyane

  • @user-vo3qo5kf1k
    @user-vo3qo5kf1k Месяц назад +1

    Imana imbabarire ibyahabyanjye byose 🙏

  • @chantalrupfura9953
    @chantalrupfura9953 Месяц назад +1

    Ibyo uvuga byose ni ukuri nubwo Abantu bakwihesha amahoro nyuma ya byose bazamenya koko ko hari abigisha nyakuri.

  • @UpeaceDenyse
    @UpeaceDenyse Месяц назад

    Ese icyaha ucyiretse ugasaba imana imbabazi mumutima ntabwo imana ikubabarira

    • @LaurentTV
      @LaurentTV Месяц назад

      ijambo riravuga ngo mwaturirane ibyaha byanyu mubone kubabarirwa

  • @HabanabakizeJeandedieu-lu1wn
    @HabanabakizeJeandedieu-lu1wn Месяц назад

    Rekereaho kuyobya abantu imana igira imuhwe

  • @cecileuwimana8149
    @cecileuwimana8149 Месяц назад +1

    Narimbizi ko kwa Pamphile iki kiganiro kitarangirira igice kimwe

  • @NyiranzirikiJeannedarc
    @NyiranzirikiJeannedarc Месяц назад +1

    Gusa lmana iguhe umugisha bambe

  • @josephndayisaba9971
    @josephndayisaba9971 Месяц назад

    Nonese ko uvugango buri muntu mu Itorero abe uwejejwe muriryo waba uri muri catholic ukezwa Ute bigisha kwiyambaza bikira Mariya nabatagatifu wakwezwa Ute tujye tuvuga ibintu mumazina yabyo ntabwo wakizwa uri muri catholic cyangwa Islam ntibishoboka. Njye nahozemo menye ukuri kwijambo ry'Imana mbonako ndahantu ntagomba kuba mvamo. Tubwize abantu ukuri kwijambo ry'Imana kuzuye. Murakoze.

    • @m.joseenyiraburanga5523
      @m.joseenyiraburanga5523 Месяц назад

      Itorero ni abakijijwe neza(kureka ibyaha byose kubwo kwizera Yesu, ukizera n'inyigisho zima) kdi bakora imirimo myiza muri Kristo kubwo ku mwizera.
      Umunyetorero ,ahora yiyeza, arwana inyambara nziza.
      Ugendeye kuri ubu busobanuro, buri uhita wumva ko hari abanyamadini batari mu itorero.
      (Kuko bigisha ubuyobe kdi bagoretse ukuru, kuko bizera inyigisho bibiliya itigisha, imihango bibiliya iziririza:aba n'iyo baretse ibyaha bigaragara mu buzima busanzwe, ntibajya mu ijuru kuko bagoretse ukuri kw'ijambo ry'Imana)

  • @FannyFafaofficial
    @FannyFafaofficial Месяц назад

    😮😮😮😮😮none ko twigishijweko idini arumutima?😢😢😢jew abavugishw biki gihe munter amatsiko knd ijamb riratubwirngo haragowe uwuvg ngo mwuka yavuze atavuze😭😭😭😭 Fanny Fafa official 🇧🇮🇧🇮🇧🇮🇸🇦🇸🇦🇸🇦🇸🇦🇸🇦

  • @mukanyrigiraprovidance-yn8cy
    @mukanyrigiraprovidance-yn8cy Месяц назад +4

    uzadusobanurire umuntu amenya gute ko yabatijwe mumwuka wera murakoze

    • @gasasiragaetan996
      @gasasiragaetan996 Месяц назад +1

      Ibyakozw 2:3-4
      Haboneka indimi zigabanije zisa n'umuriro ururimi rujya kuri buri wese wo muribo
      Bose buzuzwa umwuka wera batangira kuvuga izindi ndimi nk'uko mwuka abahaye kuzivuga

  • @elieniyoyitungira8331
    @elieniyoyitungira8331 Месяц назад

    Wakiriye Yesu uba urose agakiza kandi uba urose Mpwemu Yera hasigaye kumwuzura gusa

  • @UpeaceDenyse
    @UpeaceDenyse Месяц назад

    Imana igihe umugisha rwox

  • @BasaboseEric
    @BasaboseEric Месяц назад

    Imana iguhe umugisha.

  • @mukanyrigiraprovidance-yn8cy
    @mukanyrigiraprovidance-yn8cy Месяц назад

    IMANA iguhe umugisha

  • @MukankusiChristine-ne8en
    @MukankusiChristine-ne8en Месяц назад +1

    Singirango se Elita yazamuwe adapfuye???? Roho ye se itegerereje hame nizabandi gute???

  • @Charl318
    @Charl318 Месяц назад

    Imana iguhe umugisha

  • @ayingeneyedrocella6355
    @ayingeneyedrocella6355 Месяц назад

    Imana idushonoze gukizwaneza

  • @user-mc7te6ho9i
    @user-mc7te6ho9i Месяц назад

    Imana iguhe umugisha!

  • @user-rz6fe3hq5o
    @user-rz6fe3hq5o 20 дней назад

    None ngewe rero lbintu byaya madini biteye ubwoba nonese ko basigaye bakorana nimyuka mibi pampi udusobanurire neza pe nonese tuve aho dusengera mudusobanurire neza nonese kwezwa ni ukubatizwa mi mazi manshi

  • @IreneUwimbabazi-kq5uv
    @IreneUwimbabazi-kq5uv Месяц назад

    Mwiriwe neza ese ko twebwe ko batemera kutubatiza mu mazi menshi iyo wabatijwe mu mazi make cyane cyane muri EPR

  • @Irakoze-m5n
    @Irakoze-m5n Месяц назад

    Imana idutabare,bene data,ariko mumfashe kwatura,kwihana ,gusaba IMANA,imbabazi,munsobanurire birancanga

    • @NshimiyimanaDamien-ie1bw
      @NshimiyimanaDamien-ie1bw Месяц назад

      Kwihana nuguhindukira, kwatura nukuvuga icyo cyaha wakoze, nyuma ukavugango IMANA ikubabarire, hanyuma icyo cyaha ukakireka.

  • @UwingabireChantal-kf6ix
    @UwingabireChantal-kf6ix Месяц назад +1

    Pamphile ngize ikibazo kubatizwa mumwuka wera bisobanuye kuvuga indimi ese niryari umuntu yamenyako yabatijwe mumwuka wera?

  • @irakozeadeline5840
    @irakozeadeline5840 Месяц назад

    Imana yeretse Salomon iby'impinja ziririra ikuzimu ntabwo ari Yeretse Damien ko umuntu azacibwa urubanza kuva Ku myaka 8??

  • @Nyirabahire-l6n
    @Nyirabahire-l6n 27 дней назад

    Bikiramariya ni umubyeyi wacu twese Yezu yamuduhere ku musaraba.

  • @josephndayisaba9971
    @josephndayisaba9971 Месяц назад

    Iryo torero rivugwa uwo muririmbyi yavugaga mwene data ngukosore si amadini ahubwo ni Itorero ryaho umuntu aherereye, urugero niba mperereye i Huyebe uwejejwe i Huye ntabwo ari muri catholic cyangwa muri ADEPR. Ikindi Itorero rya Kristo ni abantu Yesu Kristo afite mugitabo cye cyubugingo ntabwo ari amadini kuko amadini yose ni inzira ngari ijyana abantu kurimbuka ndetse akaba maraya.

  • @KomezusengeMediatrice-eg4uy
    @KomezusengeMediatrice-eg4uy Месяц назад

    Yesu nashimwe nonese uwabatijwe ku gahanga ategetswe guhindura idini kugira ngo abatizwe mumazi menshi cyangwa ibi byose yabikora akarekera ago ntakibazo

    • @uwimbabazimarieclaire5131
      @uwimbabazimarieclaire5131 Месяц назад

      Erega urabyemeye koko

    • @gasamunyiganoel551
      @gasamunyiganoel551 16 дней назад

      Amadini yose ni amwe ,yose yerekeza abantu kurimbuka,kuko yose afite ubuyobe bwayo!! Gusa ibya Gaturika byo biteye ubwoba pe!!

    • @gasamunyiganoel551
      @gasamunyiganoel551 16 дней назад

      Wowe fata umwanya uhagije wo gusoma Ijambo ry'Imana no gusenga ukiranuka,uyiboza Imana inzira,Imana izakuyobora inzira y'ukuri

  • @marcelinemukandutiye80
    @marcelinemukandutiye80 Месяц назад +2

    Hhhh ntawe uzajyanwa mwijuru nidini! Yezu yabaga murihe dini? Reka kwibasira kiriziya , birababaje kubona umuntu ungana utyo uziko uzajyanwa mwijuru nuko wabatijwe mumazi menshi.

  • @mugiranezafeolonie7801
    @mugiranezafeolonie7801 Месяц назад

    Birakaze tu! Gukiranuka muri byose ko bitoroshye?Imana idushoboze pe😊

  • @user-iq8uz2nm4t
    @user-iq8uz2nm4t Месяц назад +1

    Nigute umuntu yaba yujuje ibyobyose akabura kubatizwa mumwuka wera kd tuziko igituma umuntu atawubatizwamo aribyaha?

  • @manasemparibatenda9515
    @manasemparibatenda9515 Месяц назад

    Ese uvuga, Ubutumwa bw'Idini ryawe cyangwa ni ubwa Kiristo?

  • @ngogafrancis5605
    @ngogafrancis5605 Месяц назад

    imana iduhane umugisha bakozibimana ko munteye ubwoba nange ndi umwigisha murusengero ariko ariko hariya muri yakobo 3:1 hatubwiyeko hadakwiriye kuba benshi muritwe bashaka kuba abigisha kuko abigisha bazacirwa urubanza kuruta abandi,ubwose ntibyatuma abantu benshi bagira ubwoba bwo guhamya kristo cg kuba abigisha batinyako azabazwa byinshi,mumpurize ibyo nokuba yesu yarashishikarizaga abantu kumuhamya muruhame avugako abazamuhamya imbere yabantu nawe azabahamya imbere yase

    • @NshimiyimanaDamien-ie1bw
      @NshimiyimanaDamien-ie1bw Месяц назад

      Nibyiza kwijyisha arko ukijyisha uziko uzabazwa byinshi kd ningombwa kuba umwijyishwa wa yesu kristo ark mubyo wijyisha ukirinda cyane.

  • @umuhozadiane7099
    @umuhozadiane7099 Месяц назад +2

    Ngo ubakatolike bose bazarimbuka? Kuki hari abantu bayirimo bakijijwe kdi Imana ntibabwire kuvamo? Sha hari ibintu byinshi wavuze bicanganye pe.

    • @UkwishakaAnitha
      @UkwishakaAnitha Месяц назад

      None se ubwirwa n' iki ko umuntu akijijwe kdi Imana ariyo imenya abayo ? nuziko hari ibishimwa mu isi mu ijuru bidashimwa cg niwibuka ko Imana ireba m' umutima itareba nkuko abantu bareba.

    • @user-zs9kv6el2c
      @user-zs9kv6el2c Месяц назад

      Muri catholic harimo abantu Imana ivugisha!nibaza yababurira kuyivamo! Imana idufashe abahanuzi babaye benshi!

    • @nadratirankunda3052
      @nadratirankunda3052 Месяц назад

      Bakijijwe gute kandi basenga ibigirwamana?bashobora kuba bakora imirimo myiza arko kuko bapfukamira biriya bishushanyo imbere y'Imana nicyaha. Ikindi kandi ntibabatijwe mumazi menshi. Rwose muri catholic hariho abantu benshi bafite imirimo myiza arko ikibazo ni idini barimo irabayobya kubera amahame yaho.

    • @umuhozadiane7099
      @umuhozadiane7099 Месяц назад

      ​@@nadratirankunda3052barahari batemera biriya bishushanyo,batanemera kunywa inzoga,barahari bakijijwe ntabwo abakijijwe ari abari muri pantekote honyine

    • @umuhozadiane7099
      @umuhozadiane7099 Месяц назад

      ​@@UkwishakaAnithani iki kikubwira ko abatari abakatolic bakijijwe? Ni cyo cyanakubwira ko ukukatoloke akijijwe. None uvuga ko muri bo nta mutima Imana ireba uhari? Bibaye ibyo ubwo nawe waba ugiye kumbwira ko Imana ifasha idini😮

  • @hakizimanaviolette1564
    @hakizimanaviolette1564 Месяц назад +1

    Mana uzampe gukora neza, ham nzenger iwaw amahor

  • @nyirasikubwaboimmaculee5579
    @nyirasikubwaboimmaculee5579 Месяц назад

    Gusajye sikobyumva umugaturikawese azarimbuka nonese ntawubatizwa mumazimeshi urimbuka nagirango imirimo ukorakwisi niyo ukujyana mwijuru gusandagukunda Damiye

  • @celineyankurige8442
    @celineyankurige8442 Месяц назад

    Kubabarira nigute ni ukugirana ubusabane numuntu wababariye cg ushobora kumubabarira bucece cg ukabimubwira ariko ntacyo muhuriraho cyane ?

  • @beatrice_yadidiya
    @beatrice_yadidiya Месяц назад

    Uli umusazi!!! Ujye umenya ibyawe

  • @user-oi4ef6rb4i
    @user-oi4ef6rb4i Месяц назад

    Nagize ikibazo none Yesu siyavuzeko nta torero ritazavamo umugeni none umuntu uzakora byose ntabatizwe mumazi kubera I torero arimo bizagenda bite😕

  • @aidenvivance7026
    @aidenvivance7026 Месяц назад

    Ariko kubatizwa mumwuka wera kuko batemera ko tuvuga mundimi kandi ariko byagenze kuri pentekote.barabashuka.nuko bigomba kumera.

  • @ingabiremariegrace3922
    @ingabiremariegrace3922 Месяц назад

    Pamfi uyu muntu wamuzaniye ik koko😢

  • @jeanneuwanyiligira1609
    @jeanneuwanyiligira1609 Месяц назад +2

    Nta muntu ushobora kureka ibyaha byose atabatije mu Mwuka Wera !
    Imbaraga se yazikura he ?
    Keretse nawe niba ufata kuzura Umwuka w'Imana nko gutitira, kuvuga mu ndimi cg guhanura ?
    Sinon, utaraba icyaremwe gishya ntitareka ibyaha !

    • @jeanclaudesinzobatohana289
      @jeanclaudesinzobatohana289 Месяц назад

      Uko nukuri ntiwaheba ivyo vyaha vyose yavuze ata Mwuka Wera ugira. Benshi bafise imyizere ko kwuzura Umwuka Wera ari ugutitira

  • @godeliveuzagirinka2464
    @godeliveuzagirinka2464 Месяц назад

    Wabuze ibindi urisha? Urikorera amadini uyacira imanza nkande?
    Kdi muzatungurwa nyamara!!! Iyo Mana umunsi uzashyika ibabwire ko itigeze ibamenya!! Kandi mwirirwa muvuga ngo yabatumye!!

  • @nyirambarushimanaclementin9723
    @nyirambarushimanaclementin9723 Месяц назад +1

    Imana ishyimwe ndagirango mbaze uwo musore watanze ubwo butumwa kucyinjyanye no kwatura ibyaha ese umuntu yakaturira murusengero gusa cyangwa uramutse uri umukirisito ukarwa mucyaha runaka wasanga mweneso ukamwaturira imana yakubabarira? uzambarire unsubize itandukaniro riri kwadurira imbere yabakirisito no kwaturira umuntu umwe?

  • @amanipaul8741
    @amanipaul8741 Месяц назад +1

    Kubijany no gutuka mpwemu yera ndahafiseh akabazo! Mwatubwiy ko ututs cank usuzunguy umunt atuyemo ub umututs !! None ko yesu nawe bamututs !! Ho bimez gute?

  • @beckythehustler2981
    @beckythehustler2981 Месяц назад

    Ukuri kose ni christo ,kdi christo niwe Mana ninawe mwuka kdi Amagambo yahumetse niryo tegeko nshinga ubuchristo bushingiyeho,itegeko ryose ridashingiye ku itegeko nshinga ryaba rigambanira igihugu ka nekuvuga menshi Imana iduhe gukura twese nkababeulah,kuko Yesu nawe yari umwigisha (teacher not preacher)ubwo nanjye sinzaruha kwiga ka nicare nige ntegereze part2

  • @mumporezemarierosine7975
    @mumporezemarierosine7975 Месяц назад

    Nibyo itorero ryacu ribatiza ku myaka umunani. Ashobora guhabwa n' inshingano z'ubutambyi

  • @gajuselaphine3054
    @gajuselaphine3054 Месяц назад

    Ndumva agakiza twazaniwe na yesu kristo karashyizwe kuruhande ahasigaye nimwmere tuyoboke amategeko nimihango bivugwa muri bible uko biri kuko ndumva yesu muri iri yerekwa yarashyizee kuruhande

    • @user-cu3me8ii9y
      @user-cu3me8ii9y Месяц назад

      Exactly! kristo niwe nzira , akaba ukuri , ndetse akaba ubugingo (yohana 14:6)
      sinzi aho abizera bazahurira nazino bariyeri !!!? kandi bayoborwa numwuka wera ( bera imbuto zawo) bena aba ntamategeko abahana
      mube maso mudahererwa, Ubuntu bw'Imana gupfa ubusa, munyumve ntibikabeho ko twakomeza gukora ibyaha ngo ubuntu busage
      murakoze

  • @holly.empire
    @holly.empire Месяц назад

    Muraho ndashaka kubaza uwakoze icyaha cyo gutuka mwuka wera akabimenya ko yakoze icyaha amaze kumva icyi cyiganiro ahite areka agakiza kuko yamaze gukora icyaha kitababarirwa?

  • @abaharijoseph1483
    @abaharijoseph1483 Месяц назад

    Njyewe nagigize ikibazo kubijyanye no kutabatirizwa mu mazi magari ese ko kubarizwa mu mazi magari tubisanga muri ADEPR bivuze ngo abatari muri ADEPR bakaba batabatiriza mu mazi magari bo bizagenda bite cyane ko yakomoje ko no mu ijuru nta dini ribayo ibyo bintu twabihuza gute mumfashe gusobanukirwa aho hantu..
    Murakoze.

    • @NshimiyimanaDamien-ie1bw
      @NshimiyimanaDamien-ie1bw Месяц назад

      Adeper nabo nibadakomeza gutunganya ibindi ntajuru bazajyamo nabo noneho nandi madini atabatiza mu mazi menshi azarimbuka yo se

    • @mugisha719
      @mugisha719 Месяц назад

      Ntabwo kubatizwa mu mazi menshi ari ibya ADEPER gusa. Uzashake amakuru neza. Uzanabaze igisobanuro cyo kwibira mu mazi ukiburuka

  • @concessamukamutara310
    @concessamukamutara310 Месяц назад

    Urababaje kuko ubwirwa na shitani!!!!

  • @BertinSikubwabo
    @BertinSikubwabo Месяц назад

    Ese ijambo ry'impfabusa ni uguhiga ntuhigure ni cyo bivuga ?

  • @frcosmastheobaldmutabazi4728
    @frcosmastheobaldmutabazi4728 Месяц назад +1

    Ikindi nkubaza uvuga ko bariyeri umuntu ahura nazo nyuma yo gupfa ari 6 gusa Kandi ubusanzwe ari 22?Ibyawe si ibyo kwizerwa ,wigira umwigisha ariko ujye wibuka ko ibyo uvuga aribyo uzacirwaho urubanza.Hari amagambo meza uvuga ariko ukavangamo ibitantaragasi byinshi,njye nkubwije ukuri ko nta Mana nzima yaguhishurira ko kwiyambaza B.Mariya wifashisha ishapule ari bibi,ikindi iyo wizeye imbaraga zawe zonyine ,urugendo rukubana rurerure,ariko iyo winyuriye ku mugabekazi,cg umwamikazi ugera ku mwami bikoroheye,nujya kwiha kuvuga nabi B.Mariya Nyina wa Jambo ,cg kubuza abamwiyambaza kubireka,ujye uvuga uziga,njye narangije kukubona neza,ukwiye kwigaya kubyo usobanura nabi wiyita uwabihiruriwe,witonde pe!

    • @NshimiyimanaDamien-ie1bw
      @NshimiyimanaDamien-ie1bw Месяц назад

      Yesu niwe nzira yonyine itujyeza kumwami yonyine vusa ntayindi

    • @mugisha719
      @mugisha719 Месяц назад

      Duhe umurongo wa bibiliya utubwira ko hari indi nzira itari Yesu umuntu akwiye kunyuramo cyangwa ahanditse ko Yesu bijya bimunanira kudutsindishiriza noneho tukaba dukenera abandi. Muvandimwe, ijambo ry'Imana ritubwira kudahinyura ubuhanuzi ahubwo ko dukwiye kubwumva hanyuma tukabugenzuza ijambo ry'Imana. Ikindi, si byiza ko waterana amagambo. Ufite uburenganzira bwo kubyemera cyangwa ntubyemere

  • @TUYIZEREEsther-ey6wv
    @TUYIZEREEsther-ey6wv Месяц назад

    Ese umuntu yabwirwa niki ko yabatijwe mumwukawera
    2 umuntu yatandukanya gute umwuka wera nuwabadayimoni

  • @priscagahongayire7739
    @priscagahongayire7739 Месяц назад

    NDUMVA MWIBASIYE ABAKATOLIKE, ROHO MUTAGATIFU ABAMURIKIRE KUKO KUBATIZWA NIGIKORWA CY'UKWEMERA. UBWINSHI BW'AMAZI SIBWO BUKURAHO ICYAHA, KUBA WASHENGERERA YEZU , WAKUBAHA UMUBYEYI BMARIYA NI UKWEMERA KWAMUNTU , RERO MUJYE MWIJYISHA IJAMBO RY'IMANA .....IMANA NINYIRI MBABAZI KANDI NTAWISUNZE BMARIYA NGO AKORWE N'ISONI. BMARIYA NYINA WA JAMBO UDUSABIRE

  • @tuyirinde3755
    @tuyirinde3755 Месяц назад

    Mwaramuteneza bakozi bimana konumvakujyamwiru bitoroshye

  • @RutarindwaAnselme
    @RutarindwaAnselme Месяц назад

    N'ukuri murakoze cyane ark mfite ikibazo mbaza kumihigo.
    1.ese birashoboka ko umuntu yakiranukira Imana atarakiranukira umuntu barikumwe?
    Urugero: Mfite ideni rya banki ,mpize umuhigo ko Imana ninyishyurira nzajya mfasha imfubyi buri kwezi uko mpembwe kd hari abantu mfitiye amadeni .ese natangira guhigura wamuhigo nyamara ntaramara kwishyura babantu ?

    • @MuremyiGonzalve-gd8pu
      @MuremyiGonzalve-gd8pu Месяц назад

      Reka wabanza ugakiranuka namugenzi wae banza wishyure ayo maden

    • @imanizabayodiocles4890
      @imanizabayodiocles4890 Месяц назад

      Uzatangira guhigura usoje kwishura ideni rya Bank, niko byumva

    • @cecileuwimana8149
      @cecileuwimana8149 Месяц назад

      Kuberikise ubawarahize uziko ufite ibyo byose ? Guhiga ntuhigure birutwa no kudahiga.

    • @user-ip5vo3hz9y
      @user-ip5vo3hz9y Месяц назад

      Ivy Imana nukubiha Imana

    • @beckythehustler2981
      @beckythehustler2981 Месяц назад

      Wakunda(shyiramo ngo wAhigurira) Imana utarabona usize mugenzi wawe ubona?uretse ko no guhiga no kurahira Atari umuco mwiza ukwiriye umukristo kuko ubawiboshye

  • @thakianezerwa
    @thakianezerwa Месяц назад

    Nimba ivyaha vyandikwa uhereye ku myaka 8 numunsi umwe imbere yaho ntarubanza?abana ntibarimbuka nubwo baba bavutse kubapagani?

  • @user-fd9zc1mb2x
    @user-fd9zc1mb2x Месяц назад +1

    Mwukawera dufashe utuyobore tutazayoba inzira, none se Umuntu yatandukanya ate iyerekwa rivuye kumana nirivuye kuri satani?

  • @aidenvivance7026
    @aidenvivance7026 Месяц назад

    Oya.idini si itorero.itorero Bibilia ivuga ni umubiri wa kristo.amadini rero kuruhande.

  • @mukeshuremyibetty450
    @mukeshuremyibetty450 Месяц назад

    Yebabawe

  • @MukanyandwiLydivine
    @MukanyandwiLydivine Месяц назад

    IMANA utubera maso ese nkumuntu yaribagiwe umuhigo yahise ubwo byagenda gute?

  • @BertinSikubwabo
    @BertinSikubwabo Месяц назад

    Bertin .murakoze ku kuri icyo kiganiro twasigaranye ibibazo byinshi kandi dukeneye ibisubizo.1.kubatizwa mu mwuka wera bitangwa n'lmana none ni gute umuntu yabizira kandi atari ibyo yiha? 2.umuntu ashobora guhiga umuhigo abikoreshejwe n' ishyaka ryiza ku murimo w'lmana hanyuma akabura ubwishyu.none aciriweho iteka akiri muzima ko satani ari we wamaze gucirwaho iteka nta cyo yakora byarangiye nta yindi nama yagirwa uwo muntu ngo ubugingo bwe bukire kandi akaba yabyifuzaga ?niba ari amafarnga arayakura he ?arakora iki ko nawe atari yiyanze muri iyi mibereho isanzwe?