98-c. Uko Wabana n'IMANA Muburyo n'Amateka Byawe \

Поделиться
HTML-код
  • Опубликовано: 18 окт 2024

Комментарии • 24

  • @Nyiramahoroxxx
    @Nyiramahoroxxx 7 дней назад

    Wowe ko witwa John kuki utahinduye izina muri kutuvanga

  • @rulisa1131
    @rulisa1131 4 года назад +1

    Maze iminsi nsoma igitabo "Caesar's Messiah" cya Joseph Atwill kuri recommandation yanyu. Ibintu ni hatari! ahubwo nintabona uwo tuganira umutwe uzaturika hhhh! Murakoze cyane rwose, Mugabo!

  • @higiroprotegene338
    @higiroprotegene338 4 года назад +2

    Ikibazo mfite jye nuko wenda ibyo abazungu bazanye ibyinchi harimo ibinyoma ark nibi uvuga nabyo bikaba ibindi binyoma kd nabyo nabazungu babicura ahhhhh

  • @kisakyebetty3916
    @kisakyebetty3916 4 года назад +2

    Mr mugabo komereza aho dukomeze tujijuke koko ngewe ndakwemera cyane kuko nasengaga imana nzima nkasubizwa ariko ntangiye gusenga imana yindi babwiye sinongeye kumenya inzira zange sinongeye kubona ibitaraba nahise ndindagira peee

    • @higiroprotegene338
      @higiroprotegene338 4 года назад

      Erega nubu Mugabo nawe arimo arakuremera indi yigerageze ahari izakumva gusa nkufitiye inkuru mbi ko nta cyo uzakuramo ahubwo ibyambere wigishijwe mucyinyoma (iyobokamana) ibibyo byaba mugabo babizanye kugirango banogonore burundu ubwenge bushobora gushakisha Kumenya Imana, hanyuma tukaba barukurikira izindi burundu rero iyukoma amashyi muvandimwe ntamakenga uba umeze nka Bana bakina umukino wo kwihishanya mumatware yuru ziramire (ptn

    • @odettewibabara3957
      @odettewibabara3957 4 года назад

      Higiro we birababaje ibyurimo kandi igisekeje cyawe nuko wibeshya ngo uzi ukuli ntanumwanya nfite wo kwandikirana nawe

    • @higiroprotegene338
      @higiroprotegene338 4 года назад +1

      @@odettewibabara3957 hahhhhh erega sindi hano ngo nkwemeze nukugirango nkwibutse ko ushobora kuba wugamye izuba mugiti kirimo inchira ya kabutindi(ubugome bwitwikirije amayeri kd nabyo byabazungu, so my sister iyo mvuga ibi ndabizi neza icyo nsaba buri wese nukutasamira ibyo tubonye byose kuko namadini nuko mwabyasamiye mwakuyemiki se atarukumva ibyo mubonye byose

    • @kisakyebetty3916
      @kisakyebetty3916 4 года назад

      @@higiroprotegene338 icecekere weee ntuzi aho navuye nkifite imana ntuzi nuko nari nararindagiye ngo ndasenga imana ya isiraheri isaka na danyeri ntuzi amafaranga yange nahaga abapasiteri ntuzi inzara ntabuze icyo kulya

    • @higiroprotegene338
      @higiroprotegene338 4 года назад

      @@kisakyebetty3916 hahhhhh rwose iyo siyo wari warayobye kd siwowe gusa natwe nuko gusa twaje kubona umucyo wuzuye Ubu turaryama tukizigura gusa mfite impungenge nkurikije uko uvuga nkakekako wazongera kuriganwa kuko Ubu aho nturimo gusenga ya Mana yimpimbano kd yo mubitekerezo haribintu mwishuka Ubu ngo buri muntu afite imana ye zimeze nka zimwe zabayapani ibyo bikumahoroniza igihe gito hanyuma ndumva ukeneye kuvangurirwa ibinyoma 2 bigaragara mu rorigion nibi bitekerezo gusa utagirango ntiharimo gucurwa nibindi nyuma yibi bizagenda bivuguruzanya mpaka ikigaragara ibibintu usa nkaho ubyumvise vuba kd bimaze igihe haraho bigera bakaniyahura

  • @nzabakirafalexis2551
    @nzabakirafalexis2551 3 года назад

    Uko ni ukuri rwose kdi murakoze John

  • @ndayishimiyedavid4364
    @ndayishimiyedavid4364 Год назад

    Mugabo ko twakubuze?

  • @nzeyimanajeanbosco8955
    @nzeyimanajeanbosco8955 4 года назад +2

    nta kiganiro na kimwe kijya kincika rwose no murugo mba mbyumva kuko byarambohoye kuburyoo numva mfite umutekano n'amahoro murinjye ntoigeze mbere. ubwoba no kwiheba nibyo biba mu banyamdini n'ubwo bagrerageza kurenzaho bakiha mahoro nyamra mubyukuri badafite

    • @higiroprotegene338
      @higiroprotegene338 4 года назад

      Dufite abantu babaye muribibintu ndetse babaye nabacengezamatwara yiyi idiorg, ntamahoro buretse ikinya cg igitwikirizo kubgonko hanyuma ukishuka temognage zabyo sinziza kd koko namadini yaradushutse ntiyaduha umucyo wukuri, bituma duhungira ubwayi mukigunda jye nakurikiye izinyigisho mbere yanyu

  • @higiroprotegene338
    @higiroprotegene338 4 года назад

    Kuko wowe Mugabo uvuga ibi nibyo usoma se ko handitse byinshi la haribindi bitaraza kd nabyo byacuzwe nabo kukagambane

    • @kisakyebetty3916
      @kisakyebetty3916 4 года назад

      Sha uri njiji cyane haranira kwiga wihakana ibyo utazi

    • @higiroprotegene338
      @higiroprotegene338 4 года назад

      @@kisakyebetty3916 hahhhhh sha tuba tuvuga ibyo tuzi dufite nibimenyetso iyo utukana rero uba ufite ikibazo

    • @jeandedieutuyishime7697
      @jeandedieutuyishime7697 4 года назад

      Instead of being closed by beliefs, be opened by wonders.by the moment you believe, you will not seek. A believer can't be a seeker, a believer lives in solace.

    • @kisakyebetty3916
      @kisakyebetty3916 4 года назад +1

      @@higiroprotegene338 ntabyo muzi mucyemerako abyandiswe kera cyane aribyo mushingiraho ngo nijambo lyimana 🤔imana muvuga yarangije kuvuga irangije irapfa kubulyo itagishobora kuvugana nawe uyu munsi ???ese kuki ari imana yanyu ivugira ku mpapuro nta mutima ngira kubulyo itaganira nange????

    • @higiroprotegene338
      @higiroprotegene338 4 года назад

      @@kisakyebetty3916 nonese ubundi ibintu uvuga ndumva arinkibyabana nindese ukubwiyeko itari muritwe tuvugananayo buri segnd, sinakubuza kwakira ibyubonye byose, ikigaragara nuko nibyo byakera ntabyo uzi wenda bitewe namateka yawe, sinakurenganya ikigaragara nuko ntabyo uzi ukabaza ibibazo ufite ex:ninkoguhakana ko u, s, a ntayiriho kd ibikorwa numwana yabikubwira, haramakosa yakzwe na bazanye Evangil nkana