KUNTWARA UMUGABO NTIBISHOBOKA😳GUKORERWA BODY SHAMING BIRARYANA NDABIZI😢NDABIVUGANA AGAHINDA.. PATIE
HTML-код
- Опубликовано: 2 июл 2024
- Wifuza kuvugana na CHiTA MAGiC, Call: +250788351885 ufite inkuru wifuza kudusangiza, Kuduha inyunganizi uhawe Ikaze!
#chitamagic - Развлечения
Chita, why would you put Tracy's picture while talking about weight issues, I am sorry this is very rude and disrespectful. I wonder if Tracy gave you permission to use her picture on this talk of over weight. You have to apologize to her.
Mbaye uwambere courage mukobwa mwiza chita magic hejuru cyane
Urigikobwa kiza taata😍😘 Uzi ubwenge, stay blessed dear sis
Naturally beautiful 😍 Nabwo yirya
Ahubwo njyewe nabonaga ari Nadia ukoni amafilme.
Ahubwo ndemeye abantu barasa pe.
Nanjye ndabona basa cyane
Ufite igikundiro cyinshi pe,Imana igushyigikire
Gusa namukunze cyaneee uwampuza nawe
Courage ma soeur 💕 uri mwiza kdi peee ibyo uvuga nibyo cyane nanjye nemera ko umugabo akwiye kubahwa kdi hari byinshi bashoboye kdi na blble yabaye specific ngo Abagore bubahe abagabo🗣️hama umugore Aho ava akagera nawe akwiye kubahwa no gukundwa🙏uburinganire bwateje ikibazo kko Abagore bibagiwe inshingano zabo , habayeho kwizamura cyane 🙏 umugabo wese yubahwe , ariko yubahwa cyane nawe yubashe impano yahawe nImana 🙏Mvugira Abagore kdi nanga umuntu wese cg ikintu cyose cyabahutaza.nukuri Abagore barahawe uburenganzira ,ariko ntibatubwiye ngo tubikoreshe munzira zitaribyo🗣️chita turagukunda 🙏
Uri muzima Sha ❤❤ much love
She is so beautiful
ufite ubwenge wowe warwubaka kbsa! ahuwo uburiki? chitaa wazansuye muri eagle sound studio papa. for sure your support 🙏 ndakwemera cyane
Ubu urabona uyu yarwubaka Koko urabona adasa nindangamirwa
Abakobwa barabeshyana cyane kuki wowe utabyibushye c? Indwara yica ubu kurusha ibindi ni umubyibuho ukabije rero mujye mureka ubugome no gushukana
erega kubyibuha bivana n'a genetic zumuntu,rero don't bring comparison between her and Tracy
usaneza.yesu aragukunda 💞💞
Uri mwiza cyane ❤
incwi so beautiful urimwiza peee🤍🤍
Sure ,this lady is right
Yooo Patience ndakuzi muri fawe chr wiga mpc
So cute
Sinzi ukondikubibona ariko ndabona Usana miss muyango wagirango muri impanga😊
ariko asa na NADIA BYAHATARI
Cyane rwose ubanza bavukana pe
@@nzobealice3300 WAMPAYE AGA SUBSCIBE KANDA KWIFOTO
CYAZE NI MWIZA PE! MWAKANDA KWIFOTO TUKAMENYANA FRIENDS
Ko mbonye yujuje byose nkeneye ngiye kumusaba Imana ngo Abe uwanje 🤦♂️🤦♂️🙌🙌 ikibazo naho tuzamenyaranira!🤦♂️🤦♂️
Amabere ye aramubereye ariko mwivuga ngo bigezweho reka reka 😂
Amabere manini agezweho
Urasana miss nimwiza Megan
Courage mukobwa mwiza you have great analysis.
Ngaho
It's very easy to lean "kiswahili" if interested
IKINTU CYONYINE NKUYEMO HANO "nimba ureba kuri table ukabona igitsina, ufit ikibazo (26:35'') nkwemereye icupa sha Sendege
Uwomukobwa mwiza gutwo Ninde umuga nabo koko
Ariko nibyo cherie ibyavuganukuri umugore agombakuba amezenkumugore umugabo akaba amezenkumugabo umugore abagombaguteteta kuvuga neza nkumugore atarisasu niyo mpamvu
Wowe tubyumva kimwe kabisa Maze ukwezi ninjiye murugo ark bazansohoramo banziritse 😂😂😂 sinshobora kuruvamo niyo haba iki????😂😂
😂😂😂 bakuziritse se kandi😂
@@UWAMARIYALouange-ne1kx niyo gahunda Chr, Ntamugore ucyahukana. Hahukana umugabo kuko niyo abaturanyi batamubona bagirango yagiye guhahira urugo. Ikindi Kd we abigira ibanga kuko aba yumva abivuze bamuseka!!!
Gahunda niyo 👍💪🏽💯
Nibyo kbs mugomba kubana akaramata mugatandukanwa nurupfu
@@NteziryayoPriscahhhhh
Yitwa nde chita
She’s so cute 🥰
Egoko!
Uyu mukobwa atekereza neza.kuko ntago wajya hariya uvuge ngo 30% igomba kuba abagore ubwo Kandi niyo baba ntacyo bashoboye oyaaaa.bitewe nakakazi gahari wakoresha umugore cyangwa a umugabo bitewe nicyo ashoboye naho ibya gender wapi.
Urimwiza.
36:15
Niba utishimiye ko Ifoto yawe ivugwa ho uko bashaka ntukayishyire ho
Uyu mukobwa azagure umuti witwa Diable vert w'amazi kano kantu kazavaho. Nange nari ngafite nuko ndawukoresha karagenda.
Oya Ni aga point de beauté azakareke
Ahubwo tubwire njye mfite twinshi mu mugongo uwo muti wamfasha tukavaho?
Nice ndabona gatatse ubwiza bwe!
@@DaughterofJesus1574Nibyo ndabona kamubereye!
@@biosanta8628ubishaka twavaho. Muri pharmacy ugura 13k nina utarazamuka.
Nzabigisha iki gande
Nkunze ukuntu utari complicated ❤
Thanks 😊
Ariko urirya kok uziko wagirango ntuzamfa we😂😂
Nonese abatirya bo ntibazapfa?
Ariko yiriye iki koko
Urimwiza hahirwa umutipe ukurya iminwa akakunyunguta akakujwugiriza nuko akakurekura nkimunota mirogwitatu yarahiriwe uwomusore u u u
Hhhhh y
😂😂😂
😂😂😂😂😂😂😂😂urikiraya kweri.
@@jeanbatpiste5714h hhhhhhhhhhhhhhhhh
Uyu mutumirwa afite ibitekerezo bizima muzamugarure.
Wuzuye umwuka wubwibone
Imana igutabare
@ishimweborah urananiwe cyane.
@@kwizeraflorence1671
Reda wabyetswe cyarwa wabirose
Ukuri kwinjiye kukuvugisha ibiterekeranye
Ariko Ndagukunda kandi sinari kubikubwira
@@ishimweBorahurerekwa se? Nonese Kandi agomba kwibona ibindi bikaza nyuma
@@HusenNsengiyumva urakoze cyane pe
Yesu agusure kandi aguhe umwuka wera
Akarye kararangiye ahasigaye nah'Imana.
Urururaya dwaryashyimibonano kbs bigaragarako gifiturutuba runini
Arashaje ahubwo !
Urimo umugore mwiza bazampe your fone number please