Mana ngushimiye ko umpaye imihango yange mu myaka irindwi .Icyo ngusaba n,urubyaro mpa n,uruhinja mbone Icyo nzavugira mu bandi.kdi ndabyizeye ko ushoboye.
Amina ! Haleluya ! Vyukuri, ntawuhwanye n Imana yacu! Turasenga ngo, Imana Ize Ihezagire urugendo rw umuvyeyi wacu Chris mu maja no mu maza , mw Izina rya Yesu. Iyi Weekend itubere iyo kugenderwa na Ndiho twese abizeye , mw Izina rya Yesu .
Mana turagushima muri byose wabaye aha komeye Mana narwaye Umugongo Kwa Muganga wambwiye ko Ari disc none Mana muririsengesho ndakwinginze ngo unkoreho. Umpe gukoranuka muri byose.
Amen imbaraga zawe mana
Amen nanje Mana ndizeye ko nanje kuva ubu ngiye kubohorwa nkatuze muri jewe ndatuye umubano mwiza iwacu na papa kandi kuva ubu bigiye kugenda neza
ndabakunda Imana ijye ikomeza kubateza imbere njye kubera kubakuricyira nacyize agahinda gakabije
Amen amen
Mukama ubishatse nanje wonkiza abarozi bashaka kutumira numuryango wanje.
Mana nanjye ntindengane🙏🙏🙏
Ntundenhane Mukiza we.wumve uko nganya Aho ugendera mubandi nanje ntunsige😢
Uko ugenderera abandi nange ntunsige Papa
Eweee mana nyeninganj Ewe Mana umfise ubushoboz bwokuganza ijuru nisii nteturura imbere yabasi banje Mana
Amen amen . Murakoze. IMANA ishimwe
Amen 👏👏🙏
Murakoze Mana
Amen❤❤
Mana ndizeye Yuko umbohoye nkuko wabohoy abandi kwakinogihute canje mukwaha
beneda mukunda kanguka mumfashe gusengera buri muntu wese utugerejye urubyaro murakoze
Mana ngushimiye ko umpaye imihango yange mu myaka irindwi .Icyo ngusaba n,urubyaro mpa n,uruhinja mbone Icyo nzavugira mu bandi.kdi ndabyizeye ko ushoboye.
Mudufashe gusenga natwe izamuduhe kuko turamukennye.
❤❤❤
Mana nanje uyumunsi ntundengane
❤❤❤❤👏👏🙏🙏
Amen
Mana unyubakire urugo umpe urukundo mubavandimwe nabaturanyi.Mana unyiyoborere
Amen
Amen
Amen 🙇♂️🙌🙌🙌🙏🙏🙏
Mana ndacyategereje ineza yawe uko ugenderera abandi nanjye ntunsige
Mana ndagusaba ngo umbohore kuri sekibi .Mana ndagusaba ngo umpe urubyaro Uzi ko nzisama zikavamo Mana mbabarira umpe nukuri najye nterure umwana dore hashije igihe 2imyaka namezi 10 none girira impuhwe.unyumve Mana nkura kumusozi ndiho urakoze Mana merci Seigneur
Imana iguhe kubyara mwizina rya Yesu
Imana igufashe mwizina Rya yezu
Ihangane muvandimwe Imana iratuzi natwe izaduha guheka
Ikintu cose gituma inda zawe zikoroka (zivamwo), ni kiveho, ni gihunge, ni kibure mw Izina rya Yesu . Iyo uzosubira gusama tuyikikuje amaraso ya Yesu, ize ikure neza kandi ivuke, mw Izina rya Yesu Kristo turagusengeye ncuti, nawe ugire ukwizera, Amina
Amen Amen@naomendayishimiye2214
Ndashaka gukira indwara maranye imyaka myinshi ndakwizeye Mana
Amina ! Haleluya !
Vyukuri, ntawuhwanye n Imana yacu!
Turasenga ngo, Imana Ize Ihezagire urugendo rw umuvyeyi wacu Chris mu maja no mu maza , mw Izina rya Yesu.
Iyi Weekend itubere iyo kugenderwa na Ndiho twese abizeye , mw Izina rya Yesu .
Amen
Mana nkusabye imbaraga zo gukomera uzane urukundo murugo rwanjye Kandi ukomeze undindire umwanya ukureho kubagwa kwe Kwamagu Amen🙏
Mana nziko ushoboye byose nanjye uzampa kubyara nanjye nkagira ibyishimo
imana numubyeyi nacyo yatwima
Mama data watse ndakwiginze ngo umbabarire natutse izinaryawe binyuze mubyaha nakoze mumyaka 8umbarire ndakwiginze ngo ukoresha uyumuntu ndabangamiwe cyaneee,!!!!!!?nubuzima nacyo bumariye ubu,ndinginze ngo imbaraga zomwijuru zimanuke zigote abazimu badasazwe banziritse badasazwe munsegere mwese ndingizepe!
Mana gwino umpindurire amateka
Amana ndashaka ko umpa ubwenge bwokugukorera igihe cose nkirikuriyisi
Amen
Amen
Amen amen🙏🙏🙏🙏🙏
Amen
Amen Amen
Amen nanje mana ndizeye uyumunsiko nasamye muburyo budasanzwe mana nziko atakikunira
Yesu ahe umugisha kanguka
Nishimiye kuba numvise Kanguka ivuga ibyiza Imana ikora.ndizeye ibitangaza byayo
Lord Jesus give me strength and change my situation in the mighty name of Jesus
Thank you God
mwami uko ugenderer'abandi nange ntusige kuko ndagucyeneye mpohora nzakarande zose mwiza rya yesu
Bavandimwe mumfashe gusabira murumuna wanjye betty gukora ibibyimba afite Munda mana mucyize nawe azagushima
Mana yomwijuru ndagusabye ugiririre neza nyeneye kuboko kwawe mwami ndagusabye urabona ndananiwe
Mana ndakwinginze ukureko ba penina unteturure nanje mpeke ndonde ikibondo Amen
mana muraya masengesho mana ndashaka ukuboko kwawe kuko ukuboko kwawe kurimobyose kurimo abana dukeneye kd kurakiza urakoze papa ndakwizeye
Emene
Mana
Aho uza kugendera abandi nanje ntusige kuko nanje ndagukeneye mubuzima bwanje
Amen Amen Amen🙏🙏🙏🙏🙏🙏🙏🙏🙏🙏🙏🙏🙏🙏🙏🙏🙏🙏🙏🙏🙏🙏🙏🙏🙏
Nanje Mana yanje ndagukeneye mukibazo cubugwayi,wumve uko nganya mukiza
Shimwa mana warakoze
❤❤❤❤❤❤🎉🎉
Amennnn😢😢😢
Shalom shalom
Amen
Ameeeen🙏🙏🙏🙏🙏🙏
Nangetasakagusima
Haleluya haleluia imana nihabwe icubahiro 🥳🥳🥳🥳🥳🥳🥳🥳🥳🥳🥳🥳🎉🎉🎉🧚♂️🎉🎉🎉🎉🎉🎉🎉🎉🎉🎉🎉🎉🧚♂️🧚♂️🧚♂️🧚♂️🧚♂️🧚♂️🧚♂️🧚♂️🧚♂️🧚♂️🧚♂️🧚♂️🧚♂️🧚♂️🧚♂️🧚♂️🌷🌹🌺💐⚘🥀❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤
Man ndaziko ushoboye vyose ndagusavye unkize igwara nibindi vyose umugogo Man nimivumo yakarande uzobukoze man
Ndakiiye gukira mwizina rya Yesu christo Amen 🙏
IMANA ishoboye vyose kandi n'ubu iracakora imirimo n'ibitangaza
Amen Amen 🙏🙏 yesu urakoze kutugendera 🙏🙏👏🤲
Mwaramutse nabasabaga kushyira murigurupe
Ameeen
Ameen!
Urakoze Papa
Imana ninziz Ibihe vyose...Imana ni Rukundo
Ndiho ndakwishize mubiganza,uze ungenderere muburyo bwose Data .
Mana ndagusaba ibitotsi gusinzira neza
Umbohore maana yanje ku ntegenke zanje
Amena amena🖐️🖐️💪
Mana ndakwinginze ngo ntumiteho mukiza Kandi umpe gukiririra muriyi kanguka unkureho imyuka mibi yakarande umbere maso murugo rwange undindire abana kandi Mana mukuboko kwawe harimo byose ufungure imira abatarabona urubyaro urubahe nabo ubaremere amashimwe Mwami wange nizeyeko uzanyishyurira ideni mfite kandi ndabyizeye Amen 🙏
Amen Yesu Nkushimiye Ko Abawe bishimye kubwimirimo Mwiza Wabakoreye
Nakiye gukira cancer.Amen
Amen 🙏🙏🙏🙏🙏🙌🙌 Amen
Amena
Amen Amen 🙏🏼🙏🏼🙏🏼
Najye musengere najye ndananiwe
Imana ihabwe icubahiro ku mirimo yakoreye benedata kandi ihimbzwe kuko ari Ndiho
Amen Amen 🙌🙏🙏🙏🙏👏
Nguciriye bugufi Mana wewe Wera ngushima kubw'ibi bikorwa vyose ukoreye ababantu vyose birakomeye habwa icubahiro
🙏🙏🙏🙏🙏
Amen Amen 🙏🙏🙏
Amen❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤
Simpengeshanya kugushimira kumusi kumusi ivyiza wankore ukanzigama nubu ndakwingize Mana opération izobiyawe turiteze gutabarwa nawe Mana.
Amen amen 🙏
Mana ntabara umpe amahoro murugo aho nsuzugurwa nta jambo,umpe ijambo,Umuryango wanjye uwiyereke Mana uwuhe ubushobozi bwo kubaho kandi ukize abarwayi barimo Ntabara😢 Mwamii ,munsengeree
Urikibirengeye Mana
Niba hariho Whatsapp muhuriraho mwambariye mukashyiraho ikindi nazajya mbakurikira gute live ikindi Munsengere cyane Imana impe urubyaro mwizina ryayesu nzagaruka nkushima wamanawe kuko ndananiwe
Amen Amen
Amen❤❤❤❤
Mana turagushima muri byose wabaye aha komeye Mana narwaye Umugongo Kwa Muganga wambwiye ko Ari disc none Mana muririsengesho ndakwinginze ngo unkoreho. Umpe gukoranuka muri byose.
Power
Amen!
Amen🙏
Amen🙏
Amen
Amen
Amen
⁰⁰⁰