NATAYE UYU MUGORE BIMAZE KUNDENGA|Nageraga mu buriri AKANSHYIRA KU NKEKE|Birangiye Dj Deelex AVUZE..
HTML-код
- Опубликовано: 15 окт 2024
- Niba wifuza kuvugana na ISIMBI TV, kuduha ubuhamya bw'ubuzima bwawe cyangwa inkuru idasanzwe, duhamagare kuri +250784838126
#IsimbiTV_0784838126
Kanda hano wirebere: ruclips.net/video/-ZJp0ljeXRY/видео.html
Subscribe tayari
uyo mugore yarahemutse yibuke aho bsmukuye asabe ikigongwe basubirana barere abo bana
Mukore subsribe
Turayireba cyane kubera abana nukuntu ubakunda mwibanga dj, thank you very much
Yalaaaa basaza bacu nabo bafite ibikomere 😅komera bro kigabo kbx❤
ndakwinginze nkandira ku ifoto
umfashe kwivana mubushomeri
wowe ubikoze IMANA iguhe imigisha myishi cyanee❤❤kandi ikongerere iminsi yo kubaho kwawe
Mbabarira usigurire akamaro kizi like uhora usaba 🙏
Izo like muzimaza iki
Yvette ndamuzi twarabyirukanye ingoma/huye aho twita kumudugudu yari umukobwa mwiza twese abahungu twari twaraguyemo iwabo babyara abana beza ari abakobwa ari nabahungu nakundaga musaza we witwa San susi Imana imuhe iruhuko ridashira yari umuhungu witonda cyane hamwe namusaza we wundi twitaga Djudju djungara wa mungara Yvette I am proud of you nubwo utamenya njye ndakuzi kandi keep fighting you will succeed
Uyu musista se ni sis wa jungala man ?
Type wabaye umwana; ntiwubatse urugo rwawe . Umugore yarakubuze igihe waretse Imana.
Wari gusenga kandi ugakora. Ukanita ku rugo
Iyo usenze ntukora ? Iyo ukoze ntusenga? Iyo ubonye frw wibagirwa urugo ?
Ibibazo by urugo ubikimurana na mukecuru?
Wabaye umwana mugabo
Uwo mugore nawe yari umurara pe ndamuzi
Icyo mbashije kubona cyo brother Imana igukeneye mumurimo wayo Kandi umugore ntumubone nkigihombo 🙏💖 wowe shaka Imana niyo itanga amahoro nubugingo
Nkurikije uko nkumvishe warishaga uriya mugore umutima kdi kuguhanagara ukanga kumwitaba ngo wari mukazi ntibisobanutse kuko ntago waba buzy umunsi wose rwose muzicare muganire mucoce ibyabaye mwubake kugirango muce karande zitazakurikira nabana Imana yabahaye
Eeehhh!! Dj Delex! Kadunde star!! Cyakoze bagira ga indirimbo za fresh! Gusa ihangane iyi isi umuuntu ahuramo n'ibintu bitandukanye ariko byose biberaho kwiga! And life continues on gusa that's good ko wamenye Imana, ishobora byose;! Looking forward for ur new songs!! Beat zawe turazemera
NTARABONA 10 LIKE simva kw ISIMBI TV 😂😂😂
Nanjye bazimpe🥺🥺
"Urugo ni BUSINESS; yahombye, kaba kabaye". Uvuze ijambo ry'ubwenge muvandimwe. Ariko nkubwire ko kuba business ihombye bitayigira umuziro; wize isoko neza, birashoboka ko hari ahandi hantu cyangwa mu kindi gihe iyo business yakunguka ndetse ibi bikwibagiza iya mbere. Mibirizi ati "kongera kubaho nibwo butwari". Ikiganiro cyiza cyane,
Urakoze cyane
Insengero zubu we
ahwuiiiiii habuzee wisdom:application of knowledge,understanding.otherwise u both could have saved your family and your dreams..
Ubuse isimbi yahindutse urukiko?
Waba utwara amasafuriya yikes ko ntabana uba uzatekera ,ese wowe fone yawe yayirebagamo?
Yooo muziyunge mwiyubakire urugo nibyo uwiteka yishimira
Nicyokibazo cyaba DJ
Ugomba kubicyemura ibyumugore wawe kuko ninshinganozawe iyumenyakontamyanya uzamuha warikumureka ntumushake ugomba gukora ishinganonkumugabo ikindi urugorwanyu murukuremo mama wawe
Sabin welcome back Nyagasani arikumwe nawe
Nkandira kwifoto ndakwinginze❤
Wa munyonzi w’umugore
Dutegereje ikiganiro wasubiye kumusura!!
Yego rwose,namugereho
Yoooo disi imana izakugirire neza ngusabiye umugisha
Wouwpuhhhj ntabwo nicuza ko narebye icyi kiganiro rwose sabin merci kuri dj ibitekerezo nibyiza cyane bantu bahutiraho ngo abantu bakora ibintu runaka bakbita ibirara ngirango uyu mugabo nurugero rwiza rwatuma tubonako mubantu harimo abantu bose
It's a surprise to have a man on show
Iyo umugabo atangiye guhamagara nyina aho kuvugana ibibazo numugorewe biba byapfuye nunashaka undi uzubake mama wawe ntuzamushyire mubibazo byawe numugore si non kubaka bizakugora subirana numugore wawe mwipfa ubusa
Ariko abagore mwanga banyokobukwe nyara namwe mubyara abahungu ubuse kowagisha inama undimuntu mudafitanye isano nankaswe uwaguhaye ubuzima afatanyije n'Imana!!
Abagore kuki banka ba inabukwe
Mbega umuntu abayaragutwaye munda, ukamuvungagura kwakundi muzi niki cadukura kuri ba maman bacu?
Mbega ko.muba mwahuy mukuze mwumva twobihariraaaaaa , reka reka mon frere abadames baba baravanye nabagabo muje mubigigwa kure kenshi haraho habamwo akageso kazo gusambura utaravy neza
Ntiwumvako yajaga kugitanga hanze!wowe wabyemera? None ngo ubusa akarukuwundi karahandurika
Umugabo ujyagusenya urugorwe agishamamawe inama
cyane
Unva Sabin yewe? Ngo kuba yarahukanye, ahubwo bagabo aho gukora amahano rata mujye mwahukana haguma ubuzima bantumwe
Sha nukuri uvuze ukuri 100%umenya umuntu aruko mubana pe
Big brother respectbkandi nkwifurije umugisha muri byose
Wagirango uvukana na Clement wa knowless
Dj Deelex aravuga ukuri pe, gufuha ni virus itapfa gukizwa n ibiganiro cyagwa gusabana imbabazi. Pole sana brother, niko bigenda iyo wambaye inkweto zitagukwira iyo zitakuriye zirakujabuka 💔💔💔 uzambaze😭😭😭
Not Suko kuba murugo ntihabamo amahitamo yokunyurwa cg Gusenya
Ugomba kumenya kuwo washatse mwahuye mukuze kd umwe wese afite imico yakuranye
@@ORIANA11Z my dear hari igihe uhura n ufite impu ebyiri, abitwa ba pervers narcisdiques niyo wakora iki ntimubana kuko iyo umwihambiriyeho birangira akwishe 💔💔💔
@@balancedlifetv Gusa ikigaragara
1. Yihutiye Gufata umwanzuro bigaragarako nawe yarashaka Gutandukana nawe
2. Yumviye inama zabandi batamwubakiye
@@ORIANA11Z birashoboka pe gusa niba stress yendaga kumuturitsa ni abantu bake bakomeza kuyishinyirizamo
Ndi umugabo arko ndumva warabaye umwana kabisa. Ibibazo mwaciyemo ni ibisanzwe mu buzima bwa couple. Mwana abagore twashatse baradukomagura arko tukihangana ntitwahukane. Ubu se urumva ari uwuhe mugore utuje uzashaka mukabana nk,abari muri paradizo koko? Pfusha ahubwo subira mu rugo abana bawe bongere bakubone. Wirukana uguguna igufwa ukazana urimira bunguri.
Umbaye kure kbsa nabuze ikibazo kinini
Very true
Sitegeko kandi sinama nziza ubwira umuntu ngo azihanganire guhohoterwa ubuzima bwose marriage yinduru ni hell
Umugabo c niwe wahukanye ?
Ahubwo n'imfura kuko aho kugira bagere kurwego rwoguhohoterana umugabo yafashe umwanzuro mwiza gusa naba umugabo nyamugabo azite kubana be ibindi yikomereze
Nyamara abazi gusoma ibimenyetso uyu muhungu arabohotse kuruta uriya mugore.
Uvuze neza bro !!!
You are absolutely right
Uyumudamu nasubirane numugabo we bahe abana babyaye umunezero, umwana anezezwa no kurerwa nababyeyi bombi, Ndi single mom wa bana 2 Arko ntamudamu nakwifuriza gusenya afite abana
Ingo ziri aha? Guta abana, gusiga umuryango ku mpamvu ya telephone. Ntushaka kuvugana n'umugore ku bijyanye n'ibigenda n'ibitagenda mu muryango. Hakenewe abantu babyize bo gufasha ingo z'aba jeunes gukomera.
@@ignatianakagi9052 mnanumv arinkubugugu none kobavug ko urugo aruguhan umwanya wokuganira uwuw bamusab umwanya akaba ararush ahaaa tl4n ntiyakabay impamvu yalaaa
Icecekere iyo byakimeye abana ubwabo nibo bakubwira bari rekana na Papa atazakwica, bimbaze 💔💔💔
@@ignatianakagi9052 yewe iyo byajemo kwigira umugenzacyaha cyangwa umushinjacyaha urugo rurabiha kugeza rushwanyutse.
@@balancedlifetv Birashoboka.
Igitekezerezo , icyifuzo nimana mfitiye Sabin nabandi banyamakuru
Munjye mutanga interview mushyiremo agatege kogushaka kumva urundi ruhande rwuvugwaho ( To hear the other side )
Thx kbs kuba wazanye uyumugabo nawe agiricyo abivugaho mugihe atabihatiwe nawe ariko
GOD'S ON OUR SIDE 🙏🙏🙏
👇
Uru ni üründü ruhande kuko üre umugore twararwumvishe .
Bro iwacu 🇧🇮 tuvuga duti Akananiye Umugabo kananira Nuwundi. Umudamu waw ntiwari kumushobora
Wagishije mama wawe inama yurugo rwawe🤔!!!
Maman , umugore yagize atya…..
Kandi haribyo utavuze! Nta mpanvu watanze igaragara yo guta urugo! Mwapfuye ubusa!
Ubwo se umuntu yakwima téléphone ukamubwira ngo dutandukane.
Ahubwo nibaza ko maman wawe atakugiriye inama nziza.
Kandi gukomeza kuvuga ngo waramutoraguye bamutaye sibyo. Umushaka kuko umukunda ntabwo umushaka kubwimpuhwe. Niba aruko niyo mpanvu rwasenyutse !
Erega ntacyindi abantu bapfa uretse ubusa ubusa nimbo ntandaro yabyose utahye ugasanga uwo mubana arakureba nabi wabimubuza agakomeza birakurambira ugafata umwanzuro ukomeye
il raison. sinumva kuntu yari kumwima phone niba ataco yamuhisha. wapi tibapfuye ubusa bapfuye ukuri kuko yaramwitegereza. kumusaba phone honyne nuko yari afise ico yabona. iyo trip yo umugore yafashe atabwiye umugabo weho uyumva ute? hama ivy'ingo biragoye umugore canke umugabo ntimushobora kubana Imana itavyanditse ko muzobana. kandi uyo mugore yari yarabanye n'uwundi, akaba yari agifata voyage umugabo atazi c'est parce qu'elle n'était pas sainte.
il a raison.
Warakoze rata vakubintu
@@ericyolk9427 ufite raison kandi sinavuze ko ari byiza, gusa si mpanvu y’a divorce. Divorce yabaye ibintu byoroshye ! Ikigaragara téléphone zisenye ingo nyinshi. Ndabyumva ko ikizere ntacyari gihari Ariko urugo ni igikomeye. Abato bariho bashaka mbona bameze nkibyo kera twakinaga twiga « gukina ibya bana » , tugakora mariage hanyuma twarangiza buri wese agataha iwabo bikaràgira, ubutaha mugakina washyîngirànywe nundi.
Abajeunes bamwe bibwira ko bagiye gukina impinde ! Oya urugo urarurwanira kandi iyo ukomeje amaherezo uratsinda, cyane cyane iyo ushyizemo amasengesho 🙏🏾
Sabin uwo numugabo muganiriye, numugabo uhamye ukunda umwanawe winfura nabucura pe. Umuntu wageze murusengero imana imuha ubwenge afite ubwenge pe. Imana imuhe umugisha nukuri. Kandi izamukuza pe. Irere abana Kadunde. Uwo washatse yaragutengushye mureke nawe nzi ko azicuza
Uri mukuri 💯/💯
Numva ntabirebire mwapfuye nukuru muzicare mubisubiremwo murere abana
Uyu mutype ndamukunze pe! Yanze kugira icyo avuga ku mugore we. "Ati sinshaka kwandagaza umugore..." Uzi n'Imana nkwifurije kuzubakirwa na Yo
Waruziko mutusengero wahabona ivyutungisha imiryango koko?
abo bagore bareke bro ishyano ryihuta kubi iyo rije kubigisha bro.
Ariko nibarize?! Hari umukobwa ukina movie mu Rwanda utarabyaye cg utarashatse urugo ngo aruvemo? Banza aribo batuma urubyiruko cyane cyane abakobwa bangirika.
Nindayi bose basambanira nomuri biriya bigirwa movie
Gushaka umugore utubaha Imana wabyaye ugomba kubitekerezaho inshuro 1000
Amabanga yumuryango asigaye avugirwa kuri social media niyo mpamvu ingo zubu inyinshi zubatse kumusenyi
Intama nabajyira nuko mwasubirana mukarera abana kuko kuri iyi planet earth there is no a perfect marriage, every marriage has his up side and down kandi there is no a sacceseful marriage that doesn't go through hard time, so Imana ibafashe mwicare hamwe muganire and sort out Yr differences kuko I can I sure you ko kuri iy'isi utazabona urugo ruri perfect
Umugabo ukennye ntagire na care aragatsindwa 😂
Ngohore nukubura byose,🤦
Biba bikaze peeeeeeee
Acyennye akankunda akanyihera Care lbindi twabishaka😂😂😂 Ariko kubura byose wap🙈🙈
@@divinemugirwanayo6046 harinshuti yabwiyengo iyo cher we yamuhaye care ngo iyo agezemukazi ajyayumva ari nka Manager wa company kandi ari umu cleanina🤣🤣🤣 care niyambere
@@awezayesu1779 hhhhhhhhhhhh
Ariko uretse no kwimana telephone koko wasanga arikumwe numugabo ho,wata abana wabyaye ukunda ngo numugore, ubwo se kwihangana kwabantu bashakanye kurihe,ese iyo wowe agusigira abana ubuvugibyo ahubwo Imana imushoboze kurera abana yabyaye kuko abagabo bigize ntibindeba umwana nuwababiri kandi izo mpuhwe wamugiriye kuko umusanze mu bihe bitoroshye warangiza ukamusiga mu birenze ibyo wamusanzemo ubwo se wakoziki?ngo warakijijwe ubwo nubuyobe ntagakiza karaho ninde wakubwiye ko gukizwa bituma umuntu ata inshingano
Ese kuki mushyira amafoto ye n' amazina ye mu kiganiro cyanyu? Si byiza na gato !!! Wishakiraga gutwika ukoresha ifoto ye n' amazina?
Komeza mu gakiza man, kandi ntibikubuze gukora akazi kawe. Abana bawe ntuzabibagirwe
Bro reka nkubwire
Sindubaka pe ariko niwongera kubaka ntuzongere gusiga urugo ngo urahukana
Ikindi uge ugira urukundo kabone nubwo ushabika utaragafatisha uge ubwira uwo muri kumwe uti ndagukunda burya abakobwa tunyurwa na gato,
Wereke madam ko uko biri kose ntawamuruta
Madam wawe ajya kukubyarira ubugira ka2 yaragukundaga.
Ntabyera ngo de
Ariko tuge tugerageza kwerera imbuto abo turi kumwe pe
N,abadukomokaho bajye bakura bafite ibyiza bigira kuri mama na papa
Thanks
Sabin thank you always
Ibyiza nuko Umugore yaba uwo umugabo akeneye, aho kuba uwo umugabo akeneye.
reka ubungubu gushimisha abakobwa biyi minsi ntibibaho ..abatipe ni baminding business zabo ibya love babikore gake
Ubwo ukuri nukwandera?
Ubwo se wowe uhora muri stress? Tekereza Ari we ukwangira!
Ubutaha nutumvikana numugore wawe ntuzagishe inama nyoko. Ntanama yindi yakugira uretse guta umugore wawe.
Yewe uvuze ukuri kuzuye, bamabukwe nabaramukazi ntibaba badushaka, sinzi menya bashaka kuzabashyingira ibivejuru.
Umuntu wambere ugisha inama ujye umugira umigore wawe apana mama wawe
Nanjye ndabona maman we harukuntu yafashe umwanya mugari muri famille!
Esubwo haricyo wahisha umubyeyi
@@uwazigiraclarisse6814 nnx ko aba ari umubyeyi wawe aba ari umubyeyi wanyu mwembi? uba warashatse x utabitekerejeho?
Gusa bibaye byiza mwasubirana kuko nimuhitamo gushaka abandi ntibizabahira kuko uhindura umugore cg umugabo ubuhinduye injyeso harinjyihe uwakabi nawe akubera ibamba
Cane cane iyo babizanye kuri réseaux sociaux 😭😭😢😰😡😡
I like kadunde style am from congo Kinshasa 🇨🇩
Sh ukuntu wakunze uriya Yvette ukabana nawe nyuma agashaka gusubira muburara
Waruhari se amukunda?ntimukiterere mumata nkisazi
@@fifi6737 yari ahari nyine arabizi!
Ahubwo ntukiterere mu mata nk'isazi ari wowe!
@@user-me7lu4sj1u hhhhhhh wowe ndumva urira utazi nuwapfuye kbsa.nuko yeeee
Yvete iyo asohokera ndamuzi ubu yabaye indaya imwe mbi ibaze umuntu utandukan numugabo hashira umwaka akaba askundanye nundi ariwe king phirosof noneho umugabo wagutwaye waranabyaye wee
Kadunde komera Kandi ntureke gukora no gusenga icyonzi ubwenge ugarahaje udashyira umugore hanze Kandi we yarabikoze Imana izagushumbusha humura Yesu aracyagukunda
Ubundi igihe kugaragaza umunyamakosa pe! Uvuze neza rwose!
Mwese muri bamwe kbs kugezaho abana batiga birirw mumuhanda ubwo c niba umugore yarakunaniye abana bo bakoze iki sabin nukuri bwira uwo mugabo aze atware abana be kuko barababaje pe.
Buriya se kiriya gishongore cy'umugore cyatuma abana baba inzererezi ntibajye mu ishuli
Najye sibyemeye😅 gusa abagore neza ninjiji mukurera abana nanone 😂
Urugo rugizwe nokumvikana ark ntimukagire uwo mucira urubanza kuko ntawamenya mungo haba byishi cyane gusa musenge imana ibubakire murere abo bana mwabyaye
olala this people bapfuye uubusa kweri, hope that they came back together.good job Sabin
Sha bari nabato rega ,kdi baranatesekanye,nanjye njya mbyifuza
Ikibazo wamuburiye umwanya ngo muganire, umenye icyo atekereza, ndetse unamenye ibituma aguhoza ku nkeke.
Sumwana
Sigaho uramurusha wowe uwo bararanye?
@@MHT-li3ct iyo uburiye umwanya uwo mwashakanye byose aba ari zero
Umugabo si nk umugore nshuti, iyo wigaragaje nk umushinjacyaha cyangwa umugenzacyaha umugabo ahita akuzinukwa.
Umugabo si nk umugore nshuti, iyo wigaragaje nk umushinjacyaha cyangwa umugenzacyaha umugabo ahita akuzinukwa.
Eehh Umugabo abonubwiza bw,umugore ck akaamaro kumugore adaharii
M muzosubiraneee pee
Arno c guhamagara mm wawe byo nibiki?
life no easy, got to chill and pray
Pray For Ukraine 🇺🇦 ♾ 🇬🇪
Слава Украине 🇺🇦 ♾ 🇬🇪
Go fight prayer can't help you nothing
Yes true
@@paulbless857 👍😍
Pray for Congolese 🇨🇩 , Rwanda 🇷🇼. 14millions died.
Did Ukrainians prayed for u in 94?
Pole kbs arik kd ntubabare
Ibyamuvanye iwabo warabimwimaga so yabishakiye ahandi!inshingano zarakunaniye
Alex ndababaye kuba urugo rwaranze gusa bibaye byiza mwakwiyunga Arko nanone nkugire inama
Icyo nakubwira nuko Uwiteka atagushaka mukabari umeze nkuwataye umutwe
Subira mumurimo wongere uhimbe zandirimbo zihimbaza Uwiteka
Nawe azakuyobora akwereke inzira icyo ugomba gukora
Usoreje ku kantu keza pe , gutinya ikiremwa muntu !! Kuko gifite gutekerza mbere yo gukora IKIBI canke iciza.Ariko IKIBI Nico ciganziye ISI😭
Umwana twareranwe Mbarushimana Alexis nishimiye kongera ku kubona duherukana za 2000 komera ni mu isi muhungu wanjye duhura na byinshi muhungu wanjye
Erega sibyiza uyumuco mwadukanye wogushyira amabanga yingo zanyu hano sibyiza pe Sabin iyi business rwose Igira ingaruka cyane kubana bavuka muriyi miryango mushyira hanze burigihe ntago aribyiza pe Umuryango ukwiye kubahwa niba usenyutse ntago biba birangiriye aho aha si murukiko kuko ibibera mucyumba cyabantu 2 ubwabo nibobababizi
Ama dayimoni dufise nkabagore bro suko bameze
Yallah, Imana niyo izatabara
cyokoze uri clear pe garuka muri game 💪
Yesu ashimwecyane wamusorewe vakwizima wiyegurire yesu niyomisatsi nkiyabubu uzayikureho kuko ijambo ryimana ritubuza kwigereranya nabubu naho ubundi turimubyahishuwe murakoze.
Brother Komera kandi ihangane rwose Abagore nkabo babaho ariko ibyo yakoze Imana ntizatinda kumugaragaza kandi azaseba
Uyu mugore yariribye mu ndirimbo ya king James?
Nakurikiye ibiganiro byanyu Mwese ariko rwose satani yarabanyaze mwiyunge musubirane kdi ingo ziticara ngozijye inama zirasenyuka hanohanze haringo zifite ibibazo wumva ugasesa urumeza rero rwose mworoherane byashoboka kdi mwegere imana izababafashamo
Njyewe nabifuriza ko mwaganira ,ariko ntimutandukane abana batatu bose koko ,mubabarire abo bana ,najyaga mbabona kuri FB muri beza cyane ,naba bebe banyu ,please ntimutane burundu mubiganireho
Bro, wakizwa ukanakora akazi!!!
Team u papa God bless you 🙏🙏💪
kadundesha ndakuzi bro
This guy numunyabwenge ce toux, ibindi sinabyinjiramo .
sana
Yooh, ubu buhamya bw'uyu mugabo ni ukuri buranyubatse!
Umugore ngo nimwiza ikise umugore mwiza nuwubaka urungo nagende azabibona ubundi wowe warigushaka ubuzima komera muhungu wanje ntuye mu Holland
Disi uramukunda cg ukaba warabonye ameze kusanaze ukaba urikwicuza ukumva wojyeye kumukunda😅
Pole sana Brother’ ndakumva kbs akababaro kawe’ Gusa wagize neza kwicomokera utamuteye inshyi’ abenshi mubagore ni ibigeragezo.....
Reka kubeshyera uy,umugore ni wowe wamunaniye toka kure wakigabo we ntanubwo mwari muberanye washakaga kumutesha agaciro ntasoni
Birya koko uwambaye ikirezi ntamenya ko cyera
Vana amangambure ahongaho turakuzi se nyine
Ubwo c urakajwe n, iki? Niba uri umugabo umushake Cg umushakire
Hanyuma Ninde uyobewe ko urya mugore arara mubagabo mumahoteri.
Vuga ko nawe uri kimwe nuwo mugore. Cg Uba muri gang ye.
@@kesia8519 bamuhenze batec.
1. Umugore nidebe mumutwe nagitekerezo kizima nta diplome nta cyi.
2.umugore afite ikinyendaro. Biviga ngo ni indaya
3. Nta kazi yagiraga mbere Yuko bahura yajyaga gutega mukabari.
Ubundi uriya mugore ntanumugabo mwiza akwiye. Akwiye gushaka ikigabo kikiraya nka we bahwanye
Ubwiza nta mumutwe ntacyo buvuze .
Abagabo bakujyira nka puberi bajugunyamo ya myanda yabo ubundi bakikomereza.
@@penguins1075 aharara muri kumwe se?ubundi se iyo aharaye bitwaye iki niba aba afite ayo kuhishyura?ishyari gusa
@@fifi6737 yego tuba turi kumwe.
Ikibazo nuko yigira victim. Agashaka kwerekana ko umugabo adashobotse Kandi ariwe udashobotse
Icyakoze urakoze
Nonese watandukana n abagabo babiri bose atari wowe ufite ikibazo?
sinkibyo byose se man.
Uriya mugore we yakundaga abagabo bafite inote ahubwo kadunde yari nka address ye gusa.
Sabin, Imana izaguha umugisha
Wamugabo niweye ufite amakosa uzomusabe imbabazi
Iki kidamu gikina muri city maid kumbi rôle gikina nibyo cyiberamo.Toka kule stay strong dj deelex
Ooooooooooh uno mujene ndamwibutse kurusengero kwamuzinditsi😌
Ikigaragaracyo niwoe wamuhinduye .
Siwowe ejobundi wari wamusuye?
None c ko bafitanye abana razima agomba kumusura nubwo ntabazi
Ubuse suri kwicuza bro ariko mn wari inkunda rubyino kubera ubwana yashakaye mwarashwanye umuha umugisha diiiiii😂😂😂😂
Azasome muri yesaya 2:22 gusa
Ntago wahaye umugore umwanya...
Uricyigoryo nubukene wacyintuwe
bwabiteye!
Disi dakwibuse murusego twaraseganye ubuzima arihatari
Kadunda rwose uvugisha ukuri.
Sabin uri Impano Imana yahaye abanyarwanda
Mbega umugore uyu mugabo rwose we mana apuuu
Uko byagenda kose njye nagukunze, ibyabaye byarabaye gusa uravuga ibikurimo.
Ngahore 😂😂😂 ubwose mwapfuyiki Koko muzasubirane pe ntabirenze