Umugore wanjye Yantaye Kuko ndi Umukene Nyuma Arabyicuza | Niba ugira Amarira Hafi Ntuyirebe
HTML-код
- Опубликовано: 2 окт 2024
- Twasuye wamugabo wirirwa ahetse umwana wimyaka 7, Mu kiganiro kirambuye na Afrimax TV yatubwiye agahinda yahuye nako nyuma yuko umugore we amusigiye aba bana wenyine, ndetse akagenda ntakintu avuze
#Kumufasha_0782732944
Hamagara 0782732944 wifuza gukomeza kumufasha.
Imana ibahe umugisha
Imana iyiguhe inzu
Yewe umugore utinyuka guta abana nkaba ninyamaswa
Imana yabigejye neza cyaneee yarakoze
Abamufashyije Imana ibahe umugisha ❤
Courage papa mwiza
Wasanga Kazungu yaramwishe ngo yagiye iwabo uzabaze neza
Nabyo byashoboka
Emwe abantu barabaye inyamaswa pe nkumubyeyi yubahuka agata abana ntabumuntu buba bumurimo pe😢😢😢😢
Wasanga ari na prank .wowe abantu biyiminsi ntabwo ubazi
@@edissanyirahabineza445 shaaaaa sinibazak iyo yobari plank
Ntibisanzwe muzadukulikiranire. Uwo mudame,wasanga yarahuye na Kazungu
Uwiteka akomeze abarinde
Umudamu wagiye kubise by’abana bangana gutya agatinyuka akabata kko 🤔umutima w’urukundo wagiye he kko?
Imana ishimwe cyane
Nukuri lmirimo ukora lman izayiguhembere kuko lmirimo yabera izibukwa imbere yimana
Mana uwomu gore ninyasha pe abamabazabaho
Yoooo
Umva umugore wawe nagaruka nimuzabyere yabasize abareba
Akanakumiro nukuri,nsinzi uko vyogenda kugira nte abana banje.
Nukur namwe Imana igibiyereka rwose 🙏🙏🙏
Umugore ata abana ntaho ataniye na satani wihangane Papa w'abana abana numugisha bazobaho.
Mujyemwihanganira ibibajyerajyeza
Imana ihezagire abantu bitanze nukuri
ihangane ubuzima burakomeza abana numugisha
Ariko kucyi kok abantu batakigira umutima kok😢😢
Imana ishimwe cane kandihezagire abitanze
Yooo Imanishimwe cyane rwose imana ikomeze kubarinda
Ntazakugaruke imbere ninzoka sumugore
Abagore nkabo n'amashetani
Aflimax ubanza itubesha
❤❤❤❤
Komera imana izaguha umugisha❤
Ntabukene Kuko abayagiy mutaravyara abana banganauko ataragenda ubundi usanga haringorane abarundi turihangana
Mwihangana ntasoni wabonye umubyeyi usiga uruhinja vuga uvuyaho uwanjye yamuntanye afite amezi cyenda kwisi ntabagore babi babaho nkabarundi nibo bagome nabonye ubuse ntahari sukwirirwa arirango njye numwana tumubabarire mukunda ubunzi sindabona ubu umwana yiga muwakane secondary ubu aratwicuza ntaho yadukura gusa twaramubabariye ariko ntibikurahoko arumugome
Uritwari peeeee
Jjwgihe❤❤🎉😂😊
Jsixici
Yenda umugore yarapfuye.
Ntibyoroshye kabisa
Imani shimwe
Ikibazo mutwereka ko mubahaye amafranga nyuma yakamera.mukayagabana mukababwira ntibazabivunge twarabamenye shahu
Naho umugore yaba mubi gute, niyaba mubi aho guta abana. Condolence maman wa twin sinzi impamvu udahari ark umugore ndamuzi niyakora ibi kubyo ubusa, hari impamvu ikomeye kd nyihaye agaciro😂😂😂😂😂
Ndashimira papa wandeze nyirimuto abandibana bakambaza mama rihe????
Wasanga waramubeshye ko ufite ikofi mbere yuko mubana. Cg waramudihaga ?
Uwo mugore sinamushyigikira ariko buriya nawe ahawe microphone akavuga wasanga nawe afite impamvu ! Kuko ntabwo mwabyarana abo bana bose ngo agusige nta mpamvu!
Muzarebe neza ko kazugu ataba yaramwishe
@@mutegarugorivanessa6556 Nabyo birashoboka !!! Bazabigenzure neza !
Murakoze
Niibyo rata NTA mubyeyi wumugore wasiga abana bangana uku ntampanvu
Yego ibibazo birabaho ariko yarigupfuma agenda atwaye abo batoyi akabonsa .
Umvubucucu bwanyu bwogukunda amafaranga none c yarinze ababyara abobana Bose yabonaga ahari ubwo nawe wabata kubura ubutunzi c bimuha uburengnzira bwoguta impinja