Ubuhamya buragwira ubu bwo noneho !!!!! Bakoze UBUKWE bubiri muri ADEPR | Mwumve icyo bita urushako
HTML-код
- Опубликовано: 14 окт 2024
- #ZABURI_NSHYA
/ @zaburinshya
Yesu ashimwe ! Iyi ni ZABURI NSHYA (Ishakiro ry' ubutumwa bwiza), urubuga rudashingiye ku idini, runyuzwaho ubutumwa bwiza bwa Yesu Kristo, binyuze mu buryo butandukanye. Hanyuma muramutse mushaka kugira inama mutugira, habaye hari igitekerezo mwifuza kudusangiza, cyangwa se indi nyunganizi, mwaduhamagara kuri Numero ya Zaburi nshya cyangwa mukatwandikira kuri: +250786388010, +250780736553 na +250722803600 (izi numero zombi ziba kuri whatsapp, Facebook: Zaburi nshya, Email: thicingenzi2@gmail.com
Uwakumva yifuje kudutera inkunga ngo umurimo dukora urusheho kugenda neza (Donation) yakoresha:
-ECOBANK ACCOUNT: 0013013810358301 (NTAGANZWA Plaisir)
-Moble Money: 0786388010 (NTAGANZWA Plaisir)
Murakoze cyane ! Imana ibahe umugisha
Imana ndayitangariye cyane kurenza uko nabivuga. Imana yabahaye imbaraga zidasanzwe, kwihangana no kuyikomeraho. Nanjye nyizamuriye amaboko 🙌🙌
Ubuhamya bwawe nanjye bunyongereye imbaraga cyane.
Nta Jambo Imana ivuga ngo rihere, ipfa kuba ariyo yivugiye gusa.
Imana irakora kandi igakora uko ishaka. Gusa binteye kwiringira ko ibyo yavuze ibisohoza.
Ubundi kandi bantu murebye Ubu buhamya, ndagirango mbabwireko Aba babyeyi bagaragara nkabadafite ibyo kurya nubwo akenda kameshe pe. Uwanafasha nkekako batabyanga nubwo bigaragara neza ko batabivuze bivugiye Imana vraiment.
Umuryango ufite guca bugufi rwose nizereko nomubuzima musanzwe ariko mumeze ❤️❤️❤️❤️
NDABAZI BACA BUGUFI PE, BARAKIJIJWE UWO MUGABO N'UMUYOBOZI WA CHOIR TURI MURUGENDO ADEPR RUKURAZO
Imvugo y'Imana irenze cyane uko muntu yibwira! imana idufashe cyane.
Imana ibahe umugisha zaburi nshya kutuzanira abakozi b'Imana beza.
Imana ibahezagire, kandi ibongere kwihangana nogushishikara muyizera! 🙏🏿🙏🏿🙏🏿🙏🏿
Imana irihagije, ntikangwa n'amajambo y'abantu. Kandi ije gutabara Mariya ntibanza kubaza Marigarita uko yabigenza. Mihezagirwe
Imana ishishikare kubakomeza vy'ukuri. Mwarwanye urugamba rukomeye cane!!!!! Imana izoba iherezo ryiza.
Amen lmana ikomeze ibanenamwe
Nonese ntabwowagombagakureka akazi kuko ntabwo imana ivugangotureke guhinga cyangwagukora
IMANA YAMAHORO IBAHE UMUJYISHA MWINSHI CYANE. KUBUHAMYA BWIZA MUTUJYEZAHO IMITIMA YACU MURAYIHEMBUYE IMANA YAMAHORO IBAGURE KANDI KOKO IMANA NTICYERERWA.
Ubuhamya ni bwiza!ariko ads zizamo kenshiii c'est genant🤦
Nduwambere ukunze ububuhamya kuberako bisananjye p
Urwanintambara nziza Krito abimbaraga zawe ufatubugingo aguhaye ngobuguheshibyishimo ,nukuri ndafashijwe kdi bimpaye gukomera
Ubu buhamya buratangaje rwose
Yeweyewe impore rwose!!!!!yarabakomerekeje peeeee!!!
Ubuhamy
Part2 please
Numuco mwiza nkaba clisto gutanga ubuhamya kurugendo rwawe no Kubyowagiye uhuranabyo munzira yagakiza kuko harabo bifasha mubihe barimo gukomera abandi bikabakomereza kwizera ariko ijambo ryarambwiye ngo numeny ukuri ukuri niko kuzakubatura! Umunyarwanda nawe aravugango ukuri gucamuziko ntigushya nibambeshye munyomoze birakwiyeko yaba imana yaravuze yaba itaravuze byaribikwiye ko muribyose tugira ukuri kuko kugirango muhagarikirwe ubukwe sinkwano yabuze yemwe sinibindi ahubwo habuze ukuri Cyne ko nimiryango yanyu yariyiteguye kubatega amatwi ikabashyigikira arko namwe mwagaragaje uruhare rwanyu nkabanshoje ngirinama abategura ubukwe (gusaba& gukw) KO bajya bagaragaza uko bahagaza kose niyo baba ntacyo bafite bakagaragaza ikifuzo gusa ubundi imiryango ikabona aho ihera ibashyigikira kdi imana ishimwe KO yahabaye mugasoza urugendo amahoro🙌🙌🙌🙏
Jyentacyo nkuyemo??
Ujyera wunve ubyitayeho
Ibi bintu birakomeye