Ese kuba umugabo ni iki? Wamenya ute umugabo wa nyawe? Hubert Sugira Hategekimana
HTML-код
- Опубликовано: 8 мар 2024
- mu kiganiro gitangira #KigaliFamilyNight, aho uku kwezi twaganiraga ku mugabo, #Hubertmale #men, Sugira Hategekimana yatuganirije ku cyo kuba umugabo ariyo, atwibutsa ko kuba umugabo wa nyawe bitatera ikibazo, ahubwo ikibazo kinini dufite ari uko abantu benshi bataye ubugabo bwabo, nta mugabo wa nyawe ushobora guhohotera umugore cyangwa abana, ahubwo arabarinda, akabitaho
Kigali Family Night ni ikiganiro ngaruka kwezi ku bibazo bitandukanye byibasira umuryango, aho abantu bahura bakaganira, bagasabana, ndetse bakanasangira hamwe, ukeneye andi makuru kuri icyo kiganiro, cyangwa kwiyandikisha wagana urubuga rwa www.kigalifamily.com
Uhabwe umugisha izi nyigisho zikwiriye kugera hose. Imana Ibijyemo ikore ku mitima kugirango ibe uko Imana Ishaka kuko aricyo twaremewe.
Imana iguhe umugisha kandi iguhe kuramba ukomeze uwo umurimo
Woaouh wouh je viens d'apprendre quelque chose de nouveau, à propos d'un Lion et le rapport entre un Lion et un vrai homme. Merci bcp
Hubert ndagukunze cyane Imana iguhe umugisha
You are good mentor
Murakoze cyane rwose turabakuricyirana muri Uganda 🇺🇬🙏
Hello sir!! You are such a marvelous blessing upon Rwandans , this kigali family night is an extra ordinary event for building our society. I love you personally and i can teatify to myself that am your disple!! You are my free mentor , can't wait to have a successful marriage because of your mentorship. God bless you alot Pastor ❤❤❤
❤
Basi✅ Yesu akongere mbura uko ngushimira pe👏
Ndagukunze❤ Imana Iguhe umugisha.
Noneho ubutaha uzonjyere icyinyarwa nda nkumunyarwanda gs murakoze cyanee
Ndakwemera mubyeyi
Thank you for this teaching. Next time uri gu quotinga imibare or statistics aho ziba zabditse cg wazikuye kuburyo uwashaka gusoma details yajya kubisoma. Thanks
Wow Hubert numugisha kubanyarwanda, Unambaye neza😂
this generation they have blessed to have you ! Nigute umuntu yamenya umusore wanyawe ?
Uburinzi Bwimana ndabugusabiye ndabigusabiye
👏🤝
Wambaye neza Sugira .
Murakoze
Ndabikunze
Papa Huber
...ko se ubona tendance y'abagore tugenda dushaka kuba abagabo yaba mu bitekerezo yaba mu nshingano😂 yaba kuba agressive
..bivuze ko scientifiquement nabo batakaza imisemburo ya kigore bagafata iya kigabo???
None se umugabo watakaje imisemburo ya kigabo umubwirwa nuko atakiri agressif gusa??cg hari nibindi bimenyetso...muditeye amatsiko😊
Ese Kuba umuntu yakwatending next meeting bisaba iki thanks uri umuntu wumugabo🙏
ni ukwiyandikisha...amakuru yose wayasanga hano: x.com/HubertSugira/status/1766091945921659183?s=20
Hahaha ngo bicaye kugasongabugari! Mukinyarwanda kizima cya cyera kitwaga intebe y'inteko,ibyo by'agasongabugari n'iby'iki gihe aho abantu bihangira ibyabo.
Kasonga bugari sivyubu nigiswahili z
Ngize umuhate wo kugusangiza icyitwa
Inzira yo kweza urugo igaragara mu bwiru bw’URwanda… uzarushaho gushimangira neza inyigisho yawe kandi ihame
tuguteze yombi...
Kabisa, ibi ni ingenzi, cyane ko bishingiye ku muco gakondo. Gusa kwigisha ab'iki gihe ni nko guhinga ku rutare, ugasarura ku rutaro.
oya reka twe gucika intege...burya urutare narwo amazi ageraho akarucamo inzira iyo akomeje kurugendaho!!
Kwigisha ni uguhozaho, komereza aho kdi Imana igushyigikire, ibyo utwigisha biradufasha.@@HubertSugira
Muraho neza
Njye nifuza nbr yanyu nkazabavugisha private, mpfite ikibazo nshaka kubabaza mukampfasha
Guess who This is👇
Ngwiki??bari gutakaza testosterone??Birababaje
1% every year
@@HubertSugira ko mwavuze 10% mukandika 1% which is real
@@learnenglishbydusaemmyson267 naribeshye, ni 1%...10% ni byinshi cyane twaba twararangiye