Kubura urubyaro si Ikibazo Kiba giherereye ku mugore kuko ubushashatsi bwagaragaje ko Hari igihe Ikibazo Kiba giherereye ku mugabo. Ariko muri société nyarwanda iyo umuryango utinze kubyara bumva ko ari umugore utabyara. Imana ihe urubyaro imiryango urwifuza. Kdi abatararubona bakomeze bihangane kdi bizere Imana niyo itanga urubyaro
Les mots que vous utilisez dans votre commentaire sont insupportables, ils ne peuvent être tolérés !! Soyez prudent et veillez s'entraîner à parler avec respect. Sinon, votre commentaire n'apparaîtra jamais sur cette chaîne. Merci
Reba indirimbo nziza ya YESU ARAJE FAMILY hano👉ruclips.net/video/uMvOZEPkmBg/видео.html
Kubura urubyaro si Ikibazo Kiba giherereye ku mugore kuko ubushashatsi bwagaragaje ko Hari igihe Ikibazo Kiba giherereye ku mugabo. Ariko muri société nyarwanda iyo umuryango utinze kubyara bumva ko ari umugore utabyara. Imana ihe urubyaro imiryango urwifuza. Kdi abatararubona bakomeze bihangane kdi bizere Imana niyo itanga urubyaro
Nice Couple, hari ukuntu Imana ibigenza ikadusubiza ibyo twasabye muri Envelope nziza cyane.
God bless the family
Ako she mana😘😘 muraberanye nukuri kw'Imana biraryoshye kubareba🥰🥰 sinzi umuntu inyibiye écouteur zanjye weee ngo niyumvire ntuje aba bantu bezaaaaa
Muhabwe umugisha bakozi b'Imana
Abana nta ribi ryabo, wasanga kicaye aho munsi ya camera karimo kwibaza ibibazo😂😂😂
Cyakoze ufite umugore mwiza bro👌 ujye wicara Marriott wigurire kamwe
U look good ur very beautiful couple may the lord Jesus Christ bless 💗 so much
Ndabakunda pe.
Uyu mubyeyi aritonze, nimwiza cyane.
Dominic nawe duhe indimbo zaw
Mana uzampe Umugisha Wurugo Rurimo Umunezero
Mbifutije kuzarambana ubuzima bwanyu bwose Iman izabafashe muri byose ndabakunda cyane
Imana ibahe umugisha Burundu
Imana izakomeze kubabera ibyishimo.
Yuuuu, ndimo kumva narira mana😭 kubera ako kajwi k'umwana ndimo kumva hafi aho disi😭🥰 ndimo gutekereza kicaye hasi aho karimo kikinira n'ibipupe katazi ibiri kubera iwabo hahah😂 abana ni beza pe
Nibyiza cyane. Imana ijye ibagenda imbere muri byose.
Welcome back on the Mic dear Dominic, waraduhevye mugabo abarundi dukunda cane ingene ukoresha ikiganiro
NC couple💕 muzarenze imyaka 100
Mana weeee ndabakunda vyumve❤❤💋
Umugabo muhuje kwemera niwo saw ikindi abasore baba adventiste bagirumuco akenshi baba bafise uburere muribo
Murasa neza nice couple 🥰 uyu mugabo ndabo ari cool kabsa🙌😂
Ndabakunda Cyanepe imaizabanenamwe mubuzimabwanyu byose❤️🙏
Ryohewe nubuhamya bwabo rwose
Mbega byizaaaa😁😁uyumupapa disi yarabyibushye👌👍
Mwaravyibushe
Sanai chenel Murakoze kurigahundanziza
Ndabakunda cane❤❤❤❤
Akomanaaa muri beza peeee❤️❤️❤️❤️❤️
Imana ibakomereze urugo rwose
Uyu mudamu azi ubwenge, arimo kuvuga atuje ibintu byiza by'ubwenge👌
Yewe Elisa yarabyibyushye mubigaragara chr agufasheneza
Akomana❤️✅👏
God bless you our family 🥰
Murashimishije kubabona nokubate agamatwi. Murasa neza kandi. Imana ikomeze ibashyigikire.
Guys wongeye kuntera ishyaka (ishyari ryuza) ryo kuva mukiciro tuuuuu…. Kdi mukomeze muryoherwe n’urugo bro.
Iyaba abanyamakuru Bose bameraga nkuyu
Ndabakunda
Uyumuryago ndawukunda
yesu abane namwe
Mugabo tuvugishukuri aririmba neza cane
Niko kur namusore bitabaho twese bitubaho
😍😍😍😍ndabakunze can👐❤
muribeza
Couple 👍 gusa akantu koguhuza imyemerere ni 🤔 ubu abatagira idini tubigenje gute ?
Uzabona uwawe 😀😀
Uzimpanvu mbikubwiye? nanjye nd'umu diventiste, ariko Uhoraho yampaye umugabo udafit'aho asengera ! ariko wabandi ntangorane yanteye🤷 tumaze 12ans avec 3enfants. Gusenga ntambuza même n'abana banjye , ahubwo nasanze ubu kristu n'umunt ubwe apan'idini.
J'écris plus de 2 fois mais pourquoi mon commentaire n'apparaît pas ici ? Que ce qui se passe?????????
Les mots que vous utilisez dans votre commentaire sont insupportables, ils ne peuvent être tolérés !! Soyez prudent et veillez s'entraîner à parler avec respect. Sinon, votre commentaire n'apparaîtra jamais sur cette chaîne. Merci
@@SINAITV Merci Dominic, uramumbwiriye, navane amagambo atameshe hano ni ahera ndizera yumvise yisubireho
Murakunditse pe
Nkunzukuntu uyumugabo azigusenga