Размер видео: 1280 X 720853 X 480640 X 360
Показать панель управления
Автовоспроизведение
Автоповтор
Ndagukunda cyane pastor inyigisho zawe ziramfasha ziranyubaka ziranyubakira
Nkubu mvyutse igitondo kimwe ngasanga Rutayisire Imana yabihinduye niwe ari papa,wenda akambera papa nk'umusi umwe ngaca nipfira🙆! Navyemera
Urakoze mubyeyi mwiza iyinyigisho inkoze ahantu abashakanye (umugore numugabo)babashije kucyumvana ndizerako bahindura byinshi nukuri urumuntu w'Imana iguhumugisha mwinshi 🙏❤️
Ameeeee, Ameeeen. Izinyigisho ni nziza cyane. Turafashijwe. Yesu aguhe imigisha pastor
Rutayisire Antoine, uruwambere, your my favourite paster. Ndagukunda nkaburicyo nguha.
Erega umuco wu Rwanda washyize imbere ubusambanyi bwabagabo. Ngo imfizi ntiyimirwa. Muri make bemerewe gusambana. Ubitinzeho wakwangiriza ubuzima bwawe. Niba ubizi ko aguca intuma musengere kandi ubifate nkaho ari ikinyoma atari byo utuze.
Papa wabeshi ndagukunda ibyuvuga nukuri maze iminsi shaka uko nakubona kuko nkeneye inama zawe
😊😊
Pasteur, Imana ikomeze iguhe uburame ukomeze utange ubutumwa bwiza. Haleluyaaaa
Amen
Nashimako uvuga ukuri Nyagasani azabikwiture , iyaba nibura abagabo cg abagore baba intandaro yo gusenya bagukurikiraga. ❤❤
Imaniguhumugisha wuzuye uzakabanije ameeeeena warahezagiwe
Imana ikomeze kukuturindira mubyeyi mwiza inyigisho nzima uhezsgirwe na Ndiho
Byiza
Yesu azaguhe ijuru
Imana iguhe umugisha
Pasteur ndabaramukije. Muriko murigisha neza. Naho nama nja munyigisho baguma bavuga ko umugore uko ashaka ko urugo rugenda ariko ruba. Ngo yubashe umugabo aca ahinduka,ngo aciye ubwenge nka muka muka Nabari. Na ba Esiteri n'abandi. ..... Burya urugo umwe arwononye rurononekara. Kuko ushize ikintu kiboze muri vyinshi vyose birabora. Ntaho turabona ibiboze biba bishasha kubera ibitaboze babibikanye
Imana iguhe umugisha mubyeyi mwiza
Amen murakoze cyane Imana ibahe umugisha
Imana ijye iguhe umugisha mwinshi
Imana ikongere uburame mubyeyi .
Ndagukundacyane ❤❤❤inyigishozawe ziranyubaka
Murakoze
Ndanyunzwe pasteur Imana iguhaze uburame❤
Urakoze cyane
Ndagukunda cyane pastor Imana ijye iguha umugisha
Amen natwe turagukunda
Pst Rutayisire urakoze cyane
Urakoze mukozi w,Imana
Imana ijye imbabarira pe .Maze Imyaka 4 nubatse ark abagabo nabagome urugo rwiza nijuru rito ark n'urugo rubi nukuzimu Imana itabare abagore bari kuririra mungo zabo kuko babuze aho bakwerekeza abana babo. Uzi kubaza umugabo wae impamvu aguca inyuma yarangiza akaguteza indaya ikagutuka ngumurengwe wica nkimyumbati ya gacari? Ngorarata umudigi nkutwite inkwavu cg inkoko uzabyara bakagurisha?? Sha uzi gukora kumwenda w' umugabo wamubaza utese biriya biri mumufuka nibiki akakubwira ngontukamusake ahubwo niwumva ubabaye uziyahure?? Abagabo nabagome Imana imbabarirepe
@@nyiramisagoange6583 Ntakundi kubaka ni nko ku betting
Yoooo😢😢😢😢Komeza kugwiza imbaraga z'umutima mubyeyi mwiza. Ingo nyinshi zinjiriwe numubi, Dukomerane nange ndi umubyeyi🙏
Ndagukunda pastor,uzadusure irubavu uduhe iyinyigisho
Bwiza cyane
Urakoze mukozi WImana
Imana iguhe umugisha ndatashijwe 'icampa abaga o bose bakiyunvira nkawe ❤❤❤
Ndafashijw cyane ❤ you je nd burundi
Turabakunda
urakoze pasteur kubwicyo kiganiro
Arko rwose Nyakubahwa pasteur ! Abagabo , aho bigeze watubabariye ! Ugakora recherche ukamenya neza ibya abagore muri ibibihe Turimo ! Abo bagabo uvuga basambana cyane basambanya iki !? Simbaburaniraa ariko jya ukoma urusyo ukome ni ingasire ! Ahubwo niba ushaka kubaka neza imiryango igakomera , Hera ku abagore. Kuko ni imigani irabivuga ko ukurusha umugore akurusha nurugo ! Urugo rudashenywe ni umugore ntirusenyukaa.
Mureke aravuga ibyo gusaza usibye n,urugo n,isi yasenywe n, umugore
Basambana na abakobwa si abagore bubatse,umugore uca inyuma umugabo abyigira ku mugabo we
@@uwasesandrin3397 yego rata Ibyo uvuga nukuri
Mwihane
Hhhhhhhhhh
lmana iguhe umugisha kuko ukebuye benhi
Bravooo.Ndanyuzwe
Ok
Imana iguhe umugisha urutiyindimigisha❤❤
Yewe ariko muzi ukuntu bitera agahinda gucibwinyuma ubuzimabwawebwose mubanye numugabo? Ariko uziko bigeraho ukumva amajwi akubwirango sohoka wiruke muziko gusara byoroshye nukuri gucibwa inyuma birababaza cyane kd nukuri birababaza bibabaza cyane ariko lmana itabare abagore abagore bacibwa inyuma Uzi kumenyako umugabo abyutse ahandi wumva umutima Wenda gusandara kd niyowakoriki niyowabamwizagute niyo wamwubahagute nukuri ubusambanyi buri hanzaha burakabije pe ese Koko ahakugirango wisange waguyigicuri bitewe nagahinda gakabije siwakwigendera? Nonese waba ucumuye? Ese Koko umu kristo agomba gufunga umwuka akubaka? Akihanganira byose? Murakoze kunyumva
Njye byanteye isesemi mfata icyumba cyange umwaka urenda gushira nta mugabo ndyamanye nawe naramuhuzwe burundu ,nge ngira isesemi kubi
Oya chr ihangane usubirane numugabo wawe kuko ntamugabo udasambana ntiwapfakumubona, chr nibatagukubita ntakindi kibazo afite emera wubake wisenya gusenga nibibi .
Umvugiye ibyambayeho mushumba nuko iby, Imana mwarivanze nibyisi uvuga Imana wese ntakwiye kwivanga naporotiki yisi murakoze
Wow,inyigisho nziza kweli
Ndagukunda komeza cyane
Nukuri tuguhorane papa❤
Ndanezerewe
Manaweee nkunda Rutayisire uzamuhereze ijuru ❤❤❤
Byiza cyane
Ndagukunda caane nyakubahwa paster ❤❤❤
Past urimpano yigendera njye ntakiganiro cyawe kinshika
Comment hano 99% nizabagore,abagabo bacecetse,ikirimo ni uko abagore bagize amarangamutima kuko Pasteur yavuze ibiri positif kuribo,ngo Imana iguhe umugisha izaguhe ijuru,ariko iyo aza kuvuga ko ari mwe musenya ingo mwarikumwibasira mumutuka😂
Abagabo ahubwo mwababaye😂
Ariko nabadamu si shyashya! Bamwe bumvise ko uburinganire ko bivuze ko ntacyo bazongera gukora ko byose bihariwe umugabo. Hari abagabo bataha biganyira aho bataha.. rero mujye mukoma urusyo mukome ningasire
Yavuze abakabije rero abagabo mwebwe murakabije cyane, murinabagome😢😢
Ndagukunda uvugisha ukuri pee
Pastor, you are Huge!
Welcome
Komera PST urigisha imiryango nuwanyje urimo ngafashwape!
Amenaaaa ❤
Nzirata yesu, Amen❤
He is a man of God
Thank you
Ndagukunda cyane Pasteur mwiza!!! Inyigisho utanga ziratwubaka cyane. Imana igukomereze amavuta.
Amen❤
Pastor turagukunda kandi turakwemera ariko hano urarengereye,mfite ibyo ntumvise neza hano ninkibibazo 2.1)Uravuze ngo ubaze abagabo basambana n'abagore basambana ngo ntibangana,ngo abagabo nibo benshi,ntabwo aribyo,barangana 100%kuko umugabo wasambanye aba yasambanye n'umugore,ntawusambanya umugabo kandi na we ari umugabo.2)Uravuze ngo ingo nyinshi zisenywa nabagabo nabyo sinemeranyije na we,kuko hari ngo nyinshi zisenywa nabagore,batwara inda zitarizabagabo babo,nibindi
Ngira kukibazo cya mbere yashatse kuvugako nubwo abagabo basambana baruta ubwinshi abagore nuko abagabo benshi bajya gusambana mubana babakobwa bakiri bato ndetse babyaye donc bari mukigero cyabana babo. Kuko nunareba neza nigake uzasanga umugabo wubatse ajya gusambana numugore wubatse kimwe nuko abagore benshi basigaye bajya mudusoresore
Ngo yarabaze asanga ABAGABO basambana batangana n'ABAGABO BASAMBANA???? BIBILIYA noneho irabeshya!! 2 Timoteyo 3:6-7 Imana yaranditse ngo "Kuko muri bo harimo abagabo bomboka mu mazu bakanyaga abagore batagira umutima, baremerewe n’ibyaha, batwarwa n’irari ry’uburyo bwinshi,"! Ubwo rero niba ABAGABO basambana baruta ABAGORE BASAMBANA, ubwo ABAGORE basambana n'ABAGABO BENSHI kandi koko niko IMANA YABAREMYE! Umugore umwe asambana n'abagabo benshi kurusha Umugabo umwe.
Amaze gusaza
Nawe hari uko ubyumva
nibyo rwose
Paster ibyuvuga ni ukuripe! Iyaba abagabo benshi bari bakijwe nkawe uRwanda rwacu rwaba paradizo.
Murakoze cyane
Nukuri
Hahaha yabashutse kuko abifitemo izindi nyungu Kandi yigira umushakashatsi ese waba uziko umugore waza kukubwiza amarangamutima ye?
Amen ❤ 48:16 48:20
𝑵𝒅𝒂𝒈𝒖𝒌𝒖𝒏𝒅𝒂 𝒑𝒆𝒆𝒆𝒆𝒆𝒆𝒆𝒆𝒆 𝑮𝒐𝒅 𝒃𝒍𝒆𝒔𝒔 𝒚𝒐𝒖 ❤❤❤
Thank
Je nibaza ko impamvu yavuze abagabo ko aribo Beshi barenga ibigo kuliko abagore nuko keshi usanga abagabo bafise iyongeso mbi yokurenga ibigo bironderera udukobwa tukiri duto baduhendesha amafranga
Ntakundi
❤❤❤❤❤Amen
Ibyonukuri mushumba
❤❤
ibyo uvuze nukuri
Urakoze
❤
Ibyo uvuze nukuri
Ameeeeeeeeeeeeeeen
Hakenewe abantunkawe bahagararira I mana murikigihe
Yewe urasekeje pe none muri ibyo byose icyo abagore badakora n,ibihe ?hari abo uhemukiye uvuze ayo magambo
Ibigabo by,imyaka 50 byo biba byatangiye guhobagira.
Nugusenga cyane
Ni uko utazi ivyashikiye Burahimu !
Nibyoo
Pasteur niba warahiriwe nurugo ntukagirengo nabandi niko biri. 90% abagore bima abagabo mu buriri. Ibintu byose umugore yakora byose mu rugo ntacyo bimaze mu gihe umugore yima umugabo. Devorce nyinshi niho ziba zishingiye.
Niwe byashoboka arega urumuntu
Abagabo bamwe sibeza ariko hari nabagabo bagowe nuko kenshi bicecekera kuko byabaye nkumuco ko ntamugabo urega umugore ko amwima mu buriri.
Ko bagutumira nanjye nagutumira?
Pastor aravuga ukuri kuko atumye nsobanukirwa kurushaho nubwo bible yibasiye abagore iriko niba umwe asambana nabagabo benshi bishatse kuvugako abasambanyi benshi ni abagabo .
Tibyihanganire
Ko ahandi bagutumira nanjye bagutumira mu rugo rwanjye
Biremeww
Gusa Pastor, Wabicuritse nta mugabo usenya hasenya abagore! Iki twakijyaho debate
Koko c
Ibyonibyo imicomibi keshi abana bayikura kubayeyi noneho harabiyita abanyamujyi bareranabi. Muzarebe abana babiyita abacyire ntaburere bagira nibinyabupfura nicye
Nikobimeze
❤❤❤❤❤❤❤
Bbbbbb
Yego rata pasteur uko nukuri abagore mungo muriyiminsi bararuhijwe
Dukizwe
abagore bitwaza ngobahawe ijambo umugore uzubwenge ibyitwa Jenda abitakugahinga Jenda ninzira yasatani. Komere ya jonoside ntazadevoruse?
Jenda nukuyisobanukirwa
Blâmer unilatéralement n'est pas bon!.
wapi abenshi n,abagabo
Niko kuri
Umva iki kiganiro
Ongeraho abagabo bategekwa nabanyina bakisenyera ingo zabo ngo nyina ntashaka umukazana 😢
Habamo ubujiji kuko iyo wubatse uba wataye so na nyoko
Amen ❤
Amazing
Ndagukunda cyane pastor inyigisho zawe ziramfasha ziranyubaka ziranyubakira
Nkubu mvyutse igitondo kimwe ngasanga Rutayisire Imana yabihinduye niwe ari papa,wenda akambera papa nk'umusi umwe ngaca nipfira🙆! Navyemera
Urakoze mubyeyi mwiza iyinyigisho inkoze ahantu abashakanye (umugore numugabo)babashije kucyumvana ndizerako bahindura byinshi nukuri urumuntu w'Imana iguhumugisha mwinshi 🙏❤️
Ameeeee, Ameeeen. Izinyigisho ni nziza cyane. Turafashijwe. Yesu aguhe imigisha pastor
Rutayisire Antoine, uruwambere, your my favourite paster. Ndagukunda nkaburicyo nguha.
Erega umuco wu Rwanda washyize imbere ubusambanyi bwabagabo. Ngo imfizi ntiyimirwa. Muri make bemerewe gusambana. Ubitinzeho wakwangiriza ubuzima bwawe. Niba ubizi ko aguca intuma musengere kandi ubifate nkaho ari ikinyoma atari byo utuze.
Papa wabeshi ndagukunda ibyuvuga nukuri maze iminsi shaka uko nakubona kuko nkeneye inama zawe
😊😊
Pasteur, Imana ikomeze iguhe uburame ukomeze utange ubutumwa bwiza. Haleluyaaaa
Amen
Nashimako uvuga ukuri Nyagasani azabikwiture , iyaba nibura abagabo cg abagore baba intandaro yo gusenya bagukurikiraga. ❤❤
Amen
Imaniguhumugisha wuzuye uzakabanije ameeeeena warahezagiwe
Imana ikomeze kukuturindira mubyeyi mwiza inyigisho nzima uhezsgirwe na Ndiho
Byiza
Yesu azaguhe ijuru
Imana iguhe umugisha
Pasteur ndabaramukije. Muriko murigisha neza. Naho nama nja munyigisho baguma bavuga ko umugore uko ashaka ko urugo rugenda ariko ruba. Ngo yubashe umugabo aca ahinduka,ngo aciye ubwenge nka muka muka Nabari. Na ba Esiteri n'abandi. ..... Burya urugo umwe arwononye rurononekara. Kuko ushize ikintu kiboze muri vyinshi vyose birabora. Ntaho turabona ibiboze biba bishasha kubera ibitaboze babibikanye
Imana iguhe umugisha mubyeyi mwiza
Amen murakoze cyane Imana ibahe umugisha
Amen
Imana ijye iguhe umugisha mwinshi
Imana ikongere uburame mubyeyi .
Ndagukundacyane ❤❤❤inyigishozawe ziranyubaka
Murakoze
Ndanyunzwe pasteur Imana iguhaze uburame❤
Urakoze cyane
Ndagukunda cyane pastor Imana ijye iguha umugisha
Amen natwe turagukunda
Pst Rutayisire urakoze cyane
Urakoze mukozi w,Imana
Imana ijye imbabarira pe .Maze Imyaka 4 nubatse ark abagabo nabagome urugo rwiza nijuru rito ark n'urugo rubi nukuzimu Imana itabare abagore bari kuririra mungo zabo kuko babuze aho bakwerekeza abana babo. Uzi kubaza umugabo wae impamvu aguca inyuma yarangiza akaguteza indaya ikagutuka ngumurengwe wica nkimyumbati ya gacari? Ngorarata umudigi nkutwite inkwavu cg inkoko uzabyara bakagurisha?? Sha uzi gukora kumwenda w' umugabo wamubaza utese biriya biri mumufuka nibiki akakubwira ngontukamusake ahubwo niwumva ubabaye uziyahure?? Abagabo nabagome Imana imbabarirepe
@@nyiramisagoange6583
Ntakundi kubaka ni nko ku betting
Yoooo😢😢😢😢Komeza kugwiza imbaraga z'umutima mubyeyi mwiza. Ingo nyinshi zinjiriwe numubi, Dukomerane nange ndi umubyeyi🙏
Ndagukunda pastor,uzadusure irubavu uduhe iyinyigisho
Bwiza cyane
Urakoze mukozi WImana
Imana iguhe umugisha ndatashijwe 'icampa abaga o bose bakiyunvira nkawe ❤❤❤
Ndafashijw cyane ❤ you je nd burundi
Turabakunda
urakoze pasteur kubwicyo kiganiro
Arko rwose Nyakubahwa pasteur ! Abagabo , aho bigeze watubabariye ! Ugakora recherche ukamenya neza ibya abagore muri ibibihe Turimo ! Abo bagabo uvuga basambana cyane basambanya iki !? Simbaburaniraa ariko jya ukoma urusyo ukome ni ingasire ! Ahubwo niba ushaka kubaka neza imiryango igakomera , Hera ku abagore. Kuko ni imigani irabivuga ko ukurusha umugore akurusha nurugo ! Urugo rudashenywe ni umugore ntirusenyukaa.
Mureke aravuga ibyo gusaza usibye n,urugo n,isi yasenywe n, umugore
Basambana na abakobwa si abagore bubatse,umugore uca inyuma umugabo abyigira ku mugabo we
@@uwasesandrin3397 yego rata Ibyo uvuga nukuri
Mwihane
Hhhhhhhhhh
lmana iguhe umugisha kuko ukebuye benhi
Bravooo.Ndanyuzwe
Ok
Imana iguhe umugisha urutiyindimigisha❤❤
Murakoze
Yewe ariko muzi ukuntu bitera agahinda gucibwinyuma ubuzimabwawebwose mubanye numugabo? Ariko uziko bigeraho ukumva amajwi akubwirango sohoka wiruke muziko gusara byoroshye nukuri gucibwa inyuma birababaza cyane kd nukuri birababaza bibabaza cyane ariko lmana itabare abagore abagore bacibwa inyuma Uzi kumenyako umugabo abyutse ahandi wumva umutima Wenda gusandara kd niyowakoriki niyowabamwizagute niyo wamwubahagute nukuri ubusambanyi buri hanzaha burakabije pe ese Koko ahakugirango wisange waguyigicuri bitewe nagahinda gakabije siwakwigendera? Nonese waba ucumuye? Ese Koko umu kristo agomba gufunga umwuka akubaka? Akihanganira byose? Murakoze kunyumva
Njye byanteye isesemi mfata icyumba cyange umwaka urenda gushira nta mugabo ndyamanye nawe naramuhuzwe burundu ,nge ngira isesemi kubi
Oya chr ihangane usubirane numugabo wawe kuko ntamugabo udasambana ntiwapfakumubona, chr nibatagukubita ntakindi kibazo afite emera wubake wisenya gusenga nibibi .
Byiza
Umvugiye ibyambayeho mushumba nuko iby, Imana mwarivanze nibyisi uvuga Imana wese ntakwiye kwivanga naporotiki yisi murakoze
Wow,inyigisho nziza kweli
Ndagukunda komeza cyane
Nukuri tuguhorane papa❤
Ndanezerewe
Manaweee nkunda Rutayisire uzamuhereze ijuru ❤❤❤
Byiza cyane
Ndagukunda caane nyakubahwa paster ❤❤❤
Bwiza cyane
Past urimpano yigendera njye ntakiganiro cyawe kinshika
Comment hano 99% nizabagore,abagabo bacecetse,ikirimo ni uko abagore bagize amarangamutima kuko Pasteur yavuze ibiri positif kuribo,ngo Imana iguhe umugisha izaguhe ijuru,ariko iyo aza kuvuga ko ari mwe musenya ingo mwarikumwibasira mumutuka😂
Abagabo ahubwo mwababaye😂
Ariko nabadamu si shyashya! Bamwe bumvise ko uburinganire ko bivuze ko ntacyo bazongera gukora ko byose bihariwe umugabo. Hari abagabo bataha biganyira aho bataha.. rero mujye mukoma urusyo mukome ningasire
Yavuze abakabije rero abagabo mwebwe murakabije cyane, murinabagome😢😢
Ndagukunda uvugisha ukuri pee
Pastor, you are Huge!
Welcome
Komera PST urigisha imiryango nuwanyje urimo ngafashwape!
Amenaaaa ❤
Nzirata yesu, Amen❤
He is a man of God
Thank you
Ndagukunda cyane Pasteur mwiza!!! Inyigisho utanga ziratwubaka cyane. Imana igukomereze amavuta.
Amen❤
Pastor turagukunda kandi turakwemera ariko hano urarengereye,mfite ibyo ntumvise neza hano ninkibibazo 2.
1)Uravuze ngo ubaze abagabo basambana n'abagore basambana ngo ntibangana,ngo abagabo nibo benshi,ntabwo aribyo,barangana 100%kuko umugabo wasambanye aba yasambanye n'umugore,ntawusambanya umugabo kandi na we ari umugabo.
2)Uravuze ngo ingo nyinshi zisenywa nabagabo nabyo sinemeranyije na we,kuko hari ngo nyinshi zisenywa nabagore,batwara inda zitarizabagabo babo,nibindi
Ngira kukibazo cya mbere yashatse kuvugako nubwo abagabo basambana baruta ubwinshi abagore nuko abagabo benshi bajya gusambana mubana babakobwa bakiri bato ndetse babyaye donc bari mukigero cyabana babo. Kuko nunareba neza nigake uzasanga umugabo wubatse ajya gusambana numugore wubatse kimwe nuko abagore benshi basigaye bajya mudusoresore
Ngo yarabaze asanga ABAGABO basambana batangana n'ABAGABO BASAMBANA???? BIBILIYA noneho irabeshya!! 2 Timoteyo 3:6-7 Imana yaranditse ngo "Kuko muri bo harimo abagabo bomboka mu mazu bakanyaga abagore batagira umutima, baremerewe n’ibyaha, batwarwa n’irari ry’uburyo bwinshi,"! Ubwo rero niba ABAGABO basambana baruta ABAGORE BASAMBANA, ubwo ABAGORE basambana n'ABAGABO BENSHI kandi koko niko IMANA YABAREMYE! Umugore umwe asambana n'abagabo benshi kurusha Umugabo umwe.
Amaze gusaza
Nawe hari uko ubyumva
Amen
Amen
nibyo rwose
Paster ibyuvuga ni ukuripe! Iyaba abagabo benshi bari bakijwe nkawe uRwanda rwacu rwaba paradizo.
Murakoze cyane
Nukuri
Hahaha yabashutse kuko abifitemo izindi nyungu Kandi yigira umushakashatsi ese waba uziko umugore waza kukubwiza amarangamutima ye?
Amen ❤ 48:16 48:20
Byiza cyane
𝑵𝒅𝒂𝒈𝒖𝒌𝒖𝒏𝒅𝒂 𝒑𝒆𝒆𝒆𝒆𝒆𝒆𝒆𝒆𝒆 𝑮𝒐𝒅 𝒃𝒍𝒆𝒔𝒔 𝒚𝒐𝒖 ❤❤❤
Thank
Je nibaza ko impamvu yavuze abagabo ko aribo Beshi barenga ibigo kuliko abagore nuko keshi usanga abagabo bafise iyongeso mbi yokurenga ibigo bironderera udukobwa tukiri duto baduhendesha amafranga
Ntakundi
❤❤❤❤❤Amen
Ibyonukuri mushumba
Murakoze cyane
❤❤
ibyo uvuze nukuri
Urakoze
❤
Ibyo uvuze nukuri
Ameeeeeeeeeeeeeeen
Hakenewe abantunkawe bahagararira I mana murikigihe
Yewe urasekeje pe none muri ibyo byose icyo abagore badakora n,ibihe ?hari abo uhemukiye uvuze ayo magambo
Ibigabo by,imyaka 50 byo biba byatangiye guhobagira.
Nugusenga cyane
Ni uko utazi ivyashikiye Burahimu !
Nibyoo
Pasteur niba warahiriwe nurugo ntukagirengo nabandi niko biri. 90% abagore bima abagabo mu buriri. Ibintu byose umugore yakora byose mu rugo ntacyo bimaze mu gihe umugore yima umugabo. Devorce nyinshi niho ziba zishingiye.
Niwe byashoboka arega urumuntu
Abagabo bamwe sibeza ariko hari nabagabo bagowe nuko kenshi bicecekera kuko byabaye nkumuco ko ntamugabo urega umugore ko amwima mu buriri.
Ko bagutumira nanjye nagutumira?
Pastor aravuga ukuri kuko atumye nsobanukirwa kurushaho nubwo bible yibasiye abagore iriko niba umwe asambana nabagabo benshi bishatse kuvugako abasambanyi benshi ni abagabo .
Tibyihanganire
Ko ahandi bagutumira nanjye bagutumira mu rugo rwanjye
Biremeww
Gusa Pastor,
Wabicuritse nta mugabo usenya hasenya abagore! Iki twakijyaho debate
Koko c
Ibyonibyo imicomibi keshi abana bayikura kubayeyi noneho harabiyita abanyamujyi bareranabi. Muzarebe abana babiyita abacyire ntaburere bagira nibinyabupfura nicye
Nikobimeze
❤❤❤❤❤❤❤
Bbbbbb
Yego rata pasteur uko nukuri abagore mungo muriyiminsi bararuhijwe
Dukizwe
abagore bitwaza ngobahawe ijambo umugore uzubwenge ibyitwa Jenda abitakugahinga Jenda ninzira yasatani. Komere ya jonoside ntazadevoruse?
Jenda nukuyisobanukirwa
Blâmer unilatéralement n'est pas bon!.
wapi abenshi n,abagabo
Niko kuri
Umva iki kiganiro
Ongeraho abagabo bategekwa nabanyina bakisenyera ingo zabo ngo nyina ntashaka umukazana 😢
Habamo ubujiji kuko iyo wubatse uba wataye so na nyoko
Pst Rutayisire urakoze cyane
Amen
Amen ❤
Urakoze
Amen
Amen
Amazing
Amen
Amen
Amen