Aguwe gitumo nabagore batandatu | Babana munzu imwe | Afite abana utabara
HTML-код
- Опубликовано: 14 дек 2019
- Twasuye wa mugabo ufite abagore batandatu bose , hari ababana munzu imwe, mu kiganiro kirambuye na Afrimax TV yatuganirije birambuye icyamuteye gushaka abo bagore bose, bamwe muri abo bagore twaganiriye
#AfrimaxTV
Umugore wakabiri affite umutima mubi 😈😈😈😈 uwambere arasa nuwarusye cyane kubana numuntu ureba nabi sibyorosye
AFRIMAX BIG AP MUHIRWA 🙋🙋😘😘
Iryo nirari Muzehe!! Abagore badatekera hamwe se ubwo babanye neza gute??????? Nta byiza mbonye
Mbega umusaza. Iyi nkuru niyo yambere inteye ikirungurira p. Afrimax rwose nkaba mujye mubihorera ntacyiza baha sociate
Ukunda abagore umugore mukuru ni nyiramiruho yoooo mukecu ihangane
Nihatari
Lazia Mukeshimana masikine mukecuru rwose ni yihangane
Mbegaaa sha abanyarwanda kazi turubu sinziko twabibashape gusa Imana ibahe umugisha ko mwabibashijepe
Nukuripee harikera ubunibindi
Guy guy ibintu..... ntawabivamo
Abana 31 mana yanje ndumiwe koko abuzukuru 81 yesuweee uwomuryanga nimutareba neza bazashakana🤔🤔from🇧🇮🇧🇮🇧🇮
This man is a good manager by the way. Uyu mugabo ni stratège wa mbere. Wagira ngo afite master muli sociologie na filosophie. Kuba bose badashyamirana nuko umugabo azi kubayobora neza, ubundi baza shwanyaguzanya .
Muze urintwari rwose ahokugirango ucaracare hanze wabahuza bagakundana warakoze rwose ahoguta urugo ugatera abana agahinda wabigenza gutyo pe
Ariko ntibyemewe kurarikira undi mugore warashanse nibibi abantu bose bagize irari ryogushaka abagore beshi.
Ibi babyita gupfira muri Nyagasani🤔umugore mukuru yarashize
Naba nawe abe bazwi umubare kandi bose bameze neza hari abagira abatagira ingano kandi nta n'icyo babafasha uretse kubandarika ubundi agataha kuri umwe wo mu gitabo. Uyu yariyemeje kandi byose bimeze neza
@@Ikibasumba1 kumenya umubare ntacyo bimaze,rubanda muzi gushima
@@boladiane2777 ibibi birarutana mugenzi! Nonese ari uhinduranya buri munsi niwe washima ni ubwo bose ntawe uri shyashya ariko uyu yameshe kamwe
I like this chanel Im ti Indonesia
Mukama wanje, uyumusaza wanjye mwamushitseho mute? Afrimax tv mbakuriye inkofero kabisa. Uyo nisokuru wanjye.
😅😅
Yiwe nukuli c
Umugore wawe numwe mukuru abandi nishoreke mandi bumveko ntajuru bazabona
Hahaahahah ijuru na bagore nibintu 2 bitandukanye, bibaye ibyo ntitwaba twizeye ko tuzasangayo Dawidi na Salomon.
Nawe ushobora gushaka umugore cg umugabo umwe kd ijuru ukaribura. Byose biterwa nuko ubibayemo.
Ahubwo, Icyafashije aba babyeyi kwihangana,nuko bose baharitswe
Niko kuri
Ewana Innocent Valentin uri mukazi neza kbx thinkx afrimax tv
Gusa uyumusaza azi ubwenge cyane ku managing ababagore bose ntibyashoborwa nabantu bose nabana nabuzukuru eeee sha urarenze muze
Ateye ubwoba ndumiwe pe
Uyu musaza
Uyu munyamakuru aratangara bikansetsa🤣🤣🤣🤣🤣🤣. I think it's unprofessional kuko bishora gutuma ubazwa ahindura ivisubizo
Harumubanyi wanje afs ba 4
Mbega umugore uzubwenge uzino kwihangana gusa asa nuwashenguwe nagahinda!
Baravuga ngo ubuze,uko agira agwa neza, none se ninde wigeze anezezwa no guharikwa?
🤣🤣👏👏 ntawerataa
Yarabyakiye mu buryo by'ubwenge.. Uyu mugore mukuru yarebye kure
Umugore wambere azi ubwenge
😅😅😅
Ariko nta nuwo yashyizeho agahato. Bose babyemeraga ntawe afatiyeho umunigo.
Uwo musaza azwi kwizina rya Mbanyi ni inyangamugayo cyane kdi yitwaye neza cyane mubibazo byagwiriye u Rwanda.
Iyo utajarajara mubagore uba warakize cyane, ark ibitekerezo byinshi byagenderaga kubwinshi bw'abagore
Mana yajye biratangaje muri vision ntawabyemere byari kera
Ndumva uri nka papa wanjye muze.Niko yaciyeho nari kubahuza kbsa.
Uyu mugore muto afite umushiha
Yewe ntituzongere kubeshyera Diamond ngo ni Gapfizi, iyi si irimo ba Gapfizi bo Ku rwego mpuzamahanga! Gusa uyu mugabo afite managerial skills za danger!!!
Ndakwemeye muze ndakwemeye rwose
Yoooooo uri hatari papa aha 😃😁😘
Iyo myaka yose bakaba bataramukubita!!!!!
Mwarimwamuteguje ntimukabeshye!
Mbega hageze gutera Aka bariro bigenda gute ewe musaza urakaze mugikogwa
Vrament felicitation k'umunyamakuru wacu usigaye wambara neza rwose 👍💪
Mwiseneza jean népomucsène ifaranga rirahariii lol 😆 🤓
Gapfizi araha
Igisaza gikunda ibintu
Biratangaje, umugore muto ariko ameze nk'ufuha😂! Umugore mukuru bamaranye imyaka 36 ariko imfura yabo ifite imyaka 39
Mwabonyeko amatariki batayibuka neza kandi ashobora kuba yaramuteye inda mbere
Ashobora kuba yarahatashye afite umwana muto
Aba ni abahano mu bugarama hari abandi bagore mu murenge wa gikundamvura
Nanjye nzahambarira pe💃💃💃
This is unbelievable
UMUSAZA MBANYI umusozo ukazo ukaze cyaane
Ikibazo umugore uza bwa gatandatu aba yumva aje kurusha iki batanu babanje koko aka ni akumiro
Yewe nukuri birababaje jyewe ngaya umuntu ushaka undi mugabo kandi azinezako afite undi numva aramakosa
Ahubwo ivyobikecuru vyarasaze
Hhhhhh,aba yarabuze umugabo that’s it!
Ubwo mugera mukarere ka Rusizi muzanasure umurenge wa gitambi, wenda mwakorera ubuvugizi abaturage bawo bakabakorera umuhanda uhuza ibitaro nya mashesha - mibirizi . Kuko biragoye kugeza nuburwayi kubitaro bikuru byi mibirizi na gihundwe, kuko ambilanse igomba gucisha umurwayi mubugarama imujyana imibirizi.
Abuzukuru bazanjya bashakana ni mureba nabi
Haaaa uvuze ukuri kbs
🤣🤣🤣🤣🤣🤣
N'ubusa gusa, ni k'Umusiguzi agize; n'ubusa gusa, vyose n'ubusa. Umusiguzi 1:2
81 petits enfants 👶 Moohlala je suis sur mes genoux nakumiro.🤔🤣🤭🤭
Muzehe ubwo sibirogano kugira abo bagore benshi 🤔
Uyu musaza ndumiwe pe cowboy 🤠
Icogisaza gifise irari ryabagore pu uwomukicuru yararushe
Unva abagabo birirwa biruka mubagore mudukobwa mukabyara abana batazamenya base mufate icyemezo nkicyuyu musaza muzaba murbagabo uyumusaza nubwo adahuje nukwemera kwabachristo nibura afite ubumuntu ese muziko harinkubaganyi zisambanya abagore batatu kumunsi zihinduranya zititaye kubizakurikira
?
Ibi bintu nibwo nabyumva pe 😅😂🤣
Inpfizi ya karere kbs
Ati uuuuuuuhh uyu munyamakuru akunda gutangara ati ughuuuuuu
Ariko ababantu barusizi bafite imico nkiyabanyecongo ibi biba congo niho usanga umugabo afite abagore5 bose babana munzu imwe batandukanyijwe nibyimba byabo bararamwo
Ugiye gushaka undi se kd ko wavuze,ngo uzaba ufite ubukwe?🤣🤣🤣
Musabyimana Marie Louise ariko se umugongo we buriya koko umeze ute?
Yasubije nkuwo mwateguje sha
Baramuteguje nyine
Ninumusirimu
Umwanda
Uwambere avyanka ni jewe 😂😂😂
Ibi nibitangaza ndaq nihatari uyu mugore mukuru arihangana pe
Nuko ntabubasha mbifitiye uyu mugore wa mbere nakamwambitse umudari yarihanganye bikomeye urabona ko uwo wa 2 afite ijinyori rwose kuko mu mvugo no ku maso bose barigaragaza uko bameze
Ntavyonoshobora
Ngo azasubira abakoranye hamwe kuri noheri ngo basabane dore ko ngo azaba afite ubundi bukwe 🤣🤣🤣
Mère chef Ma bea tekereza! Uwa karindwi! Ese ubwo azaba afite imyaka ingahe koko?
Ntacyo bitwaye pe! Uy'umusaza n'umuntu w'umugabo .
Banyina nibo babarihira amashuri
Arikose ko mbona iyi nzu arinto nkumva babyara kenshi ubu privacy ibahe nabo bana bose nabagore munzu imwe ahaaa yewe imyuka yo gusambana ibaho pe bikitwa ko ari ugushaka abagore benshi ubuse abana be ababonera igihe koko
Haaaa narumiwe koko 🤭😄
Cyangwa uri sogokuru wanjye
Non uzarongora uwundi ko uzaba ufise ubukw?
Akantu keza yakorewe arakabuze disi
Yewe nagobyoroshye
This is man he is good how to do
Ahubwo c uramutse upfuye iyonzu murimo bakomeza bakayibamo? Cg batandukana.
🤔
Ubuse abakolela pyasu gute guys 😂😂😂😂😂😂😂😂😂
Ikibazo cyawe kiransekeje 😂😂😂😂
Abaha iminsi buriwese abaziko umunsi we wageze
Uranyishe WW😂😂😂😂😂
Sha uransekejeee kbsa!!! Bwari bwije ntasetseee😀😀😀😀
Uransekeje Imana iguhezagire
Ntibasangira ibiryo, umwe ateka ukwe . Ntibinjirira mu muryango umwe.ntibabana .
Nonese ubwo akora iki ??? Yakuyehe iminani yabana 31 ndumiwe
wabinjiriye nabi wangu.wagirango niwowe ubahahira
☺️☺️☺️☺️☺️☺️
Ibi bintu Ni byiza kbisa!!
umugore buri munsi w’icyumweru, uwa nyuma akaruhuka!!!!! Dushatse twabita Monday, Tuesday, etc
Nta Mana itangira umugisha mubagore barenga umwe musaza ubwo nubusambamyi urimwo mbona uzabupfiramwo
Ntabwoyavuga akababaroke kdi arikumwenuwomugabowabobyamugwanabi.nahubundiburiya yarashize.ntamugore ubyakira uretse amaburakindi.arutase abagorebintumwazabayeho,nka abagoreba yakobo,aburahamu....
Uyu musaza ashaka kwiyagurira umuryango
Aba bagore barigiza nkana umwe arigupfira muri Roho iyo mwumvikana muba muteka inkono imwe mugasangira urumvako mudahuza après wenda murumvika gusa kuko mwabuze uko mubigenza
Kuki badateka inkono imwe ra
@@janni520 urumvako harimo abantu ko kudafatanya ngo ntibinjirira no mumuryango w"inzu umwe
Akumiro ni amavunja kabisa
Abana bariho: 31 🙆🏾♀️
Ibyo byitwa uburaya puuu biragatsidwa nimana murwanda ntibibaho ibyo nibyo bizana ubucyene.
Inkozasoni yumugabo ubu wasanga umugore wa 6 afite imyaka 25 mana we yesu uzazaryari koko😭😭
Yewe ndashubijwe batandatu nipfizi nukuri pe
Njyewe turaturanye kuri noheri azarongora undi mukobwa wakeza, Kandi avuga ko azarongora mpaka apfuye
Wamunyamakuruwe uzi kubaza se
nta Mana yikuremwo
Abagore barabana, umugabo abahe ?
Mukora akazi neza pe
Ese uyu musaza yaterese umugore wa gatandatu ngo iki?
Uyu musasa yarakoze akazi pe
Je ndakunda abagabo nkaba
ikirenzeho yambaye ishapule asengamwo, nkumukiristu widini yiwe, kabisa.
Hhhhhhhhh narumiwe koko
Byabagaho kera ubu numwe arakugora ukaruha
Nakumiro kweli!!!!
Umugore mukuru yararushe ihari tiragastindwa
Umusaza ibintu yabikoze neza
ha ha ha Muhirwa wewe witwa nde?
Ntagitumo mbonye aha,bahora biteguye c?
Abana 40 yabyaye
Emwe uwo mutama yari yipanze pe
big respect to this old man I need more than 6
Yes bazina ndabona afrimax barakwakije ukwezi kwarashize nukuzangurira rimwe nanjye nitwa Innocent 🤫
Ubutmwa bwuyu musaza nibyiza pe
This is real Man