Ariko ntago ari umunyeshyali ibyo yamubwiye ni ukuri urugo rw Suzi na Adolph my bumvikana urumva buri umwe yaciye ku ruhande afata Rambert bakagombye kuba baraganiriyeumweakamenya ibyo undi AR mo
Daddy nakerewe yego arko ahongeze uyumukobwa mwararubu yabyaye hanze azabe Aisha maze ngurebe ngoharashya ❤❤ cyari icyifuzo cyanjye thx love u and your team
Karibu cyanee Kandi turabakunda abantu bifuza kubona Sankara yakunda na Jojo nkanjye duhane likes ❤❤❤❤
Abantu mubonako Annik azamenya ko umushinga aruwa Derrick mumpe like👍👍👍👍
Nukuri nirwogere abashyigikiye urukundo rwa Jojo na Sankara musige Like ❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤
Urukundo cg irari rya Sankara
😂😂😂😂@@ndayishimiyepascaline9826
Irari rata
Sinzi impamvu mbona Sankara arintumwa ya yanick
Nsekejwe nindwara ya sankara
Team killaman, turongeye turariye, abakumbuy Kelly na Chris murihe? Abafite amatsiko ya bella ahuye na devu na Benita mundemere twa tuntu❤❤❤❤❤❤
Sha Sankara aransekeje ,(icyumba uracyinjiramo Ninde wakubwiyeko rwaye)😂😂😂😂😂uwo bisekeje nkarye nampe like
Njye ngasubijemo incuro eshatu
Kansekeje byahatari
Ubonako Jojo asigaye akunda Sankara mumpe like
Ababonako sankara afite umupangu yapanze atarwaye nimumpe like😂😂🎉🎉🎉❤❤
Ndababaye kibera uyu mushinga was delike bobo atwaye abo tubabaranye mumpe like 🙆🙆🙆
Njye ndumva bobo bamuvumbura ko yajyanye umushinga wabandi abo tubyumva kimwe musige utu like
Cyene rwose Bobo akwiye kuryozwa ubujura yakoze akoresheje iterabwoba ry'uwo ariwe!
Wibagiwe isi se Ibyo utanga birakugarukira kbx
Hhhhhhhh mwibuke ko nubwo tutaramenya neza uko byagenze nabo ubukire babwibye kasha😂😂😂😂
Bobo umusuma azafatwa ark thanks our parent be blessed thanks for the food
Nukuli pe njye birambabaje 😢😊
Abishimiyeko ko Aisha agiye kuza muri my heart mumpe like
Aisha yabibishya aberewe nimiguruko iyi film iratuje hhh nzayino arahagije😂😂😂
😂😂😂😂😂 Aisha weee
Aisha rwose naze nawe arakeneww
kbs
Aramutse aje byaba rwaserera2 cyeretse akinnye atuje kuko my heart nakavuyo ibamo.
Yannick na Chris iyo bahuye mba nirebera ibi bitama byabo. Incwiii basa n'ibibebe byo mu ngagari❤❤❤❤❤
😂😂
kubwa Jojo na Sankara munyihere like abafana babo
Mana yanjye daddy dufashe sankara akundane na Jojo very lovely and gorgeous couple y'Allah 🥺🥺❤️❤️❤️
Ababibona nkanjye ko bobo azavumburwa tumenyane😂😂😂😂
Ahhhaaaaa ayisha nikalibu muli My heart ❤❤❤❤❤❤❤ yewe namitsutsu nzamubona❤❤❤❤❤❤❤❤
Aisha first
Nange couple ya sankara na jojo ndayifuza gusa nkumbuye nsabi na Claudia kbx abo duhuje musig aka like
Ninde wumvise neza ko aisha nawe agiyekuza muri my heart arumukobwa wa papa kasha
Nizereko urubyiruko muri hano mureba my heart 💕 mukuramo isomo ,iyi film jye nyikuramo amasomo menshi ku myaka mfite ❤namwe rubyiruko ntimugatahire kureba amasura meza no gusaba za likes zitagira icyo zibamaroye❤❤❤❤
Igo rata tugomba kuvanamo amasomo
Mwarakoze kuzana mwarabu muri.my.❤ .na.bijiyobija na foromina
Hhhhhhh jojo yaguyemo wallah 😂😂Mfite amatsiko ya kasha washyashyanye mubyubukwe
😂😂😂😂 nanjye kbs 🤣🤣 ngo ishyamba yararigurishije
😂😂😂😂 nanjye kbs 🤣🤣 ngo ishyamba yararigurishije
Sankara na jojo baraberanye ndabakunda cyane ♥️♥️♥️♥️♥️♥️♥️😢
Nkisoma ngo Jojo na Sankara mpise mfungurana amashyushyu menshi kuko niba hari couple nifuza niyabo😂❤niba namwe Ari uko nkandira ku ifoto❤
Abantu mwibazako uyumushinga Yannick ataribwemereko bobo ariwe wawuteguye musige Like 👍👍
Aisha yajeweeeeeee abazishimira Aisha muriheheeeeeeeeeee❤❤❤❤❤❤❤❤ oyeeeeee
Daddy turabizi kutajya uhubuka nuwo mushinga wabobo rero ubanze ubitekerezeho kuko suwe ababyumva nkange mumpe like
Umva mujyaga neze mujyaga neza Nina ujyaga neza😂😂😂😂😂😂🎉🎉🎉🎉 Yannick courage my love my❤ iraryoshye pe Imana ikwagure
Rwema inshuti mbi umunyeshyari. Adalofe rwose rwema yabaye igisimba. Kwiyakirabyaraunaniye
Ariko ntago ari umunyeshyali ibyo yamubwiye ni ukuri urugo rw Suzi na Adolph my bumvikana urumva buri umwe yaciye ku ruhande afata Rambert bakagombye kuba baraganiriyeumweakamenya ibyo undi AR mo
Rwema ntakosa afite, ahubwo bariya nibo banyamafuti bananiwe kumvikana ngo bubake urugo rwabo none baramutura ibibazo byabo?😊😊😊😊😊😊😊 Ubundi se bamumariye iki ko namafaranga bamubeshye batayamuhaye? Uzi umuntu ukubeshya amafaranga?!!! Ntibamusuzuguye gake nibahame hamwe nabo bawote nibo bawucanye
Rwema n'inshuti mbiii pe ❤😢niba namwe Ari uko munkandire ku ifoto❤
Nigeze kubibabaza muranyihorera mbabaza niba ubaye uriwe wabivuga cg wabireka, erega wibukeko Ari munzu ya Suzzy Kandi bayiberamo Ubuntu.
Kuko ushobora kubivuga bakavuga ngo uri I snich ugira utugambo utabivuga nabwo ukitwa incuti mbi,
Iriya ni challenge ikomeye kuriwe.
Uretseko Aho bigeze ashaka yabivuga.
Adolphe niwe wakomeje kwiyumva nkumunyabwenge ararenza agerekaho gusuzugura Rwema cyane.
1. Yamubeshye amafaranga ntiyayamuha
2. Kugarura Nzayine ntabibwire Rwema. Kariya ni agasuzuguro kabi cyane
@user-st7dy3wk5g byari ngombwa kuko umugabo aba agomba kubaha undi, akanubaha icyatumye amwirukana Yaba amukeneye akabimubwiraho, byo se byari kumutwara iki?
Ni ba bantu bumva kugwa kwabo batagenda bonyinr
@@SocialifeeAdolphe si uwo rwose ntiyigeze asuzugura uyu muryango, Suzzy ni we wawusuzuguye kdi yiyita inshuti ya Betty
Nkurikije uko nzi Aisha iyo aza kubyarwa na Nyirankotsa,gusa nubundi ni umuryango umwe tugiye kujya twiyotera kwa Mwarabu buri munsi❤❤❤. Daddy urategura pe.
Cyane kbsa. I can’t wait to see Aisha. Hagiye gushya noneho 🤣🤣🤣 🔥 🔥🔥🔥
Mubanze mureke dutekereze neza abantu twifuza ko Sankar akundana na JoJo ndibaza nti Sankar akunda JoJo???? Cg ni rari ababyumva nanjye mumpe like
Ndabona ari irari
Yannick uze kunsuhuza kuko ndakwemera cyane, mwari muraho ariko!
Ooooooh ❤❤❤❤ narimbitegereje p Jojo na Sankara
Nirwogere ndayikunze iyi couple p
Sankara wee😂😂😂 mpise nseka ngo nihahandi arajya mucyumba tu😂ninde bisekeje
Waaawuuu congratulations Sankara Jojo ntiwirangareho nubundi kasha yanick ntazatuma mubana subiza yego undi mwana chh❤❤❤❤❤❤❤
Number one namwe mubonako jojo narangara azabura byose. Niba mubibona like
Ahonzajya nkusanga like yange urayemerewe👍
@@siboniyoeric9587 urakoze nange nzajya mbikora
😂😂😂 impamvu tsetse nibyishimo nukuri niwoe muntu mbona cyane cyane muri comment nshimishijwe nuko nsanze haruwundi tubyumva kimwe like yange yo ntishobora kubura rwose❤❤❤
@@MariechantalNzungize mwese murakoze Kandi mbahoza kumutima arkose ipfoto yange niyo nini kuko Bose babwirako bambona cne munsubize p
Sha reka nkubwire nanjye sinzabura kuyiguha kbx kuko urashimishishe cyaneee 😂😂😂
Abantu mwiteguye Aisha muri my heart mumpe utu tuntu❤❤❤❤
❤
Mwaramutse aba chu abantu bakunda my heart nkanjye mumpe like
My heart❤ ni yambere mubuzima bwanjye❤
Njyew ubundi ibintu byose byabaye my hrt❤️❤️❤️
Nanjye ndahageze nimumpe like Jojo kwa Sankara wasanga arikwirwaza akeneye kumwitaho kombona nawe asigaye akwiyumvamo🤣🤣🤣🤣🤣👍🥰
Sankara,uzasubire muri salon izo menshi bazirebeshe inyuma basi,,,,niba kuzikuraho bitakunda❤nta musore wo kwirirwa arwana ni imisatsi❤❤❤
Killa ndakwemera cyane ariko amajwi nago atugeraho neza❤❤❤❤
Nukuri pe
Sh ndigukunda Jojo na Sankara
Daddy nakerewe yego arko ahongeze uyumukobwa mwararubu yabyaye hanze azabe Aisha maze ngurebe ngoharashya ❤❤ cyari icyifuzo cyanjye thx love u and your team
Ariko rwema na adorufe mubabona muteweee❤❤😂😂😂 kabayeee yuuuuuu
Kasha nibamukuzeho nubundi guhindukakwe byararanye kbc gs Jojo na Sankara ❤❤
Cyakoze daddy turagukunda hamwe na team yawe yose ❤ abantu bangira kasha iki c? Ko ariyo rôle baba bamuhaye wa
Noeh sankara aratoboye abwira Jojo ikiri kumutima Jojo se arabyitwaramo ate aramusubiza iki umunsi Yannick yamemyeko umushinga Bobo yazanye ataruwe azakora iki ❤❤❤❤❤❤❤❤
Umuntu ukumbuye mark nampe like
Mark 😮😮😮😮
Ababonako derike yakoze ikosaryogutaga Umushigawe mume like
Kdi bizamuteranya na Yannick aboneko ntamuntu umurimo
Cyanerwose Ahayakoze Amakosa
I am the best for watching this episode
Do you think so???
😂😂😂😂
Husa One day
Abanu bumviseko Aisha angiy kuzamo ninde❤❤❤❤❤❤❤❤
Wawu Sankara ararivuze pe Jojo ntamusubize inyuma❤
Abifuzako Yannick Yashacyira Akazi Nyambo Munageho like
Oya nawe! Kdi agiye kubanza kwiga
Nyambo se afite ikihe kibazo kuburyo twamugirirs impuhwe ko ntakazi afite?
@@Socialifeentazi kuvuga indimi no gutwara imodoka kandi ari umugore wa s/o wa kampani
@@josephineumuhire258 ubumenyi bwibanze byo ni sawa ariko ntago ababaye akazi kundusha 😅😂😂😂😂😂😂
@@Socialifeenoneho nabe ari wowe akihera sha😊😊😊
Twari twihebye koko😢😢 Nahoraga ndebaho nabuza mahoro😂😂😂 my heart ❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤
Kuba nje mubantu 1000 bambere simbimenyereye pe. Uyumunsi mundemere likes nazindutse🎉
Iyi couple abantu bayishyigikiye nkang bakand like ❤❤❤❤❤❤
Iyihe?
Urukundo rwa Jojo na sakara ndarushyigikiye❤ kasha bamutere indobo
Rwose bobo sibikwiye kowiba undi mwana pe!ababyumva nkange musige like
Ababonako Suzi agiye gusara mwampaye like ra niba ntacyo bibatwaye
Ndi murukundo na Rwema ❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤
Noneho mbaye uwambere gusa nishimiye urukundo rwa sankara na jojo❤
Bobo akoresheje amafranga ubukene kugirango amutware proje ye koko😢😢😢 like bavandi nanjye numve uko bimera mbahorane
Sankara ubikoze neza rwose ❤ koresha ibishoboka byose Jojo akube hafi kuko ngewe ndifuza kubona wowe na jojo mukundana peah kndi wumve ko wowe na jojo mbakunda ❤
Abantu mukunda Jojo na Sankara mwandemeye like koko❤❤❤
Bobo Utwaye Umushinga Wa Derike Gusa Ntabwo Ibintu Ukoze Arisawa Gusa Imana Ntabwo Igituma Abantu Bayo Barengana. Team My Heart Ndabakunda Cyanee 💗💕💕💕🌹
Nonese ko ari film nibyo
Azafatwa man
Nsakara abbaye umunu wumugabo aritoboye abishimiye konsakara asabye urukundo jojo abishimiye nimume lik
Gerageza wandike neza
@@HosianneUmutoniwasembega wowe 😂
❤❤❤killerman ndagukunda Imana ikomeze ikwagure 😘
Wazampaye guhura nawe basi tukabonana
Eee ababona ko cash na Sankara bizaba fight ame link✊✊✊✊🔥🔥🔥🌹🌹🌹
Ahubwo nibabafate bumveko ubugome barigukorera derrick ataribwiza knd twizereko atamubwiye vyose kuvyerekeranye nuwomushinga niho azagufatigwa reka turindire turabe ahobiherera ❤❤❤🎉🎉🎉🎉🇦🇪🇧🇮🇦🇪🇧🇮
Sankara rwose! Uri umutekamutwe koko! Nikundira Sankara na Jojo! Imbere cyanee kbs!
Nje kumunota wambere ❤❤❤❤❤
Sankara jojo nakwemerera kunjya mucyumba uzabe Romantic ,nka chris na kelly byadushimisha❤
Nanjye nje mubambere noneho❤️❤️❤️
Murakoze cyubahiro Nyagasani akomeze abarebe icyoroshye
Ndifuza ko yannick azajya kwa bijyiyobijya bakamubwira uriya mushinga wa derke maze bobo akaririmba urwo abonye ndabakunda cyane 👍❤❤❤❤❤
Mwamaye like konajye nazindutse
Jojo nasakara twiteguye komujyamurukundo abotubyumvakimwe nibande❤❤
Abakunz ba mi heart mump like 🥰🥰
Papa Natacha wahemukiye Adolphe uri umugabo wikunda kd wumunyeshyari
Kuva yakena yarahindutse aba mubi which is not good
Ubukene si ikintu!
Kuva yaraziko na Adolphe yafashe ramber yari kubimenyesha Adolphe ko umugore we agiy gufata ramber
Namb one
Uza nyuma ampe aka like
Nukuri ikiganiro cya bobo na nana pee amajwi yabo Ari hasi cyn mugerageze kuzamura amajwi lv u❤
Ese ko mutarikuvuga kwizi nguzanyo ziri murugo rwa Adolpfe na Suzy 😭😭😭😭😭😭😭
😅😅😅 ni ishyano ryose
Kiraman turabakunda ❤❤tubikuye kumutima❤❤❤❤muradushimisha😂😂😂😂
Sankara ubundi yari yaratinze kuza muri team ya my heart pe asigaye anezeza pe
Ohhh byiza cyn Sankara avuze nez kyanee muze mumfashe kumushyigikira
nzaba ndeba intambara ya kasha bamuteye gapapu ya jojo aziyica yooo
Abantu mwakunze Ukuntu adolphe na rwema batonganye mumpe like
Can't wait to see casha crying 😢😢
Mbaye uwambere muntemo
Nubundi uriya muvumo mwarabu yavumye kasha uzakora umuti
Kabis ndabakunda cyanee ❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤
Hy I like my heart hejuru cyane kandi Yannick we love you all the time
Mbega Sankara 😢😢 you disappointed me😮
Nzayino kbsa❤️❤️❤️❤️❤️❤️❤️❤️❤️❤️❤️❤️❤️
Woww Aisha agiye kuza muri my heart❤❤
Yannick rero,jye ndumva kuba warekura mama Bobo kubera ibyo yakoze sibyiza,ntabwo ikosa rimwe risibanganya ibyiza byabaye ahahise,ihangane umubabarire pe😮😮😮❤
Bob ndumva nshaka ko bakuvumbura nukuri Yannkc mbabarira ubitekerezeho 🤲
Murakoze ilove nyambo and Yannick from the Netherlands
Urukundo rwa Sankara na Jojo turarushyigikiye Kandi turabakunda cyane