I’ve been following him for over 5 months now and when I tell my entire life and perspective of the gospel has changed he helped understand the message of the gospel and how to properly live for God I love him and I support him ❤️ may God continue to empower him and his ministry
Yesu aguhe umugisha Mubwirizabutumwa, ubwiriza nta kwita ku byubahiro by'abantu : ni ryo vugabutumwa rikwiye kandi uko Yesu azaza adushoboza tuzashyigikira umurimo nk'uyu
Yew ga @ murenge we ugaragaje uwo uriwe pe ukuri kubarimbuka ni nkumuriro ubaka kumutwe kbs,rwiyereka avuga ukuri kuzuye Niba rero wumva bikurya ntuka mu followinge,amashyari gusa apu!!!
I’ve been following him for over 5 months now and when I tell my entire life and perspective of the gospel has changed he helped understand the message of the gospel and how to properly live for God I love him and I support him ❤️ may God continue to empower him and his ministry
Courage bro, Imana ukorera iragushigikieye!
Yesu aguhe umugisha Mubwirizabutumwa, ubwiriza nta kwita ku byubahiro by'abantu : ni ryo vugabutumwa rikwiye kandi uko Yesu azaza adushoboza tuzashyigikira umurimo nk'uyu
Courage Bwana Evangilist
22:52 he so faithful I want my husband acting like him 😭🤣
Hahahaha @vanessamutoni4869 uransekeje kabisa, urifuzako rwawe nawe abahunga. ubwo twese tubahunze bizoroha ?
Courage evangelist rwiyereka
We support you brother
Hhhh umukozi wimana gwiyereka uzuvugukuri kwijambo ryi mana rekana nabanyeshari courage sultan online tv imbere cyanee
Ndagukunda Mukozi W'Imana,, Bazabakureka rwose uvuga ukuriii 💯
Rwiyereka azavuga ukuri kose ndamwikundira inyigisho zi ntiziryohera abantu bikigihe
Abubu bakunze inyigisho zoguhabwa imigisha
Arko Ev abwira abantu kwihana nokureka icaha niyompanvu btatamwishimiye
Amen
Turagukunda uvuga ukuri kuzuye ❤
Rwiyerekawe Ndagukunda biheka
Wa mugani abantu kubera iki bavunwa n'umutwaro atikoreye! Tureke ingo z'abandi. Courage Rwiyereka komeza umurimo w'Imana.
Hhhhh umwiza uva ibukuru ugakwira hooose hhhh namacarya ntakundi umuntu yobyita
Ndagukuuuuunda
Ndababazwa Nabakozi Kumana Bajakwiregura Imbere Yabisi Menyako Ibyo Ukora Satani Atabyishimira
Ahhhh warakabije kbs
Wavuze nabi.Reka kwihagararaho.😅
Wavuze ukuri rwoseeee,,, kdi se,,, Abantu niba ntamunoza nuguvukuri ubizire??? Ahubwo bo nibakizweeee, nawo wowe uravivuye Papa,,,
Kega UZUGABANYA AMAGAMBO UZURONDOGORA MUKUBAZA NTABGO BABANZA GUFOMORERA IKIBAZO😊
Ndagukurikirana bazakureke uvugukuri
Part2 please
Kweriii
Ev rwiyereka courage uvuga ukuri👍
Uvuga ukuri kabisa . Courage.
Muyomba rwiyereka uzuvunga ukuri ndangakunda cane
Ayomafafa nanjye narayabonye Kandi na akoze kumukobwa uyafite ndumigwa nanjye pe
Tip ndakwikundira kbx❤
Ark ndagukunda bacu,muduhe number za Ev kbs
Imana iguhe imigisha uzumfasha biheka , uzuvuga ukuri Papa
Kegaaaa
Turagukunda
rekanzaje gusura umugorewawee amezi 6 nimenshii atabonaa umugabo
turagukunda vugaukuri nimba arabarozi babwire nimba arabasambanyi babwire eseuwomucyo bavuga niki ijuru nugukiranuka
Ijambo "bene nyirakivuruga ntirikwiriye mw'itangazamakuru
Ndagukunda uvugisha ukuri uzuvuga ukuri kose kwi MANA. EV Rwiyereka
ukuri nyako nukuvuga Yesu Kristo nayo andi makuru nayiwe kugiti cye
Byanditseho ibyokumenyana
Nigute nazabona number yiwe ndamukunda cyane
Talk to me +254712607134
Ahhhhh
Thank you for watchig
If you want to bless this man of God just Text me+254 712 607134 I'll give you his number.
Imvugo wakoresheje ni nyandagazi umuvugabutumwa nyawe ntajya avuga atyo kandi muzajye mutaha murangije ivugabutumwa
Iki Gihungu Nicyihebe
Wikosore Nyabuna Ugira Amatiku Menshi
Ahubwo wowe ushaka abwirize ate: ushaka usambane wice wibone ugaruke kandi na none ngo ndasenga
Mumbarize @ Benoit nahoshi buriya baba bamuvugiye ibintu
Nihatari
Mwanga ababwiza ukuri😂😂
Oyaye mashi akunda kurya, buri gihe avuga ibiryo ku gatuti kandi aradéconna
Uzagarure uyumwana
Imvugo zuyu mugabo ntizubahishije UMURIMO W'IMANA
Byose biterwa Naho umuntu Aba yarakuriye
Agatuti nigipimo cyowuriwe
Njyewe uzamumbarize harijambo yavuze mubuganda ngobibiliya iravuga ngo Ngumwana asambanyanyina arikowe abivuga muburyo buteyisoni nkagiranti biriyabintu nikibyafasha aba kristo cangwe abana nabakazana nabasebukwe iwe ntiyo bitekerezaho mbere yokubivuga rero umubaze twumve ukuri kwihishe ahongaho.
Nonese gusambanako ntiguteye isoni ntajambo narimwe riteye isoni igihe uhaye uvuga ubutumwa usibyeko ubwoko bwacu turiryarya
Ntagushesha n'abagore kabisa. Ibi ni ukuri.
Imana iguhe umungisha mumpe number ye uwayingira
Ntashari tugavemurugo gureze icumweru ❌️❌️
Guy’s umuntu uvuga ubutumwa bwiza nuvuga amakuru ya yesu Kristo nabo twabayebo muriwe ayandi yose mbona aramakuru yeeee peee
Impanvu indaraza zashize nuko abakagombye kudufasha nibo banyabyaha kukurusha , none urunva koko arinde wobwira ibyawe? Ukuye yesu niwe dusigariye kubwira ibyacu kandi iwe numugabo utagira ayandi yandi
Ubuchristo kuki mubushakira mubantu nimba ushaka gucyakundaraza uwo ugiye kwihanaho tukamurebe gs uzarebe icyo ugiye gukora kko nicyo cyagacyiro
😂😂😂😂😂😂😂😂
Atatu iwabandi nimenshiiii 😂😂😂 chanee
Yariwawe😢
@@marorajentille2879 🤣🤣🤣mtakoma
Ariko Abantu bavunwa nimitwaro batikoreye p,ubwo araye iwawe gatatu wahuruza na police!!
@@lifetipss mumbarize mwenedaa
@@NgiruwonsangaPatrick-kw1ru ufite ikibazo nubwo ntakuzii kndi ndabona urumuhungu nyabusawee ubwox urimugaboki? Ra
Hhhhhhh
Ngibi muyoboke ahora ababwira mukanga kumva 😂😂ntamu koziwimana ukwiye gushaka❤umugore 😂😂
Evangelist muyoboke yubahwe
Buriya Ntasoni Kweli
Ziriya Sinyigisho Ubwiriza Amatiku Gusa Ntakindi
Ayahe matiku komwapaganye mutagishaka abababwiza ukuri reka ababwire murakare nubundi ubutumwa bwiza subuvuga ibyo abantu bashaka kumva
Amatiku ni ukureka ubusambanyi ubwibone urwango : ahubwo wihane ukizwe neza
Yew ga @ murenge we ugaragaje uwo uriwe pe ukuri kubarimbuka ni nkumuriro ubaka kumutwe kbs,rwiyereka avuga ukuri kuzuye Niba rero wumva bikurya ntuka mu followinge,amashyari gusa apu!!!
@@lifetipss Umuntu Utunzwe Nogusabiriza Mudukanisa Twimpunzi Nomugirira Ishari
Ahahahah Wanibesheho Kweli Ntuye USA 🇺🇸 Ndakora Ntakibazo Cyamafrana Nfite
Muzamuhanure Aje Kwishuri.
Umunyabyaha ntanezezwa numubwiza ukuri Umushumba wingurube asa ningurube ariko umucuruzi wamata asa na Mata Rwiyereka Imana iguhe umugisha nimbaraga.nukuri.uvuga.
Amezi ane urimo kubwiriza mumakanisa, Ko ibyo ubabwira byose babizi niyo mpamvu bakuvuga. Ibazeko abakuvuga ari abo muba murikumwe mwikanisa
Ego matiku we,ubwo rero ukaba urateranyije,Abantu muzaroga mu myuka nakanwa Nako mwatangiye kugakoresha muzosha hhhhh,mureke ishyari
Muzarebe neza ko ntakibazo insego za ba membre zifite ntaburyo amatiku nkaya yazohora avugwa kuri youtube
Hhhh
Incuti yanjye ndakwemera Data
Rwiyereka yamenye amavuta yose kutukana kugatuti yarangiza ntiyake imbabazi ahubwo akaguma kwidefanda gusaa
Turamukunda
@ ndakenesha ariko Abantu muzafatwa he,nyoko ni ikinyarwanda cyuzuye,
Wagiye wichara muwawe wamugabo wee urisuzuguza p
Usanzwe urigipfu none urihandagaje burundu kbs
Sibyiza gutuka undi muntu muri société ahubwo wamukosora
@ kiruhura ubwo ni wowe ufite ubwuzuye di!! Ajye abatikura mu mwuka ,