Mbega udushya two kwa Mwarabu ntidushira pe! Inyama z'ingurube mu bukwe! Uyu muryango ndawukunda urashimisha cyane. Daddy uri umuhanga muguhuza imiryango na ma couple.❤❤❤
@@MariechantalNzungize isekere sh nukuri nanjye nayobewe uko nteye pe amarira yanjye aba hafi uziko ntacyumweru cyashira ntarize niyo mbonye umuntu ubabaye uteye agahinda ndarira
Abantu mubonako impamvu Jojo yarakariye Sankara ngoyasizeho dread ariko asiyagaye amukunda musige Like 👍👍👍👍👍
Ariko uzikaribyo mwa😢
Yazikuyeho se amahoro agahinda
@@gashirabakedieudonne7844
Hhhh yego raa
Mama bobo bigombe bihinduke rahirako Nawe utagiye gukena ehhhh biraba ataribyo
Navi urafuha pe
Daddy twifuza kubona mama nyambo yabonyeko nyambo yarebye ababyifuza nkange mumpe like
Ni no no no
@@RirianeUmutesi-kk5mu Maman nyambo se mwokabyara mwe ko nta ramubona muri My Heart!!?? cyangwa naracitswe Aho yararimo!!??
Ese ubund aracyabaho 😮 ntanubw az ko Yannick arie mwarimu 😂😂
Disi waracitswe ubwo ntabwo watangiranye na my heart@@benbonhomme1614
Ntago wayitangiye ariko @@benbonhomme1614
Abantu mukumbuye Kelly na chriss numpe like
Sha nanjye ndabakumbuye Chris na Kelly nukuri mugire mubatuzanire
Kuva nabaho nibwo bwambere njemubambere pe ndabasabye nimba utabirakariyemo kora kwifoto se Like 👍
Mpasubscribe kuri Vincent tv8 nokuri dawidi tv2 nawe ndayiguhaye
Ifoto irihe😂😂😂😂😂
@@MariechantalNzungize ifoto irahari KURI Vincent tv8 nokuri dawidi tv2
@@2DAWIDITv2ngaho nange yime kuko nabikoze
Ngaho nange yime kuko nabikoze
Nifuza kubona willy na Chris bahura, Suzi na nyirankotsa, ndetse Yannick ahura na kasha, ababyifuza nkanjye mundemere❤❤❤❤❤
Ubuse Suzi na nyirankotsa bazahurira kuki??😌😂😂
Suzi nanyirankotsa kbx
Hhhh hashya noneho
Ninde usekejwe no gukoresha ingurube muri dote nkange😂😂😂😂😂
😂😂😂😂 ni agashya
Sha uyu Musore uririmbanye na Nyambo ankoze ahantu kbs, izondirimbo ziramfashije rwose❤.
Egok nabaho ndazindutse peuh 5 min
Dady we love you more abagukunda nkanjye mumpe like peuh😊
Kano gaswahili ja Yanick mukampere like
Harya buriya yavugaga ngwiki?😮
Wao kbs biranshimishije nkubona nzayino murukundo rumeze neza❤
Mbega udushya two kwa Mwarabu ntidushira pe! Inyama z'ingurube mu bukwe! Uyu muryango ndawukunda urashimisha cyane. Daddy uri umuhanga muguhuza imiryango na ma couple.❤❤❤
Njye ndasetse ndapfuye
Naho se Mwarabu uzarya amarante y'ingurube mu bukwe😂😂😂😂😂😂😂
Cyera nizo bakoreshaga nubundi 😅
Number one arko namwengo mubona yanicke Ari umwana wa fromina niba arko ububona like
Uravyeneza nuwiwi❤❤❤❤
Mpageze kare ndabakunda
@@mukamutaraemeritha9562gahunda ni kumutima
Mbega guhimbaza ugafashwa hagakuricyiraho urusaku rwa Nyirankotsa😭😭
Uziko naringizengo ninge ubwiye kubera narindi guhimbaza@@mukamutaraemeritha9562
Number one niba utabirakariyemo impa like
Jojo twamufashe akunda sankala like hejulu
My heart ❤❤❤ndayikunda p irimo inyigishop Yannick imana yaguhaye ubwenge p njya wigisha abantu kuko ahari abantu baba batazi icyo iminsi ihatse turakwemere cyaneeeeee ❤❤❤❤❤❤ ❤
Dady ubwire papa kasha areke gukomeza kuvuma umwana we ikindi murebe ukuntu Suzi mwamuha zamilion ze zasagutse mureke gukomeza kumufatanya nibihe , mubwire na navy agabanye ifuhe umwana arya undi iyo bangana🤸🤸🤸🤸🤸kubyerekeye Bob nawe mumuhate ibibazo kugeza yemeye ko umushinga Ataruwe ,mushake nukuntu wajyana na papa wae gushimira foromina suzi mutaramuha imbabazi noneho papa wae azasange foromina ariwe mama wawe murakoze 🙏
😎
Kbs
😂😂😂😂 ahwiiiiiiiiiiiii hazashya
Ariko dukumbuye pelly na navy basubirana
😘😘😘😘
Shahu Sankara afite urujwi rubi basi jyuba romantic uri kumwe na Jojo ❤❤
Hhh wap afite ikijwi kiza ahubw yashobor kuba romantic narek kuduseby😅😅
😂😂😂😂😂, ntabwo arabonako Jojo yamusariye nihatari Sha Jojo niba usoma comment basi ntabwo urabona ko nanditse ko ngukunda 😂😂😂😂😢😢😢😢😢.
🤔🤔🤔🤣🤣🤣🤣
Hhhhhh Aho ho uramusebeje ikigenzi nuko yakundana na jojo
😂😂😂😂😂
Ababonako my heart yarushijeho kuryoha kubera gutumutwe kwa suzi murihe❤❤❤❤❤
Abo dufatanije gukunda my ❤ mwubahwe
Abashimishijwe nikiganiro cya Yannick na Suzi nkanjye musige like
Narinkukumbuye Scott and nzaino.
Asyiii nyambo atumye ndira ark x ubu nteyente koko😢😢😢
😂😂😂😂😂😂😂😂 uransekeje 😂😂😂😂
Uvoma hafi kbx
Nanjye amarira araje
@@MariechantalNzungize isekere sh nukuri nanjye nayobewe uko nteye pe amarira yanjye aba hafi uziko ntacyumweru cyashira ntarize niyo mbonye umuntu ubabaye uteye agahinda ndarira
@@impanokenza2770 Sha pore kbx buriya buri wese abafite ikintu kimubangamira pe
Ngo Kasha muri doti azakoresha Ingurube abazataha ubukwe burimo ingurube 9 munyihere twatuntu p ,njyew ndumiwe
Hhhhh
Dote yenande x kojojo aratwarinda yasankara vubacyaneeee😅😅😅😢kasha agaseba
😂😂😂😂😂
Mbaye uwambere mumpe like abachou🥰😭
like hano niba wemerako ejobundi uzaba umbinamo hano kwa killaman twagiye
Munzozi,tuzajyana
Mbiswa kambaze ndebe my ❤❤❤ suzi 😢. From 🇺🇸🇺🇸❤️❤️
Navy baramukomye pe Devu na benitha ndabemeye❤niba namwe Ari uko nkandira ku ifoto ❤
Ndabona kasha umwiteguro ugezekure ubusebizamuhira rekatubitege amaso nzayino ndabona urukundo rugezekure nasikoti ❤❤❤❤❤😂😂❤😂😂😂❤❤❤❤❤ my heart tuyikunda kuburyo yibu'ze tugira ikibazo
Umuntu ukunda my heart nkanjy nampe like
Number one kbs! Daddy urarenze kbs kdi ibyiza byose Nyagasani atanga ajye abiguha uko bwije nuko buckeye
Nyambo afite agahinda Ariko niyihangane imana irabizi turagukunda❤❤❤❤
Dore makotsa aho yicaye 😂😂😂😂😂😂😂😂
Killa ndakwemera cyane kbc
Mwamaye,like,koko,konitonda,mungiririmuhwe
Yannick Suzy nakunda nyambo uzamubabarire
Reka reka azabireke ku mubabarira kuko nubundi ashobora ku mukunda bitamuvuye ku mutima nyuma akazagirira nabi nyambo
Mbega gufuha navy reka gupanika rwose baragukomye 😂😂❤❤
Uyumusore mushyashya yubahwe❤
Murakoze cyubahiro hano kenya tuna bapenda sana
Ntayandi film mu Rwanda iramya ikahimbaza Imana narinfashijwe pe❤❤❤❤❤❤❤😢🙌🙌🙌
Suzi wanjye disi anteye impuhwe 😢😢😢😢😢 nukuri
Noeh Suzi aneye impuhwe pe nukuri nanjye noeh ndababaye kabisa gusa niyubahirize inama bamugiriye yitwararike kuri Yannick Wenda biza mufasha pe ndabakunda cyane 🥰🥰🥰🥰
Ngo agize ate?
Mwarimuraho ariko ndabona mwazindutse nanjye munyihere like nibwo nacyerewe
Suzi Ahobukera Aratoragura Amasashe too👍
Murebe ukuntu suzi yabaye inzobe😂😂😂😂❤❤❤ nkunda ukuntu ukina gusa
Abumvako Mam Yanike Yahinduka Akakira Nyambo Ko Arumukazana Like
Ese Nyambo ubabazwa nuko suzi atagukunda naho kunjya kureba maman wakubyaye mucyaro ngo umwereke ko Imana yakoze imirimo ni bitangaza byarakwibagiye neza neza 😂😂😂 wabonye umugabo wibagirwa maman wawe burundu koko?
Ooh ako karirimbo 😭😭😭😭❤❤❤ nomubihe nibyo biruhije🙏🙏🙏
aba jo❤❤ mwankandiye kwifoto nkabasha kwivana mubushomeri koko Wowe ubikoze IMAMA iguhe amafaranga meshi❤❤❤
Kugira Anti mungana nuko biryoha mwa?Nana ati erega niyo wagenda hagashya ntaribi😂😂😂ibaze nyogosenge mwisanzurana gutya
Ahwiiiiiii 😂😂😂😂😂😂 yes Navi Sha unyibukije brother wange😂😂😂😂😂😂😂
Number one mune like
Number one ❤❤❤❤ aba jo Twins murihe ngo mumpe like❤❤❤❤❤
Nzayino nahindure imyenda Bwana!umukozi agomba kuba Smart.......
Nzayino na scott❤❤❤urukundo rwogere
Mubyeyi thanks for bringing yano back iyo urenze uba urenze ntiwikoraho pee twaryohewe thanks the food
Nzayino ntibakamubeshyere ntabwo avuga amagambo menshi😅😅😅
Nbr one mumpe like
Number one ❤❤
Kira subiramo aka gaswahiri numve ngo nibyengenabyo😂😂❤
😂😂😂😂😂 wend ndakumva neza😂😂😂
Mbagire intama bundi comment zashyizweho nkinyunganiziya filme rero nimugumango ndinamba one muzatahira ibyo ababyumva nkange siga like🎉🎉🎉❤❤❤❤❤❤❤😢😅
Ababonako navy afuhira benithe munyihere like
Nyamara Jojo ukunda Sankara ngaho musabe akureho direde maze aregukomeza kukwibutsa kasha my heart kumutima
Number One like
Daddy wacu 😂😂😂😂 agaswahili vyeninevyo 😋😋😋😋😋🤣🤣🤣🤣🤣❤️❤️❤️❤️
My heart murabona itarimo nyambo na Yannick byagenda gute Sha Yannick nabwize ukuri Suzi Wenda yatuza ❤❤❤❤
Ahubwo Suzi kuko yitwaye nabi nibamuhe isomo abure frw ubundi ajye yubaha buri wese adashingiye ku frw kuko ni umushyitsi ugenda atanasezeye.
Number one
Yanick urumukozi kbsa kandi ujyuhirwa muri byose. Ntabwo umeze nkababandi basohora film 1 mucyumweru bitwaje ko bagafashe. Respect kbss
Ark akokanu musaba kitwa like mukarya ryari
Bakubwire numvireho
jye mbona abantu mwes musega like ntagitekerezo murigutanga muraho murasamye gusa😅😅😅😅😂
Uzasubirekwiga bakwigishikinyabupfura nibantacyo wakuranye ntasoni abantubakuru barasama ubuse wowe utanzikihegitekerezo
@@Mohammed-sh2wxjya kuriribux nyimba bagusuzuguy gabanya uburofa peti
nonex izo like uraziteka
Number one ❤❤😅 daddy nawudakosa habaho kwicuza 😌🙏
Number 1
Mbaye uwambere🔥🔥🔥
Abantu baba numva saa tanu zatinze kubera ngo mirebe my heart mumpe like pe
Mwarabu avumye kasha ubukwe ntibuzataha
Kantere agatebe ndebe kbx mbaye uwambere ❤❤❤❤❤❤
Nomber one kbxa Killa njye ndabemera cyane kbxa
Mwarabu azarya amara yingurube hhhhh😢😅😅😅😅😅😅😅😅😅😅😅 nda pfuye nukuri mbavu zange
😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂
😂😂😂😂😂😂😂😂😂
Number1❤
Wooooww tenje mubambere iwacu burije ariko sin karyame my ❤ isohotse
Nyiranzayino rwose ngo atinya kuvuga!!sha ubanza numurambo wawe uzavuga pe!!,abagiye kugunshyingura bakagusiga kbs
Wouuu akantu mukoreye navy ndagakunze pee😅
Am number one ❤❤❤
Nav, I like how you are acting up mn, keep your head up 💪💪💪
Number one ❤❤❤
Cyekoza Runo akwiyekuzanjya ahabwa umwanya munini muri my heart pe akaramya kuko biraryoshye❤❤❤
Suzi nushake usare warabiharaniye kbs baca umugano mukinyarda ngo usurana imujinya ukinera🤣🤣
😂😂kuberiki umezuko
Ahree🤣🤣🤣🤑🤑🤑🤮🤮🤮🤮🤮🤮🤮🤣🤣🤣🤣🤣
Amabi yose suzi yakoze cg akora ntiyakuraho ko ari nyoko wakureze
Ibyo x n ibiki umuntu ukwangira umugore x ubwo wabyishimira
Foromina ntahari x
Ibya Suzi tubireke rwose peah
Ibintu bya yves byo kuvuga kujyenda ka nina ajya kwa nyambo birarambiranye abivuga kenshi agakabya
Yambu yambu yanooo. It's been a long time I missed you, welcome back
Number 1 ❤❤
Kandi suz ndibuka bamubwirako azakena ndabona arihafi kumera nkuko nabaye
Yannick warababaye pe😭😭 Maman Bobo bikubere isomo 😭 ujye umenya kubaha abantu
Munyakire ndi mushya😢😂😂😂
Kaze neza muvandimwe
Welcome
Gusa waracikanwe😢
@@simp_gxcha7020❤thank you cou
@@MariechantalNzungizewarurahoriko 😂😂😂
Kash 😂😂😂😂😂😂😂😂 inguribe koooo🤔🤔🤔🤔🤔🤔 noneho papa wawe ngo bazamupfu nyikire umutwe😆😆😆😆😆😆😆😆😆😆😆
😆😆😆😂😂😂😂😂😂🤣🤣🤣🤣🤣
Gadi na chr we bavuga buhoro cyane bigatuma film itubihira!
Nice
Abumva yannick yababarira Suzi mubinkorere❤❤❤❤
😮😮😮😮😮😮😮hoshi
Nzayino na Scott disi ❤❤
Ababonye uriya muntu wantuze muri frame mwiriya scene ya devu na chr we mumpe like 😅
😅😅nanjye namubony
Nanjy ndumva Suzi yahunga peee!!!!!!!🙏
Papa Natasha n'indyarya peeeeee