Kanimba numuhanga, icyangomba si faranga, icyangombwa niguhura nabantu bazima, ibiganiro bizima then business ziraza cash ikabona ikaza. Good network/ connections first, then cash comes next
Kanimba rero ndi nyogosenge uramenye uzabane na soleir kuko nabaye na nyirasenge wa Kid none babanye na miss Elisa ❤❤ nabo ahobari ndabasuhuje cyaneeeeee
Wibukeko urimo gukura, amafaranga na fame ntibigira iherezo ariko wowe igihe uzamara kuriyisi nigihe kigufi. So wagombye guswera ukabyara ukagira ubuzima nkubwo so na nyoko bagize. So God help you
Abakunda kanimba nkanje mumpe like ❤from Burundi 🇧🇮 ♥
Abifuza kubona kanimba na Soleil bishimye murugo rwabo muri bamenya mwamaye like najye nkumva uko bimera 😂🤗
Ndabikunze ariko ntayo nguhaye😂😂
😂😂😂😂
Yimwime njye ndayimuhaye
Ark zolei yakoze ubukwe mumurenge😮
Solei*
Abanu bakunda kuple ya kanumba na soleil mumpe ❤
Keretse mbyutse nkasanga byabaye ibyanyabyo kuko Kanimba byaba aribyiza utari Muri Bamenya navayo pe ❤❤❤
Kanimba narinziko yubatse gusa ndamukunda❤
Kanimba mfite umwana muto ugukunda kumwambika imyenda itameze nkiyo wambara nikibazo ambaza niba musa mbese namubwiyeko nasoza primary muri2029 nzamukwereka azaba yabaye mukuru kd pe courage
Love from bigogwe
Film yawe tuzayireba rwose ❤❤❤❤
Kanimba number one
Mbaye muri top 10 pe
Muri serie🎉
Kani nanjye ndagukunda byanyavyo bizanarushirizaho mubanye na soleil manayajye nabyina nakwishima nkunda role ukina ukunda abagore ndaseka numwuka ukenda gushira kani unkorera umusi pe lmana izakumpere ibyiza vyishi❤❤❤❤❤
Nge narinziko bakoze ubukwe byanyabyo ndavuga kanimba na Soleil abaribabizi nkange nababakunda mumpe like ❤
Cyaze nkunda Sabin na kanimba iyo mwahuye ❤❤❤❤
Ka keza mba numva nakavuna bwa buguru bwako karikumwe na kanimba kamwifatishywa ho, gusa ubanza mukina inkuru za kera kuko kurubu ntabwo bibaho umwe murimwe yahasiga ubuzima pe ubundi Rib igatabara❤❤
Kuguha like nugusara uratukana NGO ubuguru ubwo suburere
@@user-lc7oq4ze8r bumpe c njyewe sinagiriwe amahirwe yokurerwa 🤗🤗
Ibyo byo biriya bintu ntago murwanda bihaba buriya biriya harabandi baba babwira sabanyarwanda
KANIMBA na Soleil hejuru❤
Kanimba karibu cyaneee❤❤❤
Imbere cyane❤
Kanimba ndamwera kbx 👍
Kanimba kumutima❤❤❤❤❤
Isimbi ! Where is peace the friend to aline? I miss that family 🥺 I think the baby has grown now.
Ibyo bibah cyaneee nonex ko papa wang afite abagore6 mama ni soreye musa
Kanimba Number One ❤️
Kanimba courage ubikora neza
Nkunda ijwi ryakanimbape he is so handsome niba nawe ariko ubibona nkandira kwifoto
Nukuri twari tumukumbuye Kandi turagukunda
Kanimba ndamukunda❤
Kanumba hejuru 👏
Ndamusuhuje kanimba nipampe💪💪💪
Nyimba uzumuntu nkunda canke abantu nkunda ni kanimba na soleil ndakunda nanakwishimira couple yabo kuko banaberanye cyane cyane kandi❤️❤️❤️❤️❤️💯✅🇧🇮🇧🇮🇧🇮🇧🇮
Eeh burya kanimba nimuzima disii😱😱
Kanimba numuhanga, icyangomba si faranga, icyangombwa niguhura nabantu bazima, ibiganiro bizima then business ziraza cash ikabona ikaza. Good network/ connections first, then cash comes next
Sanin -&kanimna❤❤❤
Mwamaye twatunu
❤❤❤
Kanimba
Kuraje
Ego ko umuntu avuga ngo mbambona arumunebwe kumuntu yitunze? Hari commentaires nibaza ko zitaberey abatumirwa.kanimba na soleil ❤kandi urugo rwanyu goba rwiza cane
Urimwizapeeeeee
👍
Kanimba rero ndamwanka kuko acinyuma umugore mwiza akanamusuzuguza incoreke ariko Mazimpaka n umuhungu ubonako afite imico idasa niya kanimba😮
Kanimba rero ndi nyogosenge uramenye uzabane na soleir kuko nabaye na nyirasenge wa Kid none babanye na miss Elisa ❤❤ nabo ahobari ndabasuhuje cyaneeeeee
Welcam kanimba GS sorey nukuri muzibanire
Njyewe iyo episode nshya yasohotse mba ntegereje ko soleil ankubitira Keza ntazongere kumusuzugurira murugo rwe😢Kanimba ubu wabaye umugabo mwiza ukareka kutubabariza soleil koko!! Ukuntu mba nabyegereje umutima mba numva mpuye na keza namucapa urushyi😂
Sabin ndamukunda pe
NUKURI BYO BRO RUZABE WIYEJEJE, ARIKO NA POLE CYANE KUMUSHUTI WAWE WABUZE NDABIZI MWARINSHUTI CYANE
Hhh uti ibirongozo kweli
Burya disi kanimba ni umwana mwiza
Muribamenya gabanya gukunda abagorecyane soleil numwanamwiza cyane kubonayihanganira abagore bose umuzanimbere nukuri afitumutima
Hhhh kubyegereje umutima c ?? Biriya nibyo baba banditse
Nonese nadakina kuriya akina tuzaryoherwa ? Kanimba nakomeze abe kanimba nava muri filime agumane umutima we
Nonese nadakina kuriya akina tuzaryoherwa ? Kanimba nakomeze abe kanimba nava muri filime agumane umutima we
Kanimba nikibwa
❤❤❤❤🎉🎉🎉😮😮😮😊😊😊
Bro the bus is delaying
Akantukibirongozo,karankomye🤣🤣🤣 Arkokanimba numukinnyimwiza.
Hhhhhhh ngo ibirongoresho
The one mumpe like😅😅😅😅😅
Ndayiguhay nanj number 2
Ibirongozo😂😂😂😂😂
Wambara neza gusa
Sabin wankoreye umuti unzanira Kanimba ,ndamukunda
Kanimba ndamwikundira pe akina arumushurashuzi bikamubera 🤣🤣 ark gira uhinduke rwose ubumugabo uhamye muri bamenya😅
Muransekeje ngo ibirongozo😂
Please uzarongore soleil turagusabye sha mwanjyira urugo rwiza pe
Twabyina noneho
Iyi publicite ya giti iransetsa
❤️❤️❤️🇧🇮🇧🇮🇧🇮🇧🇮🇧🇮🇧🇮
Nikundira rwa kanimba 🤣🤣🤣
Mba mbona arumunebwe ibyo akora ntibizamukurikire
Cyokoza, mumpe subscribe na like bantu bo kwa Isimbi muza hano😢 mumupando Wa Kanimba c habaye iki ko muhatwereka😂😂😂
Mbambona kanimba afite iminwa isanikunda gusoma aga cupa
KANIMBA HEJURU CYANE
Damunkuda sabin kadisimu nzip
Ntamwiza kurusha abandi ntanumubi kurusha abandi uba mwiza kumukunda
ABA jo twins shooo murihehe ko kanimba yadusekeje😂😂😂😂😂
Saben biriya bakina nivyotubayemwo burimusi
Umu jo Mukuru❤❤❤ ndambiwe amafuti ya kanimba muribamenya we love you isimbi tv
Ni film chr
Wibirakariramo
@@user-og9ty4ir5b l know nanjye niyompamvu navuzengo muri bamenya apana muri real life
Ukunda ukuntu Kanimba na Soleiel babikora neza Mpa Like na Subscribe numve uko bimera rwose Imana iguhe umugisha cyane ku nkunga yawe
Njyewe kanimba mbanimva namushyira kwivi ndinka soleir, uziko neza neza mbabara nkagirango nibyanyabyo
Nyamara kanimba uzarongore soleil kuko soleil nimwiza rwose kandi azi nogukora kuko wowe usa numunebwe ukeneye umugore nka soleil keretse nimbwa urikiraya soleil akaba yarakwanze ariko ubishyiremo ingufu uburaya burashira maze ushyire mumago soleil ataribyo muri film
Wibukeko urimo gukura, amafaranga na fame ntibigira iherezo ariko wowe igihe uzamara kuriyisi nigihe kigufi. So wagombye guswera ukabyara ukagira ubuzima nkubwo so na nyoko bagize. So God help you
❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤😂😂😂
Hhhhhhhhh
Abanu bakunda kuple ya kanumba na soleil mumpe ❤
Mba mbona arumunebwe ibyo akora ntibizamukurikire