I'm single ark ndakunda ibiganiro vyanyu kuko biranyubaka caane knd bikantegura kuba favour kuwo IMANA yanteguriye,,,,,,akantu kanfashije nukumenya ko buri muntu wese afite uko yumva agomba gukundwa cnk kugandukirwa so ivyo byose biva mu kuganira,,,,kuganira si ukuvugana ark kuganira ni ukumvikana waaaaooooh be blessed Hubert from Burundi
Hubert nkunda ibiganiro byawe jyewe biranyubaka cyane Nyasani ajye akomeza aguhe umugisha kubwo kutwubakira imiryango ihamye ya gikiristo❤❤❤❤
murakoze cyane, Imana iduhane umugisha twese, kandi idufashe kubaka imiryango ihamye koko
Mbega byiza Yesu akomeze akumulikire impano yaguhaye ukomeze uyikoreshe neza muguhura benshi kuko birakenewe cyane muri kino gihe ingo nyinshi ziri mu bibazo 🙏🏾👏🏾
@@gniyibizi7765 🙏🏾
Ndakunz ako kantu ngo communication is not about talking to one another, is about understanding one another❤❤
@@DorineIrakoze-q4u that is key
Uri umuhanga peee Imana iguh umugishaaaa
Imana iduhane umugisha twese
Papa akantu k'indabo nanjye nta rukundo mbonamo pe, Abagore turakabya kuba abantu baciriritae cyane kuba twemejwa n'uko umugabo agukunda ngo Ari indabo, bombo n'utundi tuntu twa face, ngo Surprise. Nibaganye kwerekana ubwana cyane, niba umugabo akora inshingano ze neza aharanira iterambere ry'urugo warangiza ngo waramubuze!
indabo hari abazikunda ariko hari nabo zidafite icyo zibwiye, niyo mpamvu buri wese aba akwiye kumenya ikinezeza uwo bashakanye akaba aricyo amukorera
Aba jeunes baryohewe❤ n'izi leçons muri hoo? Canke ndi jenyene😂?
@@WilCuba aba jeune rwose nibigaragaze! Thanks for listening
Turihano knd turanezererwa n ibiganiro vya Hubert IMANA imuhezagire
Imana iguhe umugisha hari icyo nkuyemo ntago kuganira iwacu byahabaga
kuganira ni ngombwa cyane!!!!
Vrai pasteur👏👏
@@uwimbabazijoy1248 🙏🏾
Ibyowabwiye ndikubibona
Ryendasobanucyirwa
Thank you for this
Thank you for listening
Hubert, ibiganiro byawe biranyubaka. Imana ikomeze kukwagura no kuguha ubwnge bwayo. Thank you!
Thank you very much
I'm single ark ndakunda ibiganiro vyanyu kuko biranyubaka caane knd bikantegura kuba favour kuwo IMANA yanteguriye,,,,,,akantu kanfashije nukumenya ko buri muntu wese afite uko yumva agomba gukundwa cnk kugandukirwa so ivyo byose biva mu kuganira,,,,kuganira si ukuvugana ark kuganira ni ukumvikana waaaaooooh be blessed Hubert from Burundi
Greetings to our brothers and sisters in Burundi! Thanks for listening
God bless u servant of God
Blessings to you as well
Unyubakiye umutima my brother 🙏❣️
@@furahadjobe9589 Imana ishimwe
Hari ukuganira hari ukumvana hari no kumvikana❤
@@illenenyampinga9418 nibyo rwose
Waoh! God bless you
@@shellaumurerwa9448 blessings
Mbega ikiganiro cyiza❤,murakoze cyane
@@elynamimy4564 🙏🏾
I like this quote, communication is not about talking one to another is about understanding one to another, God bless you . Waziye mugihe n
Thanks for the reminder about proper communication
@@HubertSugira likewise
Ikiganiro Cyiza cyane,be blessed and thank you 🙏
thanks for listening
Mbega ukuri kwambaye ubusa weee….thank u
Thanks for listening
Ijambo rije mugihe gikwiye Imana ikuzuze nongeye gukomera
God bless you so much
@@MuhirweJeannedArc-ik5lo be blessed too
Uratwubaka cyane ♥️
Murakoze
Murakoze cyane ❤❤
Thank you
Wawuuu urakoze kubwimpanuro
@@niyonsabaclema6914 merci
Ibiganiro byawe biratwubaka mushumba ❤
@@MignonnePink 🙏🏾
Nkunda kuntu uvuga ibintu bifite facts👌
Thank you
Sugira umuntu yamuvugisha gute badiiiii
wanyandikira DM kuri instagram.com/HubertSugira
Yesu akwagure muribyose
wamuntu we ubusharire bibaho cyane
yego bubaho cyane, ariko inkuru nziza ni uko bushobora gushira, mukagira umunezero uruta uwa mbere
Urakoze cyane
murakoze namwe
Shalom ese iyi time yubusharirwe no muri fillançaille ibaho?
bibaye muri fiancaille biragorana kuharenga, ariko iyo abantu bari muri relationships ntago hajya haburamo igihe cyo kutumvikana ariko ubundi ubusharire turimo kuvuga hano ntago bukunze kubaho muri fillancaille
❤❤❤❤❤❤
Thank you
Hubert sugira mbega ukuntu ngukunda iyo nkurikirana ibiganiro byawe nunva ndimo kubakika peee
Murakoze ku magambo asubizamo imbaraga!
hhhhhh,Ubimeny uhageze koko arko iyo ubaye mwiza nuwo muri kumwe akubera mwiz bikaryoha
Thanks for your input
Murahonez ndifuzako wangira inama umunezero murugo warabuze byatewe nuko tumaze 4years tutarabyara kd twarivuje baratuvura none turategereje ark uwotubana arimo kunsaba ko dutandukana mfasha ungire inama
sorry to hear....mukomere cyane, twizere ko ubwo babavuye, bizakemuka mukabona umwna, mutaragera aho gutandukana
Nanjye indabo sinzikunda pe.uwazimpa Yaba yacyishe.
indabo nasanze abakobwa benshi rwose batazikunda, niyo mpamvu ari byiza kubanza kubaza kumenya icyo umuntu akunda mbere yo kukimukorera
Urampumuriza
Merci🙏🏾
Kosora: "Uravuze ngo umuntu utarashaka aba atarahura n'Imana?". Ubwo bivuze ko Paul n'abandi napfuye badashatse ntibahuye n'Imana. Sibyo na gato.
@@uwayoperecy1945 nibyo ndameranya nawe…ibyo navuze sibyo mu byukuri nashakaga kuvuga! Navugaga ko hari aho uba utarakenera Imana iyo utarashaka…kuko Imana yonyine niyo yatuma abantu babili bahinduka umwe! Thanks for bringing it up
Imana ntago tuyikenera mu bibazo gusa ahubwo tuyikenera buri munsi.
@@MusimiyimanaFrancine-nf5oh nibyo rwose! murakoze
Ukuri kunkoze ahantu
Thanks for listening
Belle leçons
merci
True 100%
@@ganzashammah5319 👍🏽
Ikiganiro cyiza,iyaba amasomo nk'aya abana bayigaga muri secondaire !
@@laurenceuwamahoro368 ni ukuzajya vaza kwiga kuri youtube
@@HubertSugira Bamaze gukura
@@HubertSugira Ni ho turi cane😂!!
Wambaye neza cynn 👍njyewe nkunda uburyo udufasha Uwiteka anjyaguha umugisha mwinshi woe nabawe turabakunda
Thank you🙏
Ndabaza ikibazo ese bino biganiro na couple iri muri fiançailles bemerewe kubikurikirana cangwa haribiganiro bya couple ya fiançailles ?
ibi biganiro umuntu wese yabijyamo, waba wubatse cyangwa utarubaka, ndetse nabasenye , nta muntu uhejwe
Ese byakunda ko umuntu avugana namwe in box?
wanyandikira DM kuri instagram.com/HubertSugira
Na
Kuganira nibyo byambere❤
kuganira ni urufatiro rw’imibanire iyo ariyo yose
Communication niho bipfira ku ngo nyinshi pe.Merci
@@honorine-mahoro0_.- Imana idufashe twese!