ARABISOBANUYE: GUSENGERA ABAGORE KU BUPASITORI, AMAPANTALON N'IMISATSI MURI ADEPR N'IBINDI BIVUGWA

Поделиться
HTML-код
  • Опубликовано: 7 фев 2025
  • #GUSENGERA_ABAGORE_KU_BUPASITORI #adepr #gospel

Комментарии • 369

  • @epiphanieahadiiradukunda671
    @epiphanieahadiiradukunda671 13 дней назад +3

    Imana izabagirire Ubuntu ibahishurire ukuri

  • @NSENGIMANAJean-z7c
    @NSENGIMANAJean-z7c 13 дней назад +3

    Ubundi abantu baguye barangwa nokwirata igihe bamaze mwitorero harigihe waba umaze igihe mwitorero ariko utaramenye lmana kuko jyewe nabatijwe 2004 menya lmana 2017 abafarisayo igihe baribamaze mwitorero cyaricyinini ariko ntibamenye yesu kugeza ubwobagambaniye yesu baramwica nugusenga cyane kumenya uvuga ukuri biragoye

  • @m1tyty913
    @m1tyty913 4 дня назад

    Mwasomye ijambo ry,Imana mugakora icyo rivuga koko 😢inondi byose ntacyo bivuze ku Mana yacu,ni ukuli Yesu arababaye cyne kubera ubwoko bwe burimbutse buzize kutameya😢

  • @MunyentwaliReverien
    @MunyentwaliReverien 14 дней назад +8

    Itorero Rya Penteconte Abariyoboye Murimo Kuriganisha Ahantu Hakomeye Kandi Habi muburyo Bwumwuka

  • @RutagaramaAloys-k7u
    @RutagaramaAloys-k7u 14 дней назад +11

    Mwaramutse bavandimwe
    Nimujye murebera kuri Yezu Kristu niho muzasanga ibisubizo byanyu
    None mbabaze mubo Yezu kristu yahamagaye yashinze kliziya ( itorero ) ese ko nta mugore wari urimo abatuma kugera Ku isi yose ngo bajyaneyo inkuru nziza nta mugore wari urimo ese mukeka ko yibeshye ? Oya Yezu kristu ntajya yibeshya !! Nimumushingireho mwiturize
    Reba nawe
    Imisatsi yewe ibaye ikibazo yewe birasekeje cyane
    Yezu kristu yadusabye gusukura imitima yacu naho imisatsi imyenda n' ibindi..... Nta gaciro imbere y ' Imana
    Ex : umukene udasokoza cg se afite imyenda icikaguritse ese Mukeka ko Imana imwanga !!!!! Oya !!!!! Nimushishoze icyo Imana idushakaho
    Biroroshye :
    Yezu kristu niwe shusho nyakuri y' Imana itagatagara bityo uwo niwe tugomba kumva no kumvira nubigeraho nibwo uzavuga ko ufite mwuka wera ( Roho mutagatifu ) ibindi singombwa ko bikuyobora

  • @bigjoseph1598
    @bigjoseph1598 14 дней назад +8

    Umukobwa cg umugore wambara neza akikwiza nubwo yaba atemera nabonye bimuha respect. Ikindi nabonye ababikora gutyo baba bari proud yabyo.

  • @Gospelsailors-jt9fi
    @Gospelsailors-jt9fi 13 дней назад +1

    Good explanations for women Pastors

  • @pasteurnyandwimugisha4316
    @pasteurnyandwimugisha4316 14 дней назад +15

    Erega ADEPR ntabwo ari ITORERO RY'IMANA, Ahubwo ni ishyirahamwe, ry'abantu! nakomeje kubivuga kenshi, Idini si iry'Imana kandi Imana ntiyigeze ishinga amadini.

    • @oliverantonio8925
      @oliverantonio8925 14 дней назад +1

      N'ayandi madini yose ariko ni uko ameze, ni abantu bishyize hamwe ariko bagamije kujya basengera hamwe, bakanigira ijambo ry'Imana hamwe bakanagendera ku mahame amwe.

    • @Emmanuel43167
      @Emmanuel43167 14 дней назад +1

      ​@@oliverantonio8925iki kihishe abantu benshi cyane barangajwe nintambara yogushaka ko ADEPR isa nabo
      Gusa Ibyago nuko nabashumba bacu barikutusanisha nandi madini
      Gusa ntitwakwirengangiza ubuhanuzi (government imwe, idini rimwe ahasigaye na antichrist umwe) nibindi byinshi nkifaranga rimwe,....

    • @NtihemukaDieu
      @NtihemukaDieu 11 дней назад

      Uzubwenge abere maso ubugingo bwe buriwe wese afate akomeze uwoyamenye kdi amenye uwamuhamagaye nuko yamuhamagaye.

  • @niyonkuruiddyernest-4669
    @niyonkuruiddyernest-4669 10 дней назад

    Isaïe urambabaje mbega mugusengera abagore kuba umupasitori n'ukuvuga reo ko Paulo yavyanse ko yari ikijuju.gusa ikinezera imbere y'intebe y'imanza y'Imana naw uzocirwa urubanza ruhuye n'ivyo wakoze

  • @NiyonsabaJapieler
    @NiyonsabaJapieler 3 дня назад

    izayi uzahanwa ukiri mwisi nanyuma yogupfa uhanwe ariko urumuntu cyangwa umudayimoni wambaye ishusho yumuntu wahawe misiyo yogusenya itorero ariko tuzagutsinda mwizina rya yesu

  • @NdahimanaJeancloude
    @NdahimanaJeancloude 14 дней назад +9

    Ntago ADEPR izigera igukumbura nagato

  • @UmukundwaRebecca-l7q
    @UmukundwaRebecca-l7q 14 дней назад +3

    Ubuyobozi bwose bushyirwaho n'IMANA nawe iki nicyo gihe cyawe rwose ariko se abo wasanzeho bose warabirukanye ugiye gusengera abandi
    Ubu twe twarumiwe ariko nanone amarira y'abana baba pastor barira imana izayakurikirane

  • @MbonyumuremyiPatrick
    @MbonyumuremyiPatrick 12 дней назад

    Wow mushumba wacu ndagukunda cyane.

  • @MurorunkwereMarieChantal
    @MurorunkwereMarieChantal 9 дней назад

    Yesu kristo uko yarari nubu niko ari ntahinduka.kdi ngo tugume uko twahamagawe nonese ko twahamagawe dutunga cheveux naturel bigiye guhinduka gute?!twambaraga imyenda irenze kumavi none ngo tuzamure kdi twaravuye aho babyambaraga nanone ?!Imana iturengere!!🙆🙆

  • @VincentKAZIYAKE
    @VincentKAZIYAKE 14 дней назад +5

    Adeper bizarangira ibaye nkababandi bitwa abanywa gacye. Gusa birababaje

  • @UmugishaAlice-z5p
    @UmugishaAlice-z5p 12 дней назад +2

    Iraje ibigenze nez

  • @mauriceniyitegeka9130
    @mauriceniyitegeka9130 13 дней назад +1

    Ubundi twakabaye twemera ibyo uvuga bigendeye kwijambo ry'Imana ibi avuga bisobonuye ko ari ibitekerezo bye bwite bisobanuye ko rero umuntu wese ufite ubwenge akwiye kwigengesera kuribyo, .

  • @ManiragenaClarisse-n9e
    @ManiragenaClarisse-n9e 13 дней назад +1

    Imana ishimwe pe tuyoborwe n, umwuka wera turenge amahame y, idini

    • @Emmanuel43167
      @Emmanuel43167 13 дней назад +1

      @@ManiragenaClarisse-n9e Nibyo pe tuyoborwe n'umwuka wera gusa harinijambo nyirijambo yadusigiye kandi yatwihanangirije kongera cg kugabanya rero twirinde kuritoba
      Ahubwo dukurikize ibikubiyemwo aho gukurikiza ibyuduhagaze imbere bijyanye namarangamutima ye

  • @fracencienyirahamenyimana8983
    @fracencienyirahamenyimana8983 6 дней назад

    Mujye mutumira Mudaheranwa Mbyayingabo Fidèle na Orthense

  • @HabimugishaIsaac
    @HabimugishaIsaac 14 дней назад +4

    Ese niba Atari ibyo uvuga Atari inyoroshya cyaha ko udasanisha naho byanditse muri bibiriya

    • @bigjoseph1598
      @bigjoseph1598 12 дней назад

      Hari aho bibiliya erga yongererwamo ibirungo, kugirango abantu bose bayisangemo muntege zabo. N'idini rero hari ukuntu usanga ryoroshya ibintu kugirango nabafite imyumvire gu kujyana n'ibihe nabo baribemo bishimye.

  • @MurwanashyakaJea
    @MurwanashyakaJea 10 дней назад

    Mushumba nibyiza cgane lmana iguhe umujyisha ureba kure pe

  • @MusabyimanaElria
    @MusabyimanaElria 11 дней назад

    mushumba urakoze ndanyunzwe pee

  • @rehoboti_iriba_ryagutse
    @rehoboti_iriba_ryagutse 13 дней назад +1

    Izaaaaa yiiiiweeeee ibyo ukora nuwo ukorrra humura azaguhemba

  • @kdoc160
    @kdoc160 14 дней назад +3

    Hhhhh kuyobora adepr ni ukwikorera kumutwe urwabya rwaka umuriro. amahame ya adepr hafi yayose abangamira imibereho yabantu muri society gusa abakiristo ba adepr ntibarasobanukirwa gutandukanya amahame yidini runaka ndetse namahame ya bibiriya buridini rigira amahame runaka ashobora guhinduka bitewe nigihe naho amahame ya bibiriya ntahinduka biratangaje ko aba adepr iyo babonye uwo badahuje amahame yidini uburyo bamufata nkumunyabyaha.umuyobozi wa adepr afite akazi kanini abakiristo banyu bafunze mumutwe pe

    • @chouchouinnocente5383
      @chouchouinnocente5383 6 дней назад

      Ukuri kuyobora ababantu bidini rya ADPR nugutega agahanga pe ninjijiiii zishingiye kumihango yidini apana agakiza nyagakiza Ese ubu bajya bamenya neza icyo Kristo yakoze kumusaraba

  • @MupenziFerdinand
    @MupenziFerdinand 15 дней назад +4

    Imana ibagende imbere

  • @TheophileSawiti
    @TheophileSawiti 15 дней назад +4

    Ndabemeye mutanga amakuru acukumbuye Courage ❤❤

  • @NshimiyimanaDaniel-tx4ni
    @NshimiyimanaDaniel-tx4ni 8 дней назад

    Wowe mbona waraje mubiraka ishakire amahera

  • @musimentaEvelyne
    @musimentaEvelyne 14 дней назад +7

    Abafite umuhamagaro wanyawo ntabwo tuzambara ipantaro kandi ikindi dusoma bibiliya mugabo ntabwo tugendera kubyo mutwigisha gusa natwe turasenga tugasoma na bibiliya ntituzazambara kandi ntituzadefiriza abakumvira nibobazabikora naho abumvira umwuka ntituzabikora pe

    • @HarerimanaJoyce-z1f
      @HarerimanaJoyce-z1f 14 дней назад +2

      Ibyo ni ibyawe none se catholique bose bambara amapantalon uzahitemo ibikubereye

    • @claverniyongabo2629
      @claverniyongabo2629 14 дней назад +2

      Uri imfura cane Imana ikomeze imigabo yawe yose. Mbese baretse konona itorero ry'Imana uwutemera ivyahozeho akagenda aho abona akwiriye kuba muvyo ashaka ? Imyemerere na discipline nivyo bituma tudasa n'ayandi mahanga.

    • @kdoc160
      @kdoc160 14 дней назад +1

      Uracyari mubujiji nibakoko uri umu adepr wukuri reka nkubaze ese wibuka igihe abagabo bicaraga ukwabo nabagore bakicara ukwabo? Nonese wowe wumva byaribikwiye? Ubu twese twicarahamwe kandi abantu nkamwe nimwe mwarimubikomeyeho icyo mushoboye ni ugushyiraho Amahame abangamira abagore biratangaje

    • @emmanueldukizwanayofabien5659
      @emmanueldukizwanayofabien5659 14 дней назад +2

      Ariko mwibaza nabi pe! Imyambarire iba icyaha iyo uwambaranye ubwibone cga kurangaza abantu! Ubu se abanyarwanda twambare ubusa nka kera!? Ese umwambaro w' abagabo abagore batagomba kwambara murawuzi? Ntimukazane umuco w' idini n' ahantu ngo muwugire amahame y' Imana!

    • @emmanueldukizwanayofabien5659
      @emmanueldukizwanayofabien5659 14 дней назад

      Ariko mwibaza nabi pe! Imyambarire iba icyaha iyo uwambaranye ubwibone cga kurangaza abantu! Ubu se abanyarwanda twambare ubusa nka kera!? Ese umwambaro w' abagabo abagore batagomba kwambara murawuzi? Ntimukazane umuco w' idini n' ahantu ngo muwugire amahame y' Imana!

  • @masengeshoesthertv5913
    @masengeshoesthertv5913 13 дней назад

    Abashumba bavuyemo ntibari bashoboye ubu abagore barakenewe koko mumazi

  • @kmd554
    @kmd554 14 дней назад +9

    5:11 abayitangiye ntibari bavuye muri Adeprl very ridiculous 😂

  • @NtirandekuraDaniel-n1e
    @NtirandekuraDaniel-n1e 14 дней назад +3

    Agahinda:abatinganyi,ipantaro,ariko uko ubihinduye nihazanundi nawe azabihindura ,dukeneye umwimerere nitandukaniro nabandi nturi kampara muri ADEPER.

  • @MukanyirigiraFrancine
    @MukanyirigiraFrancine 14 дней назад +1

    Mushumbaturagukunda komerezahogaho imana iguhumugisha

  • @NYIRIMANAJeanMarieVianney
    @NYIRIMANAJeanMarieVianney 14 дней назад +1

    Daniyeli 12:4
    “Nuko Daniyeli, bumba igitabo ugifatanishe ikimenyetso kugeza igihe cy'imperuka, benshi bazajarajara hirya no hino kandi ubwenge buzagwira.”

  • @JanvierMWONGEREZA
    @JanvierMWONGEREZA 14 дней назад +4

    Changes may come, depending on what they are, but we must carefully assess whether these changes align with God's will. What does the Bible say about having a female pastor? For example, in America, in the Pentecostal church of the United States (UPCI), there are no female pastors. They also practice modest dress, without wearing earrings, makeup, or similar things. In summary, was there really a problem with how our church was originally?
    What about allowing people to preach to us when we don’t share the same beliefs? You know very well that we have believers who came from other denominations because of differences in doctrine. Now imagine that someone they once considered their pastor before joining ADPR comes to preach to them again-how will they handle it?
    My request is this: let us remain as we were, as it did not cause us any harm and aligns with the Bible.

    • @Emmanuel43167
      @Emmanuel43167 14 дней назад

      You're very true
      Why align with others yet our beliefs are different???

    • @bigjoseph1598
      @bigjoseph1598 12 дней назад

      @janviermwongereza, I like your comment. Those who claimed to have their children putting on trousers 👖 or doing make-ups or today's behaviours. They should know that a church must have its culture and that culture has to be respected.
      Guhindagura ibintu nta kitegererezo cyiza mbibonamo.
      Ariko buriya, abashaka amapantalo, n'ibindi bizaza bazagumana itorero da, abadashaka impinduka nabo bazahitemo umwanzuro ubabereye batakwicuza.

  • @fredericzanandore2721
    @fredericzanandore2721 14 дней назад +4

    Abantu benshi bubakiye agakiza kumihango nimigenzo abantu benshi batigeze bamenya agakiza kubakiye kuri Kristo bashaka imihango bimakaza ibyo iyo ubikozeho induru ziravuga
    Ariko niba abantu batabona Kristo nkishingiro ryagakiza abantu ntibabone umurimo Kristo yakoze nkurufatiro ryarwo rwagakiza nukuri abantu bazahora bagongana
    Kuko iyo abantu bavugango ADEPR ibintu byakomeye ,agakiza kakera baragataye ahubwo icyatakaye nimihango ntakikindi agakiza gashingiyeho uretse Kristo

    • @Emmanuel43167
      @Emmanuel43167 14 дней назад

      Hoya nshuti urabeshye cyane pe kandi no kubeshya sagakiza
      Urugero rumwe gusa
      1 timoteyo 3:2 nawo numuhango cg biri muri Bibiliya
      Gushingira kuri Bibiliya simihango ahubwo nibyo bikomeza ubu Christ bwacu
      Kandi Bibiliya itubuza kugira icyo dukuraho cg twongeraho
      Kandi impinduka zakabaye zishingiye kuri Bibiliya ukatwereka umurongo wa Bibiliya kuko iyo Bibiliya niyo bashingiyeho batwigisha ibyo tuzi twisomeye Bibiliya dusanga nukuri turayoboka
      None.......
      Njye nkanjye impinduka ndazemera cyane kandi zirakwiye pe ariko impinduka kuri Bibiliya hoyaaa

  • @kwizeramoise4627
    @kwizeramoise4627 14 дней назад +2

    Kuyobora bireberwa mu byanditswe byera uko Imana yabitegetse si uko umuco ubivuga..1Tim 2:11-14,Tito 1

  • @HakizimanaJosue
    @HakizimanaJosue 13 дней назад +1

    Ntacyintu urushabaku banjirije ntabyizatubona biruta u bubiruta ibyambere

  • @MukampazimpakaJanet
    @MukampazimpakaJanet 14 дней назад +6

    Oya ntago byaba bikwiye tugume uko turi kandi turaberewe cyane ndetse.

    • @niyontezechristien1122
      @niyontezechristien1122 14 дней назад

      @@MukampazimpakaJanet nabibiria iravuga ngo tugume uko twari tumeze tugihamagarwa.

    • @uwimanaveronique6378
      @uwimanaveronique6378 14 дней назад

      Ubuse wasubira muri Nyakatsi ko numva urwanya iterambere ubonye inzu irimo amakaro ntiwayijyamo erega ibyo tumenyereye sukuvuga ko aribyo Imana ishaka

    • @dannyiradukunda2760
      @dannyiradukunda2760 14 дней назад

      Mukunda Kuba Imbata kweri​@@niyontezechristien1122

  • @HabimugishaIsaac
    @HabimugishaIsaac 14 дней назад +1

    Mwatubariza uwougabo niba kubatizwa mumwuka wera niba byarazanwe kubwidini rya adeperi

  • @Isimbitv2
    @Isimbitv2 14 дней назад +1

    Rwose iki kiganiro nicyiza cyane isai rwose umwuka wera akurimo

  • @masengeshoesthertv5913
    @masengeshoesthertv5913 13 дней назад +1

    Mutubarize jyewe ndumwana mwarimu kimisange tubarize nicyo

  • @giranezacesarauguste1436
    @giranezacesarauguste1436 14 дней назад +12

    Isaie wowe urasobanutse biragaragara ko wize nta bujiji ufite, imyumvire yawe iteye mbere Courage Imana ikugende imbere iri torero uzarishyira ku murongo

    • @munyangeyopasteur8794
      @munyangeyopasteur8794 14 дней назад +1

      Rwose Ni Byiza S,Ubugwari Ni Ubutwari S,Ubugwate Ni Umuhate. S,Amahimbyo Ni Amashimo. S,Amabeshyo Ni Amahirwe. Iyi Niyo ADEPR Twifuza.

    • @Emmanuel43167
      @Emmanuel43167 14 дней назад

      Nshuti icyo wita ubujiji niki?
      Ese nubuhe bujiji dusanga muri Bibiliya
      Ese nikihe yahinduye CG agomba guhindura cyari ubujiji
      Dufashe natwe tubashe kujijuka

  • @eddyiravuze339
    @eddyiravuze339 12 дней назад

    Jew mbona bibiliya igereranya umugore nishengero kristo nawe ikamugereranya n'umukwe none atari hamw ibintu vyacanganye umugore kurongora ishengero s'igihushane c'ivyo Imana yageze? Nibabitwerek muri bibiliya aho umugore yemererwa kuba umukuru w'ishengero ubwenge bw'isi buzobakoza ibara

  • @UwamweziAntoinette
    @UwamweziAntoinette 13 дней назад

    Tugeze mugihe ni Imana bitemewe ko ivuganira n'abantu bayo mukanwa kabahanuzi none impinduka nicyo kibazo mubemaso musenge nyirumurimo awubereye maso

  • @janeniyonsaba8437
    @janeniyonsaba8437 14 дней назад +2

    Itorero rya ADEPR risigaye ririmo abagambanyi benshi Mushumba wacu ,iki nacyo mukigeho ,ugaragaweho niyi myitwarire yubuganbanyi abibazwe kuko birakabije .

  • @kamonyofaustin9354
    @kamonyofaustin9354 11 дней назад

    Efurayimu yivanzenayandimahanga bamumazemimbaraga nicyocyatumye amrimvi nkiza iizayi

  • @UwizeyeMarieLouise-t3k
    @UwizeyeMarieLouise-t3k 14 дней назад

    Yesu nabahe umugisha mushumba ibyo biganiro biba bicyenewe

  • @niyontezechristien1122
    @niyontezechristien1122 14 дней назад +6

    Uyu mugabo ni bwenge bwisi wagirango ntagahunda afite yokureka ngwitorero riyoborwe na nyiraryo muburyo yagennye bwumwuka wera😢 ko numva ibintu byose abisobanura muburyo bwumubiri kdi tuziko turi mwitorero riyoborwa numwuka wera! Yakabaye anatubwira yavuze kubijyanye nimpinduka zibihe tugenda twinjiramo cyane cyane Adepr.

    • @tuyishimevalens9355
      @tuyishimevalens9355 14 дней назад +3

      Ufite ubuyobe bwinshi wowe, umwuka c uwugira utabanje kugira umubiri?

    • @mutwarejustin8853
      @mutwarejustin8853 14 дней назад +2

      Urajijwe kuko ubutware buva kumana. Nkubu wakwambara ijipo uri umusirikare. Hari nibyo ubeshyera umwuka atariwe wabitanze witonde utavuga umukozi wa data ntakibi yavuze

    • @niyontezechristien1122
      @niyontezechristien1122 14 дней назад

      Icyo navuze nugutambikira amahame itorero ryatangiranye. Ahubwo se wowe ujijutse uzi amahame yitorero?

    • @niyontezechristien1122
      @niyontezechristien1122 14 дней назад

      Aho guvuga ubusa arko mujye muceceka.ubwo wagira imbaraga zumwuka wera ugakomeza kuyoborwa numubiri ute mubujyanye nurigendo rujya mwijuru?

    • @oliverantonio8925
      @oliverantonio8925 14 дней назад

      ​​​​@@niyontezechristien1122Nonese christien Imana iyobora gute? Ntiyoborera mu bantu? Kugira ngo Abisiraheli bave muri Egiputa kuki itimanukiye ngo ijye kuganira na farawo? Ntiyatumye Mose na Aron ndetse igakoresha n'inkoni ya Mose?
      Ibyo by'umwuka wera uvuga turabyemera ariko byaragaragaye ko ABAHANUZI BENSHI BABESHYA niba rero ushaka ko ubuyobozi buzajya bugendera ku BINYOMA BY'ABAHANUZI aho ngaho waba ushaka kuroha itorero mu rwobo.
      #Simpakanye ko ABAHANUZI B'UKURI bahari ariko abenshi ni ABANYABINYOMA rero ubagendeyeho bakuyobya.
      *Iyo Imana itoranyije umuntu imuha n'ubwenge ikamuha n'umwuka wo kumuyobora reka Umushumba ayobore uko ategetswe n'Imana.

  • @nganyirendepatrickevariste554
    @nganyirendepatrickevariste554 14 дней назад +3

    Gutanga igitekerezo
    Nibyiza ariko gikwiye kuba kigaragaramo ikinyabupfura
    Gutukana sibyiza
    Umwenda wari ukingirije ahera Yesu yawusayuyemo kabiri kugirango buri wese yigerereyo
    Gusengera Abadamu simbonamo ikibazo niba
    Umudamu aba mwarimukazi akaba umudiyakonikazi kdi umudiyakoni akaba afite inshingano zingana niz'Umwepesikopi ubwo Umugore murumva ahejwe ku inshingano zo gukora umurimo wa Gishumba?

    • @Emmanuel43167
      @Emmanuel43167 14 дней назад

      Nshuti ubu urashaka kuba umu Christ kurusha Yesu?
      Ese wabasha kumbwira umubare w' intunwa zabagore Yesu yadusigiye?
      None se kuba Yesu atarubatse Itorero kubagore nabagabo ugirango nuko abo bagore bataribahari muricyo gihe
      Nonese niba harihenshi Yesu yagiye arenganura abagore kubyari umuco muricyo gihe wibaza ko yaba yaribagiwe guha inshingano abagore ubu akaba ariwowe urikubimwibutsa umukorera ibyo yasize adakoze ?????
      Mwaretse tugashingira kuri Bibiliya.

  • @NiyoyitaBona
    @NiyoyitaBona 10 дней назад

    Ubwo se murase ngera bagore,apasi teri mwicaje baza jyahe?

  • @masengeshoesthertv5913
    @masengeshoesthertv5913 13 дней назад

    Abashumba barikuvamo kuko imishahara arimike none abagore mumazi koko

  • @jeanbaptist5562
    @jeanbaptist5562 14 дней назад +3

    Ntabwo irari ry'abantu n'amarangamutima y'abo aribyo bikwiye gushyirwa imbere kuruta uko Bibiliya yagashyizwe imbere,ubu se ni wowe Mushumba ureba kure k'uburyo mbese ari wowe ubonye ko abagore bari barapfukiranwe,bakaba bagiye gupfukurwa mu buryo bujyanye n'uko babyifuza?

  • @mukasharamanzichristine2196
    @mukasharamanzichristine2196 14 дней назад +3

    Doctrine ishingira kuri bible naho Discipline namabwiriza cyangwa umuco wa buri torero so ndumva ibyo umushumba avuga Ari ukuri Kandi mujye mumenya ko itorero Ari umubiri rirakura ntabwo Ari ibuye

    • @Emmanuel43167
      @Emmanuel43167 14 дней назад

      Nshuti kuri wamunsi wurubanza tutazi umunsi nisaha urubanza tuzacirwa ntiruzashingira kumavugurura ngo kuko habaye gutera imbere ahubwo ruzashingira kuriryo jambo ry' IMANA ririguteshwa agaciro ngo ni Vision
      Nshuti nta Vision kuri Bibiliya
      Uwo ivugaho ntiyivuguruza
      Uko yarari cyera niko nanubu ari

  • @uwizeyemarietta6003
    @uwizeyemarietta6003 14 дней назад +2

    Yanze kumvira intama zabasaza none yumviye izabasore

  • @AlexandroMartinez-u8p
    @AlexandroMartinez-u8p 14 дней назад +2

    Muzambarize,ko izo mpinduka bazikora bakurikije iterambere cg ibyo leta ishaka,buriya twemereye leta ikayobora itorero mu buryo busesuye,twaba tukiri mu nzira Imana idushakamo?ese ko turi itorero ry'mwuka wera, bazikora umwuka w'Imana yabibemereye?

    • @Emmanuel43167
      @Emmanuel43167 14 дней назад +1

      Mwene ibi bibazo ntibashobora kubisubiza wapi bareba hirya nkaho ntacyabaye.

  • @theophilentirenganya3251
    @theophilentirenganya3251 14 дней назад +2

    Gitwaza arahagarika namwe mugafata ibyo yanze ? Mwahoze muri umunyu wisi none mwabaye igikakarubamba. Nka nyegereze ,ko ntaho ngiye se ??????

  • @joshytvshow4689
    @joshytvshow4689 14 дней назад +5

    Uyu niwe mushumba wambere nemeye uvuga ukuri ndetse nukuri kose azatuba abantu baba mugihiriri cyidini abantu namenye kristo

    • @Emmanuel43167
      @Emmanuel43167 14 дней назад

      Nshuti mubyo yavuze byose nuwuhe murongo wa Bibiliya yasomye ushimangira ibyemezo byamavugrura bafashe???
      Ugirango se nuko atazi Bibiliya???
      Nawe wibaze impanvu atayikoresheje....
      Niba uri umu ADEPR nawe icyo kibazo wakibajije
      Ariko niba utariwe birunvikana
      Nanakugira Inama yogusoma Bibiliya kuruta kumira bunguri ibyo uguhagaze imbere akwigisha

    • @KarutaAnasitase
      @KarutaAnasitase 14 дней назад

      Gusa jye mbona ntacyo bitwaye buhoro buhoro na akayoga bazagasomaho kdi bizaba bigezweho

    • @KarutaAnasitase
      @KarutaAnasitase 14 дней назад

      None se abinywera gake ntibasinde ntbafite Ubugingo?

  • @HategekimanaBonaventure-f9q
    @HategekimanaBonaventure-f9q 14 дней назад +6

    Mushumba Murakoze kudukura Mugihirahiro

    • @Emmanuel43167
      @Emmanuel43167 14 дней назад

      Nibyo Koko nyiribwite arabigaragaje tumenye aho ubuyobozi bwacu buhagaze
      Twajyaga tubyunva nkibihuha
      Ubu turasa nkabandi bose
      Ahasigaye buriwese nukwirwanaho bitewe nicyo yamenye
      Ibyahishuwe 3:11

    • @samsungmobile589
      @samsungmobile589 14 дней назад

      Niyerure no mumisatsi ubishatse abikore utabishatse abireke cyimwe nipantalon rwose niyemera kuzambara bye kwita icyaha.

  • @ibyobibwira
    @ibyobibwira 14 дней назад +2

    Komerezaho ugaragaze neza uburyo ADEPR Atari itorero ahubwo Ari idini. Itorero rya Kristo ni abera kd babaho hakurikijwe ibyanditswe byera si ukubyuka ubyumva.

  • @theophiledusabeyezu3968
    @theophiledusabeyezu3968 14 дней назад

    1 Nuko natwe ubwo tugoswe n'igicucu cy'abahamya bangana batyo, twiyambure ibituremerera byose n'icyaha kibasha kutwizingiraho vuba, dusiganirwe aho dutegekwa twihanganye
    2 DUTUMBIRA YESU WENYINE, ari we Banze ryo kwizera kandi ari we ugusohoza rwose, yihanganiye umusaraba ku bw'ibyishimo byamushyizwe imbere ntiyita ku isoni zawo, yicara iburyo bw'intebe y'Imana.
    (Abaheburayo 12:1-2)

  • @bigjoseph1598
    @bigjoseph1598 12 дней назад

    Enrollment

  • @KURADUSENGEThemistocles-vm6kh
    @KURADUSENGEThemistocles-vm6kh 14 дней назад +1

    Ntabwo imyaka itorero rimaze iruta iyo gatorika imaze n adivantiste ariko abo bakomeza guhagarara kumahame yabo mwebwe se?

    • @Emmanuel43167
      @Emmanuel43167 14 дней назад

      Nicyo kincanga
      Bamaze kuvuguruza Bibiliya kurwego ruteye isoni igisigaye nukuyihindura munyandiko
      Bavanamwo imirongo ibabangamiye
      Ntangiye kwibaza kuribariya baduhamagarira kuva mamadini
      Nashobora kuba bari mukuri

    • @dannyiradukunda2760
      @dannyiradukunda2760 14 дней назад

      Wowe wiziritse kumategeko nububata bw'Idini , Niyompamvu udahumuka ngo waguke , Ubutumwa bwiza burenze Ibyo byamadini

    • @Emmanuel43167
      @Emmanuel43167 13 дней назад

      @@dannyiradukunda2760 none se ubwo butumwa bwiza ntibushingira kuri Bibiliya ijambo ry'IMANA ?

  • @gasengayireclaudine-w5y
    @gasengayireclaudine-w5y 14 дней назад +3

    Ariko ubundi ubona unkunda itorero kurusha abatubanjirije wowe nabatinganyi warabakiriye ntukina

  • @SebuhorobahiziAlbert
    @SebuhorobahiziAlbert 14 дней назад

    Umugore cyangwa umukobwa ntakambarane n'umugabo kdi umugabo ntakambarane n'umugore kuko ukora atyo arikizira uwiteka imana yawe yanga urunuka,gutegekwa kwa kabiri 22:5,ngaho ndumva ibinukira imana mwebwe bibahumurira,ntimuzavuge ngo ntimwaburiwe,

    • @GagaNyawe
      @GagaNyawe 14 дней назад +1

      cyokora kwambarana numugabo bitandukanye no kwambara ipantaro

    • @DonathaMUREBWAYIRE-dc2uz
      @DonathaMUREBWAYIRE-dc2uz 14 дней назад +1

      Uzasesengure inshinga ( kwambarana) n,inshinga (kwambara) , kwambarana: urugero: umugore ashobora kwifubika umupira w, umugabo we ! Icyo ni icyaha ??? Kwambara no kwambarana n, ibintu 2 bitandukanye! Ikindi dukwiye kumenya, ese ni iyihe mpamvu ijambo ry,Imana ryabuzaga abagore kwambarana n, abagabo icyo gihe!

  • @ntihabosetheogene5117
    @ntihabosetheogene5117 12 дней назад

    Itorero nabizera yesu kristo nkumwami n'umukiza rero umuntu ufata amahame yidini si ishingiro ry'ubukristo

  • @Sayirisa
    @Sayirisa 14 дней назад +1

    Good 👍👍👍👍👍

  • @chantalnyirahabimana5681
    @chantalnyirahabimana5681 15 дней назад +3

    Mana yanjye abakijijwe bakijijwe KERA naho ibyo bitumye lmana ibavumo mbega iminsi mibi we lmana itabare abagenzi

    • @claverniyongabo2629
      @claverniyongabo2629 14 дней назад

      Iwacu tuvuga ngo abantu bari abakera. Ariko nanje mbona uko vyari atakibazo ariko barasaba ngo bibere canke base n'abandi. Ahubwo abatanyuzwe n'imyemerere y'itorero nibagende.

  • @NiyobugingoVesitus
    @NiyobugingoVesitus 14 дней назад +2

    Hoya ibyo ntitubishaka mu iterera ryacu rya ADEPR mushaka kurihindur irya satan

  • @kwizerajeanbosco-l4g
    @kwizerajeanbosco-l4g 14 дней назад +1

    Ayiweee muzatubabarire rwose ntibizaze peee ndunva agakize kadatera imbere cyangwa ngogasigazwe inyuma namateka maze ngo gatezwe imbere Kandi singombwa gusa na vision igezweho kuko turabashyitsi nabimukira muriyisi singombwa rwose gusa nayo nonese kokwambara ubusha bigezeeho natwe tubikore umwimerere witorero ntukazime Kandi kuba displine ya ADEPR iteye abantu ikibazo ahubwo byakabaye impanvu zakuyikomeraho. Kd turagukunda muyobozi

  • @niyonagizejuvens6055
    @niyonagizejuvens6055 15 дней назад +11

    Adepr dutewe ishema nawe mushumba wacu urimo umwuka w'Imana pe ❤️❤❤❤

    • @habiyamberesyliverien6604
      @habiyamberesyliverien6604 14 дней назад +1

      Mushumbawacu.woweitakucyo.wahamagariwe..nahoabantubo.sikòbosebayoborwa.numwukawimaña.murakoze

    • @habiyamberesyliverien6604
      @habiyamberesyliverien6604 14 дней назад

      ❤❤❤❤

    • @Emmanuel43167
      @Emmanuel43167 14 дней назад

      Warukwiye guterwa ishema ryo kugendera kubyanditswe byera
      Ukareka gufana

    • @niyonagizejuvens6055
      @niyonagizejuvens6055 13 дней назад

      @@Emmanuel43167 Ubuntu bw'Imana nibwo bumbeshejeho gusa nkekako ntatandukiriye bibiriya utubwira kubuha abo kubahwa ntanubwo itubuza gushima abakoze neza

    • @Emmanuel43167
      @Emmanuel43167 13 дней назад

      @niyonagizejuvens6055 dukwiye kubaha abakuru niko kuri ariko cyane tukubaha ijambo ry'IMANA
      Nogushima nuko tukwiye gushima
      Ariko se nkababatuwe twamenye ukuri twasomye ukuri birakwiye ko tugomba gushima duhumirije?
      Nibaza ko ukwiye kwisobanukirwa bityo tukagusobanukirwa tukamenya ibyo ushima ibyo aribyo bitarikigare ngo runaka yashimye reka nanjye nshime utazi nibyo ushima ibyo aribyo
      Umu christ nyawe ntagendera mucyigare arahamya kandi agahamya ukuri kwijambo kandi uko kuri tugusanga muri bibiliya simumaranga mutima hoyaaa

  • @EstherNIYOMUBYEYI
    @EstherNIYOMUBYEYI 14 дней назад +1

    God bless you mushumba

  • @sibomanaathanase-in8cm
    @sibomanaathanase-in8cm 13 дней назад +2

    Ahaaa ndumva bitoroshye
    Gusa adpr benshi bari banyuzwe nuko riri kandi abo bagiye nubundi baragiye
    Mubitekerezeho nirihihe tandukaniro rigiy kuba hagati ya adpr nandi matorero
    Muriyo myaka yose uvuze mumaze mubyitah utari proud yo kuhaba yaragiye
    So haribintu byiza byaribbikenewe gusa
    Harikindi kizajyana itorero habi
    Arko nanone mubundi buryo bwubukungu buziyongera nabandi babitonboreremo

  • @BeatriceRukundo-e1n
    @BeatriceRukundo-e1n 14 дней назад +3

    Ntimugiricyo muhindura uko mwambaraga cyeraga adpr itangira aberiko mukomeza ntimihindurwe niterambere kuko isi azashirana no kwifuza kwayo uko abatubanjirije murumurimo batutoje niko dukwiriyekuba ntabwo haberwa uwambaye ipantaro gusa ntabwo haberwa uwasutse imisatsi nimuze tunyurwe nimuambaro yabanyarwandakazi

    • @claverniyongabo2629
      @claverniyongabo2629 14 дней назад +1

      Uri mfura cane. Gumya agakiza watanguranye. Imana ikomeze imigabo yanyu. Ejo bazovuga ko no kunywa duke atari ikibazo.

  • @KUBWIMANADonat
    @KUBWIMANADonat 14 дней назад +2

    Kumyambarire dore icyo Bible ibivugaho (1Timoteyo2;9),(1Abakorinto11;11)no (1Abakorinto14;34)

  • @MazimpakaObed
    @MazimpakaObed 14 дней назад +2

    Ntagushidikanya ko abarabakozi basatani ntambugingo bifuliza abantu gusabizabagora kukotwe gukizwa tuzicyalicyo ubwo rero naho mwatwica tuzapfa twizera kristo. Ndayi ararushywa niubusa I mana izabitobape ibitarukuli byose

  • @jeanbaptist5562
    @jeanbaptist5562 14 дней назад +1

    Ariko ubu koko ni aha ADEPR igeze?😭😭😭😭😭😭 n'akataraza muzakazana,ariko ntimuzatinda kubona ko mwibeshye rwose,Imana ntihinduka,kdi Yesu Kristo uko yarari ari mu myaka ya kera nubu niko ari kdi ninako azahora iteka.

  • @SurprisedAlbatross-kd5yb
    @SurprisedAlbatross-kd5yb 14 дней назад +3

    Nonese uko bari bameze byabatwaye icyi??nge mbona abadamu bacu bameze neza murashaka ko bamera nka mayibobo GUTEGEK 22:5

  • @lovebobos3909
    @lovebobos3909 14 дней назад +1

    Mwemere Roma itwigarurire kuko niho biri kugana hasigaye gufata mu mutwe amasengesho no kubatizwa Agahanga. Paapa Ari mukazi

    • @munyurangaboyvonne6113
      @munyurangaboyvonne6113 14 дней назад

      Yewe ga ! Christo araba aza ntakibazzo

    • @Emmanuel43167
      @Emmanuel43167 14 дней назад

      ​@@munyurangaboyvonne6113
      Umushumba wacu ntiyagiyeyo se kumugaragaro akifatanya nabo
      Ariko ikibabaje nuko nka Cardinal wa gatolika ntushobora kumubona muri ADEPR ashwi ashwi ntibibaho kandi igihe yabikoze muzamenye ko ntagisigaye mpuzamatorero yarangiye

  • @chantalnyirahabimana5681
    @chantalnyirahabimana5681 15 дней назад +4

    Ntamukirisitu uhindurwa nibihe ubwo nubuhenebere murazirura ibintu lmana yatuza abantu Koko ntabwo arimwe mwatwatuje ubwibone mbega weeeerr

    • @B10Tāācion04
      @B10Tāācion04 13 дней назад

      Ubu aho utuye ubu niho wahoze cg niho wavukiye?Ko wavutse utambaye n'ubu niko bimeze?Ntimugashakire ibyaha aho bitari rwose .Icyakwigishije kwisiga amavuta umaze kwiyuhagira,kikakwigisha kwambara kandi waravutse utambaye n'aba kera batarambaraga nicyo bita impinduka z'ibihe.Murabura kuvuga ku bugome n'inzangano byagwiriye bishobora no guhitana ubuzima bwa bagenzi banyu mukavuga ku bidafite icyo bitwaye.Ubu kuba umugore yavuga Imana bitwaye iki?Kuba umugore afite imisatsi cg yambaye ipantalo byangiza iki?Mujye mureka kwitiranya agakiza n'ubujiji pe!

  • @mugishaalex2757
    @mugishaalex2757 14 дней назад

    Ikindi protocol zo muri ADEPR hakwiye kujya hakoramo nabakiri bato kuko harimo abasaza,abakecuru bakora protocol ugasanga nibo bicaza aba jeunes nago bisa neza cyane

    • @VestineMukandayisenga-mt1ly
      @VestineMukandayisenga-mt1ly 14 дней назад

      Niba ushaka ibisa neza uzabajyana iwanyu abo basaza nabakecuru barabisigiwe.

    • @MazimpakaObed
      @MazimpakaObed 14 дней назад

      Ndindakubajyaniwacuse arukomwandushije kubakinsengero cyguhamagalirabantu kubahimana. Twarakoze ikigihe. Ni Yamashitani nayonakore nlgihe ubhanuzi. Busohoye. Muzanatwica mwibwirako muligumorerimana umulimo. Ubuntawababuza. Kukonigihe cyubutwarebwumwijima waba sataniste

  • @EmmyNIYIGENA-h9n
    @EmmyNIYIGENA-h9n 14 дней назад

    Shalom shalom icyo nabivugaho ngewe kugusengera abagore,kunshingano zagishumba bizafasha abandi bagore baba bafite ibibazo mumijyango yabo.umugore ugira ikibazo cyo kwegera abashumba baba gabo biragoye kwisanzura ariko nyegera umugore mugenziwe bizoroha kuvuga amaranga mutimaye

    • @ndayambajeEmmanuel-h9y
      @ndayambajeEmmanuel-h9y 14 дней назад +1

      Ariko se mushumba,wabonye izo mpinduka arizo zizakemura ibibazo itorero rifite?? Buretse wowe hari undi mushumba wabonye uzana abavugabutumwa utari uwo muri ADEPR?? Ntukabeshyere urubyiruko sitwe twabigutumye pe, Bikumarira iki guhindura ibyiza wasanze ??? Ko twe bitunyuze ??

    • @July2020-x1v
      @July2020-x1v 14 дней назад

      Nonese abo bagore babashumba bazajya mumazi babatize

    • @Emmanuel43167
      @Emmanuel43167 14 дней назад

      Ese ba Christ bavandimwe muranze amarangamutima muyarutishije Bibiliya Koko!!!! Birababaje
      Ese byibura ntiwarikwipfa agasoni ukareba uko ugoronzora umurongo ukurengera
      Byibuze bikitwa kudasobanukirwa cg kwitiranya
      Mwakangutse koko

  • @mushimiyimanajeanclaude2820
    @mushimiyimanajeanclaude2820 14 дней назад +9

    Isaie ni umushumba nemera cyane kandi uzi agakiza icyo aricyo nibumw y'Imana yemewe. Umwuka uzakomeze kukuyobora mushumba.

  • @ntihabosetheogene5117
    @ntihabosetheogene5117 12 дней назад

    Urabisonuye pee

  • @HabinezaEmmanuel-p1u
    @HabinezaEmmanuel-p1u 14 дней назад +1

    Turabisaba rwose mutubabarire mutwemerere imisati nipataro nukuri kuko duhora tubyifuza kdi twavukiye mwitirero turanarikunda gusa ibyoninzitizi zihora ritubabaza

    • @Emmanuel43167
      @Emmanuel43167 14 дней назад

      Nshuti va mugutinya abayobozi bidini ndetse nidini ubwaryo ahubwo soma Bibiliya icyo ivuga kuribyo wifuza
      Numara kukimenya ukore iko Ijambo ry' IMANA rikubwiye
      Kuba bakwemerera kugira icyo ukora kandi aricyaha ntibizakubuza gutsindwa nurubanza ngo nuko umushumba wawe yabikwemereye

    • @UwamweziAntoinette
      @UwamweziAntoinette 13 дней назад

      Kuko tugeze mugihe ni Imana bitakemewe ko ivuganira n'abantubayo mukanwa k'abahanuzi navugango ubishoboye agume uko yahamagawe

  • @niyonkuruiddyernest-4669
    @niyonkuruiddyernest-4669 10 дней назад

    Ndi muburundi.ariko ndamwibutsako ivy'imishatsi donc kuyihindura atari discipline yitorero ahubwo n'ijambo ry'Imana ribibuza.ikindi jew numva Mpwemu yera donc Mwuka wera ntagaciro agifise kuribo ahubwo igifise agaciro n'imyumvire yabo bagenderako.ubundi hategerezwa kubaho umurongo utandukanya abakristo n'abapagani.ikindi nibaza mbega kuva kera hose aba pentekote bari injiji ubu niho bajijutse

  • @philmindusabane7877
    @philmindusabane7877 14 дней назад +1

    Felicitation notre voisin

  • @NyirambabaziMarianne
    @NyirambabaziMarianne 14 дней назад

    Mushumba.njye nabana banjye turagukunda

  • @NYIRIMANAJeanMarieVianney
    @NYIRIMANAJeanMarieVianney 14 дней назад

    Yakobo 3:14
    Ariko niba muhorana amakimbirane akaze mu mitima yanyu mugahorana intonganya, ntimukabyiratane ngo mubeshyere ukuri.

  • @umuhozadiane3382
    @umuhozadiane3382 14 дней назад +2

    Ooooooh thank you my pastor wacu urukundo rwae rutugeraho ntora tuguwe neza

    • @nshimiyimanajeanmarieviann6224
      @nshimiyimanajeanmarieviann6224 14 дней назад

      😂 muguwe neza kuberako muzirura ibizira mwokabyaramwe musome neza ijambo ry'Imana muzamenya ukuri, gusa ngo muminsi y'imperuka haricyo bibiriya yayivuzeho.

  • @bigjoseph1598
    @bigjoseph1598 14 дней назад +1

    Abakuze bo mu itorero bakwiye kugira aho guhagarara heza bigisha cg batoza abato kugira discipline, igihe se abakuze bazaba badafite ifatizo bahagazeho urubyiruko rw'itorero ruzafata ikihe kitegererezo Pastor wacu?

  • @emmanuelrwibutso6491
    @emmanuelrwibutso6491 13 дней назад

    Ariko se wa muyobozi we abandi baraca iyo myenda wowe ukayizana?? Abadive bayizanye uziko basigaye bahendahendera abakobwa babo kwambara neza bakabananira?? Uzabaze umuyobozi wa Chorale y'igitwe waciye iyo myenda muri Choir icyakubayeho, None urashaka ko uzayobora Nyuma yawe azarwana n'ibibi wazanye, Ujye unibuka ko ari wowe wazanye abatinganyi murusengero, ntukabeshyere urubyiruko sitwe tugutuma, kuko nitwe Benshi mu ma Choral no muba Kristo, kereka niba abana bawe aribo uvuga babigusaba

    • @bazanzuri7841
      @bazanzuri7841 13 дней назад

      Iyihe myenda uvuga ,ipantaro ikwije umugore yayambara , idahambiriye umubiri , za jipo zidahambiriye imibiri yabo , ..... kwambara ukikwiza ntibigenderq ku ipantaro cg ku ikanzu

  • @kwizeramoise4627
    @kwizeramoise4627 14 дней назад

    1 Tim 2:11-14
    [11]Umugore yigane ituza aganduke rwose,
    Let the woman learn in silence with all subjection.
    [12]kuko nanga ko umugore yigisha cyangwa ngo ategeke umugabo, ahubwo agire ituza
    But I suffer not a woman to teach, nor to usurp authority over the man, but to be in silence.
    [13]kuko Adamu ari we wabanje kuremwa nyuma hagakurikiraho Eva.
    For Adam was first formed, then Eve.
    [14]Kandi Adamu si we wayobejwe, ahubwo umugore ni we wayobejwe rwose, ahinduka umunyabicumuro.
    And Adam was not deceived, but the woman being deceived was in the transgression.

  • @AlietteKabihogo
    @AlietteKabihogo 14 дней назад

    MANA tabara itorero ryawe🙌🙌🙌

  • @roberttuyishime19
    @roberttuyishime19 14 дней назад +1

    Ese pastor nkwibarize kandi uzadusubize. Iyo life radio ni iyabakristo baba muri kigali gusa? Muntara mubatekerezaho iki? Amafaranga muhabwa ntihaboneka ayo kwagura imiringo ariko ikumvikana mugihugu hose nk'andi maradio?

  • @NkurunzizaWilly-s3h
    @NkurunzizaWilly-s3h 14 дней назад +1

    Pasta ibyobintu bizagukoraho!ibyokuba urabye mwitorero sibyo bizakugeza mwijuru!ijambo ryimana rivugako umuntu agomba kuguma ukoyahamawe!

  • @uwamahorohamida8194
    @uwamahorohamida8194 14 дней назад +1

    Uzatunge itoroshi muba pasteur nanone

  • @bazanzuri7841
    @bazanzuri7841 13 дней назад

    Ikindi ni gute ufata umugore ukampuha kuba mwarimu imyaka ariko ukaba utamusengera ubupasitori

  • @ntirenganyapacifique5040
    @ntirenganyapacifique5040 14 дней назад +4

    Mwiriwe mushumba Yesu ashimwe, ese isuzuma mukora cg impinduka mutekereza ko zabaho zishongira kuki? :
    * Ni ku ijambo rivuga ngo uku niko Uwiteka avuga, cyangwa ni kuri Logical perspectives.
    * Cyangwa uko iminsi igenda ijya mbere itorero ubwaryo rigenda ryiyungura ububasha bwo kugira ibyo rihindura kugira ngo rijyane nibyo abantu bifuza bona nubwo bibiliya yaba ibibuzanya.
    * Hakurikizwa iki ngo hemerwe yuko umugore aba umushumba w'itorero? Byababikiri mumushinga cg byaremejwe mudufashe.

    • @bigjoseph1598
      @bigjoseph1598 12 дней назад

      Bitaremejwe ntiyaba abivugira kuri microphone abishima, ahubwo yaba abyitaza.

  • @amavutaamavuta5553
    @amavutaamavuta5553 14 дней назад +1

    Ndumiwe! Muzarebe abo azagir'abashumba uzasanga aribabantu batazwiii nibo bazishyiriraho kwambara ubusa nibisuko, yewe itegeko rirusha ibuye kuremera koko, nonaha uradutegetse na we Data wo mwijuru agutegeke

    • @oliverantonio8925
      @oliverantonio8925 14 дней назад

      Abazwi ushaka ko ashyira mu buyobozi ubwo ni babandi ba rutwitsi birirwa kuri za RUclips bavuga ubusa, babeshya, birirwa mu matiku gusa, Ntabwo washyira Umunyamatiku mu buyobozi kuko ejo bundi niwe wazajya yirirwa kuri za RUclips asebya itorero nka bamwe bo kwa Gitwaza.

  • @musabyemariyaolive2751
    @musabyemariyaolive2751 14 дней назад +1

    Mucyeneye umwuka wera akaba ariwe uyobora ,mbese izo mpinduka muvuze mwuka wera yarabibemereye ???