Размер видео: 1280 X 720853 X 480640 X 360
Показать панель управления
Автовоспроизведение
Автоповтор
So lovely! Ariko Mpinga iyo ahaba byari kuba akarusho😂😂 kuko yari kutubwira nutsundi tsunu wowe utatubwira😜
EGO ,WATUBWIYE KO UTARI WAMWITAYEHO,UTAMUBONYE.ARIKO WARI WABONYE ISAHA UKABA UTIBUKA UNUNTU UKIBUKA ISAHA,UKANAMENYA KO YANAYIHINDUYE.UBU MBA NUMIWE MU NKURU.
Poupou ntago wabinkora maze kuza wenyine naringiz ng ni Mpinga😆 iyo uri wenyine birancanga kweri. Ariko naza ntimuzakiranuka. Thank you wabikoze bien😇❤️
Oya wowe!!! shaaaa ibibintu ntabwo wabidukora nukuriGusa Mpinga arakuniga icyo nzi cyoGusa umpamagare ngutabare
Ooohhh I like your love story chry ngwino ndebe we loveee you deeply,❤️
Love story yiwe sinjya nyihaga nubu nje kuyisubiramo❤❤😂😂
Ubuse Mpindanzima arihe Koko,twika ngwinonde azasange hagurumanye♥️💞
Kuba uduhaye love story Mpinga adahari birambabaje😂😂 haribyo yari kujya akwibutsa akanaseka😂😂 Petit turabizi yitwa Olivier🤣
Nimba Maputti mutongeye ngomubisubiremo ahari ntituzabyemera! Ubwose atarimo ngo akubwire ngo urasimbutse ubwo byaryoha Gute?
Gwino we your husband uziko muzi ntashidikanyaga arko uvuze muri bank mpita mumenya muri Equity bank🙊🙊🙊🙊❤❤❤❤wowwww ndushijeho kugukunda cyneee❤❤y
Ndashaka kubabaza mwese honestly icyababaje cyane mumibanire yanyu yokubaka urugo????
Munjye mucishamo mukore na prank ziri muzizamura Cano
Sha byari kuryoha iyo Joselyne AKA kavuyo😀🤗aboneka ark nubwo ntaribi gusa i like her vibe kbsa
Uziko narimbonye uri MPINGANZIMA 🤭
Iyo ugashirako at Guibert wumurundi🇧🇮😂🤣
Yoo mercii bcp kutuganiriza! Nukuri uzagaruke utuganirize mothethood journey♥️🥹 Be blessed
Much love ngwino ndebe mwiza
Ngwi uziko ugisoje ataje koko😅 ndabakunda cyane❤️❤️
Ndabakunda ...ariko nubu sindamenya kubatandukanya pe keretse iyo murikumwe ariko musetse
Sha ukuntu uri mwiza👌👌 ntuzongera kwimyoza cyangwa kuvuga ngo ahreeeee🙈🙈🙈uhita uba mubiiiii sha,anyway ndabakunda muribeza😘😘😘nkunze love story yawe numvaga itarangira shenge
Complicated, ntacyo bitwaye rwose
Ibaze ko ikiganiro kirangiye ataje 😂
Ndumva navuga izina rye weeeeeee
Uri mwiza bambe ura natuje mpinga arasetsa çyane iyo muri kumwe ndaseka birenze nago jyantuza
You’re so funny😂♥️♥️♥️..much love Ndebe♥️
Ntago tubyemeye 😂 muzasubiremo mpinga ahari
ESE wabaye iki kumunwa cherie
Uri mwiza cane
❤Arikurimwizawe ❤️❤️❤️❤️❤️❤️💯💯💯
wamugurishije umwana wacuuu😂😂😂
😂😂 adusobanurire
guibert yakinaga neza nibyo. Ni uwo muri IPRC Kgl
Ndabakunda cyaneee setu
Nabwo mbakunda ariko nizereko muzi ko kwerekanako urukundo rwawe rwari rugukeneye utarukeneye bibabaza
Ninde wapfuye ninde love you Ngwino
Wallah crush wanjye mpinga yabuzemo but ntakundi
Ndabakunda setu 👌❤️🤞🏾
Natwe turagukunda! Umugabo wawe yitwa nde ko wakomeje ku mutsinda😅😅😅
Ni woe wange chou love you 💋💋♥️♥️♥️♥️♥️♥️♥️♥️♥️♥️♥️♥️
Ndabakunda cyane
Mana uzabahe kurambana
Much love Ndebe ❤️❤️❤️
I love you Jumelle 💕💕💕Imana ikomeze to protect you and to Bless you
Ndagukurikiye 5kuri gatanu
Mukora neza cyane kd mukomerezaho
Yoooo ndabakunda pe
Love you much❤❤🌹🌹🙏🙏🙏🙏
Wabikoze neza chuchu💞unambaye neza 😊
Ndebe dis ❤❤ndagukunda koko
Humura urabikora neza chch
you look good💞
subu kui mutazanye koko🥺🥺🥺
Uwo mutype arihangana ndake!!!!? Nonese please uzansubize nko mukwezi kwabiri gushize niwumvaga urukundo rugiye kuza!????????? Please uzansubize muri commentaire
Ni nkuru nziza ariko harimo kutwereka ko yamwirutseho cyane.yabikabije cyane.niba se utaramushakaga kuki wemeraga invitation ze.yego hari igihe umuhungu umuhora gato.NKA MPINGA YABIVUZE NEZA. URI KUTWEREKA KO KO KO.NTUSHOBORA KUBA UDASHAKA UMUNTU NGO MUMARE AMEZI 2 CG 3 UTAREMERA.ANY WAY.INKURU NKIZO NDAZIKUNDA.
@@kamikazi477 Ikibazo nibaza !!? Kuri uyu musister byageze nibura kukwezi kwa gatatu nakantu kurukundo Kari kaza!?????? Nabasore bake bakwihangana kugeza kuri ruriya rwego!!!!anyway ngewe mpinga niwe nakunze ibye
Chr wanjye ❤
Much love ngwinondebe
Love you from ug🇺🇬Ngwino...
Keep up.........
Mana we cyakora ntuzongere gukora ikosa ryogusiga mpinganzima
Je vous amour aba twins😍😍😍😍
Ntukagakore ikiganiro mpinganzima adahari ntibiryoha nkiyo murikumwe jyewe nibyo nkunda
Look nice
Ilove ur love story
uwo mutype yahuye nuruva gusenya haahhahahahah
Hahahahahha
Urakoze
Love you more ❤️💓💓
❤❤❤
Ubundi nta mpinga ntacyabaye ndabakunda koko
Uba wiriye cyane
Nonese bitwayiki?
Love 💞💕💞💕💕💕
Sha ntabwo uberewe uri wenyine😔
Hhhhh cyaze🥰
❤
❣️❣️❣️
🤩💯
Yoooo❤
♥️♥️♥️♥️👌👌👌
🥰🥰🥰🥰🥰
🎉❤❤❤❤🎉
Butoya 😂😂😂
Bank yabaye Bank ariko...
❤️❤️❤️❤️❤️❤️
Courage bato beza ababaca intege mubime amatwi na amaso❤️
🥰🥰🥰🥰🥰🥰💝💝💝💝
Ibibintu byokuza mwirya ntaco bimaze
SUKOO.
Wowe wakwiriye se
🇧🇮🇧🇮🌹🌹
🇷🇺🇷🇺🇷🇺
❤️❤️❤️
So lovely! Ariko Mpinga iyo ahaba byari kuba akarusho😂😂 kuko yari kutubwira nutsundi tsunu wowe utatubwira😜
EGO ,WATUBWIYE KO UTARI WAMWITAYEHO,UTAMUBONYE.ARIKO WARI WABONYE ISAHA UKABA UTIBUKA UNUNTU UKIBUKA ISAHA,UKANAMENYA KO YANAYIHINDUYE.UBU MBA NUMIWE MU NKURU.
Poupou ntago wabinkora maze kuza wenyine naringiz ng ni Mpinga😆 iyo uri wenyine birancanga kweri. Ariko naza ntimuzakiranuka. Thank you wabikoze bien😇❤️
Oya wowe!!! shaaaa ibibintu ntabwo wabidukora nukuri
Gusa Mpinga arakuniga icyo nzi cyo
Gusa umpamagare ngutabare
Ooohhh I like your love story chry ngwino ndebe we loveee you deeply,❤️
Love story yiwe sinjya nyihaga nubu nje kuyisubiramo❤❤😂😂
Ubuse Mpindanzima arihe Koko,twika ngwinonde azasange hagurumanye♥️💞
Kuba uduhaye love story Mpinga adahari birambabaje😂😂 haribyo yari kujya akwibutsa akanaseka😂😂 Petit turabizi yitwa Olivier🤣
Nimba Maputti mutongeye ngomubisubiremo ahari ntituzabyemera! Ubwose atarimo ngo akubwire ngo urasimbutse ubwo byaryoha Gute?
Gwino we your husband uziko muzi ntashidikanyaga arko uvuze muri bank mpita mumenya muri Equity bank🙊🙊🙊🙊❤❤❤❤wowwww ndushijeho kugukunda cyneee❤❤y
Ndashaka kubabaza mwese honestly icyababaje cyane mumibanire yanyu yokubaka urugo????
Munjye mucishamo mukore na prank ziri muzizamura Cano
Sha byari kuryoha iyo Joselyne AKA kavuyo😀🤗aboneka ark nubwo ntaribi gusa i like her vibe kbsa
Uziko narimbonye uri MPINGANZIMA 🤭
Iyo ugashirako at Guibert wumurundi🇧🇮😂🤣
Yoo mercii bcp kutuganiriza! Nukuri uzagaruke utuganirize mothethood journey♥️🥹 Be blessed
Much love ngwino ndebe mwiza
Ngwi uziko ugisoje ataje koko😅 ndabakunda cyane❤️❤️
Ndabakunda ...ariko nubu sindamenya kubatandukanya pe keretse iyo murikumwe ariko musetse
Sha ukuntu uri mwiza👌👌 ntuzongera kwimyoza cyangwa kuvuga ngo ahreeeee🙈🙈🙈uhita uba mubiiiii sha,anyway ndabakunda muribeza😘😘😘nkunze love story yawe numvaga itarangira shenge
Complicated, ntacyo bitwaye rwose
Ibaze ko ikiganiro kirangiye ataje 😂
Ndumva navuga izina rye weeeeeee
Uri mwiza bambe ura natuje mpinga arasetsa çyane iyo muri kumwe ndaseka birenze nago jyantuza
You’re so funny😂♥️♥️♥️..much love Ndebe♥️
Ntago tubyemeye 😂 muzasubiremo mpinga ahari
ESE wabaye iki kumunwa cherie
Uri mwiza cane
❤Arikurimwizawe ❤️❤️❤️❤️❤️❤️💯💯💯
wamugurishije umwana wacuuu😂😂😂
😂😂 adusobanurire
guibert yakinaga neza nibyo. Ni uwo muri IPRC Kgl
Ndabakunda cyaneee setu
Nabwo mbakunda ariko nizereko muzi ko kwerekanako urukundo rwawe rwari rugukeneye utarukeneye bibabaza
Ninde wapfuye ninde love you Ngwino
Wallah crush wanjye mpinga yabuzemo but ntakundi
Ndabakunda setu 👌❤️🤞🏾
Natwe turagukunda! Umugabo wawe yitwa nde ko wakomeje ku mutsinda😅😅😅
Ni woe wange chou love you 💋💋♥️♥️♥️♥️♥️♥️♥️♥️♥️♥️♥️♥️
Ndabakunda cyane
Mana uzabahe kurambana
Much love Ndebe ❤️❤️❤️
I love you Jumelle 💕💕💕Imana ikomeze to protect you and to Bless you
Ndagukurikiye 5kuri gatanu
Mukora neza cyane kd mukomerezaho
Yoooo ndabakunda pe
Love you much❤❤🌹🌹🙏🙏🙏🙏
Wabikoze neza chuchu💞unambaye neza 😊
Ndebe dis ❤❤ndagukunda koko
Humura urabikora neza chch
you look good💞
subu kui mutazanye koko🥺🥺🥺
Uwo mutype arihangana ndake!!!!? Nonese please uzansubize nko mukwezi kwabiri gushize niwumvaga urukundo rugiye kuza!????????? Please uzansubize muri commentaire
Ni nkuru nziza ariko harimo kutwereka ko yamwirutseho cyane.yabikabije cyane.niba se utaramushakaga kuki wemeraga invitation ze.yego hari igihe umuhungu umuhora gato.NKA MPINGA YABIVUZE NEZA. URI KUTWEREKA KO KO KO.NTUSHOBORA KUBA UDASHAKA UMUNTU NGO MUMARE AMEZI 2 CG 3 UTAREMERA.ANY WAY.INKURU NKIZO NDAZIKUNDA.
@@kamikazi477 Ikibazo nibaza !!? Kuri uyu musister byageze nibura kukwezi kwa gatatu nakantu kurukundo Kari kaza!?????? Nabasore bake bakwihangana kugeza kuri ruriya rwego!!!!anyway ngewe mpinga niwe nakunze ibye
Chr wanjye ❤
Much love ngwinondebe
Love you from ug🇺🇬Ngwino...
Keep up.........
Mana we cyakora ntuzongere gukora ikosa ryogusiga mpinganzima
Je vous amour aba twins😍😍😍😍
Ntukagakore ikiganiro mpinganzima adahari ntibiryoha nkiyo murikumwe jyewe nibyo nkunda
Look nice
Ilove ur love story
uwo mutype yahuye nuruva gusenya haahhahahahah
Hahahahahha
Urakoze
Love you more ❤️💓💓
❤❤❤
Ubundi nta mpinga ntacyabaye ndabakunda koko
Uba wiriye cyane
Nonese bitwayiki?
Love 💞💕💞💕💕💕
Sha ntabwo uberewe uri wenyine😔
Hhhhh cyaze🥰
❤
❣️❣️❣️
🤩💯
Yoooo❤
♥️♥️♥️♥️👌👌👌
🥰🥰🥰🥰🥰
🎉❤❤❤❤🎉
Butoya 😂😂😂
Bank yabaye Bank ariko...
❤️❤️❤️❤️❤️❤️
Courage bato beza ababaca intege mubime amatwi na amaso❤️
🥰🥰🥰🥰🥰🥰💝💝💝💝
Ibibintu byokuza mwirya ntaco bimaze
SUKOO.
Wowe wakwiriye se
🇧🇮🇧🇮🌹🌹
🇷🇺🇷🇺🇷🇺
❤❤❤
❤️❤️❤️
❤️❤️❤️
❤❤❤