DORE UBURYO BWIZA KANDI BWIZEWE BWO GUTAKAZA IBIRO NTIHAGIRE INGARUKA BIKUGIRAHO
HTML-код
- Опубликовано: 4 май 2021
- Mwiriwe!
Burya gutakaza ibiro bigira uburyo bikorwa ntibigire ingaruka za hato na hato bigutera.
Abahanga babibyigiye batwunguye inama ku buryo twabikora neza.
Kurikira ikiganiro cyose ukirangize utagira ibigucika.
Mwebwe mwese mutarakora subscribe ntimuveho mutayikoze ibiganiro byiza nkibi bitazajya bibacika.
Mukomeze kunogerwa n'ibiganiro tubagezaho
Murakoze cyanee
Murakoze cyane
Iyo wubahirije izi nama za Anastasie zirakora rwose
Owomuntu twamusangahe ever
Thxxx
Good go ahead
Yes
Mukoresheje amashusho y'abantu b'uruhu rwacu Ubu ntibyakumvikakana neza kurusha kandi ko bahari benshi
Woww
Waooo ndishimye urimokujyimbere peee
Ndakwikundira
Wow wow
Ariko c koko kweriii birakundaaa kongiye kurenzaa urugerooooo hhhhhh
Kbsa ni sawa
Ese iyo ubitekanye hari ikibazo feculant,legumes na proteines
Nonese mukoresha assurance
Iki kiganiro kiziye igihe;murakoze mukomereze aho
Karibu nawe
Anasitaziya arashoboye nanjye yarapfashije
akorera he?mpa contact ze
Ubu se abatuye Kure disi twabigenza gute
Mwiriwe neza. Jewe Ndi umurundikazi nifuza kuganya ibiro nokoriki? Mfise Group sang A positive. Ivyo nofungura Nibiki?
Ivyo ukora nivyiza cane
Nagira ndakubaze mbega kurya rimwe kumusi hari ico vyonona ?
Maze kubona ko Amazi menshi ibyowarya byose ariko ukanywa amazi menshi ntagisa nabyo
Wapi yego amazi arafasha ariko ntabwo warya ibyo ubonye ngurankwa amazi ntuzabyibuha ntibibaho gusa amazi nicyo kinyobwa kiza gishoboka Ku buzima
Evelyne nari ngukumbuye ndi iburundi
Hari assurance bakorana nazo?
Muduhe amakuru yose natwe tuze
Ibyo Anastasia akora kdi avuga nukuri biravura birakora ndabihamya nka Muganga wabyize nange
Mbega iganiro kiza
Nukuri nange arimo kunfansha peee
Urabona hari impinduka se
Ndashaka gutakaza ibiro nange
Nanjye ndumuhamye peee
Uzabagane baza gufasha
Hy Mwatubwira consultation ari angahe?
Cumi nabibibiri
Murorunkwere Gilberte.nanjye ndashaka ko mumfasha ndabyibushye bikabije,mukorwra hehe?numero yanyu muyiduhe
Mwaramutse, witegereze beta muri video guhera kumunota wa 3 barazerekanamuri video no kucyapa cyabo barakigaragaza keza muri video .
Umunsi mwiza!
0788606046 bahamagare
Bahamagare kuri 0788606046
Nukurwara ntabundi bwizewe noguhangayika
Mudufashe twebwe turi kure muduhe watsap yuwo muganga muzoba mukoze caaane
Nitwa Rose Hakizimana
Nonese mukorana nabafite ubwishingizi?
Muduhe nimero za anasitasia
Ni 0788606046/0780626378
Murakoze
Murakoze kuziduha
Ugeze mu zabukuru WE byashoboka?
Cyane birakunda!
Nkumuntu uri kure mwamufasha arikure
@@iyungure4936 uduhe watsap yiwe uzobukoze
Muzatubwire ubuse wakwitwaza amaf angahe nkatwe batuye kkure ya kgl mudufashe
Cumi nabibiri
Wow
Uyu mubyeyi imana iza muhe ijuru yarampfashije bitagira ingano ubu meze neza cyane pe ndamukunda cyane
Njye nkeneye kongera ibiro hahhhh
Wibiseka nabyo bibaho rwose ,abantu bafata régime yo kongera kgs!
@@uwantegeliliane126 muzamfashe kumenya icyo nakora nkongera ibiro ndabikeneye
@@nyirigiraclaude4398 reba number ya Nutritioniste baguhaye aragufasha byose arabizobereye ndabizi!
@@uwantegeliliane126 ok merci Liliane
ndimuburundi ndumva nahitanza kuraba anastasie nukuri, nanj ibiro nivyinsh pee nabuze uko nabigabany; ndareka kurya arik ntagihinduk
merci beacoup. naramwandikiy yanansubije
Ngo La prevenche ? Ese no gu copia ibyanditse birananirana?
L'erreur est humaine.
Abantu batari hagufi, muragira consultation a distance? Merci
Murakoze
Uyu mubyeyi kera yaramfashije rwose birakora nuko nagezaho nkarambirwa gusa iyo nkomeza nari kugera aho nifuza. Yakoreraga kicukiro sinzi niba ariho agikorera
Kondeba nawe ubyibushye ra🤔
Ikikiganiro ningenzi,mwatubwira amafaranga umuntuyakwitwaza kugirango asuzumwe
Ibihumbi cumi nabibiri