Ibimenyetso Mpuruza Bikwereka ko Watanzweho Ibitambo i Kuzimu😭Kandi ko uboshye😨Uko Abantu batwarwa💔
HTML-код
- Опубликовано: 16 окт 2024
- #Pamphile_0785781442 #Beulah_Uwashyingiwe
Abagenzi barangije igihugu kiroga, bagera mu gihugu cyitwa Beulah, risobanura ngo Uwashyingiwe (Yesaya 62:4). Icyo gihugu kirimo ikirere cyiza cyane kinezeza ugihumeka. Inzira y'abajya mu ijuru ikinyuragamo; bamara iminsi baharuhukiye. Bumvaga inyoni ziRIRIMBA iteka, bakabona iminsi yose uburabyo burabya, bakumva inuma ziguguza. Muri icyo gihugu izuba riva ku manywa na nijoro; abakigezemo baba barenze igikombe cy’igicucu cy’urupfu. Kandi cya gihanda Bwihebe ntikibasha kuhagera; Kandi Abagenzi bahageze baba bitegeye ururembo bajyamo, ndetse bahahurira na bamwe bo muri urwo rurembo, kuko abarabagirana bamenyereye kugendagenda muri icyo gihugu, kuko gifatanye n’icyo mu ijuru.
USHAKA GUFATANYA NATWE MU BURYO UBWO ARI BYOSE TUVUGISHE KURI 0785781442
Email:beulahministry2012@gmail.com
Imana iguhe umugisha kuko ibyo wigisha bimaze kutugaragariza ko tumaze imyaka n'imyaniko munsengero ariko ntacyo tuzi pe! Gusa dutangiye kumenya kubera wowe Dr Samuel! Imana iguhe umugisha utagabanije.
Murakoze cyane kubwikiganiro cyiza cyane mutugejejeho.Gusa ndasaba Imana imbohore imbohorere n'abana mw'izina rya yesu .mbohora Data
Beulah tv itanga ibiganiro bifasha benshi nayje ndimo. Natangiye kureba ibiganiro bicaho , mpigiye vyishi. Murakoze cyane . Uwiteka akomeze abakoreshe mw’Izina rya Yesu.
Wamugabowe wagirngo urandebap ntakintu uvuze kitarikurinjyewe Imana iguhe umugisha
Ndumiwe gusa😢 nangr pe
Urakoze.cane.imana.iguhezagire.uzatubwire.uko.kimwe.kimwe.camuvako.muriyo.migozi.yabadayimoni
Abantu batangaho abandi ibitambo Imana ibagenderere
Pamfille IMANA iguhumugisha
Kumpuguro uhaye penina
Kandi koko satani numugome
Ahora muburyo butandukanye
Ahubwo twebwe abizeye YESU-KRISTO mureke dusabe IMANA ubwenjye tujyirumwifato wabamenye YESU KRISTO umwami wamuriro.amen
Yoooooo Muhabwe umugisha.
Satani aratwanga weee .
Tukabeshyera Imana ngo ntamugisha yaduhaye, kandi turi imbohe!!!
Abantu twarashize pe turaboshye kdi turi nabachristo.yesu dutabare
Ndagukunze mukozi wImana Abantu benshi baraboshye kdi abenshi turimunsengero
Ijambo ryawe ririmonukuri Dr. Imana ikongerere imbaraga
Murakoze pe uziko ibyo bimenyetso ubivuze nkumva byose bindiho nyirumusiramo nasambanaga nabadayimoni ariko kuba nakwakira yesu nimukiza byarampunze
Urakoze ibyo nukuri pe habwa umugisha nukuri turabyemeranya
Ahubwo abantu 98% bo kw isi turaboshye ariko Uwiteka IMANA ashimwe ko yakuzanye Brother Samuel murakoze cyane.intango yo kubohoka nukumenya ukuri.May God bless You
Urakoze cyane turumvise
Doctor murakoze cyane! Ibyo muvuga ni ukuri kdi ndushijeho gusobanukirwa muri bimwe mu bimenyetso umuntu agenda abona
Excellent
Doctor urakoze cyane. Ibyo uvuga siwowe ahubwo nimwuka wera muriwowe. Ibyo uvuga nihishurwa rikomeye wagize ariko ikibabaje nuko benshi batarasobanukirwa nimikorere y' ibikorera mw'si y'umwijima
Nukuri ivyo muvuze bibaho kandi turafashijwe lmanibahumugisha
YESU nashimwe bavandimwe muri KIRISTO YESU mubyo muvuze byose mpura nabyo ndarwara nkaremba nanjya kwivuza bakabura irwara mpora numva umubiri wanjye uhekenywa IMANA Intabare
Imana.ibahe umugisha cane ibibintu birakome pe umukozi wi Mana azagaruke atubwire nibindi tumenye ukotwabohoka nukuri nibyo umukozi with Mana
Mana dutabare nukuri jewe aho ndara ntahonzi kweli Kandi nihabi ariko nizeye imbaraga z'Imana izankuraho ayo marushwa🤲🤲🤲🙏🏼
Mwizina rya Yesu bohoka
PamphiI ndahwemera Imana ihwagure namavuta menshi
Imana ibahe umugisha
Ibibyose Bindiho.umujinya.udakontolorwa.kwibagirwa.Mfite umukobwa 29 y.Amavuko.anyara kuburiri.Ntabwo Arashaka.None mundangire umuti.Murakoze.
Imana iturengere ahubwo twarashize mutubwire ukuntu umuntu byamuvamo
Umukozi w' Imana yakoze cyane kucyiganiro cyiza kuko ibyo yavuze byose nukuri Pamphile wakoze kumutumira🙏
1. Ubwoba budafise impamvu
2. Ibintu bikubako udafitiye contrôle
3. Inzozi wibona urahandi hantu
4. Ukubaho ubuzima bwiyanka, wiyanse
5.
Pafi mugihe tumaranye uzana abantu bafitumwuka w'Imana
Urakoze.umuntu.yabohoka.gute.none.yasenga.gute.kugira.bimuveko.abe.uwemewe.nimana.murakoze.inyishu.nziza
Yoomanawe ndagukunda imana iguhe umugisha
Merci pour la connaissance !!!
Imana Ibahe umugisha.
Imana yomwijuri udutabare
X
YESU mbohora ubohore abàna banjye amen
Yesu ashimwe, none umuntu ufite ibyobimenyetso yakora iki?
Asante
Murakoze cyane
Mukozi w'Imana
Murakoze caane
Icyo gitabo Pamphile mukigurisha mute kiboneka gute ,hehe?
Ni umukunzi wa Beula
Yesu ndatahuye, Babarira unambohoro vyose nijewebibaho
Amahoro cane.Jewe abana banje barabatanze ikuzimu kuko mbana nabarozi.None nosenga amasengesho ameze gute kugira ngo ndababohoze?
Muzakomerezaho
Munsengere
Nukuri harabantu Imana yaziganyije batapfukamiye bayari
Imana ibahe umugisha professor ivyo bintu nanje niko bimeze mudufashe number tubaze ingene tubohoka
Inyisho nziza
Imana iguhe umugisha
Mana yanjye ndumva byose bimbaho nukuri nubu ndarwaye kandi iyogiye kwamuganga basanga ntacyorwaye, nonese Mukozi w'Imana nakoriki go mbikire?kuko mpora mumubabaro undashira. Byose uvuze bimbaho kuburyo maze kumva ndambiwe.
Narasenze narariyirije byaranze, nkoriki?ndagusaba kungirinama murakoze.
Imana ibohore abantu kuko benshi baraboshye peeee
Imana ibahezagire cyane ibi bintu bibahocyane.turategereje 2eme partie
Izi nyigisho zije hageze.
Imana ibahe umugisha.
None umuntu azi ko arota izo nzozi yakora iki ngo abohoke?
Wakoze kuzana uyu muvugabutumwa. Ibi ari kuvuga nukuri. Ahubwo abantu nibisuzume kubimenyetso avuze dusange Yesu atubohore
Ibyo byose bimbaho cyane pee
Imana ibimuharuko nkokugororoka
Mana uterengere nukuri🙏🙏
Reka mbasabe muzadusobanurire. Kohari intambara umuntu araranwaana n'abo umuntu azi, ukarwana n'inka ikihindura umuntu waniga icyo gikoko cyajya gupfa ukabona ni umuntu urikugusaba imbabazi.
Yesu wange mbohora,na bana bange
Nimufashe mwokabyaramwe ndimuriyuganda ubuzima bwofite nubwo musengere
Pamphile we ni munsengere p nange ndumurokore ariko umugabo wijoro arandembeje p plaise help me 🙏
Nukuri IMANA idutabare imbohore
Imana idufashe cane niyo yo kuturinda ndumva bitoroshe
Mana weeeee nukuri icyo cyambere ninjyewe ubwoba bwurupfu kd umuntu nabugizeho birangira apfuye
Abakozi b,lmana batavangiye mwubahwe pe
Jewe ibyo byose uvuze bimbaho. Abagabo b, ijoro, kutazamuka muri promotion abaje nyuma yanjye bakongezwa nkagumaho nareba nabi nkirukanwa, amafaranga nkayabona ,ubwo ibibazo bikagondora, kunona mpfa banteye icyuma mu mutwe, ahandi nkabona Bari kundasa igihe cyose mba ndi mu buzima bwa kwiyanka no gusanga kenshi nivugana biturutse ku bintu nyuramo n, ibindi byinshi .Murakoze
Ayiwee humura 😢
IMANA IGUHE UMUGISHA UTAGABANYIJE...
Komeza utubohore.
Imana idutabare
Ibyo uvuga n, ukuri kuzuye! Nzi umuntu umeze atyo p! Ahubwo mumpe Numero y,uyu mukozi w,Imana nzamuhuze nuwo murwayi kuko ntazi ibimubaho
Uko ni ukuri kabisa
ABO NI ABANYEDINI , NI BO BAHORANA UBWOBA KANDI KIRISTO YARADUCUNGUYE M'UMWUKA W'UBWOBA. KANDI YAMAZEHO IBYAHA.2 Timoteyo 1:7 Kuko Imana itaduhaye umwuka w'ubwoba, ahubwo yaduhaye uw'imbaraga n'urukundo no kwirinda. 1 Yohana 3:5 Muzi yuko uwo yerekaniwe gukuraho ibyaha kandi nta cyaha kimurimo.
1 Yohana 3:8 Ukora ibyaha ni uwa Satani, kuko uhereye mbere na mbere Satani akora ibyaha. Ibyo Umwana w'Imana yerekaniwe ni ibi: ni ukugira ngo amareho imirimo ya Satani.
Mutubwire ukuntu kimwe kimwe umuntu yagenda abyikuraho
MANAA ntabara.nanje ndaboshe, MANAA ntabara, kurya cjane, ubwoba ,kurota nabi.Manaa ntabara
Umukama atugwanire mukozi w'lmana.nyene sinzi isi turaramwo ,tuvyuka twarushe.
Imana Data wa twese niturengere Kandi iduhe imbaraga zo kwibohora iyi migozi y' umugome satani 🙏
God bless you 🙏
Mana weeeee ubwoba rwose bwurupfu ndabugendana nukuri wasengeye
Yewe nanjye ndumva nkeneye kubohoka
Mutugererw kungingo y'ukuntu abantu babohoka.
Uko nukuri prof Sam urimukuri pe
izo link zagufasha kumenya imikorere yuko bakuboha nuko wakwibohoza
Ziri heh?
Nukuri Imana idutabre.gusa nimuduhe numéro
Nigute x utakwiheba mugihe ubona ntahepfo ntaruguru cg ntahuva ntanaho ujya
IMANA ituregere 🙏
Ibyo uvuga nibyo gusa hari ikintu kimwe udasobanukiwe bijyanye no kubohoka uzabikoreho research kuko hari a akazi bimana bafite impano yo kubohora batari abo uvuga basaba amafranga
Narashize ngewe ndaryama maze gusenga saacyenda ngahita ndota ibintu bibi ,ngewe jyakugera kukintu bigahita bisubira inyuma ntacyerekezo ,ntabuzima ,nta nta,nta, ibyo byose ningewe mbona nenda gupfa Imana intabare
Imana intabare pe kuko mporana ubwoba nagahinda
Najyaga ngira agahinda n umujinya mwinshi ariko maze gukizwa neza birashira. HARI UGUKIZWA NO GUKIZWA NEZA
Bohoka mw'izina rya Yesu christo. Amena
Nn umuntu yobohoka gute dusenge gute
Cyakoza ntarinarabuze umuntu nkawe kbx nange mbyakundaga kumbaho urwana nibintu utazi kd uryamye uwo muryamanye atakumva iyo byazaga narwanaga nokuvuga ngo yezu we. bigahita bindekura nukuri Umwami Yezu ariho kd na sekibi nawe nuko tumenye Umwami wacu yezu ntacyo tuzaba murakoze.
Icecekere ninaha byaje rindira gato muzumirwa
Thank you professor ,
Njye ndashima cyane kuriyo nyigisho iramfashije cyane haraho inkuye naho injyanye.
Mutubwire uburyo twabohoka nahubundi twashize peee
Twakwifuza kuvugana na Prof kugira ngo atuyobore muburyo bwo kubohoka. Kuko ntabwo byoroshye rwose
Bibaho pe Imana iturengere
Ibimenyetso bitanu byatwereka ko koko umuntu ari umukozi w'imana?
Ibyo bitanu uvuze ni ibiranga umuntu amaranga mutima(emotion, santiment) biri hejuru naho logic (mind,gushyira mugaciiro,kuba we we) bira Hafiz ya ntabyo
Abantu nk’amwe Imana ikwiriye kubarinda isi irabakeneye cane muramfansha cane
Numero za Dr Sam please
Muduhe number za professor pls murakoze
Mana we, Ivyo bintu hafi ya vyose bimbaho, Ubwoba, amafranga mutima, irwara ziza ryamwe….,,,,,nukuri Mudufashe mutubwire uko twabohoka.
Yebabaweeee none ninde Uri buntabarishe isengesho. Reka nkomeze numve! None tubigenze dute?
😭😭😭😭😭
Muzadusobanurire iyo abaganga babuze indwara bakavuga ngo ni emfectin
Yebabaweeee