Dore ikibazo : Mt 5:17-18: “Mwitekereza ko naje gukuraho *AMATEGEKO..."* Think not that I am come to destroy *THE LAW..."* *... AMATEGEKO* atazavaho inyuguti imwe cyangwa agace kayo gato... ...one jot or one tittle shall in no wise pass from *THE LAW..."* *~~Mbese iyo Bible ivuze "LAW"* iba ivuga amategeko 10 *GUSA?*
*Impamvu abantu birwa mu mpaka zidashira ni imwe: UBUMENYI BUKE.* ( Kandi ntibemera kujya impaka ngo tubereke ko batazi ibyo bavuga) ~~ Abantu hafi ya bose *ntibazi LAW icyo ari cyo.* ~~ Ntibazi *aho LAW itandukaniye n'amategeko 10.* ( 10 Commandments) *~~ Ntibazi LAW na COMMANDMENT* aho bitandukaniye. **NIYO MPAMVU BIRWA MU MPAKA Z'UBUPFAPFA zitarangira.
Wababajije ngo : Mbese LAW ni amategeko 10? Nta numwe watinyutse gusubiza. Kubera iki? Kuko BATAZI AHO LAW ITANDUKANIYE na 10 COMMANDMENTS!! ( Umuntu utazi gutandukanya LAW na COMMANDMENT, akirwa atera induru, ngo: "Amategeko y'Imana",arababaje. Wamenya ute Amategeko y'Imana utazi aho LAW itandukaniye na COMMANDMENT!?)
Ab'isezerano rya kera, muzi ko Ijambo ry'Imana ritubwira ko imigenzo, amategeko ,n'imico karande by'abayahudi byababoheraga i Kuzimu, ariko Umwami wacu Yezu Kristu yabagejeje nabo ku isezerano ndetse no ku wundi munsi abakiza atyo igihe yizura mubapfuye.Yasoje kubarema bundi bushya kumunsi azukaho,yabagize ibiremwa bishya hamwe natwe, Ni koko guhera ubwo, Uwo munsi ni Pasika y'abemera Kristu kuko yawuzukanyeho nabo bose bari barapfuye, na nyuma yaho akawutahanaho nabo mu ijuru. Paska yacu ni Kristu wazutse,Allelua Allelua🙏.
Lew 23:2-4 [2]“Bwira Abisirayeli uti: Iminsi mikuru y'Uwiteka mukwiriye kuranga ko ari iy'amateraniro yera, iyi ni yo minsi mikuru yanjye. [3]Mu minsi itandatu abe ari mo imirimo ijya ikorwa, ariko uwa karindwi ni isabato yo kuruhuka, n'uwo guterana kwera ntimukagire umurimo wose muwukoraho. Ni isabato y'Uwiteka yo kuziririzwa mu buturo bwanyu bwose. [4]“Iyi ni yo minsi mikuru y'Uwiteka, n'iyo guterana kwera mukwiriye kujya muranga mu bihe byayo byategetswe.
Uyumugabo numwesikoro pe ngewe naramukurikiye nsanga Ari umwambuzi pe kuko aba ashaka kuyobora Inka gusa kuko iyo umubajije ikintu ahita agushyiraho kode mumwirinde mutazicuza pe uwiteka abayobore
Lev 23:2-3 [2]“Bwira Abisirayeli uti: Iminsi mikuru y'Uwiteka mukwiriye kuranga ko ari iy'amateraniro yera, iyi ni yo minsi mikuru yanjye. [3]Mu minsi itandatu abe ari mo imirimo ijya ikorwa, ariko uwa karindwi ni isabato yo kuruhuka, n'uwo guterana kwera ntimukagire umurimo wose muwukoraho. Ni isabato y'Uwiteka yo kuziririzwa mu buturo bwanyu bwose. Six days shall work be done: but the seventh day is the sabbath of rest, an holy convocation; ye shall do no work therein: it is the sabbath of the LORD in all your dwellings.
@@ntirenganyacharles8098 urakoze cyane nawe wara mumenye ntirenganya ume number yawe nguhamagare nkubwire nibindi byiwe utarabona Imana ishimwe ko hari abaziko Ari intumwa ya satani
Imig 28:9 [9]Uwiziba amatwi ngo atumva amategeko,Gusenga kwe na ko ni ikizira. He that turneth away his ear from hearing the law, even his prayer shall be abomination.
Umunsi Wumwami nisabato kuko yesu yavuze ko ari umwami wisabato
Ibyahanuwe birigusohorape Yesu yavuzeko hazaza abahanuzi bibi nyoma urumva ukuntu ucurika bibiriya lmana iguhe amaso yumwuka ubonepe
Turabasuhuje
Turi kumwe Imana ibongere umugisha
Soma abaheburay 4,1 uburuhukiro imanayajyeneye abayikunda hariho uburuhukiro yatehuriye abayikunda udatayikundawese ntazinjiramo
Uzatwereke aho IMANA yavuzeko uwo munsi aruwera kandiko tugomba kuwuruhukaho !!!
Imana iguhugure kukijyanye nisabato
Yesu nashimwe mbega yesu yararuhutse isabato mbega biremewe kurya ingurube hamwe nabirya bindi bavuga kobihumanye
Matayo 5:17
“Mwitekereza ko naje gukuraho amategeko cyangwa ibyahanuwe. Sinaje kubikuraho, ahubwo naje kubisohoza.
Mat.5:17-18: *Mbese iki cyanditswe uracyumva neza ko NIFUZAGA KUKUBAZAHO IBIBAZO?*
( Nizere ko utameze Nka J.Luc uvuga ibyo yasomye muri Theology, atumva neza !)
NB. Nunanirwa kunsubiza bagenzi bawe bagufashe.
Murakoze.
Dore ikibazo : Mt 5:17-18: “Mwitekereza ko naje gukuraho *AMATEGEKO..."*
Think not that I am come to destroy *THE LAW..."*
*... AMATEGEKO* atazavaho inyuguti imwe cyangwa agace kayo gato...
...one jot or one tittle shall in no wise pass from *THE LAW..."*
*~~Mbese iyo Bible ivuze "LAW"* iba ivuga amategeko 10 *GUSA?*
*Impamvu abantu birwa mu mpaka zidashira ni imwe: UBUMENYI BUKE.*
( Kandi ntibemera kujya impaka ngo tubereke ko batazi ibyo bavuga)
~~ Abantu hafi ya bose *ntibazi LAW icyo ari cyo.*
~~ Ntibazi *aho LAW itandukaniye n'amategeko 10.* ( 10 Commandments)
*~~ Ntibazi LAW na COMMANDMENT* aho bitandukaniye.
**NIYO MPAMVU BIRWA MU MPAKA Z'UBUPFAPFA zitarangira.
Wababajije ngo : Mbese LAW ni amategeko 10?
Nta numwe watinyutse gusubiza.
Kubera iki?
Kuko BATAZI AHO LAW ITANDUKANIYE na 10 COMMANDMENTS!!
( Umuntu utazi gutandukanya LAW na COMMANDMENT, akirwa atera induru, ngo: "Amategeko y'Imana",arababaje.
Wamenya ute Amategeko y'Imana utazi aho LAW itandukaniye na COMMANDMENT!?)
@@galileo-galiléeNibyo rwose.
Kuko Yesu yaravuze ati : "mwitekereza ko naje gukuraho *"LAW"* ..."
"Nta nyuguti izava kuri *"LAW"* ..."
( Muri Bible *hari amagambo abiri atandukanye LAW na COMMANDMENT:* Kubera Ikinyarwanda gikennye cyane, yombi bayita AMATEGEKO, kandi LAW na COMMANDMENT biratandukanye.
*-Mu gifaransa* havuga *LOI na Commandement.*
*-Mu giswahili* havuga *TORATI na AMRI.)*
Erega buriya jean LUC uriteranya n,Imana kubusa kuko Yesu azaza ntamuntu numwe utarasobanukiwe nukuri nubwo harabazakumva bakakwirengagiza ariko bazaba bakumvise kugirango hatagira urwireguzo
Imana Ibahe Umugisha ❤
Murakoze cyane
Ayaloni we URI UMUBWSHYI.
ISABATO NIYO MWESE MWAHAGURUKIYE ARIKO NTA KIBUMBANO KIGOMEKA KUWA KIBUMBYE
Urakoze uburyo usobanurira abantu tukava murujijo
Arabayobya ngo arabungura ntamaso mufite ariko
Yesaya 58,13 rero umunsi wumwami ni isabato niba ubihakana usobanure ikigice murakoze turabakurikira cyane ❤
Kuko urikubesha cyane kd ufite ikibazo gikomeye kuko uriganya ubesha
Imana itoranya uyu munsi niwumva ijyi ryayo ntiwinangire umutima noneko mbona munyigisho zawe urigukingirana Umwuka
Jyenda wa mujezuwite we ntukayobyabantu! Gusa mwabantu mwe mukurikira iyo channel mwisomere bible mumenye umunsi w'Imana uwariwo.
Yesu yavuze ibyo gutuka mwuka wera gufata Ibyera ukabigira ibihumanye nibihumanye ukabigira ibyera bikingirana umwuka ntabe yahembura umutima ndagusabira gukurikiza inyigisho nzima
Urikubeshyape!
Uyu mugabo ninjiji mbi Imana ntipfa
Imana izagufatira aho kuko uziko urikuvuga ukuri na sawuli nawe Niko yarameze yarenganyije ubwoko bw'Imana aziko Ari kuyikorera afatirwa munzira nawe rero uko ugenda urushaho kwimbika mubyanditse ushaka icyashigikira icyumweru Niko Mwuka Wera azagufatiramo agusobanurire iby'Isabato nahubu nugutabayanjwa kumugani wawe.
Ari uyu ari nabadive mwese.mumenye ko nntabutumwa bw""umunsi cg iminsi yesu yaduhamagariye.Yesu niwe butumwa Yesu wabambwe
Ariko mwakwigisha Yesu mukareka kwigisha imisi ibyo ko ntacyo bya byamarira rubanda
Yh 14:15
[15]“Nimunkunda muzitondera amategeko yanjye.
If ye love me, keep my commandments.
Dore umunsi w'Isabato
Mt 28:1
[1]Nuko umunsi w'isabato ushize, ku wa mbere w'iminsi irindwi, umuseke wenda gutambika, Mariya Magadalena na Mariya wundi bajya kureba cya gituro.
Kuv 20:8-9
[8]“Wibuke kweza umunsi w'isabato.
[9]Mu minsi itandatu ujya ukora, abe ari yo ukoreramo imirimo yawe yose,
Uko wabigorofanya kose Isabato niwo munsi 7 wejejwe n'Imana si uwambere nkuko ubigorofanya
Wow mbega ijwi ryiza narinzi irindii bayiririmbamo
Bwiza abantu ukuri uzabyumva azahindukire
Ntakuri naka afite
Mwigira abavugabutumwa mwerekana ko muzi ibyanditswe knd mugendereye kubigoreka ngo muyobye abantu gusa iteka muzicirwoho nimutihana muzaribona Yesu ati nihagira uvanaho cq akongeraho kumagambo uyubuhanuzi bwikigitabo ibizamubaho azabibona komeza ugoreke ibihembo uzabibona
Abo n'ingabo z'ubupapa Yesu Yarabivuze ko muminsi y'imperuka satani azigira malayika w'umucyo
Urakoze uvuzeko arumusi basengagaho ibigirwamana umva intumwa umusizaruhukaga Ruka 23:55-56 Ibyakozwe nintumwa 13:42 13:44. 16:13 15:21 17:2. 18:4. Abaheburayo 4:9
Ivyuvuga sivyo kuko ayomasomo yo muba lew nayi misi mikuru kuko haruguru handitse ngo mukWezi kwindwi burya wavuze vyaba mukWezi kwindwi none se mwebwe muterana mukwindwi?
Ufite uburenganzira bwo kuvuga ubishimire Imana yagutije umwuka gusa UMUNSI w'urubanza ibyo uvuga bizakugaruka gusa vuga ibyo bibiriya ivuga bivuga ngo abadivatis bavugango!!!!!!!
N'ibitama bingana utyo uratinyuka ukazana ibinyoma mu ruhame ukiha gushyigikira ibyo Imana itashyizeho ngo n'uko wanze kwihana ngo wubahe Imana ugendere kubyo yashyizeho (yavuze)!
Icyumweru cyanditswe he ko ari umunsi Imana iha agaciro wa njiji we?
Sanga ibyanditswe n'amategeko naho kuvuga ibidahuje n'ijambo ry 'Imana nta museke uzagutambikira!
Gusa byarahanuwe ko abantu nkawe bazabaho mu minsi y'imperuka!
Mwigaragaza nk'abafite ishusho yo kwera ariko mukabihakanisha ibikorwa byanyu.
Niba uzi no gusenga by 'ukuri, saba Imana igukize ubuhumyi bugutera kwinangira umutima ngo utumva ukuri.
2 Abakorinto 13:8
Kuko nta cyo dushobora gukora ngo turwanye ukuri, keretse kukurwanira.
Uzajya uyobya abayobye, nubwo isabato itakiza umuntu , ariko niwo munsi Imana yaruhutseho itegeka abantu kuyiruhuka. Kugirango umenye ubuyobe bwo kweza icyumweru nuko wacukumbura ukamenya inkomoko yacyo .
J lique numurozi arikunkwesha abantu uburozi bwa baburoni. Ngewe natangiye kubimenya ,ark iyataba kristo nange yaranyobeje .yesu yankoze kumaso ndahumuka ,aba mukurikira nibenshi niba Arumunyakuri azadutumire tuvuge kubinyoma byose yankwesheje abantu.
Uvuzukuri ko kucyumweru aruwamunani none kwisabato habaye kuwa6 gute?
Icyumweru abagishyizeho turabazi baranabyivugira mubitabobyabo ubwo watumwe nande
Umwami ukorera azaguhemba!
Yakobo 2:10
Umuntu wese witondera amategeko yose agasitara kuri rimwe, aba ayacumuye yose
Ndabahaye gakeye.bigenze gute ko mutanguye kugira critique cane cane ivyisabato.none Imana yari iyobewe ko ivyo bizoba mugihe yavugira kuri sinayi.ibihe vyinshi Imana yategeka abantu ivyobakora ikabaha namabwirizwa bategerezwa kwisunga.
Ukuboko kwawe kumbeho mwami Amen 🙏
Amen, amen
Urabeshyape wisubirehope
Ndafashijwe
Ab'isezerano rya kera, muzi ko Ijambo ry'Imana ritubwira ko imigenzo, amategeko ,n'imico karande by'abayahudi byababoheraga i Kuzimu, ariko Umwami wacu Yezu Kristu yabagejeje nabo ku isezerano ndetse no ku wundi munsi abakiza atyo igihe yizura mubapfuye.Yasoje kubarema bundi bushya kumunsi azukaho,yabagize ibiremwa bishya hamwe natwe, Ni koko guhera ubwo, Uwo munsi ni Pasika y'abemera Kristu kuko yawuzukanyeho nabo bose bari barapfuye, na nyuma yaho akawutahanaho nabo mu ijuru. Paska yacu ni Kristu wazutse,Allelua Allelua🙏.
Bashya neza ,uzasome uruhererekane rwaba papa ,di mutagatifu siriveste wabere nacistante ,nibo bashyizeho icyumweru ,basohoza ubuhanuzi bwo muri Daniel ,7-25 ,witubeshya ,
Uzaje udutumira mukiganiro tushire ukuri ahabona
Intumwa zarawusenzeko kuko baba bizihiza umusi mwiza bahereweko mpwemu yera.arasoma Yakobo 2ivyo yanditse kubijanye.no kwica amabwirizwa nivyagezwe.Yesu aravyivugora matay5:17kubandanya.mugenzi simpari namba niciyumviro mumpangaze.
Ariko warakenyeye yee!!
Uravuga ngo mugendera kuri handitswe ngo ariko nturashobora kugaragaza umurongo waba warasimbuye Abalewi 23:3 ukawutesha agaciro cyangwa ngo ugaragaze niba atari Imana yawandikishije.
Nturashobora kugaragaza inkomoko yo kutaruhuka ku isabato kw'abantu bemera Imana no kudaterana ku isabato bagaterana ku cyumweru ngo ugaragaze niba bikomoka mu ijuru cg niba ari mu bantu ngo ugaragaze igihe byatangiriye ndetse n'uwabitangije uwo ari we.
Ikindi nturashobora kugaragaza icyateye Yesu kuvuga amagambo yavuze muri Matayo 24:20 kandi byari buzabeho nyuma y'urupfu rwe, kuzuka kwe, no kujya mu ijuru.
Yabivuze ashaka kugaragaza ko na nyuma y'urupfu rwe isabato itazatakaza agaciro kayo kuko yari azi neza ko satani azabakoreramo mukadukana icyumweru
Imana ikurengere igukuremo ayo madayimoni agutera gushyigikira ibyashyizweho n'umuntu ngo bisimbure ibyayo.
Umva wamugabowe urarimbutsepe yesu yavuzeko Ari umwamiwisabato woe yesuyaravuze ati bansengera ubusakuko nyigishobigi Ari amategekoyabantu
Imigani 28:8
Ugwirisha ubukungu bwe indamu n'inyungu mbi, Aba abishakiye ubabarira abakene.
Lew 23:2-4
[2]“Bwira Abisirayeli uti: Iminsi mikuru y'Uwiteka mukwiriye kuranga ko ari iy'amateraniro yera, iyi ni yo minsi mikuru yanjye.
[3]Mu minsi itandatu abe ari mo imirimo ijya ikorwa, ariko uwa karindwi ni isabato yo kuruhuka, n'uwo guterana kwera ntimukagire umurimo wose muwukoraho. Ni isabato y'Uwiteka yo kuziririzwa mu buturo bwanyu bwose.
[4]“Iyi ni yo minsi mikuru y'Uwiteka, n'iyo guterana kwera mukwiriye kujya muranga mu bihe byayo byategetswe.
Ahubwo uyu Mugabo mumwitondere wasanga Ari Mubajeziwiti ba papa yakwirakwije mwisi bashaka abo bayobya ushaka icyo gitabo cya bible wacyitondera kuko nicyo cyizakurimbuza Imana ikurinde abayo kuko urumukozi wasatani pe nutuhaza uzabazwa byinshi kuko wasomye byinshi ukabyirengagiza
Imibare wabonaga amanota ukuyemo yose. Ikinyarwanda ukigoreka ukizi neza!
Umunsi w'umwami nihe muri bibilia havuga ko ar'Umunsi yazutseho? Ariko we (Yesu) yivugiye ko ari Umwami w'Isabato. Soma usobanukirwe Bro
Itegeko rya 4
Wibuke kweza umunsi wisabato.
Si umunsi wambere
Amadini mwese muba murikwirwanaho rwose usibye kwiyobagiza ninde uzanjyanwa mwiriwe nuko yakurikije umusi
Shaka views nibyo ushoboye.
Aha ho urakotoye
Harumurundi yavuze ngo ntamakuru ufs, hewe harageze aho abakorera lmana mukuri nomumwuka bagaragara. Uranyumike hew hari ibidahura.naho mugomba kubihuza mwe rindira muzumigwa
Uyumugabo mumwitonde ni umuhanga mugucurika nogucurukura abantu .ingeroze nihatari
IMANA IGUSANGE KUKO NAWE URAKOMEREWE WOWE WIRIRWA WIGISHA UBUSA
Kubwanje ntagisubirira amabwirizwa cankivyagezwe.ivyakorerwa mwisi kandi yama itanga amabwirizwa yavyo.nimba dimanche ari umusi wugiterana suwikiruhuko nkuko Imana yawuvuze mwitznguriro no muri kuvayo.ndangiza gusenga dimanche no kuruhuka kwisabato ntaco vyomarira uwariwe wese kiretse yarimitse kristo nkumwami numukiza wiwe murugero nkurwa mukristo.abakiriye kristo jambo nibo bonyene bagiye gutsinda.nawe urivugiye kwari umusi wa munani canke uwambere abantu baraterana ariko suwikiruhuko nawe uravyivugiye.
Abaheburayo 4:1-9 ibya Yesu byayobeye benshi nawe byarakuyobeye Girumwete wihane
nonese uburuhukiro bw'isabato bubikiwe abantu b'Imana bisobanuye iki? numva ari yesu bivuga.
Yohana ari mwizinga rya patimosi dimanche yaribwabeho?nisabato ntiyaribwahindurwe kuko Luka 23:54----- havuga ingene nabari bavuye guhamba yesu ngo baruhutse nkuko vyagezwe
Uyumugabo numwesikoro pe ngewe naramukurikiye nsanga Ari umwambuzi pe kuko aba ashaka kuyobora Inka gusa kuko iyo umubajije ikintu ahita agushyiraho kode mumwirinde mutazicuza pe uwiteka abayobore
Wavuga byishi itegeko ryakane rirera nubwo musi W Mana yoshuiriyeho.
Njyewe namwandikiye kuri wathsap muhugura kwisabato y'Imana ariko yarantutse mbonako urumukozi wa papa anti-kristo umwana wo kurimbuka.
Gusaa afitibigambo byinshi utabaye maso yakurengana mubinyoma
Umucyo n'umwijima byaratandukanijwe mu gihe cy'irema nk'uko tubibona mugitabo cy'ITANGIRIRO rero Umuntu wese waremwe bundi bushya ndavuga uwo Kristo yahishuriye ibyaha bye Kandi akabikizwa aba avanywe mu mwijima ashyizwe mu mucyo ,uwo abasha gutandukanya Ibinyoma n'ijambo ry'Imana nyakuri .J LUCk URI KUGOREKA IJAMBO RY'IMANA KANDI UBIZI ICYUMWERU ARIWO WAMBERE WIMINSI IRINDWI cyahimbwe n'UMUNTU(Daniel 7:24-25),Naho UMUNSI WA SABATO Ariwo WA 7 waremwe n'Imana.Uribeshya wowe nabanya ukuri mwese ntimuzabasha gutsinda.
Gusa ibyo uvuga nibyo bizagucira urubanz
Ntamunsi wicyumweru ubaho wanjiji kandi uri kuvuga ngo bibiliya ivuga kuwambere ubundi ngo nuwamunani ubwo urumva wuzuye wowe
Lev 23:2-3
[2]“Bwira Abisirayeli uti: Iminsi mikuru y'Uwiteka mukwiriye kuranga ko ari iy'amateraniro yera, iyi ni yo minsi mikuru yanjye.
[3]Mu minsi itandatu abe ari mo imirimo ijya ikorwa, ariko uwa karindwi ni isabato yo kuruhuka, n'uwo guterana kwera ntimukagire umurimo wose muwukoraho. Ni isabato y'Uwiteka yo kuziririzwa mu buturo bwanyu bwose.
Six days shall work be done: but the seventh day is the sabbath of rest, an holy convocation; ye shall do no work therein: it is the sabbath of the LORD in all your dwellings.
Ibyo nugushakisha ntaho yesu xavuze ngo ntituzaruhuke isabato kuko nawe yarayibshitizaga kand yavuze ko ataje gukuraho amategeko yaje kuyasohoza
Nshuti yange wowe Wakoze ikiganiro,
Ntago washinga urubanza wenyine hanyuma ngo urutsindwe,
Niba wumva uri umunyakuri uzatumire uwakiriye ubutumwa bwiza bwomatanye N'AMATEGEKO y'Imana(n'isabato irimo) mubikoreho ikiganiro muvuge ku isabato ndetse nicyumweru abantu bamenye imva n'imvano.
Yesu ati:
👇👇
Yohana 14:15
“Nimunkunda muzitondera amategeko yanjye.
Imana ibahire.
Mbega inkozi yibibi ? Cyakoze nkunzeko uzikwivuguruza
Gumana nanjye MWAMI.
Erega ngewe jean LUC namumenye kera mwebwe nubwo mukimumenya nawe numwe mubabwiriza nibinyoma gusako yayobeje benshi
Icyumweru niwo mnsi wambere wiminsi irindwi ,muge musomaneza mumenye kuvangura ibyimana nibyasatani
Yesaya 59:13 haravuga ngo Umunsi wanjye wera ukawita uwicyubahiro. Ubwo Dimanche wabikuyehe ko ari umunsi wumwami
Njye rero j luc namaze kubona ko wasanga atari n'umukozi wa sekibi nkuko bamwe numvishe babivuze cg ngo abe ari umuyezuwiti, ahubwo akunda kuvuga ibintu atazi neza muri make atagenzuye, ibyinshi abyumva ku abatumirwa akunda kwakira yarangiza agahita agotomera ibyo bavuze! Nakundaga kumwumva ariko nza gusanga haraburaga gato atanta mu umworera, afite ishyaka ariko ritamwo ubwenge.
Ntimuruhukakoko kuko muramya Inyamaswa Ibyahishuwe 14:10-11. Kumusi wumwaminiryari Yesaya 58:13 Ruka 6. Wowe uzayobya abokuyobya wamunyabinyomawe 😊
Muragabe
Uyumuntu afite arikubesha abantu.
"Umusi 'Umwami ntiwijyeze uba icyumweru kuko Itegeko ryakane rirumvikana neza"
Isabato niwomunsi W'Umwami"Soma neza Yesaya58:13
Ndamenyesha abantu bose bakri kuri uru rubuga ko birinda umusemburo wa j luck.j luck mwumva bwa mbere avuga ububi bw'amadini numvise afite guhishurirwa koko.ariko nkomeje kumwumva nitonze mbonako arwanya ukuri kw'Imana . Nyuma mutoroshaho itoroshi y'ibyanditswe byera mumucyo wabyo nsanga ni umukozi wa catholike 100%.mwumve mwitonze muri iki kigisho uko avuga amagambo ayashegera ayakuye mumutwe we .twe tuziko no mubasenga dimanche kuko bisanze barahavukiye harimo abo imana ifitiye impuhwe kuko nubwo basenga dimanche ntibarwanya isabato( imana izohereza umucyo ukomeye mugihe nyacyo bave mukinyoma)
Ariko munyumvire ukuntu uyu mukozi wa satan j luck abeshya abantu kd abapadiri bazi neza igihe i yumweru cyagiriyeho nk'ubutware bwa kiliziya no mubitabo by'amateka twize mu mashuri twarabyize na bible ntagatifu isobanurako isabato y'imana yahinduwe na catholike igashyirwa dimanche kd n' amateka agaragaze italiki n'umwaka byabereye. n'uwabikoze ariko mwumve ukuntu iyi ntumwa y'umubi ivangavanga ,igacurika igasisibiranya abantu kd ari umujezuiti wigira nkaho atari we ,ariko iyo umugenjuje ibyanditswe nibwo umenyako inyigisho ze ari impuzamadini zikuraho ukuri zikigisha icyiza rusange.........ndasengera abamukurikira bishakira kumenya imana ngo Imana ibahe umwuka w'ubwenge no guhishurirwa efeso 1:17,18 nta kuri na guke j.luck avuga ahubwo arwanya ukuri ,ni umwanzi w'ukuri 100% haraho yavuzengo "ntushobora kuzura umwuka wumvira amategeko..... (Ashobora kuba afite umushahara ahembwa abayoboke be batazi.ubwo yaba awuhembwa nande?) Abagenzi bajya i sioni bahamagarirwa kuiga ubushukanyi ni iki???
@@ntirenganyacharles8098 urakoze cyane nawe wara mumenye ntirenganya ume number yawe nguhamagare nkubwire nibindi byiwe utarabona Imana ishimwe ko hari abaziko Ari intumwa ya satani
Wabaye uwumunani uhereye aho amateraniro yatangiriye nigihe amaze kandi yategerezwa kuba mukwezi kwindwi none se mwebwe muterana mukwindwi gusa?
Yakobo 2:11
kuko uwavuze ati “Ntugasambane”, ni we wavuze ati “Ntukice.” Nuko rero nudasambana ariko ukica, uba ucumuye amategeko yose.
Luka 23:50-56 soma witonze wumve ukuri guhari
Umuntu witwaga Yosefu, yari umujyanama wo mu Bayuda, w'umunyangeso nziza kandi ukiranuka.
Urasoma igitabo kivuga ukuntu roma yahinduy umusi wisabato nigitabo citwa ndemera eklezia gatorika
Urikuyobya abantu muvandimwe mubyo wavuze kuwambere wiminsi irindwi ntaho bihuriye numunsi wa 7.uzasome bible ntagatifu abagaturika bivugira ko kera umunsi wamungu wari sabato hanyuma constantino awuhinduramo icyumweru.aba ahimduye ibihe namategeko.kuko guhindura ibihe bivuzeko ubu umunsi utangira saa 00:01 mugihe bibiliya ivugako iyo amanywa yimukiye ijoro muyandi magambo izuba rirenze umunsi uba urangiye.rero ntibibuzeko abasenga kwisabato gusa bakwiriye guciraho abataruka ko bazarimbuka namafuti ariko igihe icyumweru kizaba kibaye itegeko kumadini namatorero ari mwisi yose.icyo gihe nibwo bizitwako aricyimenyetso cyinyamaswa.tandukanya umudendezo wumutima nama nitegeko.kdi utazakora ibyo ibyiryo tegeko mumahanga yose nindimo zose numwe bibiriya ivugango abantu bose bazayiramya keretse abanditwe mugitabo cyubugingo rero vuga ukuri uko kuri kdi urakuzi none utangiye gukebereza atura
Najyaga nkukurikira ariko mboneye uwuriwe kwisato subira gusoma
J Luc ufite umutwe? Haruwo wabonye atagiru mutwe? Ayomagambo usoma Umutwe wayo uvuga iki muvandi?
Imig 28:9
[9]Uwiziba amatwi ngo atumva amategeko,Gusenga kwe na ko ni ikizira.
He that turneth away his ear from hearing the law, even his prayer shall be abomination.
Itangiriro 2:1-3 Daniel 7:24-25 Daniel 8:9-12 Ibyahish 17:7-18
Iyo uvuga ngo gusebya Dimanche ni ikinyoma uba warasomye bible ahubwo abantu utuma bazakira ikimenyetso cy'inyamaswa ni utihana uzababazwa.
Ese jean LUC wajya uvuga ibyuzi ibyutazi ukabyihorera icarawige neza kurwanya amategeko nukurwanya uwayatanze
Soma kuva 31:16-17 Yesaya .58:13. 56:6. 66:22 ISABATO numusi uruta iyindi
Arkko jean luc ntabwo uri umu jesuit
Uyu numu Jesuit ark mukekako amashuri bafite arengane abo asohora bajyahe murwanda?
Uyu numukozi wa Satan nez umwesikoro
Jean Luc we nubwo ababaswe n'inyigisho za Elen white bagutuka komerezaho hari benshi bahumuka, abantu ntibakunda ukuri baracyahumye.Turagukunda.
Ntamunsi wicyumweru ubaho hariya ni kuwambere
Subira mumateka
Iminsi irazwi
Gusa iyohageze mwijambo ry'Imana ntamarangamutima abayo . Sunday ni kuwambere w'icyumweru
None,nta sabato ibamu ri Bible yawe nshuti , YESU ni Umwami w Isabato, Isabato yabayeho kubwabantu
Nasome Ezekiyeli20:20 ana some matayo28:1-2
Mureke gukurikira Satan muyireba luck nintumwa yee
Manza umenye nyirubwite yavuze ngwiki utamuhimbiye,. Yesu yavuzeko ari umwami wiki? W'icyumweru cg w' Isabato?? Ntimukagoreke ibyanditse.
ni umujesuite karundura
Daniel 7:25
None x ibyirikuvuga uri kubisoma he??garagaza amapaje
Uyu mugabo nu umuhanga kabuhariwe mu gucurika ibyanditswe byera.......
Natihana azarimbuka ,abajesuit baba ari abahanga
Oya pantekote yatangiriye igihe intumwa zahawe mwukawera
Hhhhhhh ngo abanyamuryang?? Ubu nibwo nsobanukiwe ko ukorera satani kd urashukana cyanee kd vuba ibibi bikurimo bizajya ahabona