IGICE CYA 2😭ABASHUMBA BARI KWIGISHA INYIGISHO Z'ABADAYIMONI😭ITORERO RIRANDASWE N'IMPUMBYI😭INTUMBI
HTML-код
- Опубликовано: 13 сен 2024
- #Pamphile_0785781442 #Beulah_Uwashyingiwe
Abagenzi barangije igihugu kiroga, bagera mu gihugu cyitwa Beulah, risobanura ngo Uwashyingiwe (Yesaya 62:4). Icyo gihugu kirimo ikirere cyiza cyane kinezeza ugihumeka. Inzira y'abajya mu ijuru ikinyuragamo; bamara iminsi baharuhukiye. Bumvaga inyoni ziRIRIMBA iteka, bakabona iminsi yose uburabyo burabya, bakumva inuma ziguguza. Muri icyo gihugu izuba riva ku manywa na nijoro; abakigezemo baba barenze igikombe cy’igicucu cy’urupfu. Kandi cya gihanda Bwihebe ntikibasha kuhagera; Kandi Abagenzi bahageze baba bitegeye ururembo bajyamo, ndetse bahahurira na bamwe bo muri urwo rurembo, kuko abarabagirana bamenyereye kugendagenda muri icyo gihugu, kuko gifatanye n’icyo mu ijuru.
USHAKA GUFATANYA NATWE MU BURYO UBWO ARI BYOSE TUVUGISHE KURI 0785781442
Email:beulahministry2012@gmail.com
Kubana na Yesu ntacyo wabigereranya, kuganira n'ababana na we ntiwabihaga. Pamphile, ibyifuzo byanjye byo kumva naganira n'abantu bakijijwe cyera murabisubiza, kandi mbonamo ibyo nkeneye byose. Muri kundera neza pe, ntimuzahinduke, ariko nimunahinduka nzabimenya kandi nzabahunga kuko ibiganiro byanyu byamaze kunshyira ku rwego rwiza rwo kubana na Yesu. Ikintu kijya kinezeza ni ukuntu numva hari ikibazo nakabajije umutumirwa najya kumva nkumva urakimubajije neza neza nk'aho usomye interezo zanjye, hari nivugisha nkumva njye nawe tuvugiye rimwe tukavuga ijambo rimwe. Navuga byinshi ariko mukomeze aho natwe tuzi icyo kumariye ubugingo bwacu duhora tubasabira ngo iyi soko ihore ivamo amazi meza kdi Imana iyirinde gutobamwa no kwangizwa n'imbaraga izo ari zo zose!
Uyu mukecuru(Nako ni inkumi ya yesu) yarakijijwe pe aravuga ibimurimo adategwa u bu ategereje kwigira mu ijuru. Pamphile uzamusabe mudutegurire ikiganiro ku bagore bubatse Ingo aduhugure.Rwose ndabigusabye Pamphile!!
Abana b' Imana baracyahari kandi bene abo ntibazashira ku isi🎉🎉🎉❤❤❤
Ooh Yesu abahe umugisha
Yesu ashimwe mama?imbuto z'Umwuka ni urukundo,ibyishimo n'amahoro,kugiraneza,kwirinda,kubaha Imana no gukunda benedata.Haleluya!!!
Mwembi muhabwumugisha ❤❤❤
Imana iguhe umugisha,urimo.kutuzanira ababyeyi nakuze nigiraho nkunda cyane.
Umurokore mubambere utarataye akaranga. nyuma ya Kavamahanga na Aziza uyu abaye uwa 3 kristu akomeze abaturindire
Mukecuru Leonille ndagusuhuje. Ndagukunda cyaneeeeee warambwirije, urandera mu gakiza. Uko mpagaze ubu mbivana ku nyigisho n impuguro zawe. Nanjye nzagusura. Pamfile Yesu aguhe umugisha mwinshi cyaneeeeeee
Oooo Manawe Ndafashijwe 🇧🇮🇧🇮🇧🇮pamfiii Imana iguhe Umugisha na bibi wacu
Asante bibi unanisaidiya sana Mungu akubariki sana ❤❤❤❤❤❤
Yewe biratangaje imana ibahe umugisha nukuri
Uyu mukecuru aratangaje ❤
Imana ibahe umugisha uzampuze nuyu mukecuru mwirebere namukunze
❤❤ Mukecuru IMANA iguhe umugisha.
Ese pamphi ibyo gusubira ku rimbi si nko guterecyera
Baravuga ngo yesu asambira mu murima wa jyetsimani
Mbaye uwa1narimbategereje cyane naraye nsoje icya1 numva mfte inyota pe murakoze ko kidatinze.
Imana ibahe umugisha Pamphile n'uyu mubyeyi
Imana ijye ikomeza kubayobora(mukomeze kugabura ibikwiriye),kdi ntakindi nabasabira nn umugisha w Uwiteka ndetse nogukomeza kuba maso kugeza ubwo Yezu azaza kutujyana.
Uyumubyeyi aracyafite ibiryo bizima ,Imana imuhezagirr
Hari abantu baba bakuze neza(nirinze gukoresha gusaza)kuko uyu nubwo akuze ni mushyashya
Njye ndi umuchristu nzahora ndiho mubihe byose njyeze kugupfa(mukecu uri umu kirisitu❤❤❤❤❤❤❤❤)
Amen Amen Imana Ishimwe nukuri! Knd Ibahe Umugisha
Imana ihe umugisha uyu Mubyeyi,Pamphile uzasubire kumusura ujyende kare mutuganirize kwijambo ry'Imana kuko biraryoshye nukuri
Amen amen
Imana ibahe umugisha
Uyu mukecuru turamushaka mu rusengero igahogo kuko bamwe tuzi ko yatashye mwijuru naze tumubone niba yarahimutse mumufashe ibishoboka muzajye kumuzana ndakeka ko yaba atakiba muhanga.naze kd muzamuhe umwanya atuganize aba nibo dukeneye.muzamuzane kuwa kabiri abone umwanya munini.aba nabi hambere bumwimerere njewe ndabyemera.mykecu ndakuzi.niba mukunda abakirisitu bayobizi mutuzanire uyu nyogokuru tumubone mu rusengero.hari nuwitwa Kajyibwami pst sinkimubona Aho yicaraga .bite Mujye muduha amakuru yaba bantu.
Mbaye uwambere narintegerezanyije amatsiko iyi episode.imigisha myinshi kuruyumubyeyi
Yewe agakiza kumwi.erere nkaka karakenewe.ibyo byose yesu ya uzeko ar ibizira.ariko. Tibumva
am so happy for this second session 😊😊
Imana ibahezagire mudusubizamwo inyota yogukunda agakiza kazima
Pamphile uwakurezz yarungutse yunfukira n'Uwiteka disi!
Mubaye nkange disi nange narinziko ntamuntu wo murusengero uhemukape
Intumbi murusengero buriya gihe umuntu akwiye gushyingurwa.
❤❤❤
Nibutse mukecu jyisegera igahogo aracyuzura umwuka wera
Irijamlbo rirakomeye gukiranuka n'ibyumuntu kugitike n'ukuri kuzuye
Uyu mukecuru muzi igahogo Ari umu diyakoni nko mu myaka 5 ishize.ndibaza mukecuru nkikubona uba hehe mukecururu wacu ? Sinkikubona ark ndabaza Muzehe theofile ndakeka azi amakuru yawe.ark komera maman wacu.
Ntacyo abantu bazireguza
Iyo tuvuze ibyo bavugako turi gukabya agakiza.ariko ukuri kwitwe ukuri.nibinyo.a bibe bityo.
Mukecuru aratangaje rwose
Ibyo muvuganr ni ukuri nkiri muto ndabona iyo umukristo ya pfaga najyaga muro rwabagize ibyago bagasenga bakaririmba ark nanjye ibyo kujyana umurambo murusengero hamwe nokujya kugituro mbona Ari Nko guterekera peee😮
Aba Catholic nibo bajyanaga imirambo mu Kiliziya (ariko nayo y'abakire)
Sinzi ukuntu aba protestant n'abadive banduye nabo 🤷♀️
Imana ibahezagire
Nanjye buriya kuzana intumbi murusengero byaracanze,kdi byadutse vuba ntibyahozeho
Hari abantu baba bakuze neza(nirinze gukoresha gusaza)kuko uyu nubwo akuze ni mushyashya
Hari abantu baba bakuze neza(nirinze gukoresha gusaza)kuko uyu nubwo akuze ni mushyashya